Utuntu n'utundi

Ghana: Perezida yaburiwe ko gusinya itegeko rihana abatinganyi bizashyira iki gihugu mu kaga

Minisiteri y’imari ya Ghana yashishikarije perezida w’icyo gihugu kudashyira umukono ku mushinga w’itegeko rihana abatinganyi wateje impaka, wemejwe n’inteko ishingamategeko mu cyumweru gishize. Iyo minisiteri yaburiye ko iki gihugu, cyo muri Afurika y’uburengerazuba, gishobora gutakaza miliyari 3.8 z’amadolari y’Amerika y’inkunga ya Banki y’Isi mu myaka iri hagati y’itanu n’itandatu iri imbere. Uwo mushinga w’itegeko uteganya […]

Imyidagaduro

Muhire Kevin wa Rayon Sports yavuze ku mukino bazakina na APR FC

Kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yasabye abafana ba Rayon Sports kuzitabira umukino bazahura na APR FC ari benshi, kuko ngo bazatahana ibyishimo. Ibi yabivuze nyuma y’umukino batsinzemo Sunrise FC ibitego 2-0, aho yemeje ko nubwo APR FC yabaciye mu rihumye ibasiga amanota menshi, bashaka kuyihimuraho. Ati “Abafana bazaze ari benshi, Stade Régional bayuzuze, natwe […]

Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

U Rwanda rwaburiye akanama k’amahoro n’umutekano ka AU gashaka gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri RDC

U Rwanda rwasabye komisiyo y’Afurika yunze Ubumwe kudaha inkunga cyangwa ubufasha ingabo za SADC ziri mu butumwa bwa SAMIDRC muri Congo kuko zivanze na FDLR bikaba bishobora guhungabanya akarere. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yababajwe no kutamenyeshwa iby’iyi nama y’Akanama k’Amahoro n’Umutekano k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yabaye kuri uyu wa Mbere hakoreshejwe ikoranabuhanga, […]

Inkuru nyamukuru Utuntu n'utundi

Umusirikare w’Uburusiya yasabye Joe Biden gukomeza kohereza ibifaro muri Ukraine kubera impamvu itangaje

Umwe mu ngabo z’u Burusiya yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden ku bw’imfashanyo y’ibifaru bya Abrams iki gihugu cyahaye Ukraine, kuko yatumye binjiza agahimbazamusyi gatubutse, amusaba kubyongera. Mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, uyu musirikare agaragaramo agira ati “Twebwe indwanyi z’u Burusiya tubikuye ku mutima turagushimira ku mfashanyo z’ibifaru bya Abrams […]

uyu_mukobwa_n_ubwo_ahagarariye_uganda_afite_inkomoko_mu_rwanda-a4276.jpg
Imyidagaduro

Miss Uganda ukomoka ku mubyeyi w’Umunyarwandakazi yakoze amateka muri Miss World – AMAFOTO

Hannah Karema Tumukunde wabaye nyampinga wa Uganda mu 2023 ariko unakomoka ku Munyarwandakazi, yaje mu bakobwa 10 ku Isi bafite ubwiza bufite intego muri Miss World 2024. Uyu mukobwa yaje mu 10 ba mbere muri iki cyiciro kizwi nka “Beauty with a Purpose’’, aho ahataniye umwanya wa mbere n’abandi barimo Umunya-Indonesia, Audrey Vanessa, Priyanka Rani […]

Utuntu n'utundi

Ubuhangange bwa Afurika y’epfo irwanira muri Congo mu mutaka wa SADC harimo kuba iya 3 muri Afurika mu kugira igisirikare gikomeye. Byinshi kuri yo

Hashize imyaka isaga ibiri M23 yongeye kwegura ubirwanisho nyuma yo gutegereza imyaka n’imyaka ngo amasezerano yari yagiranye na Leta ya Congo ashyirwe mu bikorwa ariko bikananirana. Mu minsi ya Vuba SADC umuryango wibumbiye mo ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika byanzuye kohereza ingabo zabyo ku ruhande rwa Leta ya Congo ngo ibashe guhashya umutwe wa […]

Uncategorized Urukundo

Dore ibintu 5 wakorera umukobwa ukunda akajya ahora agukumbuye byo gupfa kabone n’ubwo mwaba mwirirwanye

Iyo umukobwa ukunda akweretse ko agukumbura byo gupfa bitera ibinezaneza n’ibyiyumviro birenze n’ubwo hari abasore babibona nabi bagatangira gufata umukobwa nk’igicucu cyangwa umusazi. . Ibintu wakorera umukobwa mukundana agahora agukumbuye . Ibintu 5 byagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akajya ahorana urukumbuzi rwawe . Ibyo ukwiye kwitaho kugirango umukunzi wawe ajye ahora agukumbuye Gusa umukobwa nakwereka ko […]

