Impanuka yaraye ibereye mu Karere ka Shombo, intara ya Karusi, mu mujyi wa Gitega – Karusi – Muyinga, mw’ijoro ryo kuri uyu wa mbere 5 Kanama 2024 yahitanye ubuzima bwa Padiri Sakubu Eliya, umuyobozi wa Lycée Sacré cœur de Karusi. Imodoka yarimo abapadiri bo kuri Paruwase ya Karusi yagonzwe n’imodoka y’Ikamyo ubwo impanuka yabaga ubutabazi […]
Year: 2024
Ni wowe si yanjye nari ntegereje – Imitoma 12 iryohereye
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe […]
Gen. Bunyoni yakangaranyije Abarundi
GeneralAlain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi n’umukuru wa polisi, wari ufunzwe ashinjwa ibyaha birimo gutegura umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Ndayishimiye Evariste ashobora kuba yatorotse gereza bigahabwa indi nyito. Gusa amakuru ari guhurizwaho na benshi, ni uko ubuzima bwa Général Alain Guillaume Bunyoni bushobora kuba butameze neza, mu gihe hari abandi […]
Jacky wiyiziho kunezeza umugabo bahuye yameneye ibanga abagabo bifuza kumushaka
Umunyarwandakazi Uwase Jacky wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga zidandukanye nka Jacky, yongeye kurikoroza nyuma y’igihe kinini bivugwa ko yabaye umurokore (yitonze) nk’uko yabivugaga, aho yatangaje ko akunda kwambara ubusa ndetse ngo n’umugabo uzaza kumushaka abimenye ko ari ibintu akunda kandi ko atabimukuraho. Uyu mukobwa ukunda gutigisa imyidagaduro ya hano mu Rwanda, yabitangarije mu kiganiro kirambuye […]
Alyn Sano yavuze ku mashusho amaze iminsi acicikana yatamye ashinjwa gukora ibimenyetso by’ubusambanyi mu ruhame
Alyn Sano uherutse kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, yigaramye amashusho yari amaze iminsi asakazwa ku mbuga nkoranyambaga ubwo yamamazaga indirimbo ye nshya ‘Head’ mu buryo benshi batatinye guhamya ko yakoraga ibimenyetso by’ubusambanyi. Mbere gato ko indirimbo ye ‘Head’ ijya hanze, habanje gusohoka amashusho y’uyu mukobwa asanga umusore mu cyumba akamupfukama hagati y’amaguru. Ni amashusho Alyn Sano […]
Yansanze mu nzu nunamye ndimo gukoropa nkenyeye isume ahita amfata ku ngufu – Ubuhamya
Umukobwa w’imyaka 18, uvuka mu Kagari ka Murama, mu Murenge wa Bweramana wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko nyuma y’ibyumweru bitatu n’igice atangiye gukora akazi ko mu rugo mu Mujyi wa Kigali yaje gusagarirwa n’umusore baturanye amufata ku ngufu amusanze ari gukoropa. Uyu mukobwa umaze igihe gito atangiye gukora akazi ko […]
Kamonyi: Umukobwa yishe umwana yari atwite abifashijwemo na nyina kubera ibyo uwayimuteye yamukoreye
Mu karere ka Kamonyi umurenge wa Gacurabwenge akagari ka Gihinga, haravugwa umukobwa wafatanyije na Nyina bagakuramo inda y’imvutsi umwana bakamuta mu bwiherero. Kuri uyu wa 2 Kanama 2024 ahagana Saa munani z’umugoroba nibwo bivugwa ko uyu mukobwa witwa Anitha, abifashijwemo na Nyina umubyara bakuyemo iyo nda umwana bamuta aho biherera. Amakuru avuga ko nyuma yo […]
Nyambo Jesca na Titi Brown bavuga ko badakundana ariko ibyo bakora bikerekana ibindi bongeye kurikoroza – AMAFOTO
Umukinnyi wa filime, Nyambo Jesca wamamaye nka Nyambo yifurije isabukuru nziza y’amavuko inshuti ye Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown akaba umwe mu babyinnyi bagezweho hano mu Rwanda, bamaze igihe bavugwa mu rukundo nubwo batabyemera. Mu butumwa burebure Nyambo yageneye Titi Brown abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yamwifurije isabukuru nziza avuga ko ari inshuti y’ubuzima […]
