Ibyo kwirinda igihe witegura gukora imibonano
Ubuzima Urukundo

Dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora igihe witegura gutera akabariro

Gutera akabariro bifitiye akamaro gakomeye umubiri nko gutuma umutima ukora neza, kugabanya umunaniro ukabije, kugabanya umuhangayiko, kugabanya uburibwe mu mubiri. . Ibintu bibi ugomba kwirinda gukora mbere y’imibonano mpuzabits1na . Ntuzakore ibi bintu mbere yo gutera akabariro Nyamara hari ibikorwa bigaragara nk’ibisanzwe bishobora gutera ingaruka mbi zikomeye mu gihe bikozwe mbere cyangwa nyuma y’iki gikorwa. […]

Imitoma yatuma umugabo wawe agukunda
Urukundo

Abagore: Imitoma 10 watera umugabo wawe bigatuma agukundwakaza

Biragora cyane kugira urugo rwuje urukundo n’urugwiro. Ndetse iyo ubigezeho, ushobora guta umutwe utekereje ko uwo wihebeye ukwitaho kandi wishimira mushobora kuzaba mutakiri kumwe mu minsi iri imbere. . Ibi bintu uko ubibwira umugabo wawe ni ko arushaho kugukunda . Ibintu 10 wabwira umugabo wawe akagukunda kurushaho Rimwe na rimwe tunanirwa kwitwara mu buryo butuma […]

Kumatana kw'ibitsina
Ubuzima Urukundo

Dore igitera abantu bamwe kumatana igihe batera akabariro n’icyo wakora igihe bikubayeho

Kumatana kw’ibitsi1na, ibizwi nka “Penis Captivus” mu ndimi z’amahanga ni impanuka idakunze kubaho ariko ihindisha benshi umushyitsi ndetse hari n’abatekereza ko ari imigani cyangwa inkuru z’incurano zidafite ishingiro nyamara ari ukuri. “Kumatana kw’ibitsi1na” bivugwa mu gihe cy’akabariro iyo imitsi y’icy’umugore yafashe umurego bigatuma izitira icy’umugabo ntashobore kugikuramo. Imyemerere ya bimwe mu bihugu ituma hari aho […]

Umukobwa ari kubyinira mu mihanda kubera umugabo
Urukundo Utuntu n'utundi

Umukobwa ari kubyinira mu mihanda nyuma yo kubona umugabo

Umukobwa yakinnye ku mubyimba abamuteze iminsi bamubwira ko nta mugabo n’umwe uzemera kumushaka, abatunguza ubutumire “Invitation” ziteguza ubukwe bwe, anakomoza ku gahinda bamuteye. Amashusho yagaragaye ku rubuga rwa TikTok uyu mukobwa abyina anyuzamo akanarira ari na ko avuga inkuru yamubabaje yaturutse ku bamukurikira kuri uru rubuga, bavuga ko nta mugabo uzigera amushaka. Inkuru dukesha Legit […]

umusozi
Utuntu n'utundi

Rusizi: Umusozi ukomeje gutenguka ari nako abaturage bakomeza kwimurwa

Abaturage batuye mu nkengero z’umusozi wa Muko basabwe kwimuka aho batuye nyuma y’uko uwo musozi ukomeje kuriduka . Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye imiryango 36 ituye mu nkengero z’umusozi wa Muko uri mu Murenge wa Bugarama,kwimuka vuba nyuma y’uko inzu ziwukikije zitangiye gusenywa n’uwo musozi watengutse . Uyu musozi ugiye kumara ibyumweru bitatu uriduka amanywa […]

indake
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Abantu bakomeje kwibaza ikigiye kuba ku isi nyuma y’uko abaherwe bakomeje kubaka inzu munsi y’ubutaka(indake)