Utuntu n'utundi

Abakobwa: Irinde ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika

Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we . Ibice byuzuye uburyohe ntagereranywa ku mubiri w’umugore Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku […]

Utuntu n'utundi

Ruhango: Ikamyo yakoze impanuka ihitana abari bagiye kwa Yezu Nyirimpuhwe

Ikamyo ihetse Kontineri itwara imizigo ifite pulake ya Tanzania yakoreye impanuka mu Kagari ka Munini, Umurenge wa Ruhango, urenze ahitwa kuri 40, igonga bisi ya Coaster yica 3 naho 4 bajyanwa kwa muganga. Nkuko tubikesha Imvaho Nshya, abapfuye ni abagenzi berekezaga mu isengesho kwa Yezu Nyirimpuhwe muri ako Karere. Ni impanuka ibaye ahagana saa mbiri […]

Imyidagaduro

Simba SC yahawe akayabo nyuma yo kubona itike ya 1/4 cya CAF Champions League

Ikipe ya Simba SC yatsinze Juaneng Galaxy yo muri Botswana ibitego 6-0 ihita inabona itike ya 1/4 cya CAF Champions League, byatumye Perezida wa Tanzania, Dr Samia Suluhu Hassan abagenera agahimbazamusyi gatubutse. Tanzania nicyo gihugu cyonyine muri Afurika gifite amakipe abiri muri 1/4 cy’irangiza kuko na Yanga Africans nayo yakomeje. Iyi kipe ya Simba SC […]

Utuntu n'utundi

Manchester City yatsinze Manchester United

Amafarashi atatu ari kurwanira igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza akomeje urugendo nta gutsikira kuko Manchester City yihereranye umuturanyi wayo United iyitsinda ibitego 3-1. Benshi mu bakunzi ba ruhago bari bahanze amaso Man United ngo barebe niba yahagama Man City imaze imyaka myinshi iyizonga. Manchester United yatangiye umukino neza ndetse ituma benshi barota ubwo ku munota wa […]

Utuntu n'utundi

RDC: M23 yongeye kugabwaho ibitero karundura nyuma y’umuhuro w’Abagaba b’ingabo za RDC, SADC n’Uburundi

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe mu bari hafi yaho babivuga. Inyeshyamba za M23 zatangaje ko mu gitondo uyu munsi ingabo za leta zifatanyije n’imitwe y’inyeshyamba yiswe Wazalendo, ingabo zo mu bihugu bimwe by’ihuriro SADC […]

Utuntu n'utundi

Umusirikare wa Afurika y’Epfo yarashe mugenzi we arangije na we ariyahura

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Afurika y’Epfo, bwatangaje ko abasirikare babiri b’iki gihugu bari mu boherejwe mu butumwa bwa MONUSCO muri DR Congo,bapfuye umwe arashe mugenzi we. Iki gisirikare cyasobanuye ko tariki ya 29 Gashyantare 2024, umusirikare wacyo uri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri RDC, MONUSCO, yarashe mugenzi we, aramwica, nyuma na we arirasa, arapfa. SANDF […]

Utuntu n'utundi

RDC: Umukoloneri yakatiwe igihano cyo kwicwa

Ku wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare, urukiko rwa gisirikare rwa Kivu ya ruguru rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku, umuyobozi wa kabiri ushinzwe ibikorwa by’ingabo za 3410 zifite icyicaro i Masisi-Centre. Yahamijwe ibyaha by’intambara asabirwa kwicwa. Urukiko rwa gisirikare rurega uyu musirikare mukuru kubohera mu mugongo inyeshyamba ebyiri za APCLS Baraka na Ushindi mu […]

Uncategorized Urukundo

Abasore: Dore ibintu 15 ugomba kumenya no kwitaho igihe ugiye gutereta umukobwa muhuye bwa mbere

Urukundo ni kimwe mu bintu byiza biryohera benshi ku isi gusa kurwinjiramo biragorana kubona aho uhera kuko ni kimwe no gutangira ikindi kintu cyose utamenyereye. Umusore ugiye gutereta bwa mbere aba afite urwikekwe kuko aba atizeye neza niba uwo agiye gusaba urukundo ari bwakire ubwo busabe. Urubuga elcrema rugaragaza inama zimwe na zimwe z’uburyo umusore […]

Uncategorized Urukundo

Abakobwa: Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umusore yagukunze cyane

Bamwe bakunze kwibasira abagabo bavuga ko nta rukundo bagira bitewe n’uburyo bagaragara nk’abakomeye badasamara, gusa menya ko umusore ufite ibi bintu yakunze bidasubirwaho. Igitsinagabo kirakunda ndetse cyane kandi bagira ibyiyumviro nk’abagore n’abakobwa. Dore ibintu bizakwereka umusore wakunze urukundo rwa nyarwo nk’uko bitangazwa na Elcrema. 1. Yumva umukunzi Umusore ugukunda azakumva n’umutima wawe wose n’iyo byaba […]

Imyidagaduro

Bite by’ubwambuzi buvugwa kuri Meddy na The Ben bakoreye i Musanze?