Inkumi y’ikimero yashimagije Diamond nyuma y’agahigo bageranyeho
Malaika Salatis uri mu bakobwa bamaze gukorana n’abahanzi bakomeye, wanagize uruhare mu gutuma Diamond Platnumz agira indirimbo bwa mbere yo ku giti cye yagejeje abayirebye Miliyoni 100 kuri YouTube, yarase amashimwe uyu muhanzi w’icyamamare mu Karere. Tariki ya 25 Gashyantare 2020 ni bwo Diamond Platnumz yashyize hanze indirimbo yise “Jeje” igaragaramo Malaika Salatis uba ukaraga […]
Dore ibyiza byo kurongora umugore mugufi
Umugore mwiza ni isoko y’ibyishimo n’amahoro ku mugabo we. Iyo umugabo rubanda rumubona nk’igitangaza ariko umugore we akaba amusuzugura uwo mugabo yumva kuba rubanda rumwubaha ariko akaba atubashywe n’umugore we ntacyo bimaze. Mu rwego rwo kwirinda aka gasuzuguro kimwe mu byo wakora ni ukurongora umugore usumba kuko we abona agaciro kawe kuri buri ngingo. 1. […]
Dore uburyo 4 bwagufasha gutera akabariro neza no kuryohereza umugore ubyibushye
Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore. . Uburyo bwafasha umugabo gutera akabariro neza. Kuryohereza umugore ubyibushye. Uburyo bushimisha abagore mu gihe batera akabariro Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza […]
Rwanda: Hamaze gufungwa insengero ziyinga 6000 zitujuje ibisabwa
Hamaze kubarurwa insengero zirenga 5600 hirya no hino mu gihugu zimaze gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rutangije igenzura rigamije kureba uko insengero zihagaze. RGB yavuze ko insengero n’imisigiti bitubahirije ibiteganywa n’itegeko ndetse n’amabwiriza agenga imiryango ishingiye ku myemerere bihita bihagarikwa. Bimwe mu bishingirwaho muri iri genzura, harimo kureba ko urusengero […]
RGB yahagaritse itorero Umuriro wa Pentekote
Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda, kubera ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo. RGB yemeje ko yahagaritse ibikorwa by’iri torero biciye mu ibaruwa Dr Uster Kayitesi uyiyobora yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille wariyoboraga. Ni icyemezo uru rwego ruvuga ko rwafashe nyuma y’igenzura ryimbitse […]
AFC/ M23 ntikozwa iby’agahenge u Rwanda na Congo biheruka kwemeranywa
Umutwe wa M23 watangaje ko utahita ushyira mu bikorwa ako kanya umwanzuro wumvikanyeho hagati y’u Rwanda na RD Congo wo guhagarika imirwano, usaba leta ya Congo kwemera ibiganiro. Mu itangazo uyu mutwe wasohoye ku itariki ya 1 Kanama 2024, wabanje gushimira abagize uruhare mu gushaka igisubizo ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa Congo. Icyakora uyu […]
Umugore yatwitse inzu yarimo umugabo we nyuma yo gukeka ko ari kumwe n’indaya aza gutungurwa n’ibyo yabonye nyuma
Umugore witwa Mukandamage Alphonsine wo mu mudugudu wa Kabona mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gutwika inzu n’ibirimo byose, nyuma yo kuvuga ko ashaka gutwikana umugabo we n’indaya bari kumwe. Umugabo we yashakaga gutwikira muri iyi nzu yitwa Nshimiyimana Antoine. Mu gihe umugore […]
UK: Muganwa Rudakubana w’imyaka 17 akurikiranweho kwica abantu 3 no gukomeretsa abagera ku 10
Umusore w’imyaka 17 witwa Axel Muganwa Rudakubana akurikiranweho icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu bo mu ishuri rya Taylor Swift riherereye ahitwa Southport mu Bwongereza. Axel Rudakubana akurikiranweho kwica Alice Dasilva Aguiar wari ufite imyaka 9, Bebe King w’imyaka 6 na Elsie Dot Stacombe w’imyaka 7, abicishije icyuma cyo mu gikoni. Ibi byabaye mu masaha […]
