umuhanda Muhanga - Ngororero
Utuntu n'utundi

Imvura nyinshi yatumye umuhanda Muhanga – Ngororero ufungwa by’agateganyo

Kubera imvura nyinshi yateye umugezi wa Nyabarongo kuzura, umuhanda Muhanga-Ngororero wabaye ufunze by’agateganyo, abawukoresha bagirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali-Musanze-Mukamira-Ngororero. Mu itangazo Polisi y’igihugu yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 20 Mata,yavuze ko imvura yatumye umuhanda Muhanga-Ngororero utaba nyabagendwa. Iti: “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi yateye umugezi wa Nyabarongo kuzura, ubu […]

bonfil
Imyidagaduro Inkuru nyamukuru

Caleb wahoze muri Rayon Sports yatandukanye na Al Ahly Benghazi atayikiniye umukino n’umwe

Bimenyimana Bonfils Caleb wakiniye ikipe ya Rayon Sports, yavuze impamvu aheruka gutandukana n’ikipe ya Al Ahly Benghazi yo muri Libya atigeze akinira umukino n’umwe. Mu mpeshyi y’umwaka ushize nibwo uyu mukinnyi ukomoka mu Burundi yerekeje muri iyi kipe ya Al Ahly Benghazi atanzweho hafi miliyoni 450 z’Amanyarwanda ku masezerano y’imyaka 2 yari yashyizeho umukono. Nyuma […]

igisobanuro cy'izina Sonia
Igisobanuro cy'izina

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sonia n’uko abaryitwa bitwara

Akenshi usanga abantu bitwa amazina y’amanyamahanga bakunze kuba batazi aho akomoka cyangwa icyo asobanura. Ni muri urwo rwego InyaRwanda ibafasha gusobanukirwa amwe muri yo ndetse n’imiterere ikunze kuranga abantu bayitwa. Sonia, ni izina rikomoka mu rurimi rw’Ikigereki rikaba ‘ubuhanga.’ Iri zina  rikunze kumvikana mu bihugu byo Burengerazuba bwa Aziya mu bihugu nk’u Burusiya, u Buhinde […]

abakobwa udakwiye kuryamana na bo
Urukundo

Abasore: Dore abakobwa udakwiye kwibeshya ngo uryamane na bo

Musore, menya bamwe mu bakobwa ugomba kwirinda kuryamana nabo kuko bashobora kukwangiriza ubuzima. Niba ibi bikurikira ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo mukobwa. Gukora imibonano mpuzabitsina igihe cyose utarashaka ugomba kubyirinda ariko niba kwirinda bikunaniye, toranya umukobwa […]

Abakobwa udakwiye kwizera
Urukundo

Abasore: Dore abakobwa udakwiye kwizera na rimwe mu rukundo

Umusore wese aba yifuza gukundana n’umukobwa yakwizera, azi neza ko amukunda nk’uko na we amukunda. Birababaza cyane gukundana n’umuntu ukamumariraho urukundo rwawe rwose nyamara we atagukunda cyangwa ukizera umuntu utari umwizerwa. Bamwe mu bakobwa udakwiye kwizera harimo: 1. Umukobwa udahobora kukugaragaza ku mbuga nkoranyambaga se: Muri iyi minsi imbugankoranyambaga zifite umwanya munini mu buzima bwa […]

Icyo wakora igihe telefoni yawe iguye mu mazi
Urukundo Utuntu n'utundi

Ibyo ugomba gukora byihutirwa igihe telefoni yawe iguye mu mazi kugirango uyirokore

Niba bitarakubaho umunsi umwe bishobora kuzakubaho cyangwa uzi uwo byabayeho niyo mpamvu usabwa gusoma iyi nkuru ukanayisangiza inshuti zawe.Turarebera hamwe uko wabasha gutabara Telefone yawe yaguye mu mazi utabishaka. Umubare munini w’abatunze Telefone hafi ya bose zaguye mu mazi.Ababyeyi benshi bahuye nabyo biturutse ku bana babo.Mbere y’uko urambirwa ngo wanzure ko telefone yawe uyihebye soma […]

ingaruka zo gukoresha Kanta
Indwara & Imiti Ubuzima

Dore ingaruka ziterwa no gukoresha imiti nka “KANTA” ikoreshwa mu guhindura umusatsi umukara

Abantu benshi hirya no hino bakunze gukoresha imwe mu miti ihindura umusatsi ukaba umukara cyane ibi bamwe bita kanta cyangwa black shampoo mu rurimi rwamahanga. Icyakora abantu benshi ntibajya bamenya neza ko gukoresha iyo miti bigira ingaruka mbi ku muburi w’umuntu n’ubwo hari n’inziza. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mu kubacukumburira amakuru ku kamaro […]

