Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yagukunze
Ubuzima Urukundo

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yagukunze akabura uko abikubwira

Ntibikunze kubaho kuba waganira n’umukobwa akakwereka ko yakwihebeye ahubwo asa nk’ubyirengagiza akajya abikwereka mu marenga no mu bikorwa bimwe na bimwe akora agakora uko ashoboye wowe ukabona ko ari ibintu bisanzwe ariko waba uzi gusesengura ugahita umenya aho bigana. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda bimwe byanatuma arara adasinziriye kubera wowe 1.Avugana n’abandi ugasanga wowe […]

ibintu wakorera umukobwa ukunda
Inkuru nyamukuru Urukundo

Abasore: Dore ibintu byiroshye wakorera umukobwa ukunda agahora agukumbuye byo gupfa

Iyo umukobwa ukunda akweretse ko agukumbura byo gupfa bitera ibinezaneza n’ibyiyumviro birenze n’ubwo hari abasore babibona nabi bagatangira gufata umukobwa nk’igicucu cyangwa umusazi. Gusa umukobwa nakwereka ko agukumbuye byo gupfa ni umwanya wo kumwereka ko umukunda ndetse no kumwereka ko kugukumbura na we biguterakunezerwa. Impamvu ni uko iyo ubifashe nabi cyangwa se ntubyiteho umukobwa ashobora […]

uko wakoresha igitunguru gitukura
Ubuzima Urukundo

Abagabo: Dore uko umugabo yakoresha igitunguru gitukura mu gihe cyo gutera akabariro ugatungura umugore wawe kubera uko witwaye

Nk’uko ikinyamakuru Healthline kibitangaza, igitunguru gitukura gikungahaye ku binyabutabire byongera ubushake bwo gutera akabariro, ibifasha mu ’ikorwa ry’umusemburo wa kigabo(testosterone) ndetse n’imikorere myiza y’imyanya y’ibanga y’umugabo. Abagabo bagirwa inama yo kongera iki gitunguru ku mafunguro yabo. Dore bimwe mu byo igitunguru gishobora gukora: Gutembera neza kw’amaraso: Igitunguru gitukura gikungahahe ku kinyabutabire kitwa Allicin. Iki kinyabutabire […]

uko wakwirinda kanseri n'indwara z'umutima
Ubuzima

Dore icyo wakora ukirinda indwara z’umutima na Kanseri niba ukorera mu biro

Abantu bamara umwanya munini bicaye mu kazi, ntibafate umwanya wo gukora imyitozo ngororamubiri, irimo gutembera n’iyo byaba ari iby’akanya gato, ngo Kutabikora ni ugushyira ubuzima bwabo mu kaga. Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga benshi bugaragaza ingaruka zo kumara umwanya munini wicaye mu kazi n’inama z’ibyo umukozi yakora kugira ngo azirinde. EU-OSHA, n’ikigo cy’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi gishinzwe […]

amahirwe ku bagabo babona amabere y'abagore
Utuntu n'utundi

Dore ibintu bitangaje biba ku bagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore

Kimwe mu bishobora gufasha umugabo kurama ku Isi, harimo kuba yajya agira amahirwe yo kureba amabere y’umugore, nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere zo mu Budage. Ubu bushakashatsi bushya, buvuga ko umugabo ugira amahiwe yo kureba n’amaso ye amabere nibura iminota icumu ku munsi, bimwongerera amahirwe yo kubaho igihe kinini, ugereranyije n’utajya ayaca iryera. Abahanga mu […]

gen. muhoozi yagizwe umugaba mukuru wa updf
Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Museveni yahaye umuhungu we, Gen. Muhoozi umwanya ushobora kumukumira ku kwiyamamariza umwanya wa Perezida yahoze yifuza

Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, yagize umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba Umugaba Mukuru wa UPDF . Yasimbuye Gen Wilson Mbadi wagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Amakoperative. Jenerali Muhoozi yaherukaga mu mirimo ya gisirikare mu Ukwakira (10) 2022 ubwo se yamuvanaga ku mwanya w’umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka. Kuva mu mwaka ushize […]

kubira ibyuya
Indwara & Imiti Inkuru nyamukuru Ubuzima

Dore igitera kubira ibyuya nijoro n’icyo wakora igihe bikubayeho

Kubira ibyuya byinshi nijoro, cyangwa gututubikana birenze urugero mu gihe umuntu asinziriye, ngo bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye harimo zimwe ziba ari iz’igihe gito kandi zitanakomeye, mu gihe izindi zo zisaba kujya kwa muganga. Ku rubuga www.passeportsante, bavuga ko umuntu amenya ko agira ikibazo cyo gututubikana cyangwa kubira ibyuya byinshi bikabije nijoro, iyo biba ku buryo […]

uko narongowe n'umumotari
Urukundo

Uko narongowe n’umumotari ampaye lifuti

Umugore witwa Mukeshimana [Izina ryahinduwe] ufite umwana umwe n’umugabo ariko akenshi udakunze kuba mu rugo kenshi aragisha inama. Yagize ati ” ubuhamya bwanjye, ni uku buteye”: Ubwo nari mu nzira nerekeza kuri gare ya Kabuga ngomba gutaha mu Gatsata, nibwo haguye imvura nyinshi. Imvura yaguye mu masaha mabi y’umugoroba kandi amafaranga nari mfite rwose yari […]

