Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 11 y’amavuko aribwo ababyeyi be bamweretse amafoto ye akivuka,abona iwabo bari bifashije mbere y’uko bahunga aribyo byatumye arota kuzahagaruka. Mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM,Perezida Kagame yavuze ko ku myaka 11 ubwo yari mu nkambi aribwo yamenye neza ko iwabo ari mu Rwanda […]
Author: badmin
Perezida Kagame yavuze ku mukino Arsenal yanganyijemo na Manchester City
Mu kiganiro ari kugirana na Radio 10 ndetse na Royal FM, Perezida Paul Kagame yavuze ko yarebye umukino wahuje Manchester City na Arsenal afana, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa. Perezida Kagame yavuze ko nk’umufana wa Arsenal yifuzaga ko itsinda igakomeza umurongo wo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka ariko bitakunze bityo ari ukureba […]
Abagabo: Dore ibimenyetso mpuruza. Ukibibona ugomba kwihutira kujya kwa muganga
Muri kamere y’abagabo barangwa no kwihagararaho, gusa hari igihe biba ngombwa ko ukurikirana ikibazo mbere yuko amazi yarenga inkombe. mugabo wese usoma iyi nkuru ubonye kimwe mubimenyetso tugiye kukubwira, urasabwa kwihutira kureba muganga akagusuzuma ukamenya uko uhagaze hato abantu batazajya bakubona warapfuye kera. 1. KURIBWA MU MUGONGO Ubushakashati bwakorewe i Boston ho muri leta zunze […]
Abagore: Dore ibintu 3 utagomba guhirahira ngo wegereze igitsi1na cyawe
Hari ibintu byinshi abakobwa bibwira ko ari isuku nyamara byangiza imyanya y’ibanga yabo. Aha rero abanditsi ba mubuzima.com twabahitiyemo ibintu bitatu umugore cyangwa umukobwa agomba kwirinda nkuko tubikesha. 1. Isabune Ibi ushobora kwibwira ko ari nko kwivuguruza. Ukeneye kugira isuku no gukaraba gusa isabune ishobora gutuma imbere mu gitsina cyawe humagara. Ugomba kumenya ko imyanya […]
Abasore: Dore ibintu 5 ugomba guhisha umukobwa mukundana kugirango murambane
Abasore b’iki gihe babura abakunzi babo kubera utuntu duke. Muri ibi bintu harimo ibyo bavuga ndetse n’ibyo bakora mu buzima ndetse n’uburyo bitwara. Iyi nkuru iragufasha kumenya ibintu wahagarika kubwira uwo mukundana ubundi urukundo rwanyu rugasugira. Muri ibi bintu tugiye kukubwira urahitamo iby’ingenzi cyangwa byose wige kujya ubikoresha. Ahari muri iyi nkuru urakuramo umuti uvura […]
Sobanukirwa Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima rya OMS rivuga ko umuntu umwe mu bantu batandatu ahitanywa na kanseri […]
Sobanukirwa Kanseri(Canser) ya prostate, ibimenyetso byayo, uko wayivura n’uko wayirinda
Kanseri ya porositate benshi bakunze kwita Kanseri y’amabya ni imwe muri kanseri zikomeye zihitana abagabo nyuma ya kanseri y’uruhu , ifata abagabo b’imyaka yose ariko igakunda kugaragara ku bagabo bakuze barengeje imyaka 65. Abagabo benshi bafite iyi kanseri yo bativuje hakiri kare , bahitanywa niyi kanseri , umugabo urengeje imyaka 45 aba agomba kwipimisha iyi […]
Kanseri: Sobanukirwa ibimenyetso bya Kanseri(Canser) y’ibere
Kanseri y’ibere ni indwara ihitana umubare munini w’abatuye isi ahanini bitewe no gutinda kuyivuza dore ko itinda kugaragaza ibimenyetso byayo ndetse n’ibigaragaye nyirabyo ntabyiteho cyane kuko bidakunze kubangama. Iyi ndwara ikunze kwibasira abantu b’igitsina gore ariko kandi n’abagabo na bo bakaba bashobora kugira ibyago byo kuyirwara, nk’uko byatangajwe n’urubuga cancer.ca ari na rwo dukesha iyi […]