Uko wakwirinda kurwara ibiheri byo mu maso
Indwara & Imiti

Dore ibintu 7 byagufasha gutandukana no kurwara ibiheri mu maso

Hari ubwo abantu bazana ibiheri mu maso rimwe narimwe bakibeshya ko hari icyabarumye cyangwa ko ari ugukura cyane cyane ku bakiri bato. Burya hari ubwo usanga ibyo biheri byatewe na zimwe mu mpamvu zabaturutseho! Muri iyi nyandiko tugiye kurebera hamwe ibintu ukwiye kwirinda kugira ngo uce ukubiri no kuzana ibiheri mu maso. DORE BIMWE MUBITUMA […]

akamaro ko kurya inyama z'amafi
Ubuzima

Dore ibintu bidasanzwe biba ku muntu urya amafi kenshi

Hari ibiganiro mpaka bikunze kubaho hagati y’abantu n’abandi , bigendanye n’uko hari amafunguro amwe n’amwe yongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko rero kurya amafi cyane bigirira abagabo akamaro bitewe na vitamin ziyasangwamo aribyo tugiye kurebera hamwe. Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe za […]

FARDC yataye ibirindiro
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

FARDC yasigiye ibirindiro M23 irigendera nta sasu rivuze

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo, biravugwa ko bikuye muri Centre ya Kibirizi ho muri Teritwari ya Rutshuru nta mirwano ibaye. Amakuru avuga ko ingabo za FARDC zikimara kuva muri iyi santire, zahise zisubirira mu bice zahozemo . Ibi byabaye ku munsi w’Ejo kuwa Kane ahagana ku isaha z’umugoroba mu gihe […]

ibiciro by'umuceri
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Leta iravuga ko yavugutiye umuti ibiciro by’umuceri byari bimaze gutumbagira kubera ibura ry’uwitwa Umutanzaniya

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prof Ngabitsinze Jean Chrysostome yatangaje ko leta y’u Rwanda yamenye izamuka ry’igiciro cy’umuceri wa Tanzania igahita itangira kugishakira umuti. Ibi yabitangarije kuri Radio&TV10 mu kiganiro cyagarukaga ku kibazo cy’umuceri wo muri Tanzania wakorewe isuzuma ugeze mu Rwanda bagasanga utujuje ubuziranenge. Gufunga uyu muceri byatumye ubura ku isoko ryo mu Rwanda bituma abawufite […]

Umugi wa Kigali
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Nyuma yo kwamaganwa na benshi, Umugi wa Kigali wavuze ku itangazo ryo koza amapine y’imodoka mbere yo kwinjira muri kaburimbo

Nyuma y’impaka ndende n’ibitekerezo by’urusobe ku itangazo ry’umujyi wa Kigali ryasabaga abafite imodoka koza amapine yazo yuzuye ibyondo mbere yo kwinjira muri kaburimbo,uyu Mujyi wemeje ko iryo tangazo rireba amamodoka amena ibitaka mu muhanda. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bubinyujije kuri X bwasobanuye ko abagomba kwitwararika mu bikorwa byo kwanduza imihanda ari abatwara imodoka zitwaye amabuye, […]

Igitero cya Israel kuri Iran
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Iran iravuga ko yaburijemo igitero cya Drone yagabweho na Israel

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika babitangaje. Iturika ryumvikanye mu ntara ya Isfahan iherereye rwagati muri Iran, ndetse itangazamakuru ryo muri iki gihugu riravuga ko ingendo z’indege zahise zihagarikwa mu mijyi itandukanye y’igihugu. Igitangazamakuru cya Leta […]

Jean Paul Nkundineza yakatiwe gufungwa imyaka 3
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Urukiko rwahamije Umunyamakuru Nkundineza ibyaha byo gutukana mu ruhame no guhohotera uwatanze amakuru

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ibyaha byo gutukana mu ruhame no guhohotera uwatanze amakuru, ahanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 1 100 000 Frw. Umunyamakuru wari umaze kwamamara kuri you Tube avuga ku nkuru z’ubutabera, Jean Paul Nkundineza, yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi 100. Urukiko rwashinje […]

umugore wa pasiteri theogene 735x400
Utuntu n'utundi

Umuhanuzi Byukurabagirane Noheli yahinduye imvugo ku buhanuzi yavugaga ko yahawe bwo kuzarongora umugore wa nyakwigendera Paster Theogene

