Imyidagaduro

Umunyamakuru wa RBA yakoze ibitari byitezwe nyuma yo kuvuga ko APR FC izatsinda Rayon Sports ntibibe

Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro,Luckman Nzeyimana,yemeye gutanga umwana we w’imfura ngo abe umufana wa Rayon Sports,kubera ibyo yari yavuze mbere y’umukino ko APR FC inyagira Rayon Sports. Bwana Lucky yari yatangaje mu cyumweru gishize ko APR FC izatsinda Rayon Sports ikinyuranyo kiri hejuru y’ibitego bibiri ariko byarangiye ariyo itsinzwe ibitego biri hejuru ya bitatu. […]

Utuntu n'utundi

Giants of Africa: Perezida Kagame yakomoje ku nkuru y’urukundo rwe na Jeannette Kagame

Mu gutangiza iserukiramuco ry’umukino wa Basketball riri kubera i Kigali, Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko Abanyafurika ari umuntu umwe, bashoboye kandi bafite byose ngo babe ibihanganjye. Perezida Paul Kagame asanga Abanyafurika ari umuntu umwe Nyuma y’uko Masai Ujiri avuze ko ari umunya-Nigeria, akaba umunya-Kenya, ndetse akaba Umunyarwanda, Perezida Paul Kagame na we yabwiye abari […]

Uncategorized Urukundo

Abasore: Dore ibintu byagufasha kwambura abandi basore umukobwa ukamugira uwawe wenyine

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe ku buryo ntakindi yazasubira gushaka ahandi mu bandi bahanganye. 1. Iyiteho wowe ubwawe Umukobwa azagukunda kubera ko azabona wiyitaho ku buryo budasanzwe. Naba […]

53113997115_7905136dba_b.jpg
Imyidagaduro

Dore ibintu 5 byihariye ku gitaramo Diamond Platnumz yaraye akoreye i Kigali

Diamond Platnumz yataramiye abitabiriye iserukiramuco ryitwa ‘Giants of Africa’ ryahurije hamwe urubyiruko rwo mu bihugu 16. Ni igitaramo yihariye urubyiniro yamazeho isaha n’iminota 20 ku mugoroba w’iki cyumweru muri BK Arena. Diamond yuriye urubyiniro amatara ajimije anaruvaho amatara ajimije. Yananyuzagamo agasaba ko amatara bayazimya bityo abafana bagakoresha telefoni zabo. Iserukiramuco ryatangijwe n’umuherwe wahiriwe n’umukino wa […]

Imyidagaduro

Diamond Platnumz yakozwe ku mutima no kubona Perezida Kagame mu gitaramo cye bituma avuga ijambo rikomeye

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma Issack uzwi cyane nka Diamond Platnumz azahorana ku mutima itariki ya 13 Kanama 2023 kuko yamusigiye urwibutso rudasaza, ni nyuma y’uko agize amahirwe yo guhura no kugirana ibiganiro na Perezida Kagame. Diamond Platnumz wataramiye abanya Kigali mu birori byo gutangiza Iserukiramuco “Giants of Africa” riri kubera mu Rwanda,yashimiye byimazeyo Perezida Kagame […]

Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yahaye impanuro urubyiruko rwari rwitabiriye isabukuru ya Giants of Africa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gutangira gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere umugabane wa Afurika. Ibi Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giant of Africa umaze ushinzwe. Masai Uhiri washinze uyu muryango avuga ko urubyiruko rufite ubushobozi bwo kuba ibihangange. Perezida Kagame yibukije urubyiruko kudahora […]

miss_darina.jpg
Imyidagaduro

Miss Kayumba Darina yavugishije benshi nyuma yo kwerekana ibitesi – AMAFOTO

UBwo Miss Kayumba Darina yashyiraga hanze amafoto ye agaragaza amatako abantu benshi kwihangan byabananiye batangira kumuvuga imyato. Miss Kayumba Darina wegukanye ikamba ry’Igisonga cya kabiri muri Miss Rwanda 2022 yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza ubwiza bwe budashidikanywaho maze abantu batangira kumwereka urukundo rudadanzwe babinyujiye ahatangirwa ibitekerezo. Benshi mu bagize […]

shazz.jpg
Imyidagaduro

Shazz Davis D na Kevin Kade bajya mu buroko yongeye kuvugisha benshi kubera amafoto yashyize hanze – AMAFOTO