Huye: Umugabo yashyingiranwe n’umugore we ari mu ngobyi y’abarwayi
Umugabo wo mu Karere ka Huye witwa Bizumuremyi Jean yasezeranye n’umugore we, Blandine Tuyishime imbere y’Imana, aryamye mu ngobyi y’abarwayi bitewe n’uburwayi amaranye igihe kirekire. Aba bombi basanzwe basanzwe batuye udugudu wa Gitwa, Akagari ka Rukira, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, basezeranye ku wa Mbere w’iki Cyumweru tariki 29 Nyakanga 2024. Bizumuremyi Jean n’umugore […]
Trump yavuze ko atari azi ko Kamala ari umwiraburakazi bitera benshi kumwibazaho
Mu gihe Donald Trump na Visi Perezida Kamala Harris, bakomeje guhangana mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida, uyu mugabo yatangaje ko vuba aha aribwo amenyeko Kamala ari umwiraburakazi kandi ko aribyo ari kwitwaza nk’iturufu ryo kubona amajwi. Kuva Perezida Joe Biden yakuramo ake karenge mu kwiyamamariza kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahise […]
Musanze: Mudugudu na Mutekano batorokanye akayabo k’abaturage
Abanyamuryango babarirwa muri 500 bibumbiye mu itsinda ryitwa ’Twivane mu bukene’ rikorera mu murenge wa Busogo w’akarere ka Musanze, bararira ayo kwarika nyuma yo gukusanya abarirwa muri Frw miliyoni 60 yari kubafasha gutanga mituelle de Santé bikarangira aburiwe irengero. Abaturage bafite iki kibazo ni abo mu kagari ka Kavumu, muri Busogo. Abaganiriye na RBA bashyira […]
Nyuma y’imyaka 17 asubiye muri Rayon Sports afite agahigo kuba ari we rukumbi usigaye mu kibuga mu bo bakinanye mu Amavubi U20 2009 – Byinshi kuri Haruna Niyonzima
Haruna Niyonzima ni umwe mu bakinnyi b’abanyarwanda bamaze igihe kandi banditse amateka haba mu Rwanda no mu karere. Yakiniye amakipe atandukanye arimo Simba, Young zo muri Tanzania ndetse n’andi atandukanye yo mu Rwanda. Umukinnyi wabigize umwuga Haruna Niyonzima yavutse tariki 05 Gashyantare 1990 mu karere ka Rubavu ari naho yatangiriye gukina umupira wamaguru. Haruna yatangiriye […]
Umutoza Robertinho yahiye ubwoba kubera abakinnyi yasanze muri Rayon Sports
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo [Robertinho], yatangaje ko ahangayikishijwe n’ikipe ubu afite, avuga ko afite impungenge zuko itatwara Shampiona cyangwa ngo itsinde Apr Fc. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino wa Gicuti Rayon Sports yakinnyemo na Muhazi United bikarangira Rayon Itsinze Muhazi igitego kimwe ku busa (1-0). Uyu mutoza yavuze ko hari imyanya […]
Ibivugwa: Perezida Tshisekedi arembejwe n’indwara y’umutima
Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Perezida Tshisekedi Tshilombo ari i Bruxelles mu Bubiligi, aho yagiye kwivuriza indwara y’umutima. Ni amakuru ibiro bya Tshisekedi byemeje mu itangazo byasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Nyakanga. Ni Tshisekedi wari utegerejwe mu mujyi wa Kisangani ho mu ntara ya Tshopo, […]
Minisitiri Nduhungirehe Olivier yanyomoje ibyatangajwe na MONUSCO
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje ubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri RDC (MONUSCO) bwatangaje ko iki gihugu n’u Rwanda byasinyanye amasezerano yerekeye guhagarika imirwano. MONUSCO yabitangaje nyuma y’inama ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC ku wa Kabiri w’iki cyumweru bahuriyemo i Luanda, ku buhuza bwa Angola. Ni inama yari igamije […]