Buri muntu wese utunze agatubutse ku Isi, arimo kubaka inzu munsi y’ubutaka aho kumaranira kubaka inzu ndende nk’uko mu myaka yabanje ari ibintu byari bigezweho. N’ubwo ari iterambere rigenda ryaguka ndetse harebwa uburyo abantu babaho neza, hari abantu batangiye kubigiramo urujijo. Buri gihe abantu babyuka barajwe ishinga no gushaka iterambere ariko ku rundi ruhande, abatakirwana […]

Umukinnyi yiyahuye
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Umukinnyi wari ukomeye muri Ethiopia yahisemo kwiyahura nyuma y’iminsi mike akoze ubukwe

Alelegn Azene w’imyaka 26,umwe mu bakinnyi bahembwa menshi muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Ethiopia,biravugwa ko yiyahuye mu ijoro ryakeye. Alelegn Azene,yari umukinnyi wo hagati utanga icyizere wakiniraga Bahir Dar City.Balageru T.V. yasobanuye ko urupfu rwe rutunguranye.Amakuru yo ku mbuga nkoranyambaga yemeza ko uyu mukinnyi yiyahuye gusa ntihavuzwe icyaba cyateye uyu mukinnyi kwiyahura. Abakurikirana imikino […]

Umusore yiyahuriye ku nyubako ndende kubera betting
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Gasabo: Umusore yasimbutse ku igorofa yijugunya hasi arapfa. Biravugwa ko byaba byatewe na Betting

Mu Gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 26 Werurwe 2024, mu murenge wa Kimironko, mu karere ka Gasabo, umusore wari mu kigero cy’imyaka 32 yasimbutse avuye ku igorofa rya kane arapfa. Birakekwa ko yiyahuye kubera ko yari amaze kuribwa amafaranga Miliyoni eshanu mu mikino y’amahirwe ibizwi nka betting aho yakinnye ibyitwa akadege. Yiyahuriye […]

FARDC zikomeje kurwanira i Sake
Utuntu n'utundi

Sake: Rukomeje kwambikana hagati ya FARDC na M23. Uko ibintu byifashe ubu

Mu ntangiriro z’ukwezi gushize Corneille Nangaa ukuriye ihuriro AFC rifite umutwe wa M23 yagaragaye ku mashusho avuga ko “ingabo zanjye zafashe Shasha, kandi zizengurutse Sake”, kuva icyo gihe M23 ntirabasha gufata centre ya Sake. Kuva icyo gihe iyi ‘centre’ yakomeje kuba isibaniro ry’impande zirimo kurwana mu burasirazuba bwa DR Congo hakoreshwa cyane cyane kurasisha ibitwaro […]

melody na shaggy
Imyidagaduro

Bruce Melody akomeje gukora amateka muri USA

Indirimbo When she is around ya Bruce Melodie na Shaggy ikomeje kwandika amateka aho kuri ubu ikomeje kuza ku myanya ya mbere ku ntonde zikorwa n’ibinyamakuru ku isi. Kugeza ubu iyi ndirimbo yasohotse ku rutonde rwa Billboard Magazine rw’indirimbo zishakishwa zikanagurwa na benshi (Billboard world digital song sales chart), ni urutonde igaragaraho ari iya munani. […]

Umugabo yishe umugore we i Nyaruguru
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Nyaruguru: Umugabo yishe umugore we amukubise ifuni mu mutwe

Umugabo witwa Rwakanagisi Nepomuscene w’imyaka 63, utuye mu mudugudu wa Banga, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we, witwa Mukeshimana Jeanne w’imyaka 38, basezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko, amukubise ifuni mu mutwe. Aya mahano yabaye mu ijoro ryo kuwa 25 rishyira uwa 26 Werurwe 2024. Bwiza.com yagiye […]

Abongereza bemereye Perezida Ndayishimiye gushora mu iyubakwa ry'umuhanda wa gari ya moshi
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Abongereza bemereye Perezida Ndayishimiye ikintu gikomeye

