Umunyamuziki Mugisha Benjamin [The Ben], umukinnyi wa filime Amb. Isimbi Alliance [Alliah Cool] ndetse na Muyoboke Alex wabaye umujyanama w’abahanzi banyuranye, bari ku rutonde rw’abegukanye ibihembo bikomeye byitwa “East Africa Entertainment Awards (EAEA).” Byatangiwe mu Mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 14 Mata 2024. Ni nyuma y’uko […]
Author: badmin
Côte d’Ivoire: Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye itangizwa ry’iserukiramuco ry’ubuhanzi
Itorero ry’Igihugu Urukerereza ryataramiye ibihumbi by’abantu mu birori bikomeye byatangije iserukiramuco ryo guteza imbere ubuhanzi n’ubugeni mu bihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa ‘Francophonie’, MASA (Marché des Arts et Spectacles Africains) riri kuba ku nshuro ya 13. Ku wa Gatatu tariki 3 Mata 2024, nibwo Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri […]
Nicki Minaj yaciye agahigo katarakorwa n’undi muraperikazi ku isi
Umuraperikazi w’icyamamare, Nicki Minaj, yanikiriye abandi baraperikazi maze aba uwa mbere ukoze ibitaramo byinjije amafaranga menshi mu gihe gito. Yinjiye Miliyoni 34.9 z’Amadolari mu bitaramo 17 amaze gukora. Onika Tanya Maraj umuraperikazi ukomoka mu birwa bya Trinidad & Tobago, wamamaye cyane ku izina rya Nicki Minaj, uri mubamaze igihe mu muziki ndetse unakunze kwiyita ko […]
Abapolisi bategetswe korora inkwavu banahabwa igihe ntarengwa cyo gutangira
Nyuma y’uko mu mwaka ushize Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye n’ubuyobozi bafatanyije basabye abaturage bose korora inkwavu kugira ngo u Burundi bugere ku iterambere rirambye, Abapolisi b’u Burundi baravuga ko batasigaye inyuma muri ubwo bworozi bwitezweho kuzahura igihugu ahubwo ngo nabo batangiye gushyira imbaraga zabo kuri uyu mugambi. Nk’uko ubutegetsi bwa Ndayishimiye bukomeza kubitangaza buvuga […]
Umutwe wa M23 ushinjwa gushimuta abakinnyi wahawe gasopo
M23 irashinjwa gushimuta abakinnyi 11 b’Ikipe y’umupira w’amaguru ubwo berekezaga mu mukino wa Shampiyona y’Intara mu mujyi wa Goma. Amakuru atangazwa n’abanyamakuru bo muri Kivu ya Ruguru avuga ko abo bakinnyi ari ab’ikipe yitwa ’ONZE VEDETTES De Pinga’, bikavugwa ko ku wa 13 Mata 2024 ari bwo M23 yabashimutiye i Kitshanga bari mu nzira berekeza […]
Impanuka ikomeye yahitanye uwari utwaye moto yabereye ahaherutse kubera indi yahitanye abari bavuye gushyingura
Ikamyo yo muri Kenya yagonganye n’umuntu wari utwaye moto mu muhanda Kigali- Gatuna, ahita ahasiga ubuzima, mu mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Kivuruga, Akagari ka Rwankonjo mu Murenge wa Cyumba. Byabaye ku mugoroba wo ku wa 13 Mata 2024, hafi saa Moya z’ijoro, ubwo iyi kamyo yavaga i Kigali yerekeza ku Mupaka wa Gatuna. Ababonye […]
Dore impamvu abagabo kenshi ari bo bapfa mbere y’abagore babo – UBUSHAKASHATSI
Bikunze kwibazwaho na benshi impamvu ituma abagabo baza imbere cyane mu kuba bapfa hakiri kare, ugereranyije n’abagore baba barashakanye nabo. Muri iyi nkuru turagaruka kuri zimwe mu mpamvu udashobora kwirengagiza mu zituma abagabo ari bo bapfa cyane mbere y’abagore babo. Birasa nk’ibitagoye cyane kubona ko abagabo bakuze ari bamwe mu bantu batitabira gahunda z’ubuvuzi, muri […]
Abakobwa: Dore ahantu hatatu ukwiye kwirinda ko umusore yakora igihe muri kumwe niba udashaka ko mutera akabariro
Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza gukora k’umukobwa uko yaba ameze kose. Hari abakobwa batabikunda ugasanga barikomeza cyane ku bagabo, bigatuma abagabo nabo baharanira kumenya intege nke zabo kugira ngo babone aho bahera bagera ku byo babashakaho byo kuryamana nabo. Nubwo ari byiza kumenya icyo […]