Kanseri y’umwijima, ibimenyetso byayo, ikiyitera n’uko wayirinda
Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe ,kuringaniza ikigero cy’isukari mu maraso ,nibindi byinshi. Tukaba tugiye kuvuga ku ndwara ya kanseri ifata umwijima ,uturemangingo tugize umwijima tukaba dufatwa niyi kanseri ikaduhindurira imikorere yatwo isanzwe […]
Abakundana: Niba mudakorera hamwe ibi bintu 8 ntimukwiranye
Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana. . Ibimenyetso byakugaragariza ko ukwiranye n’umukunzi wawe . Ibintu abakundana bakorera hamwe byanze bikunze . Niba mutabasha gukorana […]
Imodoka yari yishe abantu muri Pele Stadium
Imodoka y’Umunyamabanga wa Police FC,CIP Claudette Umutoni, yavuye muri Parking y’aba VIP, iramanuka iza muri Stade,inyuze mu karyango gato kari ruguru y’aho abafana bicara. Ku bw’amahirwe iyi mpanuka nta muntu yishe, kuko abafana bari bacye cyane muri Stade. Amakuru avuga ko iyi modoka yatunguye abari muri Stade iva aho yari iparitse nta muntu uyirimo niko […]
Jacob Zuma wahoze ayobora Afurika y’Epfo yakoze impanuka ikomeye
Jacob Zuma w’imyaka 81, wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yarokotse impanuka y’imodoka mu ijoro ryakeye, agonganye n’umuntu wari utwaye imodoka kandi yasinze. Mu itangazo ryasohowe n’umuvuguizi w’ishyaka rya Zuma, uMkhonto we Sizwe (MK), Nhlamulo Ndhlela, yagize ati “Impanuka ebyiri z’imodoka mu gihe cy’umwaka n’igice gusa, kandi zose zigatezwa n’abavugwa ko ‘ari abashoferi basinze’ bagenda […]
Minubumwe yashyize hanze Ingengabihe yo #Kwibuka30
U Rwanda n’isi yose muri rusange,bagiye kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mwaka, insanganyamatsiko igira iti: “Kwibuka twiyubaka”. Icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’Igihugu, kizatangirizwa ku Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali,kuwa 7 Mata 2024. Umuhango wo kwibuka uzakomereza muri BK ARENA ari na ho hazabera Umugoroba wo Kwibuka. Ibi bikorwa bizanyuzwa […]
Tshisekedi ngo ababazwa cyane no kuba Perezida Kagame yubahwa n’amahanga
Perezida Tshisekedi yagaragaje ko ababazwa no kuba amahanga adafatira ibihano u Rwanda mu gihe arushinja gufasha M23 mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC ndetse yemeza ko ashengurwa no kubona Perezida Kagame yubahwa n’amahanga. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru birimo Le Monde, aho yibanze ku gusabira ibihano u Rwanda kuko ngo rufasha M23. […]
Abakobwa: Dore ikizakubwira ko ukundana n’umusore utari igihuha kandi uzavamo umugabo w’agatangaza
Mu bintu byagoye benshi ku Isi harimo guhitamo umukunzi wo kubana nawe ubuziraherezo. Yaba abakomeye bafite n’ubutunzi, abanyemabaraga mu myuga runaka ndetse n’abandi bahambaye mu kugira ubushobozi runaka, bahura n’iki kibazo cyo kumenya uwo bahitamo. Abantu benshi bahura n’ikibazo kibaza bati ‘ni gute namenya umuntu wa nyawe nkamuhitamo nk’umugore cyangwa umugabo tuzabana, tugatandukanya n’urupfu?’. Nubwo […]
Umwana yarokotse by’igitangaza impanuka yahitanye abantu 45
