amoko y'urukundo
Utuntu n'utundi

Dore ahantu 3 wakora ku mukobwa agashyukwa mu minota itatu gusa

Spread the love

Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibona1no mpuzabitsi1na mu gihe hagize ubikoraho.

Ibi bice biri ugutatu :

1. Ibice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo ku bagabo n’igitsina gore ku bagore ». Gusa ariko ku gitsina gore agace kitwa « clitoris » ku bagore ni ko kuzuye uburyohe kandi mu gihe hagize ugakoraho bugahita buzamuka ari bwinshi cyane ugereranije n’igihe ntawe ukozeho.

Mu gihe ku gitsina gabo, n’ubwo aho wakora hose hatuma umugabo ahita agira ubushake cyangwa ubwo yari afite bukazamuka cyane, ubundi ku mutwe w’igitsina gabo ni ho huzuriranye ubushake kurusha ahandi. Ibi bice biba bishobora gutuma umuntu agera ku rwego rwo kurangiza yaba umugore cyangwa umugabo. Ni nayo mpamvu hafatwa nk’aha mbere.

2. Ahaza ku mwanya wa kabiri ariko nyamara n’ubwo hongera ubushake n’uburyohe, ngo akenshi ntihaba habasha gutuma umuntu agera ku rwego rwo kurangiza. Ibi bice byo rero ni ahegereye ku gitsina haba ku mugabo cyangwa ku mugore. Ku mugore hiyongeraho amabere cyane cyane ku moko.

3. Ahaza ku mwanya wa gatatu ni ibice byongera cyangwa bitera uburyohe cyangwa ubushake bw’imibonano mpuzabitsina ariko bikaba byo bitabasha kugeza umuntu ku rwego rwo hejuru cyane.

Ibi bice bikaba atari rusange ku muntu kuko biterwa n’amateka y’umuntu mu bijyanye no kuryoshya cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina. Akamaro kabyo ni ukubyutsa ubushake cyangwa kwibutsa ubwonko gahunda z’imibonano mpuzabitsina.

Urugero ni nk’umwana ngo wajyaga akorerwa massage na mama we ashobora kugira ahantu runaka umukora uburyohe cyangwa ubushake bukaba bwahita bubyuka. Ibi bikaba byatandukana n’utarigeze agirirwa atyo.

Hari umuntu ushobora gukora mu mugongo uburyohe bukabyuka. Hari uwo wakora ku bibero bikaba uko nyamara undi we wamukoraho bikaba nko gukora ku giti. Hari uwo ukora ku mabuno uburyohe n’ubushake bukazamuka n’ahandi.

Imibonano mpuzabitsina ikozwe neza rero, ihera ku bice byo mu cyiciro cya gatatu, bitewe n’uko umuntu ateye : Ibibero, mu maso, mu mugongo, amabuno… bigakomereza ku cyiciro cya kabiri : Hafi y’igitsina, amabere ku bagore n’imoko cyane cyane…Ubundi bikarangirira ku gitsina nyirizina ari naho noneho umuntu aba ashobora kurangiza.

Ni ngombwa rero ko buri wese aba agomba kubwira mugenzi we aho ibizongamubiri bye biherereye n’aho intege ze ziba cyangwa aho bamukorera bakaba bamugereye ku ngingo.


Spread the love