Ibimenyetso byakwereka ko uzarwara umutima
Indwara & Imiti Ubuzima Utuntu n'utundi

Dore ibintu 9 byakwereka ko ufite ibyago byinshi byo kurwara umutima

Bimwe mubishyira umuntu mu byago byo kuba yarwara umutima, burya harimo ibyo wowe wakirinda ubwawe ariko kandi harimo nibyo udashobora kwirinda nyine ubwo abaganga bakora akazi kabo iyo biramutse bikugezeho, hari naho bishoboka bokaba ngombwa ko abaganga bahitamo kuguhindurira umutima bakaguha undi iyo habonetse uburyo. Dushingiye kubyashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’abanyamerika cyita ku ndwara z’umutima “AHA” […]

ukwezi k'umugore
Inkuru nyamukuru Ubuzima

Sobanukirwa neza iminsi y’uburumbuke(yatwariramo inda) n’uko wayibara ntakwibeshya

Abakobwa benshi cyangwa abagore bakunze kugira ukwezi ( menstrual cycle ) kumara iminsi 28, ariko muri rusange ukwezi k’umugore kumara iminsi hagati ya 21 kugera kuri 35. Urubuga www.babycenter.com/ovulation-calculator, ruvuga ko igihe cy’irekurwa ry’intanga ngore (ovulation) ku bakobwa bagira ukwezi kumara iminsi 28 gikunze kuba ku munsi wa 14, ariko ku bakobwa bagira iminsi y’ukwezi […]

arton77945 17656
Uncategorized

Bari bitwaje matela bagiye gutangira akazi! Babatekeye umutwe babishyuza amafaranga ngo babahe akazi umunsi wo kugatangira baburirwa irengero

Abantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwa Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi, bamwe baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe. Byatangiye Kompanyi yiyise Company Vision Care ikorera Kayonza ihamagara urubyiruko rwo hirya no hino mu gihugu. Abarimo urubyiruko bishyuraga nibura 21K ngo izabahe akazi ibanje […]

Afurika y'epfo yahakanye ko nta musirikare wayo wafashwe na 23
Utuntu n'utundi

Afurika y’Epfo yahakanye amakuru yavugaga ko M23 yafashe mpiri abasirikare bayo

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyahakanye amakuru yavugaga ko abasirikare bacyo bamanitse amaboko bishyikiriza inyeshyamba za M23. Hari amakuru avuga ko abasirikare batandatu b’Igisirikare cya SANDF bishyize mu maboko ya M23 mu mpera z’icyumweru gishize. Umuvugizi wa SANDF, Siphiwe Dlamini, kuri uyu wa 3 Mata 2024 yatangaje ko “nta basirikare babiri” b’igisirikare cyabo bishyiriye M23″. Abasirikare […]

kanseri y'usudabo tw'intanga
Indwara & Imiti Ubuzima

Abagore: Dore ibimenyetso byakugaragariza ko urwaye Kanseri y’udusabo tw’intanga(Ovarian Cancer)

Abahanga bakora ubushakashatsi bwimbitse ku ndwara ya kanseri, burya basanga kanseri ari ikintu kigari cyane kurusha uko abantu benshi babyumva ubu, ese wowe wumva kanseri iyo ariyo yose kugeza kuruhe rwego? Uyu munsi rero tugiye kubaganiriza kubimenyetso twakita ibimenyetso mpuruza bishobora kukurabura niba uri umugore cyangwa umukobwa ushobora kuba ufite kanseri y’udusabo twintanga. ibi bimenyetso […]

Ingaruka mbi zo gufunga umusuzi
Ubuzima Utuntu n'utundi

Wari uzi ko gufunga umusuzi ari nko kwiyahura? Sobanukirwa

Benshi ntitubizi ariko kandi si no kutabimenya gusa ahubwo habamo ahari no kwiyemera kandi tuba tutazi ingaruka mbi dushobora guterwa no gufunga umusuzi bya buri gihe twirinda ko ahari twabangamira bagenzi bacu tuba turi kumwe, ariko burya tuba twiyahura tutabizi. Benshi bajya bibaza bati ese buriya umusuzi uturuka kuki? Hari byinshi umusuzi ukomokaho, ariko ibyibanze […]

urwikirago
Utuntu n'utundi

Dore bimwe mu bishobora gutuma umuntu aryama ari muzima bugacya yapfuye(Urupfu rw’ikirago)

