Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu. Nyamara dushingiye ku byavuzwe na PAMPLONA ROGER muri « Le guide des plantes médicinales, PG […]
Year: 2024
Dore imyitozo 2 yizewe yagufasha kwirinda kurangiza vuba
Abagabo benshi bagorwa kandi bagahangayikishwa no kuba barangiza vuba igihe cy’imibonano dore ko bishobora no guteza umubano mubi mu rugo cyangwa mu rukundo rw’umusore n’umukobwa. N’ubwo kurangiza vuba bivurwa bitewe n’icyabizanye, hari imyitozo 2 yizewe kandi ikora kuri benshi ifasha umugabo kutarangiza vuba. Niba nawe ufite iki kibazo, yigerageze nibyanga uzabone gushaka ubundi buryo. Iyo […]
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Valentine n’uko ba Valentine bitwara
Valentine ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini, rikaba risobanura “Uzi kwihanganira ibimugeregeza”. Nk’uko mumaze kubimenyera, InyaRwanda yiyemeje kubagezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina yibazwaho na benshi kandi aba agezweho muri icyo gihe. Bimwe mu biranga abitwa ba Valentine: Ba Valentine barangwa no kumenya gutanga amakuru, babona ibintu byose mu ruhande rwiza batitaye ku ngaruka mbi […]
Kigali: Yapfuye arimo guterera abandi ikorasi mu rusengero
Umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga umwuka washize kare. Bivugwa ko yari yazanye n’abandi bavuye mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi baje gusengera mu Murenge wa Kinyinya mi karere ka Gasabo. Iby’urupfu rwe byavuzwe kuwa Mbere tariki ya 29 […]
Abakobwa: Dore ibyo ukwiye kwitondera niba utifuza kuryamana n’umusore
Abakobwa benshi bisanga baryamanye n’umusore nyamara bo batari babifite muri gahunda ndetse bumva bifuzaga kuzaryamana n’uwo bazashakana gusa bitewe no kutita ku tuntu duto duto tugiye kubabwira. Niba utifuza kuryamana n’umusore ugomba kwitondera ibi bikurikira: 1. Ntukwiye kuvuga gusa ngo ntushaka gukora imibonano n’umusore ahubwo bishyire mu bikorwa. Hari abakobwa bumva ko batazigera bakora imibonano […]
Abasore: Kuba umukobwa akwima ubifitemo uruhare! Dore uburyo bworoshye cyane wasabamo umukobwa uwo ariwe wese ntakwime
Abasore benshi bakunda gusaba abakobwa ko baryamana ariko ugasanga binubira ko abakobwa babima nyamara wareba neza ugasanga biterwa n’uburyo baba babasbyemo. Hari abasore bakora ikosa ryo gusaba umukobwa bakundana ko bakora imibonano ari uko batangiye gupanga ubukwe bibwira ko ari bwo bari bubahe byoroshye nyamara iyo usabye umukobwa mutangiye gupanga ubukwe ahita yumva ko ushaka […]
Inkuru y’incamugongo kuri Louise Mushikiwabo
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 nyakanga 2024, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yapfushije musaza we, witwa Kayiranga Wellars. Abinyujije ku rubuga rwa X [yahoze ari Twitter], Mushikiwabo yavuze ko musaza we Kayiranga bakundaga kwita ‘Karateka’ yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 29 […]
Nyina wa Vava(Dorimbogo) yahishuye amagambo ababaje yamubwiye mbere yo gupfa
Umuririmbyi Nsengiyumva Valantine wamamaye nka Dorimbogo , yatabarutse mu masaha y’Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024.Ni inkuru yabaye inca mu gongo ku bantu bose , haba umuryango we ndetse n’abafana be na cyane ko yari umuhanzi ufite indirimbo zikunzwe n’abatari bake. Ubwo Umunyamakuru wa Impanuro TV yaganiraga n’umuryango wa Dorimbogo [Nyina […]
Yari yarahanuriwe ko azakenyuka. Ibitazibagirana kuri Dorimbogo uheruka kwitaba Imana
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye inkuru y’incamugongo yavugaga ko Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka ‘Vava’ cyangwa se ‘Dorimbogo’ yitabye Imana azize uburwayi. Ni inkuru yatunguye benshi bamwe babanza kwanga kubyemera bavuga ko ‘byaba ari ugutwika’ nk’uko bamwe bajya bahimba inkuru kuri izi mbuga, ariko abandi bavuga ko […]
Indirimbo Dore Imbogo ya nyakwigendera Vava wari uzwi nka Dorimbogo, igiye kuzuza abayirebye million 1
Kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru ko Vava wamenyekanye nka Dorimbogo yitabye Imana azize uburwayi, aho yaguye mu Bitaro bya Kibuye mu karere ka Karongi, ndetse akaba yashyinguwe kuri uyu wa 29 Nyakanga 2024. Uyu Mudamu wakunzwe na benshi, yatabarutse asize abana babiri b’abahungu aho umwe afite imyaka 11 undi akaba afite […]
Umukino wa Super Cup uzahuza Police FC na APR FC ntukibereye kuri Sitade Amahoro