Uwingabire ufite igihaha kimwe n’urura rumwe arasaba gufashwa kwivuza
NYAMASHEKE: Umubyeyi witwa Uwingabire Alexianne wo mu Karere ka Nyamasheke wazahajwe n’ibibazo by’ubuzima arasaba ubufasha bwo kwivuza byisumbuyeho, ni nyuma y’uko akuwemo igihaha kimwe ndetse akaba asigaranye urura rumwe. Uwingabire w’imyaka 39 arembeye mu rugo rw’ababyeyi be mu Mudugudu wa Nyagafunzo, Akagari ka Mwezi mu Murenge wa Karengera Uyu mubyeyi ufite umwana umwe yabwiye UMUSEKE […]
Ubushinwa bwahishuye icyo bwakuye ku kwezi
Abashakashatsi bo mu Bushinwa batangaje ko babonye ibimenyetso by’uko ku Kwezi hari amazi, bashingiye ku busesenguzi bw’utumanyu rw’urutare twakuweyo n’icyogajuru cyavuyeyo mu 2020. Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu by’Isanzure ba Leta zunze Ubumwe za Amerika mu mushinga wiswe Apollo mu myaka ya 1960 na 1970 bwagaragaje ko nta bimenyetso bihari byakwerekana ko ku Kwezi hari amazi. […]
Hamaze kumenyekana icyo insoresore zateye urugo rwa Kabila zashakaga
Umugore wa Joseph Kabila yamaganye igitero cyagabwe ku rugo rwe n’urubyiruko rushyigikiwe n’ishyaka riri ku butegetsi, avuga ko bari boherejwe kumuhitana. Kuri uyu wa Gatatu, urugo rwa Joseph Kabila wabaye Perezida wa Congo Kinshasa havugiye amasasu, amakuru avuga ko abashinzwe kuharinda bahanganye n’urubyiruko rushyigikiye Perezida Tshisekedi. Mu kiganiro umugore wa Kabila, Olive Lembe Kabila yahaye […]
Ntibisanzwe: Insengero 185 zo mu karere kamwe zafunzwe umunsi umwe
Mu karere ka Musanze, urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwatangaje ko rwafunze insengero zimwe na zimwe zikorera muri aka karere kubera kuba zitujuje ibisabwa. RGB, mu karere ka Musanze yafunze insengero 185, zizize ko zitujuje ibisabwa biteganywa n’amategeko birimo, imirindankuba, izidafite isuku,iziyoborwa n’abayobozi batabifitiye ubumenyi, n’ibindi bisabwa kuba insengero zibyujuje. Ibi byabaye nyuma yigenzura ryakozwe n’urwego rw’igihugu […]
Jali: Umugore yakubise umugabo we amumena umutwe nyuma y’uko avumbuye ibanga yari yaramuhishe
Mu mujyi wa Kigali akarere ka Gasabo umurenge wa Jali mu Kagari ka Nyakabungo, haravugwa inkuru y’umugore witwa Mukabalisa wigize ikinani akaba akubita abantu b’abagabo ndetse abenshi akabakomeretsa. Ku wa 27 Nyakanga 2024, biravugwa ko uyu mugore wikundira agatama, yakubise umugabo we akamumena umtwe akoresheje icupa ry’inzoga yo mu bwoko bwa Mützig yari akuye mu […]
Abagabo: Dore ibintu 5 umugore ugukunda adashobora gukora
Kenshi iyo umugabo n’umugore babana , kugirango urugo rukomere biba bisaba ko bizerana, ndetse iyo bizerana biba bigaragaza ikimenyetso cy’urukundo. Dore rero bimwe mu bintu umugore ugukunda adashobora gukora. Kugukontorora : Iyo umugore agukunda kandi akwizera ntabwo ajya yita ku kugenzura mu byo ukora byose, arakureka ugakora icyo ushaka ndetse ukajya aho ushaka , yewe […]
Abasore: Wabwirwa n’iki ko umukobwa agukunda by’ukuri? Sobanukirwa
Mu buzima busanzwe abantu bagira amabanga menshi utapfa gutahua, ndetse n’abantu bakundana nabo ubwabo bagira amabanga adasanzwe bahishanya, rero niyo mpamvu hari ibintu umukobwa ashobora kukubwira ugahita umenya ko agukunda by’ukuri. Amateka y’umuryango w’iwabo : Biragoye cyanye kubona umukobwa yicarana n’umusore ubundi akamuganiriza ku mateka y’abantu bagize umuryango wabo, rero niyo mpamvu iyo umukobwa yafashe […]