Noneho arafungisha benshi: Wa mukobwa wigeze gutuma Davis D na Kevin Kade bajya muburoko yakuyemo imyenda maze atangira kwerekana ibyo benshi batajya babonesha amaso yabo abantu kwifata biranga batangira kugaragaraza amaranga mutima yabo kubera ibintu babonaga. Umukobwa ufite ubwiza benshi badakunze gushindikanyaho uzwi nka Shazz wigize kuvugwa mwifungwa ry’abahanzi barimo Kevin Kade na Davis D […]

Imyidagaduro

Bahavu wamamaye nka Diane muri Cinema yasobanuye ibyo gukubita umugabo we byamuvuzweho

Mu kiganiro Bahavu Jannette yagiranye n’umwe mu banyamakuru, yabajijwe ku makuru yagiye avugwa ko yaba akubita umugabo we. Bahavu Jannette yavuze ko atazi ikintu cyatuma ibyo bibaho cyangwa icyabimushoboza kuko kuba wakubita umuntu ukunda kandi utabasha ni ibintu bidashoboka. Yavuze ko ibyo byose ari ibyababuze aho bamenera bagirango babahe isura mbi muri rubanda kuko ibyo […]

Indwara & Imiti

Abagabo: Igitunguru gitukura gishobora kukurinda kurangiza mu isegonda rimwe igihe cy’akabariro. Uko wagikoresha

Nk’uko ikinyamakuru Healthline kibitangaza, igitunguru gitukura gikungahaye ku binyabutabire byongera ubushake bwo gutera akabariro, ibifasha mu ‘ikorwa ry’umusemburo wa kigabo(testosterone) ndetse n’imikorere myiza y’imyanya y’ibanga y’umugabo. Abagabo bagirwa inama yo kongera iki gitunguru ku mafunguro yabo. Dore bimwe mu byo igitunguru gishobora gukora: 1. Gutembera neza kw’amaraso Igitunguru gitukura gikungahahe ku kinyabutabire kitwa Allicin. Iki […]

Imyidagaduro

Ojera na Luvumbu bakinnye ku mubyimba APR FC nyuma yo kuyinyagira

Abakinnyi ba Rayon Sports babiri, Joachiam Ojera na Heritier Luvumbu bavuze ko gutsinda APR FC byoroshye nubwo benshi bayitinya cyane. Ibi babitangaje nyuma yo kuyitsinda ibitego 3-0 bakayitwara igikombe cya Super Cup,mu mukino wari witezwe cyane. Joackiam Ojera yagize ati “Narabivuze ko APR FC ari ikipe yoroshye gutsinda ndetse uyu munsi twabyerekanye,by’umwihariko kuri njye natsinze […]

Imyidagaduro

Uko Kalisa Rashid yakinnye bitari byapanzwe akaza no gutsinda igitego

Umukinnyi wo hagati wa Rayon Sports, Kalisa Rashid yavuze ko yakuwe mu rugo igitaraganya ngo aze gusimbura Aruna Madjaliwa bakinana wakuwe mu ikipe ku munota wa nyuma. Mbere y’umukino Rayon Sports yanyagiyemo APR FC ibitego 3-0,umutoza Yamen Zelfani yari yakuye Kalisa Rashid mu bakinnyi 18 yagombaga gukoresha ariko mbere y’amasaha make ngo utangire uyu basanga […]

366900554_24322952687295848_4280069390384768361_n-2-c03ef.jpg
Imyidagaduro

Rayon Sports yanyagiye APR FC iyitwara igikombe cya Super Cup

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0 iyitwara igikombe cya Super Cup,mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, Rayon Sports yatsinze APR FC iyitwaramo ibitego bibiri. Amakipe yombi yatangiye akina umukino wihuta urimo imipira miremire ariko APR FC ikarusha kubera abaca ku mpande bayo beza cyane. Muri uyu […]

366930578_1299172504305124_7191739355433238528_n-0796c.jpg
Imyidagaduro

Rayon Sports yakorewe ikintu gikomeye na Kigali Convention Center nyuma yo gutsinda APR FC

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 12 Kanama 2023, Kigali Convention Center yacanye amabara ya Rayon Sports mu rwego rwo kuyishimira ko yatwaye igikombe cya Super cup. Rayon Sports yegukanye igikombe cya Super Cup nyuma yo gutsinda mucyeba wayo w’ibihe byose APR FC,ibitego 3-0. Kigali Convention Center yacanye amabara ya Rayon Sports iba ikipe ya […]

gettyimages 514410905 thumb
Urukundo

Abubatse: Dore iminota utagomba kurenza igihe utera akabariro niba uyirenza uri mu kaga gakomeye

Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekanye igihe nyacyo abatera akabariro bishimira kumara muri iki gikorwa, hagaragazwa n’igipimo cy’abagera ku byishimo bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 4.400 bo mu Bwongereza n’urubuga lovehoney bwahishuye byinshi bikunda gushyira bamwe mu rujijo ku bijyanye n’igikorwa cyo gutera akabariro. Muri aba bantu bakoreweho ubushakashatsi abenshi bemeje […]

Uncategorized Urukundo

Dore uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu cyumweru kimwe gusa

Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu bijyanye […]

Uncategorized Urukundo

Abagore: Ibintu ukora bigatuma umugabo wawe ahora agutekereza

Mu gihe washakanye n’umugabo ariko ukaba wifuza ko aguhoza ku mutima no mu ntekerezo ze, hari ibintu uba ugomba kugira nyambere. Ese ni iki wakora , umugabo akajya ahora agutekereza , aho gutekereza abandi ? 1. Kumuhamagara no ku mwandikira. Niba yagiye mu kazi , muhozeho ubutumwa bugufi cyangwa umuhamagare bya hato na hato umubaza […]

Utuntu n'utundi

Burundi: Umupolisi yasabye bagenzi be kureka ruswa ahita afungwa

Umupolisi w’ipeti rya «caporal chef» akaba ari n’umubwirizabutumwa yafunzwe nyuma yo kwamagana ku mugaragaro bagenzi be abasaba guhagarika kurya ruswa. Jérôme Niyonkuru akaba yaherukaga kugaragara ku mbuga nkoranyambaga arimo kwamagana abapolisi bagenzi be barya ruswa. Akaba yaravuze ko abasaba ruswa barimo kwikururira imivumo. Ikinyamakuru UBM News kiravuga ko uyu mupolisi w’ipeti ryo hasi akaba yujuje […]

Imyidagaduro

Yatsinze umukino umwe gusa mu mikino 12 ahembwa akayabo ka miliyoni 210RWF. Ibyo wameya ku mutoza w’Amavubi weguye

Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer wari Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, yasezeye kuri izi nshingano nyuma y’amezi ane gusa yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri. Miliyoni zisaga 210 z’amanyarwanda nizo zitanzwe kuri Carlos Alós mu mishahara y’amezi 15 yaranzwe no gutsindwa cyane ndetse agashya nuko yabonye intsinzi imwe! Carlos Alós Ferrer yerekanywe nk’Umutoza w’Amavubi tariki 29 Werurwe 2022, asimbuye […]

Utuntu n'utundi

Centrafrique: Perezida Touadéra yemerewe kwiyamamaza incuro zose ashaka nyuma ya referendum

Ibyavuye mu matora ya kamarampaka (referendum) muri Centrafrique byemerera perezida w’icyo gihugu kwiyamamaza inshuro zose ashaka, byiswe ikinamico n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Akanama k’amatora ku wa mbere katangaje ko 95% by’abatoye bashyigikiye impinduka mu itegekonshinga. Abanenga ubutegetsi bavuga ko ubwitabire muri ayo matora bwari hasi ku kigero cya 10%. Centrafrique iracyari mu bihe bigoye by’intambara yatumye […]

Utuntu n'utundi

Kamonyi: Polisi yarashe umugabo waherukaga gutema umugore ashaka kumwica

Umugabo witwa Badege Edouard wari ukurikiranyweho gutemagura umugore we, yarashwe na Polisi mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri Tariki 08 Kanama 2023 ubwo yari agiye kwerekana intwaro yakoresheje atema umugore we. Niyonshuti Maritini, umuturage wo mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge ho mu karere ka Kamonyi yabwiye intyoza.com dukesha iyi […]

umukobwa ukunda
Uncategorized Urukundo

Ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yibagirwa abandi basore akagukunda wenyine