Abantu bakunze kuvuga ngo kanaka yapfuye urw’ikirago. Ibi akensi babivuga iyo umuntu yaryamye bugacya yapfuye. Gusinzira ubusanzwe ni ibintu byiza nyamara bijya binaba bibi ugasanga abantu ntibabigarukaho ngo babitekerezeho. Ubusanzwe gusinzira biberaho kugira ngo abantu baruhuke bongere bagarure imbaraga zaba iz’umubiri n’izubwonko. Gusa rimwe na rimwe hajya habaho inkuru z’incamugongo ziturutse ku gusinzira, urugero nk’urupfu […]

Gorilla FC yatsinze
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Gorilla FC yiyongereye amahirwe yo kuguma mu cyiciro cya mbere

Ikipe ya Gorilla FC ikomeje urugendo rwo kurokoka kumanuka mu cyiciro cya kabiri kuko yatsinze umukino wa kabiri yikurikiriranya muri shampiyona. Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangiye imikino y’umunsi wa 26 wa shampiyona aho habaye imikino ibiri gusa. Ikipe ya Etoile de l’Est ifite amahirwe menshi yo kumanuka yakiriye Gorilla FC itsindwa igitego 1-0 cya […]

Umugore yaciye umugabo we igitsina
Utuntu n'utundi

Umugore yakase umugabo we igitsina nyuma yo kumenya ko amuca inyuma

Umugabo yagaragaye yambaye ubusa ari kuvirirana amaraso ku igorofa ry’ahitwa i Mendeleyevsk, mu Burusiya, aho bivugwa ko umugore we yamukase igitsina akoresheje icyuma. Bivugwa ko uyu mugore yagize umujinya agakata igitsina cy’umugabo we akoresheje icyuma nyuma yo kwiyemerera ko yamuciye inyuma. Amashusho ateye ubwoba yerekana uyu mugabo yambaye ubusa aryamye hasi ku igorofa ryabo i […]

Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambana abana b'abakobwa 2
Utuntu n'utundi

Nyanza: Umwarimu akurikiranweho gusambanya abana b’abakobwa 2 batarageze imyaka y’ubukure

Umwarimu ku ishuri rya NYANZA TSS(ETO GITARAMA) riherereye mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa bacuruzaga amasambusa. UMUSEKE dukesha iyi nkuru uvuga ko uwatawe muri yombi yitwa Ntivuguruzwa Thomas. Yavuze ko hari ku mugoroba ubwo mwarimu Ntivuguruzwa yari mu isantere ya Butansinda mu Murenge wa Kigoma […]

Umutoza wa APR FC yapfiriye iwe mu rugo
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Umwe mu batoza ba APR FC yasanzwe mu nzu yapfuye

Uwari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi ba APR FC, Umunya- Tunisia Dr Adel Zrane, yitabye Imana aguye mu rugo iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata 2024. Amakuru avuga ko ubwo umushoferi yajyaga kumufata ngo amugeze ku myitozo,yamuhamagaye inshuro nyinshi ntiyitaba, amukomangira kenshi ntiyitaba. Uyu mushoferi yahamagaye abayobozi ba APR FC ababwira uko bimeze […]

Agatsiko k'abasore biba
Utuntu n'utundi

Herekanywe agatsiko k’abasore bakurikiranweho ubujura muri Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,rwamurikiye itangazamakuru abasore b’Abakanishi bakekwaho kuyogoza abaturage babashikuza ama Telefones, babiba mu mamodoka, biba mu ma Alimentations ,mu mahahiro manini (supermarkets), ku ma stations ya essence ndetse bakaniba mu ma Liquor stores. Bamwe muri aba bantu bibye batanze ubuhamya , ndetse hanamurikwa ibikoresho bakoreshaga mu bujura, birimo amasupana, ndetse n’Amaplaques babaga baribye ku […]