Imodoka itwara abagenzi yarohamye mu manga ihitana abantu 45 bari barimo kwerekeza muri Botswana, harakoka umwana w’imyaka umunani. Mu mpanuka yabaye kuwa Kane Tariki ya 28 Werurwe 2024, muri Afurika y’Epfo impanuka yahitanye abantu 45 bari mu modoka itwara abagenzi yarohamye muri metero 50 ivuye ku iteme ikagwa mu manga. Umukobwa w’imyaka umunani, bivugwa ko […]
Waba uzana amarira mu gihe uri guseka? Sobanukirwa impamvu zibitera harimo n’iz’uburwayi
Benshi ntibasobanukirwa impamvu barira igihe baseka nyamara biterwa n’impamvu nyinshi mu mubiri. Kurira igihe useka biterwa n’ikintu kitwa “Refrect Tearing”. Ni amarira yisuka igihe habayeho ibikorwa birimo kwayura, kuruka, gukorora cyane, guseka n’ibindi. Healthpointer itangaza ibintu bitatu bitera kwisuka kw’amarira igihe umuntu aseka. Impamvu ya mbere: 1. Imiyoboro y’amarira “ Tears Duct” cyangwa imiyoboro y’amarira. […]
Amagambo 8 abantu bakunda gukoresha bakuryarya ntubimenye
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru urasangamo andi magambo abantu bakoresha mu buryo bubi bagambiriye inabi kuri wowe. Umuhanga waminuje mu bijyanye n’imibanire mibi n’ihohoterwa mu miryango Sharie Stines wo muri […]
Ibirindiro bya FARDC byarashweho ibisasu 2
Amakuru menshi yaturutse muri Sake, muri Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko kuri uyu wa kane, tariki ya 28 Werurwe,ibintu byakomeje kuba bibi cyane hirya no hino muri uwo mujyi. Nk’uko ayo makuru abitangaza, byibuze ibindi bisasu bibiri byatewe n’inyeshyamba byaguye mu birindiro by’Ingabo za FARDC n’abarwanyi bafatanyije ku musozi wa Matcha mu gitondo. Ibi bisasu bibiri […]
Corneille Nangaa yahishuye ikizakura perezida Tshisekedi ku butegetsi
Corneille Nangaa uyoboye ihuriro ARC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi, yabwiye abaturage batuye Kiwanja muri Rutshuru mu ntara ya Kivu ya Ruguru ko impinduramatwara ya M23 mu minsi mike izirukana ku butegetsi Tshisekedi. Mu myenda ya gisirikare n’ubwanwa bw’umweru nk’uwa Fidel Castro,Nangaa yakiranwe urugwiro n’abatuye Kiwanja ari kumwe n’umuyobozi wa M23 n’abasirikare baganira n’abaturage. Uyu […]
Umwarimukazi akomeje kuvugisha benshi kubera imyambarire ye ari mu ishuri – AMASHUSHO
Umwarimu wigisha imibare akanakoresha urubuga rwa TikTok yitwa angeldlaminicele1, yibasiwe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kubera imyambarire ye ishotorana ari imbere y’abanyeshuri. Uyu mwarimu w’Imibare yari yambaye ikanzu ngufi yerekana ibibero bye n’umubiri we ubwo yigishaga bituma benshi bamunenga bavuga ko bidakwiriye. Muri aya mashusho, uyu mwarimu yigishaga ibyitwa “improper fraction” nkuko amashusho yabigaragaje. Umwe mu bavuze […]
Perezida wa Rayon Sports yasubije umuyobozi wa APR FC uherutse kumwishongoraho
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bubaka iyi kipe bareba urwego Nyafurika, batarajwe ishinga n’ubukeba bwo mu Rwanda nkuko hari abakeka ko iba ihanganye na APR FC. Yatangaje ibi nyuma y’iminsi ine, Chairman wa APR FC, Col Karasira avuze ko iyi Kipe y’Ingabo z’Igihugu idakwiye kugereranywa na Rayon Sports kuko ntaho zihuriye […]
Gen. Muhoozi yatangiye imirimo mishya asezeranya abasirikare ikintu gikomeye