Dore ibimenyetso 4 byakwereka ko umukobwa mukundana atakwitayeho ndetse atagukunda na gato
Hari abasore benshi bajya batakaza amafaranaga atagira ingano bitewe n’abakobwa baba barabiyoberanyijeho bakababeshya ko babakunda nyamara bababeshya bashaka kurya amafaranga yabo, bakigira abakunzi babo bakabasiga mu kangaratete nyuma y’uko bayabamazeho bagasigara bibaza icyabibateye kikabayobera. Abasore benshi hari igihe bagwa mu mugetego nkuwo bikaba baza bikomeye , hari nabo bigiraho ingaruka z’igihe kirekire , abajyanama mubijyanye […]
Ibyiza byo gusimbuka umugozi n’ibyo ukwiye kwitondera
Gusimbuka umugozi ni imwe muri siporo benshi badakora cyangwa batanumva akamaro kayo nyamara ikaba imwe muri siporo zo mu bwoko bwa cardio (harimo kwiruka, gutwara igare, koga, n’ibindi), ndetse ikaba iza ku mwanya wa kabiri mu kugirira umubiri akamaro. Mu gutegura iyi nkuru twifashishije inyandiko z’abantu banyuranye nka Justine Marie Shuey, PhD, wo mu bitaro […]
Wari uziko umuti wa Paracetamol ushobora ushobora kurangiza ubuzima bwawe utabizi? Sobanukirwa
Nubwo imibare igiragaza ko umubare wabantu bagura imiti yaza paracetamol mu ma farumasi ‘pharmacy’ hirya no hino ari munini cyane, dore ko iyo miti yo idasaba kuba muganga yayikwandikiye uragenda ukayigurira burigihe uyishakiye bimwe biita mu ndimi z’amahanga ‘over the counter’. Ni nako ibibazo bikomoka ku ikoreshwa ry’iyi miti rigenda rifata indi ntera cyane umunsi […]
Dore ibintu byoroshye wakora ukaba wirinze indwara z’umutima na Stroke
kwirinda stroke, umutima, umuvuduko ukabije wamaraso, ntibisaba ko utegereza kujya kwa muganga ngo bakwandikire imiti, ubushakashatsi bugaragaza ko kurya indyo zikurikira bigabanya ndetse cyane ibyago byinshi byo kuba wadwara izi ndwara. Irire ibiribwa biteguyemo ibikomoka ku ibi bikurikira. -ibihwagari -soya bean -ubunyobwa -ibinyampeke -sezame ndetse na… -imbuto za avoka Ca ukubiri na Margarine, inyama ziriho […]
Ibipimo bishobora kwerekana ko ufite agakoko gatera SIDA kandi ntako ufite. Ese biba byagenze bite? Sobanukirwa
VIH cyangwa HIV n’ijambo rihinnye ryo mururimi rw’icyongereza (Human Immune Virus), iyi ni Virusi ihangara ubudahangarwa (T-Cells) bw’inyokomuntu ikabushegesha kugeza aho buba nntacyo bukibashije kuba bwakora mubijyanye no kukurinda izindi ndwara. Iyo udafashe imiti igabanya ubukana bw’iyi virusi ishobora gutuma ugera aho urwara SIDA, uru rukaba arirwo rwego rwanyuma rwo gushegeshwa kw’umubiri w’umuntu ufite iyi […]
Waruziko: Ubwo Idi Amin yavogeraga Kanombe ingabo za Habyarimana zigakwirwa imishwaro
Gen (Rtd) Fred Ibingira wigeze kuba Umugaba w’Inkeragutabara yatangaje ko kuri ubu nta wushobora kuvogera u Rwanda, bitandukanye n’uko byari bimeze mbere imyaka 30 ubwo rwari ruyobowe na Habyarimana Juvenal. Uyu musirikare uri mu barwanye urugamba rwo kubohora igihugu yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata, ubwo yatangaga ikiganiro mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside […]
U Rwanda se urarufata ni ihene? Gen (Rtd) Fred Ibingira yasubije abigamba gushaka gufata u Rwanda
Gen (Rtd) Fred Ibingira yatangaje ko umutekano w’igihugu urinzwe ku buryo abahora bavuga ko bashaka gufata igihugu badateze kubigeraho, ko gufata u Rwanda atari nko gufata ihene. Yabitangaje ubwo yatangaga ikiganiro mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi cyateguwe n’ibigo birimo icy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora. Gen […]