Umuhanuzi Byukurabagirane Noheli uri mu bamaze kwandika izina ku mbuga nkoranyambaga, bitewe n’ubuhanzuzi yatangaje avuga ko mu minsi yashize yagize iyerekwa ririmo ko Imana yamuhaye impeta, ikamubwira ngo nagenda ayambike Uwanyana Assiya (umugore wa Pasiteri nyakwigendera Niyonshuti Theogene) ndetse amuhoze amarira yose yarize, icyakora ibi ntabwo byakiriwe neza n’abantu benshi kuko batangiye kumutuka bavugaga ko […]

rulindo 735x400
Utuntu n'utundi

Insoresore zateze mudugudu ziramukubita zimukura iryinyo

Insoresore ebyiri ni zo zatawe muri yombi nyuma y’uko ziteze abarimo Rugamba Focas uyobora Umudugudu wa Rubaya, wari hamwe n’umunyerondo witwa Habyarimana Félix akaba anashinzwe umutekano mu Mudugudu ndetse na SEDO w’Akagari ka Kabuga, mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo, ubwo bari mu nzira bajya gukemura ikibazo cy’umuturage wari ubatabaje ko yakubiswe, zikabatega […]

goma111 735x400
Utuntu n'utundi

RDC: Abapolisi 2 bishwe bari ku kazi

Nyuma y’igihe ubwicanyi bukomeje gufata umurego muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abapolisi babiri b’iki gihugu baraye biciwe mu i Goma, nyuma yo kugwa mu gico cy’abambuzi babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari bafite. Amakuru avuga ko abo bapolisi biciwe hagati y’ahazwi nko kuri Horeb no ku musigiti w’Abayisilamu uherereye muri Quartier ya Katindo, […]

woman arguing with man 7369901659856391
Urukundo

Abasore: Umukobwa niyerura akakubwira aya magambo uzamenye ko yakubenze akaba adashaka gutobora ngo abikubwire

Bibaho cyane ko umukobwa yakubenga ariko agatinya kubikubwira ahubwo akabinyuza muyandi magambo akubwira buri munsi. Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda ahubwo ko yakubenze. Aya niyo magambo abakoresha bagamije kubenga abasore mu ibanga: 1.Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye […]

1 desperate girl suffering insomnia trying to sleep 7571741713192529
Urukundo

Mfite imyaka 40 nkiri isugi, nta musore umbaza izina – Agahinda k’umukobwa usazanye kwifuza kwinshi

Umukobwa ubabaye yatangaje ko agejeje imyaka 40 atarabonana n’umubabo ndetse nta mukunzi yigeze, ariko kandi akaba nta muntu n’umwe umubaza izina cyangwa ngo amuganirize ibyo gushinga urugo, kandi we yifuza cyane gutera iyo ntambwe akarushinga. Umukobwa ukuze w’imyaka 40 yasutse amarira avuga ku gahinda ke ko kuba ashaje adakunzwe, ndetse nta n’umusore umubaza izina ndetse […]

hhggfgg 5111561713194531
Urukundo Utuntu n'utundi

Umupasiteri yafashwe asambana n’umugore wubatse akaba n’umuyoboke w’itorero rye

Umuvugabutumwa w’umupasiteri yakozwe n’isoni ubwo bamugwaga gitumo aryamanye n’umugore wubatse bakora imibonano, akaba umwe mu bizera b’itorero rye. Mu gace ka Uasin Gishu mu gihugu cya Kenya, inkuru yabaye kimomo ivuga ko umubwirizabutumwa w’umupasiteri, yafashwe asambana n’umwe mu bagore bayobotse Itorero rye. Uyu mugabo uzwi ku izina Rev. Daniel Sang Umuyobozi Mukuru w’Itorero riherereye i […]

Perezida Tshisekedi
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Perezida Tshisekedi yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’icyumweru kirenga ntawe umuca iryera

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero. Ku wa Mbere tariki ya 15 Mata ni bwo Tshisekedi yagaragaye muri kiliziya ya Notre Dame de Fatima i Kinshasa, ahaberaga misa yo gusabira Musenyeri Gérald Mulumba umaze imyaka ine apfuye. Uyu Mulumba asanzwe […]

moussa mondo 24 233 jpg 711 473 1 9cab5
Ubuzima Utuntu n'utundi

RDC: Moussa Mondo wahoze ari Minisitiri akurikiranweho kwica umugore we

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 14 Mata 2024, ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures ku butegetsi bwa Joseph Kabila, Moussa Mondo, ukurikiranweho kwica umugore we ukomoka muri Madagascar. Nk’uko amakuru menshi abishimangira, uyu muyobozi ukiri muto mu ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) yakubise […]