Umukobwa yatwitse inzu y'umukunzi we
Urukundo Utuntu n'utundi

Umukobwa yatwitse inzu y’umukunzi we nyuma yo gutahura ko icyo agamije ari ukumusambanya gusa

Umukobwa wo muri Maroc uzwi ku izina rya Asmaa w’imyaka 21, yatawe muri yombi na polisi y’Umujyi wa Lagos kubera gukekwaho gutwika inzu y’umukunzi we w’Umushinwa w’imyaka 41, Ku wa gatandatu, tariki ya 30 Werurwe. Abapolisi baratabajwe nyuma yo kubona umuriro mu nyubako iherereye mu gace kitwa Oregon. Iperereza ryibanze ryerekanye ko Asmaa na Xunxue […]

Kabila ashobora gushinjwa ubugambanyi
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

RDC: Kabira ashobora gushinjwa ubugambanyi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yaburiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu ko ashobora gukurikiranwaho icyaha cy’ubugambanyi. Kabila yaburiwe irengero ndetse bivugwa ko yaba yarahunze mu ibanga rikomeye. Uyu kandi ubutegetsi bwa RDC buramushinja kuba ari umwe mu bakorana n’umutwe wa M23. Mu mpera z’icyumweru gishize Umunyamabanga Mukuru […]

Umwana w'imyaka 12 yashyingiwe umusaza w'imyaka 63
Urukundo Utuntu n'utundi

Ghana: Abantu bazibiranijwe n’uburakari nyuma y’aho umwangavu w’imyaka 12 ashyingiwe umusaza w’imyaka 63

Umunyedini gakondo ukomeye, wagereranywa na padiri gakondo, w’imyaka 63, yateje uburakari bwinshi muri Ghana nyuma yo gushaka umukobwa w’imyaka 12. Uwo padiri gakondo, witwa Nuumo Borketey Laweh Tsuru XXXIII, yashyingiranywe n’uwo mukobwa ku wa gatandatu mu muhango gakondo. Nyuma yo kunengwa, abayobozi gakondo bavuze ko abantu badasobanukiwe n’imico n’imigenzo yabo. Imyaka micye ishoboka yo gushakwa […]

Ingabo za Israel zishe aba generali ba Iran
Utuntu n'utundi

Israel iravugwaho kugaba igitero no kwica abajenerali ba Iran

Umutwe wihariye wo mu ngabo za Iran wa ’Revolutionary Guards’ uvuga ko abasirikare bakuru barindwi biciwe mu gitero cya Israel ku nyubako y’ishami ry’ambasade ya Iran mu murwa mukuru Damascus wa Syria. Brigadiye Jenerali Mohammad Reza Zahedi, komanda wo ku rwego rwo hejuru w’umutwe w’abasirikare b’indobanure wa Quds, n’umwungirije Brigadiye Jenerali Mohammad Hadi Haji-Rahimi, batangajwe […]

nyamu1 2432061712039078
Imyidagaduro Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Ifoto ya Eddy Kenzo na Min. Phionah Nyamutooro ikomeje kuvugisha benshi

Minisitiri Phionah Nyamutooro na Eddy Kenzo bakomeje gutigisa imyidagaduro y’Akarere mu nkuru z’urukundo rwabo bakomeza kwigiza ku ruhande nubwo bakomeza gutanga ibimenyetso by’uko babaye umwe. Mu Kwakira 2023, Minisitiri Nyamutooro yabajijwe ku mubano we na Eddy Kenzo dore ko uyu mugore ngo yahaye impano y’imodoka uyu muhanzi avuga ko baziranye by’igihe kirekire. Icyo gihe Minisitiri […]

amabuye y'agaciro
Utuntu n'utundi

Rulindo: Biratangaje! Bacukuraga amabuye y’agaciro banyuze mu myobo bacukuye mu nzu zibamo abantu

Abantu 9 bafashwe na Polisi y’Igihugu barimo gucukura amabuye y’agaciro banyuze mu myobo yacukuwe mu nzu zibamo abantu. Ku mugoroba wo kuwa  Gatandatu tariki ya 30 Werurwe 2024,  abantu 9 bafatiwe mu masimu bacukuye mu nzu ebyiri zegeranye; mu Mudugudu wa Gasenga, Akagari ka Kivugiza mu Murenge wa Masoro. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, […]

perezida kagame ari kumwe n abuzukuru be 2737071711988545
Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku buzukuru be anahishura icyo bazi ko akora nk’akazi bitari ukuba Perezida

