Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA cyatangaje ingengabihe y’uko abanyeshuri biga bacumbikiwe ku bigo by’amashuri bazasubirayo mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri.
Iyi ngengabihe igaragaza ko abanyeshuri ba mbere bazasubira ku ishuri tariki ya 15 Mata 2024.
Igihembwe cya Gatatu kizatangira ku wa 15 Mata kirangire tariki 5 Nyakanga 2024.
Ibizamini bisoza amashuri abanza bizaba hagati ya tariki 8-10 Nyakanga 2024 mu gihe ibosoza ayisumbuye byo bizaba hagati ya tariki 24 Nyakanga-3 Kanama 2024.
Izindi wasoma:
Akazi k’ubushoferi mu Karere ka Nyabihu (Under Statute): Deadline: Apr 15, 2024
Imyanya 28 y’akazi mu karere ka Kamonyi – Deadline 15/04/2024
#KWIBUKA30: Jenoside yakorewe abatutsi ni umuburo”-Perezida Kagame
Ubuhamya bwa Perezida Kagame kuri mubyara we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere
Perezida Kagame yahishuye icyabagoye kurusha ibindi ku rugamba rwo kubohora igihugu
Perezida Kagame yahishuye uko byaje ngo ku myaka 11 gusa atangire gutekereza ibyo kubohora u Rwanda
Perezida Kagame yasubije abavuga ko ari Umunyagitugu anavuga ku kongera kwiyamamaza