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze kumenyesha Police FC na APR FC ko umukino wa Super Cup uzabera kuri Kigali Pelé Stadium. Igikombe kiruta ibindi mu gihugu (Super Cup) gihuza ikipe yatwaye shampiyona (uyu mwaka ni APR FC) n’ikipe yatwaye igikombe cy’Amahoro (uyu mwaka ni Police FC). Byari byitezwe ko uyu mukino ugomba kubera […]
Rayon Sports itegereje umukinnyi wari usanzwe akina i Burayi
Rayon Sports itegereje rutahizamu w’umunya-Senegal wakiniraga FK Příbram yo muri Czech Republic, Fall Ngagne. Uyu rutahizamu w’imyaka 24 yari asoje amasezerano ye muri FK Příbram yo mu cyiciro cya kabiri muri Czech Republic akaba ategerejwe mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabiri. Fall Ngane akaba yarakiniye amakipe atandukanye nka […]
Nyiransengiyumva Valentine wamamaye nka Dorimbogo yashyinguwe
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Vava Dorimbogo mu muziki yashyinguwe. Uyu mukobwa yitabye ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024 azize uburwayi aguye mu bitaro bya Kibuye. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024 ni bwo yasezeweho bwa nyuma ndetse aranashyingurwa iwabo muri Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo akagari ka Kibogora mu mudugudu wa […]
Dore ahantu 3 wakora ku mukobwa agashyukwa mu minota itatu gusa
Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibona1no mpuzabitsi1na mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Ibice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo ku bagabo n’igitsina gore ku bagore ». Gusa ariko ku gitsina gore agace kitwa « clitoris » ku bagore ni ko kuzuye uburyohe […]
Amakosa 10 amupfubya kumuzanisha amazi bikanga | Uburyo 4 butuma yisuka!
Niba uri umusore cyangwa umugabo ukaba utera akabariro ariko umukunzi wawe ntazane amazi kandi ubishaka, iyi nkuru irakureba. Ushobora gusanga hari amakosa ukora akaba ari yo atuma umugore cyangwa umukunzi wawe atayazana. Amwe muri aya makosa abagabo bakunze gukora ni aya: Ni ba waragerageje kuzanisha amazi umugore wawe ukoresheje igitsina gusa bikanga ukwiye no kugerageza […]
Muhire Kevin yavuze kuri Robertinho bandikanye amateka muri Rayon Sports
Muhire Kevin yavuze ko Robertinho ari umutoza mwiza uzi kubana n’abakinnyi uzafasha iyi kipe. Ni nyuma y’uko ejo hashize ari bwo yongereye amasezerano y’umwaka umwe akinira Rayon Sports akaba ari nabwo n’umutoza Robertinho na we yasinye amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza wa Gikundiro. Yagarutse muri iyi kipe asangamo Muhire Kevin bandikanye amateka bagera muri 1/4 cya […]
Nabonye abakobwa barira kubera njye, hari abamvuze neza ariko ubu ni bo bandwanya – Meddy avuga ku gukizwa kwe
Umuhanzi Ngabo Médard Jobert [Meddy] wiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yavuze ko ntacyo atabonye kugeza aho abamushyigikiraga ubu ari bo bamurwanya. Ibi byose yabigarutseho mu buhamya yatanze binyuze mu kiganiro yakoreye ’live’ kuri Instagram ye aho yagarutse ku rugendo rwe rwo gukizwa. Uyu muhanzi wari ukunzwe na benshi ubwo yafataga icyemezo cyo kureka […]
Ese iyi karita ya Donald Trump izarya? Trump yasezeranyije abakirisitu ko nibamutora bizaba bibaye ubwa nyuma batora
Umuherwe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, uri kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu, yingingiye Abakirisitu ko bamuha amajwi ndetse abasezeranya ko bamutoye batazongera gutora ukundi. Mu gihe rugeretse hagati ya Donald Trump na Visi Perezida Kamala Harris mu bikorwa byo kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida, bombi bakomeje gushaka amajwi mu […]
Nyuma yo gusanga igikombe cya shampiyona iheruka ari icyo yayihesheje, Robertinho yatangaje amagambo akomeye
Nyuma yo gusinya amasezerano muri Gikundiro umutoza mushya wa Rayon Sports, Robertinho yagiye kureba mu kabati asangamo igikombe cya shampiyona Rayon Sports iheruka gutwara ni icyo yayihesheje, bituma ahiga imihigo ikakaye. Yagize ati “Kugera ku biro bya Rayon Sports nkahasanga igikombe nayihesheje 2019 bintera ishema. Intego ni ugusubira mo ayo mateka no muri uyu mwaka. […]
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga muri Rayon Sports Muhire Kevin yamaze kumvikana niyi kipe maze asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Muhire Kevin usanzwe ari kapiteni wa Rayon Sports, yari ategereje ko abafana b’iyi kipe buzuza Miliyoni 40 nkuko yari yarabyumvikanye n’Ubuyobozi maze nawe agashyira umukono kumasezerano y’imyaka ibiri ari umukinnyi wa Rayon Sports. Binyuze ku muvugizi […]