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Perezida Kagame yahishuye ko abuzukuru be batari bamenya ko ariwe uyoboye igihugu kubera ko bakiri bato ariko umukuru akaba abizi ariko atabisobanukiwe neza cyane. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, Perezida Kagame mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kimwe mu bibazo yabajijwe by’amatsiko abantu benshi bajya batekerezaho,harimo […]

abakire bakomeye muri afurika
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Abantu 10 bakize kurusha abandi muri Afurika mu mwaka wa 2024

Hagaragajwe abantu 10 bo ku mugabane wa Afurika batunze amafaranga menshi mu gihembwe cya mbere cya 2024, barangajwe imbere na Aliko Dangoto wo muri Nigeria utunze Miliyari 15 z’Amadolari. Mu gihe ku mugabane w’Afurika hari henshi harangwa ibibazo by’ubukungu n’iterambere, imanuka ry’agaciro k’ifaranga n’ahandi hari ubukene bukabije, ntibibujije ko hari ahandi bahiriwe n’ibikorwa byabo bikabakiza. […]

Ingaruka z'amasohoro ku bagore bayanywa
Indwara & Imiti Ubuzima

Sobanukirwa byinshi ku masohoro y’abagabo n’ingaruka atera ku bagore bayanywa

Ibinyamakuru binyuranye bitangaza ko amasohoro y’umubago arimo intungamubiri ku buryo byemezwa ko kuyanywa nk’uko bamwe babikora byafasha abagore kurinda imibiri yabo, nyamara abashakashatsi bibutsa ko amasohoro yagenewe kohereza intangangabo mu mugore hagamijwe kororoka, bakanagaragaza ingaruka ziba ku bagore bayanywa. Ibi byagarutsweho kenshi ko amasohoro y’abagabo agira akamaro kenshi mu mubiri w’umugore ariko atanyujijwe mu kanwa, […]

walnuts boost fertility improve sperm quality 773690 3478311711975306
Ubuzima Urukundo

Dore impamvu ugomba guhekenya ubunyobwa mbere yo gutera akabariro, ingano wafata n’uko butegurwa

Uretse kuba ubunyobwa bukize ku ntungamubiri zikenewe ku gitsina gabo n’igitsina gore, amajwi menshi yitsa ku muco wo guhekenya ubunyobwa mbere yo gutera akabariro ku bashakanye nubwo bamwe badasobanukiwe ukuri kwabyo. Ingo nyinshi cyane cyane izimaze iminsi mike zishinzwe zikunze kuba zifite ubunyobwa bwahariwe umugabo, akaburya mbere yo kwegera umugore we yitegura kumunezeza mu buriri. […]

Ibimenyetso byakwereka ko wasamye mu cyumweu cya mbere
Ubuzima

Ibimenyetso 6 byakwereka ko utwite nyuma y’icyumweru kimwe gusa usamye kandi utiriwe ujya kwa muganga

Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari abagore n’abakobwa bajya batungurwa no gusanga batwite batarigeze babimenya mbere, abandi bagategereza ko ukwezi gushira ngo barebe niba imihango iza cyangwa itaza. Inzobere mu buvuzi Jennifer Caudle, akaba umwarimu muri kaminuza y’iRowan mu ishami ry’ubuvuzi avuga ko hari uburyo abakobwa n’abagore bamenya niba batwite mbere. 1. Uruhu rwawe rurahinduka: iyo […]

Paul Kagame
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yahishuye icyabagoye kurusha ibindi ku rugamba rwo kubohora igihugu

Perezida Kagame yagarutseho ku mateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM aho yavuze ko icyabagoye ari ukongera gukusanya ingabo Gen Rwigema amaze gupfa hanyuma avuga ko hari n’ibirimo ibikoresho n’ibindi. Perezida Kagame yavuze ko yagombaga kugaruka ku rugamba rwo kubohora u Rwanda na mbere y’urupfu rwa Rwigema gusa […]