UDPS
Utuntu n'utundi

RDC: Abandi barwanashyaka bakomeye cyane ba UDPS biyunze kuri M23

Impuzamashyaka ya AFC ya Corneille Nangaa, itangaza ko yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya UDPS muri diaspora. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’iri huriro mu bya Plitiki Lawrence Kanyuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024 mu butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter(X). Yavuze ko abantu benshi bakomeje kuva kuri iri […]

nyanza 1024x574
Inkuru nyamukuru Ubuzima

Uwahoze mu ngabo z’u Rwanda akaba n’umukozi wa ISCO yirashe avuye muri Mission

Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda, witwa Mugiraneza Wellars alias CACANA, wari utuye mu kagari ka Gasoro mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bikekwa ko yirashe bitewe nuko umukozi we yamurongoreye umugore. Amakuru y’urupfu rwa Mugiraneza yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere. Ubusanzwe yakoreraga kompanyi icunga umutekana yitwa […]

tshisekedi kabila 735x400
Utuntu n'utundi

Kabila wahoze ari Perezida wa RDC nadafungwa ashobora kwicwa

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, ashobora kuba ashaka gufunga cyangwa kwica Joseph Kabila yasimbuye ku butegetsi, mu gihe yaba amaze kumushyira ku rutonde rw’abagambanyi b’igihugu. Aba banyapolitiki bombi bigeze kuba inshuti z’akadasohoka bigaragarira buri wese ukurikira ibibera muri RDC, kuko bahererekanyije ubutegetsi mu 2019, bemera gusaranganya imyanya muri Guverinoma no […]

perezida kagame11 735x400
Utuntu n'utundi

RDF yungutse aba officiers bashya, Perezida Kagame agaragaza umwihariko wa RDF – AMAFOTO

Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yibukije ingabo z’u Rwanda (RDF) ko zigomba gukomeza kurangwa n’ubutwari no kwanga agasuzuguro, bikanaranga Abanyarwanda bose, bikabubakamo umuhate wo kurinda no kurwanira Igihugu cyabo, ku buryo uwazabashozaho intambara byazarangira ari we wicujije. Ibi Perezida Paul Kagame yabitangarije mu […]

eddy kenzo bari mu rukundo 735x400
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yemeje urukundo rwe na Min. Phiona Nyamutoro anahishura ko byabyaranye

Umuhanzi Edirisa Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo, yemeje umubano we udasanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro. Hahize iminzi Eddy Kenzo ahakana ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutoro. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ubwo yari ari mu gitaramo Eid Show cyabereye ahazwi nka Comedy Store muri Uganda, […]

uwasabaga
Ubuzima

Umugore wasabirizaga abeshya ko atabona yanamugaye amaguru yafatiwe mu cyuho-Videwo

Umugore w’umunyamayeri wicaraga ku mihanda icamo abantu benshi mu gace k’ubucuruzi ka Mombasa,muri Kenya kugira ngo asabe abahisi n’abagenzi,yafatiwe mu cyuho bimenyekana ko nta bumuga afite. Uyu mugore yabyukaga afata akagare k’abamugaye ndetse akanigira utabona kugira ngo abantu bamugirire impuhwe bamuhe amafaranga, Mu cyumweru gishize yicaye mu kagare k’abamugaye nk’ibisanzwe hanyuma afata igikombe cya pulasitike […]

umusore rp 735x400
Ubuzima Utuntu n'utundi

Hamenyekanye ukuri ku rupfu rw’ Umusore w’imyaka 27 uherutse gukora amateka muri Kaminuza ya Rwanda Polytechnic

Kuri iki Cyumweru tariki 14 Mata 2024, ahagana isaha ya Saa kumi n’ebyiri n’igice za mu gitondo, umusore witwa Zawadi Adolphe w’imyaka 27 uvuka mu karere ma Rubavu mu murenge wa Gisenyi akagari ka Mbugangari, yarohamye mu kiyaga cya Kivu ahita apfa.  Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya mu gitondo yabereye mu murenge wa Gisenyi, […]

screenshot 20240413 233523 1 6419011713046520
Imyidagaduro

Uburanga bwa Corina Mrazek uzahagararira Espanye muri Miss World 2025 – AMAFOTO

Mu gihe ibihugu byinshi bikataje mu gutoranya abazabihagararira mu irushanwa ryo gushaka Nyampinga w’Isi w’umwaka utaha, Espanye nayo yamaze gutora ugomba kuyiserukira. Kuwa Kane w’iki cyumweru tariki 11 Mata 2024, nibwo umunya-Espanye Corina Mrazek w’imyaka 23 y’amavuko yatorewaga guzahagararira iki gihugu mu irushanwa rya Miss World rizaba ku nshuro ya 72, ahigitse bagenzi be 50 […]