RDC: Hakomeje kwibazwa byinshi kuri Perezida Tshisekedi umaze icyumweru cyose ntawe umuca iryera
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na nubu ntaragaragara mu ruhame, ndetse aho aherereye hakomeje kuba ibanga. Mu cyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko uyu mugabo yagiriye urugendo mu gihugu cy’amahanga kitamenyekanye. Uwo munsi Radiyo na Televiziyo y’u Bubiligi (RTBF) yatangaje ko uyu mugabo yaba yaje i Kigali, gusa nyuma […]
Byinshi ku mutwe w’Inyenzi wahanganye igihe kinini na Perezida Kayibanda n’icyatumye zitagera ku ntego zari zifite
Ni umwe mu mitwe yo kwirwanaho no kubohora igihugu yabayeho kare cyane muri Afurika, ibihugu byinshi bitarabona ubwigenge, icyakora iminsi ntiyabaniye uwo mutwe wari ugamije gucyura ibihumbi by’Abanyarwanda byari byarameneshejwe iwabo. Inyenzi ni umutwe w’ingabo wajegeje u Rwanda hagati ya 1960 na 1967, uba isereri mu mutwe wa Gregoire Kayibanda wari Perezida kugeza ubwo umujinya […]
Amazina y’abandi banyapolitiki 9 bazize kurwanya Jenoside agiye kongerwa ku Rwibutso rwa Rebero
Minisiteri y’Ubumwe bw’igihugu iratangaza ko Icyumweru cy’Icyunamo kizasozwa n’Umuhango wo Kwibuka abanyepolitiki bazize kurwanya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku rwego rw’Igihugu, icyumweru cy’icyunamo kizasorezwa ku Urwibutso rwa Jenoside rwa Rebero ku wa Gatandatu, itariki 13 /4/ 2024. Minisiteri ivuga ko hazabera igikorwa cyo kunamira abanyapolitiki bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside. Hazamurikwa kandi igikorwa cyo gushyira […]
Burkina Faso yabonye drones zikataje izifashisha mu kurwanya iterabwoba
Igisirikare cya Burkina Faso cyabonye indege zitagira abaderevu zisaga icumi, zigizwe ahanini n’izo mu bwoko bwa Bayraktar TB2 na Bayraktar Akinci zikorwa n’uruganda rwa Baykar. “Igeragezwa ryose ryagenze neza; Ni ishema rero kwemeza ko izo ndege zinjiye mu zikoreshwa n’ingabo za Burkina Faso, ” uyu ni Perezida Captain Traoré ubwe ubwo yashyikirizaga ibi bikoresho ingabo […]
Perezida Ndayishimiye yasabye Abarundi kumera nk’inzuki
Perezida w’u Burundi, Ndayishimye Evariste yasabye abaturage be kumurwanirira nk’uko inzuki zirwanirira umwami wazo zimukurikira aho agiye hose. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2024, nibwo Perezida w’u Burundi yatangije icyo yise inyigisho zo gutegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha. Ibirori bifungura izi nyigisho byabereye ku mugaragaro mu Ntara ya Gitega kuri […]
DRC: Uwatangaje ko Perezida Tshisekedi arembeye mu bitaro yishwe
Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kinshasa aravuga ko umwe mu basirikare bahafi bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Antoine Felix Tshisekedi yaba yishwe umurambo we ukajugunwa imbere y’inzu atuyemo, ku mpamvu z’uko yashyize hanze amabanga y’uburwayi bw’umukuru w’igihugu. Taliki 9 Mata nibwo Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]
Umuryango wa Harry Kane wakoze impanuka
Abana batatu ba Harry Kane barokotse bitangaje impanuka y’imodoka eshatu zagonganye mu Budage. Uyu kapiteni w’Ubwongereza yari asubiye mu Bwongereza,ubwo abakobwa be babiri n’umuhungu we bahuraga niyo mpanuka. Louise w’imyaka itatu, Vivienne w’imyaka itanu, na Ivy w’imyaka irindwi, bajyanywe mu bitaro nyuma y’iyi mpanuka yabaye ku wa mbere nyuma ya saa sita ku muhanda 2071 […]
Niger: Aburusiya bagiye gutoza igisirikare k’igihugu
Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare cy’igihugu, mu gihe Uburusiya bukomeje kongera ingufu mu karere karimo umutekano mucye ka Sahel ko mu burengerazuba bw’Afurika. Abahinga mu bya gisirikare bageze ku murwa mukuru wa Niger, Niamey, ku wa gatatu, babonetse bapakurura ibikoresho mu ndege itwara imizigo. Umwe muri abo bahinga yabwiye televiziyo ya […]
