umukobwadd
Urukundo

Birababaje: Umukobwa wigaga muri Kaminuza yiyahuye nyuma yo kwangwa n’umukunzi we

Spread the love

Urukundo ruragoye kurusobanura ndetse rwabereye benshi amayobera nyuma y’aho umukobwa wari muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere atandukaniye n’umukunzi we agahita yiyahura.Ibi byabereye muri Kenya mu gace ka Kericho.

Faith Charity Makhulu w’imyaka 19 y’amavuko akiga muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere yasanzwe mu nzu yapfuye. Nk’uko Citizen TV ibitangaza , uyu mukobwa nibwo yari akigera muri Kaminuza. Mu iperereza ry’ibanze Police yo muri aka gace yatangaje ko Faith ashobora kuba yiyishe.

Amakuru avuga ko umusore bakundanaga , akanamutera inda , yamufashe nabi ndetse akanga kumuha ubufasha cyangwa icyari cyo cyose cyagombaga gutuma ubuzima bwe bugenda neza.

Soma n’izi:

Dore icyo ibara ry’inkari risobanuye ku mikorere y’umubiri wawe n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga

Dore impamvu ugomba guhekenya ubunyobwa mbere yo gutera akabariro, ingano wafata n’uko butegurwa

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa wagusuye yifuza cyane ko muryamana

Dore zimwe mu mpamvu zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana akugarukira. Iya 1 n’iya 4 ni izo kwitondera cyane

Sobanukirwa neza iminsi y’uburumbuke(yatwariramo inda) n’uko wayibara ntakwibeshya


Spread the love