shaf1 8921231698383118
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Bana ya Chris Eazy na Shaffy yakoze amateka akomeye

Indirimbo ‘Bana’ Shaffy yafatanyije na Chris Eazy yujuje Miliyoni 10 kuri YouTube. Shaffy yakomeje gukora umuziki ariko gutumbagira bikamubera ibamba.Yafashijwe n’abahanzi batandukanye barimo n’abahoze muri Press One ariko izina rye rikaguma hasi.Nk’uko Abanyarwanda babisonanura neza, isaha y’umuntu imyenywa n’Imana ni nayo imenya igihe cye cyo kugera ku kintu runaka.Ibi nibyo byabaye kuri Shaffy utuye muri […]

17138654 89a6b72fc2d84940b62618289fb96ffe jpeg jpeg6c9f42d5eb22538f653880559ce7b0d8
Imyidagaduro

Abasore: Dore ibintu umukobwa yitegereza cyane bwa mbere muhuye ushaka kumutereta

Iyo umukobwa yegerewe n’umusore atitaye kucyo agiye kumubaza cyangwa ku mubwira mu gihe atamuzi hari ahantu ahita yerekeza amaso ye agambiriye kureba uko hameze.Abikora cyane cyane yitaye ku buryo usa n’uko ugaragara. 1. Isura: Niba umaze imyaka itari mike utereta ariko bikanga , abakobwa bakagucaho ejo ukabona bakoze ubukwe, menya ko ikibazo ari isura yawe.Burya […]

bananas 1024x750
Imirire Ubuzima

Dore impamvu ukwiye kujya urya umuneke nibura umwe buri munsi

Umuneke urakundwa cyane ariko nawo ni ingenzi.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya impamvu ukwiriye kwibanda kuri wo ukayirya buri munsi. Mu buzima bwa buri munsi bwa muntu, habamo gukunda ibisa neza, ibiryohereye cyangwa ibihuje n’ibyiyumviro bye.Imineke iza ku mwanya wa mbere mu mbuto zikunda n’abantu mu ngeri zose , haba abana, abakuze n’urubyiruko.None se ni kuki […]

umukobwadd
Urukundo

Birababaje: Umukobwa wigaga muri Kaminuza yiyahuye nyuma yo kwangwa n’umukunzi we

Urukundo ruragoye kurusobanura ndetse rwabereye benshi amayobera nyuma y’aho umukobwa wari muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere atandukaniye n’umukunzi we agahita yiyahura.Ibi byabereye muri Kenya mu gace ka Kericho. Faith Charity Makhulu w’imyaka 19 y’amavuko akiga muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere yasanzwe mu nzu yapfuye. Nk’uko Citizen TV ibitangaza , uyu mukobwa nibwo yari […]

loveee
Urukundo

Abagabo: Si ngombwa ko abikubwira! Dore ibimenyetso byakwereka ko umugore agukunda by’ukuri

Umugore ukunda umugabo we, abigaragariza mu byiyumviro cyane [Feelings].Kuko buri rukundo rwihariye rero ni nako n’umugore ugukunda azaba yihariye mu byo azagukorera wowe mugabo ariko akabikora atizigamye. Umugore ni umutima w’urugo.Urugo rutarimo umugore w’umutima , nta mutima narwo ruba rufite.Niyo mpamvu mu gihe ushaka umuntu ugukunda by’ukuri , ugomba guhera kuwo mwashakanye.Niba agukunda rero hari […]

img 20240405 wa0024 f5416
Utuntu n'utundi

FARDC yafashe umujyanama wa Nangaa, ashinja abarimo Kabila na Gen Numbi gufasha M23

Igisirikare cya Rpubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko cyataye muri yombi Eric Nkuba Shebandu alias Malembe wari umujyanama mu bya politiki wa Corneille Nangaa uyobora ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23. Umuvugizi wa FARDC, General Major Sylvain Ekenge ubwo yamwerekaga itangazamakuru, yavuze ko yafashwe n’Ingabo zo mu mutwe udasanzwe za RDC, […]

rib 8 2 cefc8
Utuntu n'utundi

Umuyobozi wa STT ishinjwa gucucura Abanyarwanda arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze Uwimana Jean Marie Vianney, wari umuyobozi wa Company ya Super Free to Trade (STT) yakoraga mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, avuga ko Uwimana “akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya aho afite ikigo kimwanditseho cyitwa Super Free to Trade (STT) […]