Perezida Kagame
Ubuzima Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yavuze uko Inkotanyi zageze mu karere ka Rulindo mu 1993 bikarangira zisubiye inyuma n’impamvu yabiteye

Perezida Kagame yavuze ko icyatumye ingabo yari ayoboye mu rugamba rwo kubohora u Rwandazisubira inyuma zigeze i Rulindo ari igitutu cy’amahanga yabafungiye intwaro. Perezida Kagame yavuze ko iyo birengagiza icyo gitutu byari gutuma ikibazo cyari kuba bo ntikibe abo barwana,intego ituma barwana ntiyongere kugira ishingiro. Perezida Kagame yagize ati: “Uko byagenze icyo gihe,mbere y’urwo rugamba […]

Perezida Kagame
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yahishuye ikintu kimushimisha kurusha ibindi u Rwanda rwagezeho

Perezida Kagame yavuze ko yishimira cyane aho u Rwanda rugeze ubu ndetse ko yifuza kuzasazira mu Rwanda abanyarwanda babanye neza haba ikibazo kikaba ari igisanzwe nkuko bimeze mu bateye imbere. Mu kiganiro yagira nye na Radio 10 na Royal FM, Perezida Kagame yavuze ko yishimira ibyo u Rwanda rumaze kugeraho yaba mu buzima,ubukungu,imyubakire n’ibindi. Yagize […]

Dore abantu batemerewe kunywa Tangawizi
Ubuzima Utuntu n'utundi

Dore abantu batemerewe kunywa Tangawizi

Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi yifashishwa mu kuvura inkorora, ibicurane na bumwe mu burwayi bwo mu muhogo. Tangawizi yongerwa mu […]

Umugaba Wungirije w’Ingabo za Uganda zirwanira mu Kirere yapfiriye mu bwogero
Utuntu n'utundi

Uganda: Brigadier General Stephen Kiggundu yapfuye mu buryo butunguranye

Umugaba Wungirije w’Ingabo za Uganda zirwanira mu Kirere, Brigadier General Stephen Kiggundu, yitabye Imana ku mugoroba wo ku Cyumweru, aguye mu bwogero. Ibi byatangajwe birambuye n’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda,Gen Felix Kulaigye. Kulaigye yavuze ko uyu musirikare mukuru mu ngabo yapfiriye iwe i Entebbe ku ya 31 Werurwe, nijoro. Kulaigye yanditse ati: “Burigadiye Jenerali Kiggundu yari […]

Ingabo za Israel zarekuye ibitaro zimaze ibyumweru bibiri zigaruriye muri Gaza
Utuntu n'utundi

Ingabo za Israel zarekuye ibitaro zari zimaze ibyumweru bibiri zigaruriye muri Gaza

Ingabo za Israel zivuga ko zavuye mu bitaro bya al-Shifa byo mu mujyi wa Gaza nyuma y’ibyumweru bibiri zibigabyeho igitero. Igisirikare cya Israel (IDF) cyavuze ko “abasirikare bishe abakora iterabwoba” ndetse babona “intwaro nyinshi n’inyandiko z’amakuru y’ubutasi” aho hantu. Ibyo bitaro byari byatewe nyuma y’uko IDF ivuze ko ifite amakuru y’ubutasi agaragaza ko Hamas yari […]

Umutoza wa Etincelles yavuze impamvu bagomb gutsina Rayon Sports
Imyidagaduro

Umutoza wa Etincelles FC yishongoye kuri Rayon Sports bazacakirana kuri uyu wa Kane

Umutoza w’ikipe ya Etincelles FC, Bizumuremyi Radjab avuga ko umukino wa Rayon Sports uzabahuza kuri uyu wa kane, awiteguye kuruta ibindi byose bibaho ndetse akemeza ko Rayon Sports ntacyo iharanira cyatuma batayitsinda. Ati: “Rayon Sports ntacyo iharanira, twe dufite icyo duharanira kirenze igikombe, ubwo urumva ko tugiye kuwitegura kurenzi ibindi bintu byose.Ubu buri mukino nzajya […]