FARDC na M23 bari kurwanira i Minova
Utuntu n'utundi

M23 na FARDC barimo kurwanira i Minova

Imirwano hagati ya M23 na FARDC yakomereje, I Minova no mu nkengero zaho,aho hakomeje kumvikana ibisasu biremereye. Ni nyuma y’aho ku munsi w’ejo urugamba rutari rworoshye rwabereye mu gace ka Bihambwe aho M23 yari ihanganye na FARDC n’abo bafatanije, bikaza kurangira M23 ifashe ako gace. Rukaba ari urugamba rwaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi na FARDC. […]

arton77764 e0afb
Utuntu n'utundi

RDC: Abasirikare bakomeye ba FARDC bahamagajwe igitaranya i Kinshasa

Abasirikare bakomeye ba FARDC bayoboye imirwano na M23 barimo Gen. Chiko Tshitambwe, bahamagajwe i Kinshasa kugira ngo batange ibisobanuro ku ifatwa ry’umujyi wa Rwindi uherutse kwigarurirwa n’inyeshyamba za M23 nta mirwano ibaye. Biravugwa ko hari ubutumwa bwa telegram bwavuye ku Mugaba Mukuru wa FARDC bwahamagaje aba basirikare byihutirwa mu rwego rw’iperereza ku ifatwa rya Rwindi. […]

360 f 237543608 vyrbdizhqe0z1uxhqwymquqdsdxfemda 5497631629366911
Urukundo

Abasore: Dore amagambo yagufasha gusubirana n’umukobwa mwatandukanye

Aya magambo n’uyakoresha uzabasha kwigarurira umutima w’uwahoze ari umukunzi wawe mu gihe gito kuko azamutera kwibaza no gutekereza byinshi ku rukundo rwanyu mwahoze mu kundana mu gihe mwari mukiri kumwe. Ni gute byangendekeye koko Nkakureka ukajya kure yanjye Kandi nari ngufite mu biganza byanjye. Ndifuza ko wangarukira Ariko ndabona igihe kinsiga Kuko namaze kugusezerera Urukundo […]

urukundo rukonje
Urukundo

Dore ibintu 5 wakora mu gihe ushaka kongera kwigarurira umutima w’umukunzi wawe mwashwanye

Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe. Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo mwakundanaga cyangwa mukundana mu gihe zimwe mu mpamvu ziteje ugukonja kwarwo cyangwa guhagarara zitaguturutseho, Biragoye kubyakira […]

umushahara wa mbappe
Imyidagaduro

Mbappé ahambwa umushahara w’abakinnyi 5 bamukurikira uwuteranyije

Kylian Mbappé ahembwa umushahara wa miliyoni 6 z’amayero ku kwezi muri Paris Saint-Germain uruta uw’abakinnyi 5 bamukurikira mu ikipe. Umushahara wa Kylian Mbappé uruta uwa Ousmane Dembele (€1.12M), Marquinhos (€1.12M), Lucas Hernandez (€1.1M), Milan Skriniar (€1.1M) na Gianluigi Donnarumma (€850K) bose uwabo uwuteranyije. Kylian Mbappé agiye gusohoka muri PSG mu mpeshyi yerekeze muri Real Madrid […]

arton77753 db08f
Utuntu n'utundi

M23 yahanganye na FARDC n’abambari bayo ifata agace ka Bihambwe

Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yaramukiye mu gace ka Bihambwe muri gurupoma Kibabi,aho izi nyeshyamba zigaruriye agace ka Bihambwe. Inyeshyamba za M23 zahanganye amasaha hafi 6 n’ingabo z’u Burundi zari zikambitse muri ako gace ka Bihambwe,birangira zo na FARDC bahunze. Mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo ni bwo […]