Gen. Muhoozi Kainerugaba uheruka kugirwa Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yahererekanyije ububasha na Gen. Wilson Mbasu Mbadi yasimbuye, kuri uyu wa 28 Werurwe 2024. Yijeje ko mu nshingano ze azaharanira kuzamura imibereho myiza y’abasirikare. Ku wa 21 Werurwe mu 2024 nibwo Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru […]
FARDC na Wazalendo byashyamiranye hagwa abantu 3
Kuri uyu wa Gatatu ushize, ubushyamirane hagati y’abasirikare ba leta, FARDC, n’inyeshyamba zibashyigikiye zizwi nka Wazalendo i Nyangezi muri Teritwari ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwaguyemo abantu batatu. Amakuru ava muri Gurupoma ya Karhongo yemeza ko amakimbirane yaturutse ku mbunda ba Wazalendo bambuye umusirikare wa […]
Eddy Kenzo waherekeje Min.Phiona bivugwa ko bakundana mu muhango wo kurahira yahishuye uko yiyumva
Umuhanzi Eddy Kenzo yaherekeje Minisitiri Phiona Nyamutoro bari kuvugwa mu rukundo mu muhango wo kurahira wayobowe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Eddy Kenzo yavuze ko yishimiye guherekeza Minisitiri Phiona Nyamutoro mu kurahira ndetse amumenyesha ko aterwa ishema no kumubona mu mwanya aherutse guhabwa. Yagize ati: “Ni ibyishimo kuba nabonye kurahira […]
Umuyobozi wa MONUSCO yatangaje ko M23 irimo gufata ubutaka bunini mu buryo butigeze bubaho mbere
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) avuga ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ugenzura ku kigero kitari cyarigeze kibaho mbere”. Bintou Keita yavuze ko kuva mu Kuboza (12) umwaka ushize “imirwano yakajije umurego” mu burasirazuba bw’igihugu hagati y’ingabo za leta ya […]
Leta ya Kinshasa yongeye gusabira u Rwanda ibihano muri UN
Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe 2024. Iyi nama yateranye iganira ku kibazo cya DR Congo aho abahagarariye ibihugu byabo batanze ibitekerezo ku buryo babibona n’igisubizo gishoboka kuri iyi ntambara. Nk’uko byari byitezwe muri iyi nama […]
Nyirakuru wa The Ben yitabye Imana
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane,tariki ya 28 Werurwe, Nyirakuru wa w’abahanzi The Ben na Green P wari utuye mu karere ka Kayonza yitabye Imana ajyanwe kwa muganga. Mukangarambe Yunia yari umukecuru ukuze ariko ugifite imbaraga nk’uko benshi bo mu muryango we babivugaga. Umwe mu bo abereye nyirakuru yagize ati “Nyogokuru yatabarutse mu gitondo […]
Umunyeshuri yiyahuye arapfa nyuma yo kuribwa amafaranga yose y’ishuri muri betting
Umunyeshuri utuye mu gace ka Raila muri Lang’ata yiriwe yifungiranye mu nzu ye yakodeshaga ku wa kabiri, tariki ya 26 Werurwe, birangira yiyahuye kubera kuribwa amafaranga y’ishuri na betting. Uyu munyeshuri witwa Brian Ongwae wigaga kuri Catholic University of East Africa (CUEA) muri Kenya, yiyahuye nyuma yo kuribwa ibihumbi 15 by’amashilingi ya Kenya yagombaga kwishyura […]
Uramutse ukoreye umugore wawe ibi bintu buri joro ntiyazigera aguca inyuma
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Uyu munsi tugiye kukugezaho ibintu 3 byoroshye wakorera umugore wawe buri joro bigatuma abona ko umukunda birenze maze nawe akagukunda atitangiriye itama. 1. Nijoro, nk’umugabo, ntugomba gusinzira nk’umupfu. […]