Ngoma: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu 3
Imodoka yari ipakiye ibigori yavaga ahitwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma, yerekeza mu Karere ka Rwamagana yakoze impanuka, abantu batatu bari bayirimo bahita bitaba Imana. Iyi mpanuka yabaye ku wa Kane tariki 11 Mata 2024. Mu bantu batatu bayipfiriyemo harimo umwana w’umuhungu, se n’undi wari uyiberereye kigingi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba SP Hamdun […]
Ukraine: Uruganda rw’amashanyarazi rukomeye ruri hafi y’umurwa mukuru Kyiv rwashenywe
Ikigo cy’amashanyarazi cya Ukraine, Centrenergo, cyavuze ko urugomero runini rw’amashanyarazi ruri hafi y’umurwa mukuru Kyiv wa Ukraine rwashenywe burundu n’ibitero by’Uburusiya mu gitondo cyo ku wa kane. Abategetsi bavuze ko urwo rugomero, rwitwa Trypillya, ari rwo rwari runini cyane rutanga amashanyarazi mu turere dutatu, turimo na Kyiv. Andriy Hota, umuyobozi w’ikigo Centrenergo, yavuze ko “ikigero […]
Ibintu 14 b’ingenzi n’ukuri ukwiye kumenya ku rukundo
1. Kururara wenyine nibyiza kuruta gusangira uburiri bwawe n’umuntu uryamana n’undi muntu igihe mutari kumwe. 2. Guca inyuma ntibisobanura ko ugomba gusomana, guhura cyangwa kuryamana n’undi muntu. Nutangira kujya usiba ubutumwa bugufi na e-imeri kugirango mugenzi wawe atazabibona, uzamenye ko watangiye kumuca inyuma. 3. Niba umugabo ari yaragusariye, senga ntazakire, niba arimo gukira, menya ko […]
Imyanya 3 y’akazi mu Karere ka Nyabihu: Deadline 17/04/2024
Secretary and Customer Care at Nyabihu District Under Statute :Deadline: Apr 17, 2024 Administration and Logistics Officer at Nyabihu District Under Statute : Deadline: Apr 17, 2024 Health and Sanitation Officer at Nyabihu District Under Statute :Deadline: Apr 17, 2024 Local Revenue Accountant at Nyabihu District Under Statute : Deadline: Apr 17, 2024
Imyanya y’akazi isaga 100 harimo ubushoferi, secretary, accountants, directors, finance offers…
Imyanya 50 y`ubushoferi mu bigo bitandukanye itararangiza igihe: Deadline: Amataliki atandukanye 11 Job positions of Field Technicians at Ecoplanet Bamboo Rwanda Ltd : Deadline: 23-04-2024 Specialist – Obstetrician Gynecologist at African Union: Deadline:May 9, 2024 11h59 p.m. EAT. Director of the African Centre for the Study & Research on Terrorism at African Union: Deadline:May 8, […]
Umuyobozi w’Umushinga – Project Director at ZION TEMPLE Mwulire | Mwulire :Deadline: 17-04-2024
ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bw’itorero Zion Temple Mwulire ku bufatanye na Compassion International Rwanda buramenye abantu bose babyifuza kandi babibifitiye ubushobozi ko bwifuza gutanga akazi ku mwanya w’umuyobozi w’umushinga (Project director)RW0283 Zion Temple Mwulire uterwa inkunga na Compassion International Rwanda. Incamake ku nshingano z’umuyobozi w’umushinga: Umuyobozi w’umushinga ahuza ibikorwa byose byo ku mushinga kandi akayobora ibikorwa […]
Finance Officer at AIDS Healthcare Foundation (AHF) Rwanda | Kigali :Deadline: 30-04-2024
Finance Officer AIDS Healthcare Foundation (AHF) is an International Non-Governmental Organization that was founded in 1987 and has been at the forefront of the HIV response, currently supporting HIV/AIDS programs in 45 countries including Rwanda. AHF’s mission is to provide cutting edge medicine and advocacy, regardless of ability to pay and core values are to be […]