Amakuru mashya ku rupfu rw’umuhanzi Dorimbogo rwababaje benshi
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024, aguye mu bitaro bya Kibuye, azize uburwayi. Amakuru yatanzwe avuga ko Valentine yari amaze igihe afite uburwayi bwatumye ajya kurwarira ku Bitaro bya Kibogora biri mu Karere ka Nyamasheke, icyakora ngo amaze kuremba nibwo yasabwe […]
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafatiye ibihano abantu 9 barimo umusirikare umwe wa RDF
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo abayobozi mu ihuriro AFC ribarizwamo M23 ndetse no mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Abahanwe barimo na Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda. EU mu itangazo yasohoye yemeje ko mu bo yafatiye ibihano harimo Bénjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshingwabikorwa wa […]
Inkuru nziza: Abantu 7 bakize SIDA burundu
Indwara ya Virusi itera SIDA ni imwe mu zihangayikishije isi aho yibasiye abarenga miliyoni 40. Uko ubuvuzi bugenda butera imbere ndetse n’ubushakashatsi bukiyongera, hagenda havumburwa uburyo SIDA yacika burundu. Abantu 7 bamaze kuyikira kugeza ubu nk’uko OMS yabyemeje. Kuva mu mwaka wa 1983 havumburwa icyorezo cya virusi itera SIDA, hagiye hakorwa ubushakashatsi butandukanye kuri iyo […]
Umuhanzi Dorimbogo yapfuye
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Valentine Nyiransengiyumva wamenyekanye nka Dorimbogo, yapfuye azize uburwayi yari amaranye iminsi, ubwo yari azanwe mu bitaro bikuru bya Kibuye kunyuzwa mu cyuma. Aya makuru y’inshamugongo yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024. Uyu mukobwa wari warabaye ikimenyabose ku mbugankoranyambaga yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ku […]
Dore ibimenyetso 6 udakwiye kwirengagiza mu buzima bwawe nubona kimwe muri byo uzihutire kujya kwa muganga
Ibimenyetso bimwe na bimwe, nko kuribwa cg ububabare butandukanye buba budasobanuye ikintu kinini mu mubiri ariko hari n’ibindi bimenyetso byerekana ko umubiri uri mu kaga. Hari indwara zizahaza umubiri zikaba zanakurura urupfu, niyo mpamvu igihe cyose ubonye ibimenyetso bidasanzwe ugomba kwihutira kugana kwa muganga utazuyaje. Nuramuka ubonye kimwe muri ibi bimenyetso uzihutire kugana kwa muganga […]
Byinshi kundwara y’ubushita bw’inkende yageze mu Rwanda, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara z’Ibyorezo muri RBC, Dr. Edson Rwagasore, yatangaje ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo. Yabwiye […]
Harris Kamala wiyamamariza kuyobora Amerika yakoze amateka atarakorwa n’undi ku rubuga rwa Zoom
Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris uri kwiyamamariza kuba Perezida wa 47 wa Amerika, yaciye agahigo ku rubuga rwa Zoom aho inama yakoreyeho yitabiriwe abantu barenga 164,000 akaba ari bo bantu benshi bitabiriye inama imwe kuri uru rubuga rwa Zoom. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, abashyigikiye umukandida Kamala Harris baciye agahigo kuri Zoom […]
Dore amayeri 9 abantu baca inyuma abakunzi babo bakoresha kugirango badatahurwa
Abantu bamwe bajya bagira intege nke mu rukundo bagatangira guca inyuma abo bakundana cyangwa bashakanye. Akenshi rero hari imyitwarire ugira akaba yakuvumbura utamaze kabiri ariko hari n’abamenya kugira amacenga ku buryo utapfa kumutahura. Abenshi babikora bagamije gusigasira umubano wabo n’abakunzi babo kuko hari ubwo aba amuca inyuma ariko atifuza kumubura, bigatuma yirinda icyatuma amuvumbura. Dore […]
Rayon Sports Day ntikibereye kuri sitade Amahoro
Umunsi wahariwe ikipe ya Rayon Sports uzwi nk’umunsi w’Igikundiro ntabwo ukibereye muri Stade Amahoro nk’uko byari byatangajwe. “Rayon Sports Day“ cyangwa “Umunsi w‘Igikundiro“, ni umunsi ngarukamwaka utegurwa n’ikipe ya Rayon Sports, ukaba uba mbere yuko umwaka w’imikino utangira. Ukorerwaho ibikorwa bitandukanye birimo kwerekana abakinnyi bashya, imyambaro izakoresha, abafatanyabikorwa, igakina umukino wa Gicuti ndetse n’ibindi. Mu […]
Dore uburyo(positions) 5 warongoramo umugore wawe akanyurwa
Nkuko abakunzi bacu bakomeje kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18 ubu buryo ntabwo bukureba. Urebye ahanini ingo zo muri ibi bihe zisigaye zisenywa nuko umugore yaciye inyuma umugabo we ngo agiye gushaka umukorera imibonano mpuzabitsina […]