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Perezida Ndayishimiye Evariste yakiriye abashoramari bakomoka mu Bwongereza bazanwe na Saido Berahino na Constantin Mutima bakomoka mu Burundi. Mu minsi yashize nibwo Saido Berahino na Constantin Mutima bagarutse mu gihugu bazanye n’abashoramari 4 bakomoka mu Bwongereza. Aba bashoramari bazanwe no gushora imari mu bikorwa by’iterambere mu Burundi bahuye na Perezida Ndayishimiye […]

Perezida Senegal
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Diomaye watorewe kuyobora Sénégal

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa bwo gushimira Bassirou Diomaye Faye watorewe kuyobora Sénégal mu matora yabaye ku cyumweru tariki ya 24 Werurwe. Ni ubutumwa Perezida Kagame yatambukije binyuze kuri Twitter mu rurimi rw’Igifaransa, kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Werurwe mu 2024. Yagize ati “Ndashimira byimazeyo Bassirou Diomaye Faye ku bwo gutorwa kwe nka Perezida wa […]

Ingabo za SADC zavuye muri Cabo Delgado
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Ingabo za SADC ziyemeje kuva muri Cabo Delgado kubera impamvu ikomeye

Ubuyobozi bw’Umuryango wa SADC bwatangaje ko ingabo zawo ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba muri Mozambique mu Ntara ya Cabo Delgado, zizava muri iki Gihugu bitarenze Nyakanga mu 2024, kubera ikibazo cy’ubushobozi buke mu by’amafaranga. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Veronica Macamo,yabitangarije itangazamakuru nyuma y’ibiganiro Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi yagiranye na mugenzi we wa […]

Mukansanga Salima yaguze imodoka
Imyidagaduro Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Mukansanga Salima yaguze imodoka y’igitonore ihenze cyane

Umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi, Mukasanga Salima yaguze imodoka nshya ya Dongfeng Aeolus HUGE 2024 Hybrid ifite agaciro k’ibihumbi 36$, ni ukuvuga asaga miliyoni 46 Frw. Mu butumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X yahoze ari Twitter, Ikigo Carcarbaba Ltd gikora ubucuruzi bw’imodoka za Dongfeng Motor Ltd mu Rwanda cyashimiye Mukansanga ko yaguze iyi modoka ya Dongfeng HUGE […]

Perezida Kagame kuri Vincent Karega
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yabwije ukuri Ububirigi bwangiye Amb. Karega guhagararira u Rwanda muri iki gihugu

Mu Rwanda, Paul Kagame, Mu kiganiro na Jeune Afrique cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere ushize, Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazohereza undi ambasaderi i Buruseli utari Vincent Karega, u Bubiligi bwanze ntibutange “ibisobanuro byumvikana”. Perezida kagame yabwiye Jeune Afrique ati “Ubwo byari bigeze guhindura ambasaderi I Buruseli, twahisemo koherezayo Vincent Karega. Cyane […]

kagame and felix k b00db
Utuntu n'utundi

Tshisekedi yongeye gushimangira umugambi we wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi yise umutegetsi w’u Rwanda ‘Kidobya n’ Umunyabyaha wishyize hejuru’ amutega iminsi agaragaza ko yifuza ko ubutegetsi bw’u Rwanda bwavaho ngo kuko ari bwo abatuye mu bihugu byombi bazagira amahoro. Uyu mukuru wa DRC yabigarutseho mu ijambo ryagarukaga ku byaranze uruzinduko perezida wa Sudani y’Amajyepfo, Salva […]

kukwiyumvamo
Ubuzima Urukundo

Dore ibintu byatuma umukunzi wawe akomeza kurushaho kukwiyumvamo

Kuba umuntu agukunda ni kimwe no kuba yarushaho kukwiyumvamo ni ikindi. Usanga abantu iyo bamaze kujya mu rukundo cyangwa gushakana badakomeza kwita ku byatuma urukundo rwabo rurushaho kuryoha. Hari bimwe mu bintu ushobora gukorera umukunzi wawe akarushaho kukwiyumvamo uko iminsi ishira bikaba byatuma murushaho kuryoherwa n’urukundo rwanyu. – Gusohokana kenshi gashoboka Iyo usohokanye n’umukunzi wawe […]

gutaka no kurira igihe cy'akabariro
Ubuzima Urukundo

Abagabo: Burya abagore bose barira cyangwa bataka igihe cy’akabariro siko bose baba bishimye. Dore ibyo udakwiye kwibeshyaho