Abagore b'inshoreke
Utuntu n'utundi

Abagore b’inshoreke mu Burundi barahigwa bukware kubera impamvu itangaje

Leta y’u Burundi yatangiye guhiga abagore b’inshoreke ikabatandukanya n’abari abagabo babo, nyuma yo kubashinja gutera iki gihugu umwaku bigatuma kidatera imbere. Umukwabu wo kwirukana aba bagore umaze igihe ukorerwa mu bice bitandukanye by’u Burundi, by’umwihariko mu ntara ziherereye mu gice cy’amajyaruguru y’iki gihugu. Nko mu ntara ya Ngozi, ubuyobozi bwayo busobanura ko mbere yo gutangira […]

ukraine yarashe indege za Uburusiya
Utuntu n'utundi

Ukraine yatangaje ko yasenye indege nyinshi z’intambara z’Uburusiya izisanze ku bibuga bw’indege

Kuri uyu wa Gatanu, Kyiv yavuze ko Ukraine yasenye nibura indege esheshatu z’intambara z’u Burusiya, yangiza izindi umunani kandi ikomeretsa cyangwa ihitana abakozi 20 mu gitero gikomeye cy’indege zitagira abapilote cyagabwe ku bibuga by’indege. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ivuga ko Ukraine yagabye kimwe mu bitero binini by’ijoro mu byumweru bishhize, ikoresheje drone zirenga 50 ku […]

mamba
Utuntu n'utundi

Jean-Jacques Mamba yahishuye impamvu M23 itarafata Goma ndetse n’intego z’ahazaza

Jean-Jacques Mamba, wohoze ari umuvugizi w’ishyaka rya MLC ndetse n’umudepite uherutse kujya kwifatanya na Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa, mu kiganiro na mediacongo.net i Buruseli, yavuze ko yavuye muri iri shyaka kubera ko yumvaga atakiryiyumvamo kandi atagishoboye kubihisha, atanagifite ubushskae bwo gukurikira politiki itajyanye n’icyerekezo cye. Yavuze ko igihe Tshisekedi afatira ubutegetsi abinyujije mu […]

arton77969 13a23
Urukundo Utuntu n'utundi

Umugabo yashimiye mu buryo budasanzwe umugore we wamwemereye gushaka undi mugore

Umugabo yafashwe amashusho ashyikiriza umugore we indabyo zirimo amafaranga kubera ibyishimo yamuteye byo kumwemerera gushaka umugore wa kabiri. Uyu mugabo wari ufite amarangamutima menshi mugihe yashyikirizaga umugore we indabyo,yanapfukamye aramushimira mbere yo kumwereka umugore we mushya. Uyu mugore wa kabiri yahise yegera aba bombi barifotoza karahava. Soma n’izi: Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa […]

arton77968 abc5b
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Umuvugabutumwa arimo kwishyuza King James akayabo

Umuvugabutumwa witwa Blaise Ntezimana yareze umuhanzi King James kumwambura ibihumbi 30$ avuga ko yamugurije mu rwego rwo gushinga uruganda rukora Akawunga. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X saa sita z’ijoro,kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mata 2024, Pasiteri Blaise yavuze ko mu mwaka wa 2021 yahaye amafaranga King James angana n’amadorali ibihumbi 30 [Miliyoni […]

arton77965 25d98
Imyidagaduro

The Ben yahaye isezerano nyirakuru uheretse gutabaruka

Umuhanzi The Ben yijeje nyirakuru uherutse gutabaruka ko imbuto nziza yabibye bazazibyaza umusaruro kandi ko bazamubera aho atari. Nyirakuru wa The Ben, Mukangarambe Yoniya yasezewe mu cyubahiro ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, hashimwa umurage asize ku gihugu n’umuryango. Uyu mubyeyi wari utuye mu karere ka Kayonza, umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye i […]

arton77963 80ce4
Utuntu n'utundi

Abaheruka gutuburira urubyiruko barubeshya akazi batangiye gufatwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko hari bamwe mu bagize uruhare mu kubeshya urubyiruko rwo mu Ntara y’Iburasirazuba, bakarutwara amafaranga barwizeza akazi ko hari abatawe muri yombi mu gihe hagikomeje gushakishwa uwashinze ikigo cyabigizemo uruhare. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 4 Mata 2024, ubwo ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru, cyagarutse ku ishusho […]

gie7dooxyawguiu 5617191712245914 (1)
Utuntu n'utundi

Afatwa nk’imboni ya Se! Perezida Museveni yahaye undi mwana we umwanya ukomeye

Inkuru ikomeje gucicikana ni iyo kwimikwa kwa Natasha mu mwanya ukomeye wa Guverineri wa Banki Nkuru ya Uganda nyuma y’uko musaza we Gen Muhoozi Kainerugaba yaherukaga kugirwa Umugaba Mukuru w’Ingabo. Imyanya ikomeye ikomeje guhabwa abantu bafite amaraso mashya ndetse kugeza ubu bamwe mu barebera hafi bakaba bavuga ko ari uburyo bwiza bwo gutegurira amayira Gen […]