Apotre Yongwe
Imyidagaduro Utuntu n'utundi

Apotre Yongwe yihaye intego nshya nyuma yo gusohoka gereza

Umuvugabutumwa Harelimana Joseph uzwi nka Apotre Yongwe, yamaze gusohoka muri Gereza ya Nyarugenge iherereye i Mageragere. Ni nyuma y’igihe afunzwe kubera icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya yahamijwe n’urukiko. Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwamuhamije icyaha, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitse ndetse n’ihazabu y’ibihumbi 750 Frw ku wa 19 Werurwe 2024. Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru […]

arton77748 537a5
Utuntu n'utundi

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabiwe gufungwa imyaka 10

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Nkundineza Jean Paul, guhanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 5Frw, kubera ibyaha akurikiranyweho byo gutangaza amakuru y’ibihuha yifashishije ikoranabuhanga ndetse no guhohotera uwatanze amakuru ku byaha. Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko ko rwakwakira ubusabe bwarwo no kwemeza ko bufite ishingiro ndetse rukemeza ko Nkundineza Jean Paul ahamwa n’ibyaha akurikiranyweho, rukamuhanisha igihano cy’igifungo […]

Ingona yari iriye umugabo habura gato
Utuntu n'utundi

Umugabo yari yishwe n’ingona yerekaga ba mukerarugendo

Umugabo yari hafi kubura ubugabo bwe ubwo ingona nini yamurumaga hagati y’amaguru, nyuma yo kuyisanga aho ziba ngo ayimurikire ba mukerarugendo. Uyu mugabo ushinzwe kwita ku ngona yatunguwe ubwo imwe muri zo yamwanjamaga ayisanze aho bazororera muri Afurika y’epfo. Ibi byabaye ubwo yarimo yereka abantu ubuzima bw’izi ngona,hanyuma ikinini muri zo kiba gisumiriye munsi y’umukandara. […]

Ibara ry'inkari
Urukundo

Dore icyo ibara ry’inkari risobanuye ku mikorere y’umubiri wawe n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga

Umuvuzi kabuhariwe yatagaje ibyo kwitaho igihe umaze kwihagarika, akaba ari ibintu byagufasha kumenya niba uri muzima binyuze mu nkari wihagaritse ukamenya uko utwara ubuzima bwawe. Ibara rigaragara mu nkari rishobora kuba ikimenyetso cy’uko uri mu nzira yo kurwara cyangwa ko ubuzima bwawe buhagaze neza nta kibazo cy’ubuzima ufite mu ngingo zawe. Inkari zishobora kuza zifite […]

ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yagukunze
Urukundo

Abasore: Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa igihe muri kumwe uzamenye ko agukunda n’ubwo atabikubwira

Ntibikunze kubaho kuba waganira n’umukobwa akakwereka ko yakwihebeye ahubwo asa nk’ubyirengagiza akajya abikwereka mu marenga no mu bikorwa bimwe na bimwe akora agakora uko ashoboye wowe ukabona ko ari ibintu bisanzwe ariko waba uzi gusesengura ugahita umenya aho bigana. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda bimwe byanatuma arara adasinziriye kubera wowe 1. Avugana n’abandi ugasanga […]

nikki haley michigan gty lv 240226 1708977309285 hpmain 16x9 1
Utuntu n'utundi

Uwari uhanganye na Trump ku mwanya wo guhagararira aba Repubulikani mu matora ya Perezida yamuhariye

Kuri uyu wa gatatu, Nikki Haley wahoze ari guverineri wa Carolina y’Amajyepfo yatangaje ko avuye mu guhatanira kuba perezida wa Amerika, Ati: “Igihe kirageze ngo mpagarike kwiyamamaza. Navuze ko nashakaga ko amajwi y’Abanyamerika yumvwa. Narabikoze. Ntabwo nicuza.” Ibi Haley yabivugiye ahitwa Charleston muri South Carolina,mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nyuma yo gutsindwa bimwe […]

kagame rpf 1 2
Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yasubije abavuga ko ari Umunyagitugu anavuga ku kongera kwiyamamaza

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’ikinyamakuru Le Figaro cyo mu Bufaransa, cyagarutse ku ngingo zitandukanye zijyanye n’ubuzima bw’igihugu aho yemeje ko atabona icyo abamwita umunyagitugu bashingiraho. Perezida Kagame yavuze ko atigeze atekereza ko azaba Perezida ahubwo byaje nk’impanuka aho yemeje ko no gukomeza kuyobora bizagenwa n’ishyaka rye. Yagize ati : “Ni uburenganzira bwabo [kumwita umunyagitugu], icyakora […]

indwara zumutima 3124561690704373
Indwara & Imiti

Dore ibintu 7 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda

Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora nabi. Ibintu […]