Ku isi yose abagore bazwiho kurira mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina gusa ubushakashatsi bwagaragaje ko baba batarira ahubwo baba bagaragaza ibyishimo.Abagore ntabwo barira ahubwo barishima.Ibi bivugwa kubera ko hari ababigira imikino bakabikora nko kwibonekeza. Bamwe mu bagore bagize icyo bavuga kuri iyi ngingo bagaragaza neza ko urusaku rutuje bateza ruba ruturutse kubyiyumviro bafite ndetse bakaruteza nabo […]

muhire kevin yatanze umupira uvamo igitego cya mbere u rwanda rwatsinze madagascar 16e13
Imyidagaduro Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Muhire Kevin yavuze itandukaniro riri hagati ya Torsten na Carlos yasimbuye

Muhire Kevin yagaragaje igitsure nk’itandukaniro riri hagati y’umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Torsten Frank Spittler, ndetse na Carlos Alós Ferrer yasimbuye. Ni imikino yitwayemo neza ndetse akomereza no ku ya gicuti yabereye muri Madagascar aho yafashije abakinnyi be kwitwara neza imbere ya Botswana bakanganya na ndetse na Madagascar bakayitsinda ibitego 2-0. Nyuma y’umukino batsinzemo Barea, Muhire […]

ibiro by umurenge wa musambira mu karere ka kamonyi
Ubuzima Utuntu n'utundi

Biravugwa: Umugabo yapfiriye mu rugo rw’umupfumu mu karere ka Kamonyi aho yari yagiye kwivuza

Umugabo w’imyaka 56 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Muhanga, biravugwa ko yapfiriye ku muvuzi gakondo bamwe bafata nk’umupfumu, aho yari yagiye kwivuza. Ni amakuru yamenyekanye ku wa 24 Werurwe 2024. Byabereye mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Kivumu, mu Murenge wa Musambira, mu Karere ka Kamonyi. Uyu mugabo wahapfiriye yari avuye iwe mu Karere ka […]

sold
Utuntu n'utundi

Goma: Abasirikare 2 barashinjwa kunyereza imishahara ya bagenzi babo

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruri kuburanisha abasirikare babiri bafite ipeti rya Lieutenant Colonel, bashinjwa kurya imishahara y’abasirikare. Aba bofisiye ni Gabriel Kasongo ushinzwe imishahara y’abasirikare bari mu kiruhuko na Jerry Ngoy Katengo ushinzwe ibarura ry’abasirikare. Ubushinjacyaha bugaragaza ko aba bofisiye bagerageje no guha ruswa komisiyo ishinzwe ubugenzuzi bw’imari, IGF, yakoraga […]

4e01246d4162b79bba4e36cbf5601032
Ubuzima Utuntu n'utundi

Dore amakosa akorwa n’abantu benshi bakoresha Smartphone akaba yateza ibyago bikomeye

Hari uburyo abantu bakoresha telefone zabo bakaba bashabora kwiyangiriza ubuzima. Iyi nkuru uyisangize bagenzi bawe uzi bashobora kuba bakoresha nabi telefone.Yaba bazifata cyangwa bazitwara ahantu hatewe ndetse n’uburyo bahagarara/bicara barimo kuzikoresha umunsi ku munsi. 1. Uburyo baryama. Benshi bakora amakosa mu gihe baryamye , bakarya bashyize telefone iruhande rwabo muri metero nke cyane.Mu gihe ukunda […]

stock point finger screen mobile 74333838 (1)
Ubuzima Utuntu n'utundi

Dore applications usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru

Abahanga muri Tekinoligi bagiriye inama abakoresha Telefone kwirinda zimwe muri Application zikoreshwa muri Telephone ( Android ), nyuma yo kubona ko zifite ibizwi nka Maleware byiyangiza. Abahanga bavuga ko hari ibizwi nka ‘Digital Trojan Horses’ byiba amakuru yo muri Telephone yawe harimo n’abo ubika amafaranga. App yitwa SpyLoan yashyizwe ku mwanya wa Mbere w’izo usabwa […]

ubumenyingiro
Ubuzima Utuntu n'utundi

Abarenga 1500 bashobora guhabwa buruse mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro

Urwego rw’Igihugu rushinzwe imyigishirize ya tekinike, imyuga n’ubumenyingiro, RTB, rwatangaje ko rugiye kwagura gahunda yo gutanga buruse ku biga mu mashuri yisumbuye aho abarenga 1500 bo mu miryango itishoboye bashobora kuzihabwa. Ni gahunda igamije kongera ubumenyi no kuzamura ireme mu mashuri ya tekinike, imyuga n’ubumenyingiro. Yatangijwe mu 2023, ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’u […]

Inkuba yakubise umwangavu
Utuntu n'utundi

Kamonyi: Inkuba yakubise umukobwa w’imyaka 15 wari mu murima ahita apfa

Inkuba yakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko wari mu murima akura ibíjumba, ahita apfa. Byabaye ku mugoroba wo ku wa 24 Werurwe 2024 mu Kagali ka Kidahwe mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi. Iyi nkuru yamenyekanye bivuye ku makuru yatanzwe n’umukuru w’umudugudu, aho yavuze ko nyakwigendera yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye […]

FARDC YAGABYE IBITERERO KU BIRINDIRO BYA m23
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

FARDC yagabye ibitero ku birindiro bya M23 igamije kuyambura uduce yafase

Imirwano hagati ya M23 na FARDC yarushijeho gukomera mu misozi ikikije umujyi wa Sake kuri uyu wa mbere tariki 25 Werurwe. Nkuko sosiyete sivile yabitangaje,iyi mirwano yatangijwe na FARDC yabereye ahitwa Mushaki Bihambwe. Abaturage benshi bahunze ndetse imirwano ikomeje gufata intera ikomeye mu burasirazuba bwa Congo. Indi mirwano yakomereje mu mudugudu wa Bihambwe wari wafashwe […]

Gisagara umuturage yiyahuye
Ubuzima Utuntu n'utundi

Gisagara: Umuturage yiyahuye akoresheje grenade ntiyapfa

Umuturage wo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mamba, yageregeje kwiyahura akoresheje grenade iramukomeretsa bikomeye ku maguru no ku maboko, aho ubu arembeye mu bitaro bya Gakoma. Ni amakuru yamenyekanye ku wa 23 Werurwe 2024, aho uwitwa Harindintwari François w’imyaka 53 bivugwa ko yashatse kwiyahura akoresheje intwaro ya gisirikare yo mu bwoko bwa ’grenade’ […]

arton77795 60ad9
Ubuzima Utuntu n'utundi

M23 yirukanye FARDC muri Kivuye nyuma yo guhangana bikomeye

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2024 imirwano ikaze yasakiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RD Congo n’abambari bayo i Buhumba muri Nyiragongo mu bilometero bicye n’umujyi wa Goma ndetse n’i Kivuye muri Masisi. Iyi mirwano yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu yasize ingabo za Leta, FARDC, SADC, Abarundi na […]

Icyateye abanyeshuri kurwara mu nda
Ubuzima Utuntu n'utundi

Icyateye abanyeshuri 165 kurwara mu nda cyamenyekanye

Abanyeshuri barenga 160 bo mu Karere ka Nyagatare, bajyanywe kwa muganga nyuma yo kugira ibibazo mu nda bamwe bakanacibwamo. Aba banyeshuri batangiye kujyanwa kwa muganga mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki ya 22 Werurwe 2024. Abenshi biga ku bigo bitandukanye byo muri aka karere byiganjemo ibyo abana biga bitaha. Kigali Today dukesha iyi nkuru ivuga […]