Imitoma wakoherereza umukunzi
Urukundo

Ijoro ryanjye ni wowe uryiharira – Imitoma wandikira umukunzi wawe akagukunda by’iteka

Amagambo meza cyangwa imitoma ni mugenzi w’Imana. Amagambo meza ushobora kubwira uwo wihebeye ashobora kumubera ikiraro kimugeza ku mutima wawe. Iyi nkuru yagenewe abakobwa bifuza kugumana abo bakunda. . Amagambo meza y’urukundo wabwira umukunzi wawe . Imitoma wakoresha mu gitondo ushimisha umukunzi wawe . Bwira umukunzi wawe aya magambo wirebere ngo urukundo ruragurumana Ntabwo ukwiriye […]

atagukunda
Urukundo

Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa ukunda atakwiyumvamo na gato n’ubwo aterura ngo abikubwire

Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi uko watahura umuntu ukubeshya ko agukunda kandi akuryarya. Muri iyi nkuru rero tugiye kuvuga ku […]

amakosa ugomba kwirinda gukora
Urukundo

Abasore: Dore amakosa utagomba kugwamo kugirango ushimishe umukobwa ukunda

Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe kubera […]

amagambo y'urukundo
Urukundo

Dore amagambo 4(imitoma) wabwira umukunzi akamurutira andi yose yumvise

Iyo abantu bakundana usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Dore amwe mu magambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose waba waramubwiye kuva mwatangira gukundana: 1. Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe Wari wabwirwa iri jambo […]

what makes a man fall deeply in love with a woman 2
Urukundo

Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa agukunda utabizi akaba ashirira imbere

Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu gushaka gufasha abasore bafite iki kibazo twifashishije urubuga wikihow.com. Uru rubuga rutanga ibimenyetso byinshi byagaragariza umusore ko umukobwa amwibonamo kandi amufitiye amarangamutima: […]

goma 02731
Utuntu n'utundi

Goma: Ahateretse imbunda rutura ya BM21 yateweho ibisasu, Abarundi 5 bahasiga ubuzima

Mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa DRC ahitwa ku Kimashini muri Mibambiro hasanzwe hateretse imbunda nini ya BM21 ikoreshwa n’Ihuriro ry’Ingabo zirwanya umutwe wa M23 hatewe amabombe, ntiharamenyekana uruhande rwateye izo bombe n’ubwo haketswe ko ari M23 bitewe n’uko zaturutse mu bice igenzura bya Masisi. Izi Bombe zo kuri uyu wa 04 Mata 2024 […]

Umuvandimwe wa wema sepetu yahamwe n'icyaha cyo kunyereza
Utuntu n'utundi

Umuvandimwe wa Wema Sepetu yahamwe n’ibyaha byo kunyereza amamiliyoni y’amadorari

Sunna Sepetu, umuvandimwe w’icyamamare muri filimi n’amarushanwa y’ubwiza, Wema Sepetu yahamwe n’ibyaha byo guhimba inkomoko y’amafaranga atunze mu rukiko rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ibi byaha Sunna Sepetu akaba atabishijwaga wenyine kuko yari akurikiranwe mu kirego kimwe na Nafise Quaye, bakaba barabanje kuruburanira mu gace ka Worcester ho muri Massachussetts. Nk’uko byatangajwe, uyu mukobwa […]

Dj Sonia yapfushije musaza we
Imyidagaduro

Dj Sonia ukorera RBA yapfushije musaza we

Sonia Kayitesi [DJ Sonia] uri mu bakobwa bamaze kugwiza ibigwi mu myidagaduro nyarwanda, yashegeshwe n’urupfu rwa musaza we. Mu butumwa yasangije abamukurikira, yagaragaje ko ari kunyura mu bihe bitamworoheye kubera kubura musaza we bamaze no guherekeza. Yagize ati: ”Sinzigera nkwibagirwa musaza wanjye.” Benshi mu bakurikira uyu mukobwa bifatanije na we bifuriza iruhuko ridashira musaza we […]

umuhanzi uhambaza Imana yishwe n'umugabo we
Utuntu n'utundi

Umuhanzikazi uririmba indirimo zo kuramya no guhimbaza Imana yarasiwe mu rusengero n’umugabo we