Hari inkuru usanga zimaze hafi ibinyacumi zitarigeze zivugwa na rimwe nyamara burya uko byagenda kose nta nkuru yabuze kibara, igihe kiragera ibitarigeze bimenyekana abantu bakabyumva. Muri gahunda y’InyaRwanda, Ubuhanzi n’Imyidagaduro mu Turere, Beni Abayisenga umaze hafi ibinyacumi 2 mu myidagaduro akaba n’Umunyamakuru wa RC Musanze, yagarutse ku buryo umujyi wa Musanze wahoze ari izingiro ry’umuziki. […]

Utuntu n'utundi

Kabuga yabuze igihugu kimwakira

Umwanditsi Mukuru w’Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, Abubacarr Tambadou yatangaje ko Kabuga Félicien agifungiwe La Haye kuko atarabona igihugu cyemera kumwakira. Ibi yabigarutseho ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu Rwanda nyuma y’uruzinduko rwe muri iki gihugu, aho yahuye n’abayobozi batandukanye mu rwego rw’ubutabera. Abacamanza mu Rukiko rw’Ubujurire rwa IRMCT bategetse ko urubanza rwa Kabuga ukurikiranyweho ibyaha […]

Utuntu n'utundi

Goma yongeye guterwamo ibisasu

Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Gashyantare 2024, saa munani za mu gitondo (mu rukerera), ibisasu 2 byaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma mu burasirazuba bwa Congo, byangiza ibintu bimwe na bimwe. Kugeza ubu ntiharamenyekana aho igisasu cyaba cyaturutse cyangwa niba ari mu mirwano umutwe wa M23 uhanganyemo n’ingabo za leta. Icyakora,amakuru menshi atangazwa […]

Utuntu n'utundi

Uko byagendekeye umubyeyi wasutse amarira imbere ya Perezida Kagame ku mwana we avuga ko yatewe ubumuga n’abaganga

Ubwo Perezida Kagame yari yitabiriye Rwanda Day yabereye i Washington DC tariki ya 2-3 Gashyantare 2024, umwe mu bayitabiriye yamugejejeho ikibazo cy’umwana we wavutse agahita agira ubumuga kubera ibitaro byamurangaranye mu gihe cyo kubyara. Uwo mugore witwa Uwajamahoro Nadine yasobanuye ko yahawe gahunda na muganga yo kubyara abazwe ariko aza gutereranwa bituma umwana avukana ubumuga […]

Utuntu n'utundi

Hamaze kumenyekana inkomoko y’abacancuro 2 baheruka kwivuganwa na M23

Abacancuro babiri bishwe na M23 tariki ya 7 Gashyantare 2024, byamenyekanye ko bakomoka mu gihugu cya Romania nkuko byemejwe n’iki gihugu ubwacyo. Aba bishwe bateweho igisasu, ubwo bageragezaga kugaba igitero ku mutwe witwaje intwaro wa M23 mu gace ka Kingi gaherereye muri teritwari ya Masisi. Bose hamwe bageraga kuri 20. Amakuru yagenzuwe n’urwego rwa Romania […]

Utuntu n'utundi

Umubare w’abashwe n’ibisasu i Sake na Goma wamenyekanye

Croix-Rouge ya Goma yashyize ahagaragara raporo y’umutekano mu kwezi kwa Mutarama aho yagaragaje umubare w’abamaze guhitanwa n’ibisasu. Nkuko SOS Media Burundi ibitangaza,uyu muryango uvuga ko abantu 24 bishwe abandi 248 barakomereka biturutse ku bisasu byatewe i Masisi na Goma. Iyi mibare iteye ubwoba mu gihe imirwano ikomeje. Ku wa mbere, igisasu cyarayobye maze kigwa mu […]

Utuntu n'utundi

Gatsata: Umukingo wagwiriye inzu yari iryamyemo umuryango hapfamo 2

Umuryango w’abantu batatu wari utuye mu Kagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, wagwiriwe n’umukingo ubwo bari baryamye mu nzu batuyemo umugabo n’umwana bahita bapfa. Ahagana saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Gashyantare 2024, nibwo uyu mukingo wagwiriye inzu y’uyu muryango. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatsata, […]