Utuntu n'utundi

M23 yafashe iwabo wa Gen. Makenga isatira ibirombe bya SOMIKIVU

Lt.Col Willy Ngoma, Umuvugizi w’Igisirikare cya M23 yemeje ko aba barwanyi bamaze kwirukana FARDC n’abambari bayo i Nyanzale ku ivuko rya Gen Sultan Makenga, isatira ibirombe bya SOMIKIVU bihambaye ku mabuye y’agaciro ya Niobium. Nyanzale ni Umujyi muto uherereye muri Teritwari ya Rutshuru, byibura mu bilometero 130 ugana mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma. Imyaka igera […]

Utuntu n'utundi

M23 yatangaje intsinzi i Katsiro na Mabenga aho yatsinze ingabo za FARDC n’abo bafatanyije

Umutwe wa M23 watangaje ko wavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yasakiranyije impande zombi Ku wa Mbere. Ni imirwano yabereye mu duce dutandukanye twa Teritwari ya Masisi (Mabenga, Mweso no mu nkengero zaho) uhereye mu gitondo cya kare. M23 ishinja ihuriro rigizwe na FARDC, FDLR, Abazalendo, Abacancuro, […]

Utuntu n'utundi

EU yavuze ko itewe impungenge n’intwaro zikomeye ziri gukoreshwa mu ntambara ya Congo harimo izihanura indege na za Drone

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa Mbere watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho mu ntambara yo muri RDC, zirimo za ‘drone’ z’intambara na misile zifite ubushobozi bwo guhanura indege. EU mu itangazo yasohoye yagaragaje ko ikoreshwa ry’izi ntwaro ryerekana ko intambara irushaho kumera nabi. Ku wa Mbere imirwano ikomeye yasakiranyije M23 n’ihuriro ry’Ingabo […]

Uncategorized Urukundo

Abasore: Umukobwa niyerura akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yamaze kukubenga mu ibanga

Abakobwa burya ntibakunda kuvuga ibibarimo beruye ahanini kubere isoni, ubwoba cyangwa ikinyabupfura. Usanga bakoresha amayeri menshi kugira ngo batere indobo abasore gusa batabyeruye. Muri rusange abakobwa benshi iyo bagiye kubenga ntibahita babishyira ku mugaragaro ahubwo bacisha umusore hirya no hino bikarangira bamubenze. Dore bimwe abakobwa bavuga ndetse bakanakora iyo bashaka kubenga umusore bateruye: Ndatekereza ko […]

Uncategorized Urukundo

Dore imitoma wabwira umukunzi wawe mbere yo kuryama

Amagambo meza ni ingenzi cyane hagati y’abakundana kuko abaremamo icyizere ndetse agatuma bahorana ibyishimo. Muri iyi nkuru, twabahitiyemo imitoma myiza ushobora kubwira umukunzi wawe akanyamuneza kakamusaga agahita agurumana umuriro w’urukundo. Dore amagambo12 meza wabwira umukunzi wawe ikibatsi cy’urukundo kikabagurumanamo mwembi: 1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi. […]

Uncategorized Urukundo

Abasore: Dore icyo wakora mu gihe wandikira umukobwa umukobwa ukunda ntagusubize

Ese ibi byigeze bikubaho? Niba uri hano ndizera ntashidikanya ko byakubayeho nibura rimwe mu buzima. Ni ibintu buri mugabo wese ahura na byo kuba yaba arimo gutereta umukobwa basanzwe bandikirana ariko rimwe yamwandikira ntamusubize. Ibi mu by’ukuri ni ibisanzwe kandi bishobora guterwa n’impamvu nyinshi gusa guceceka igihe kirekire bishobora gutera umugabo guhangayika no kwibaza icyo […]

Uncategorized Urukundo

Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko uri umukobwa w’inzozi z’umusore mukundana

Kubona uwo muzakomezanya ubuzima kandi akaba ari uwa nyawe biragora. Kureka uwo muntu w’ingenzi akagenda na byo birababaza cyane. Ntabwo hari hakwiriye kubaho iryo kosa mu buzima, n’ubwo abenshi bisanga barakoze ayo makosa igihe cyararenze. Umusore uzagukorera ibi bintu uzamenye ko ari we mwaremewe kubana. Ubusanzwe usanga umuntu w’ingenzi kuri wowe yitwara nk’udashaka gukora ikosa […]

Utuntu n'utundi

Kwishyira hamwe kwa Tshisekedi na Ndayishimiye ngo batere u Rwanda bihuriye he n’amateka? Ni irihe kosa bakoze baruteguza intambara?

Mu bihe bitandukanye, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi yavuze ko azatera u Rwanda n’ubwo aherutse kugaragaza ko ibyo yavugaga byari icyifuzo gusa. Nubwo bimeze gutyo, we na Perezida w’U Burundi, Evariste Ndayishimiye ntibaragaragaza ko bisubiyeho ku cyifuzo cyabo n’inzozi zo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Ibi byanatuma umuntu yibaza uko byagenda […]