Umuhanzikazi ukomoka muri Afurika y’Epfo, Funanani Mbedzi yapfuye ku munsi mukuru wa Pasika, yamburwa ubuzima n’umugabo we bashyingiranwe. Ku munsi wo kwizihiza Pasika, umugore wari umuhanga mu kuramya no kuririmba aramya Imana yishwe n’umugabo we mu rusengero. Nk’uko abapolisi bo muri Afurika y’Epfo babitangaza, ngo ukekwaho ubwicanyi yinjiye mu rusengero ruherereye mu mudugudu witwa Makonde […]

igisobanuro cy'izina Israel
Igisobanuro cy'izina Utuntu n'utundi

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina ISRAEL n’uko abaryitwa bitwara

Abantu benshi cyane bibeshya ku gisobanuro cy’izina runaka ry’umuntu bitewe ahanini n’uko bamubonye cyangwa imico runaka bamubonanye nubwo bikunze kudahura. Israel, rishobora kwitwa n’umuhungu ndetse n’umukobwa, rikaba rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo. Iri zina, rikomoka ku ijambo ry’igiheburayo, Yisrael risobanura ngo ‘Imana irihangana/ Imana itsinda.’ Mu gihe waba ushaka kubaha kwizera kwawe, aho wavukiye cyangwa […]

amabuye y'agaciro
Utuntu n'utundi

Kigali: Polisi yataye muri yombi abagabo 18 batunganyirizaga amabuye y’agaciro mu ngo

Polisi y’Igihugu yafatiye mu karere ka Kicikiro abantu 18 n’ibilo 239 by’amabuye y’agaciro nyuma y’uko hatahuwe amayeri yakoreshwaga mu kuyatunganyiriza mu ngo z’abagabo babiri. Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 1 Mata, mu mudugudu w’Ihuriro, akagari ka Karugira mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, hafatiwe abantu 18 n’ibilo 239 by’amabuye y’agaciro, […]

Umusore ukora siporo y'amagare yagonzwe n'imodoka arapfa
Imyidagaduro

Musanze: Umukinnyi w’amagare yagonzwe n’imodoka ubwo yari mu myitozo ahita apfa

Umukinnyi Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Mata 2024. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda uva mu Byangabo ubwo bamanukaga berekeza mu Gataraga. Umuyobozi wa Benediction Club, Munyankindi […]

umukinnyi
Imyidagaduro

Umukinnyi yarashwe n’abajura bashakaga kumwambura imodoka arapfa

Myugariro wa Kaizer Chiefs n’ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo, Luke Donn Fleurs, w’imyaka 24, yarashwe n’abajura bashakaga kumwambura imodoka ubwo yari kuri sitasiyo ya lisansi, arapfa. Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu,nibwo Fleurs yahagaze kuri sitasiyo ya lisansi i Honeydew, Johannesburg. Abantu bitwaje intwaro bamuteye bashaka kumwambura imodoka. Umwe mu bagabye igitero yamurashe isasu […]

indwara z'igifu
Indwara & Imiti Ubuzima

Indwara Y’igifu Irimo Amoko Abiri Ni Ayahe? Ni Gute Wayatandukanya?

Indwara y’igifu ntagushidikanya abantu benshi bamaze kuyimenya kuko izahaza abantu benshi, gusa abantu benshi bahugira mu kubyita igifu gusa ariko nyamara iyo umuntu avuze ngo indwara yo mu gifu aba avuze gusa ubwoko bumwe ibyiza nuko wavuga uti indwara iterwa na aside yo mu gifu, aribyo bita Peptic ulcer disease(PUD) mururimi rw’icyongereza. Ni ibyagaciro kumenya […]

uko wakwikorera viagra
Ubuzima Urukundo

Abagabo: Dore uko wakwikorera umuti ukora nka Via*gra iwawe mu rugo, ibikoresho, uko utegurwa n’uko ukoreshwa, nta ngaruka na nke ku mubiri wawe

Mu busanzwe Via*gra ni umuti uzwi cyane ucuruzwa hirya no hino muri za Farumasi ‘ pharmacies’ ku isi, uyu muti rero ukaba ufasha mukongerera abagabo akabaraga mu gihe cyo gutera akabariro. Mu buhanga bukomeye cyane abantu bagiye bakora ubushakashatsi basanga ko umuntu ashora no kuba yakitegurira Via*gra iwe murugo akoresheje ibintu bitari byinshi kandi buri […]