Utuntu n'utundi

Kigali: Inzu 42 zigiye gusenywa harimo na zimwe zo kwa Dubai

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo mu Mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai, ndetse n’izindi 14 zo mu Karere ka Gasabo zubatswe binyuranye n’amategeko. Muri Mata 2023 ni bwo hamenyekanye ko inzu zubatswe mu Mudugudu uzwi nk’Urukumbuzi ziri gusenyuka ndetse biza kugaragara ko zubatswe mu buryo butujuje ubuziranenge. […]

letter.jpg
Uncategorized Urukundo

Umwana w’umuhungu yagiye mu mwanya wa Se wapfuye akorera ibintu bitangaje nyina kuri St Valantin

Umuhungu yagiye mu mwanya wa se yapfuye , agaragariza nyina ko bitari byoroshye ariko ko atagomba gutuma nyina aba wenyine ku munsi w’abakundana.Uyu mwana yafashe umwanya yandika urwandiko rurerure rumwerekako amukunda kandi ko adakwiriye kwigunga. Uyu mugore yareze umwana wenyine ubwo umugabo we yari amaze gupfa mu mwaka washize wa 2023 nk’uko ibinyamakuru bitadukanye byabyanditse […]

Utuntu n'utundi

Goma: Hafashwe imyanzuro ikomeye abanyamahanga bamwe bahamagarirwa kuwuvamo

Mu mujyi wa Goma,umutekano ukomeje gukazwa kugeza ubwo abasengeraga ku misozi babujijwe kuzongera gukandagiza ibirenge byabo ku misozi bajya gusengerayo. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma nibwo bwashimangiye iyo ngingo mu itangazo ryashyizwe hanze, aho bwasohoye itangazo ribuza buri muntu wese kutazongera kujya gusengera ku misozi mu rwego rwo gukaza umutekano. Ni itangazo ryasohotse ku munsi w’ejo […]

Utuntu n'utundi

Abasirikare 2 ba SADC bahitanwe n’ibisasu

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyatangaje ko abasirikare babo babiri bapfuye abandi batatu bagakomereka bitewe n’igisasu cya mortar cyaguye mu birindiro byabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo. Itangazo Igisirikare cya Afurika y’Epfo,SANDF,cyashyize hanze,rivuga ko kuri uyu wa 14 Gashyantare ahagana saa saba na 30,igisasu cya Mortar cyatewe mu kigo cyabo gihitana abasirikare bamwe abandi barakomereka. […]

Imyidagaduro

RDC: Luvumbu yakwirakwije ibihuha akimara kugera i Kinshasa

Umukinnyi Heritier Nzinga Luvumbu uheruka gutandukana na Rayon Sports yatangaje ko iyo hataba Ambasade ya RDC mu Rwanda, atari kuba yageze iwabo kuko ngo yakiriye ubutumwa bwinshi bumwibasira kubera ikimenyetso yakoze ku mukino wa Police FC. Aganira na Televiziyo y’igihugu, RTNC, Luvumbu yatangaje ko aticuza ku kimenyetso yakoze ndetse ngo kuva mu Rwanda bitari kumworohera […]

Uncategorized Urukundo

Dore impano 12 zidasaba amafaranga waha umukunzi wawe ku munsi wa Saint Valentin

Mu gihe habura amasaha make ngo umunsi mukuru w’abakundana uzwi nka ‘Saint Valentin’ ube, ubu hari abashyushye mu mutwe batekereza ku byo bakorera cyangwa baha abakunzi babo ngo babanezeze. Hari ibintu 12 wamutunguza bikamunyura kandi utakoresheje amafaranga. Umunsi w’abakundana (Saint Valentin) ntuvuga gutanga impano zihenze gusa, ahubwo ni n’umwanya wo gukora utuntu twereka uwo ukunda […]

mmd.jpg
Utuntu n'utundi

Urutonde rw’abagore 10 bakize kurusha abandi ku isi

Iyo bigeze ku butunzi, abenshi bemeza ko imyaka ari imibare ntaho ihurira n’umutungo w’umuntu. Kugeza ubu, hari urubyiruko rutunze agatubutse ku myaka yabo mike cyane. Hari abakunze kuvuga ko kugira ngo umuntu agere ku butunzi buhambaye bimutwara igihe kirekire ku buryo ashobora no kubugeraho yarashaje atagifite umwanya wo kubwishimiramo uko bikwiye. Ni mu gihe mu […]