UBwo Miss Kayumba Darina yashyiraga hanze amafoto ye agaragaza amatako abantu benshi kwihangan byabananiye batangira kumuvuga imyato.
Miss Kayumba Darina wegukanye ikamba ry’Igisonga cya kabiri muri Miss Rwanda 2022 yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza ubwiza bwe budashidikanywaho maze abantu batangira kumwereka urukundo rudadanzwe babinyujiye ahatangirwa ibitekerezo.
Benshi mu bagize icyo bavuga bashimye uburanga bw’uyu mukobwa, abandi bamubwira ko bamukunda abandi bati: “Uri uwa mbere mu kwifotoza”.