Umuntu wese aba yifuza gukundwa no kutabangikanwa n’abandi ariko si ko kenshi bigerwaho. Nyamara hari uburyo umuntu aba ashobora gukoresha akabigeraho bitamugoye ndetse uwo bakundana akisanga yarahuzwe abandi bose. Dore ibintu 6 wakorera umukobwa ukunda bigatuma akwiyegurira wese: 1.Kumubwira ko muzarushinga Umukobwa aho ava akagera arota umunsi w’ubukwe bwe:Uko azaba yambaye ,imodoka nziza azagendamo n’umugabo […]

arton68404
Ubuzima

Dore ibintu bifatwa nk’ibisanzwe nyamara byangiza umutima cyane kugeza umuntu ageze mu kaga gakomeye

Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora nabi. Ibintu […]

Uncategorized Urukundo

Byutsa umukunzi wawe ukoreshe umwe muri iyi mitoma wirebere ikiri bube uyu munsi

Muri iyi si y’ikoranabuhanga n’iterambere ryihuta abakundana basa n’abahorana kuko baba bavugana umunota ku wundi, byaba binyuze kuri telefoni bisanzwe cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma umuntu abasha kumenya amakuru y’umukunzi we isaha ku yindi. Abenshi bandikirana mu gitondo bakibyuka kugira ngo bamenye uko abakunzi babo baramutse. . Imitoma watera umukobwa mu gitondo akiriwa agutekereza […]

Utuntu n'utundi

FARDC yatangaje icyo irimo gukora kizayifasha guhangana na RDF y’u Rwanda

Kurinda Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yibasiwe n’u Rwanda ni ikibazo cya buri wese, nk’uko byavuzwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ingabo, asoza urugendo rwe ku wa Gatandatu i Kisangani mu majyaruguru y’iburasirazuba bw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP. “Turi mu nzira zo gukomeza ingabo zacu. Ndabatera imbaraga(…) ”, uyu […]

Utuntu n'utundi

Umubyeyi yashenguwe n’agahinda nyuma yo gupfusha abana be 4 icyarimwe

Madamu Liliani Msuya yashenguwe n’agahinda nyuma y’aho abana be bane bapfiriye icyarimwe mu mpanuka y’imodoka kuwwa 04 Kanama 2023. Bwana Hashim Msuya n’umugore we Lilian Kunda Msuya bari mu kiriyo cy’abana babo baguye muri iyi mpanuka nabwo bavuye gushyingura umwe mu bagize umuryango we wapfuye. Madamu Lilian Kunda, yatangarije ikinyamakuru Mwananchi ko yashenguwe n’urupfu rw’abana […]

Uncategorized Urukundo

Umuhanzi Nemeye Platini yashyize umucyo ku itandukana rye n’umugore we

Nyuma y’igihe umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P mu itsinda ryamamaye rya Dream Boys bivugwa ko yatandukanye n’umugore we Ingabire Olivia , nyuma y’uko ngo basanze umwana atari uwe, yaje kubivugaho. Uyu muhanzi yavuze ko abo babivuze atazi aho babikuye ndetse ko atumva ukuntu abantu bamenya iby’umuryango we atabibabwiye. Platini P Avuga […]

Uncategorized Urukundo

Abasore: Dore intambwe 8 zagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa uwo ari we wese

Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku munsi Ibi bivuze ko niba utangiye gutereta, waganiriza umukobwa umunsi wa mbere bikakugendekera neza naho […]

arton68404
Ubuzima

Dore ibyago umuntu ahura na byo iyo ahagaritse gutera akabariro yari asanzwe abikora

Guhagarika gutera akabariro ,mu gihe wari usanzwe uyikora bishobora kuzana impinduka nziza n’impinduka mbi ku mubiri. Muri rusange , gutera akabariro bigira akamaro gakomeye ku muntu karimo nko kongera ubudahangarwa bw’umubiri ,kuvura stress ,kugabanya ibyago byo kwibasirwa n’indwara zikomeye zirimo na kanseri. Ibinyamakuru bitandukanye nka webmed.com , mayoclinic.com na flo.health.com ,dukora iyi nkuru twifashishije inyandiko […]

Imirire

Imimaro 10 yo kurya urusenda ku mubiri w’umuntu harimo kurinda indwara z’umutima na Cancer

Kurya urusenda bifite akamaro ku mubiri wa muntu ,burya urusenda si ikirungo gusa ahubwo runakungahaye ku ntungamubiri nkenerwa ku mubiri wa muntu zirimo n’amavitamini . Urusenda rugira akantu gakerera cyangwa gasharirira umuntu ururya ,rwajya no mu maso hakakuryaryata n’amarira akisuka , urusenda rushibora gukorwamo agafu ,kaminjirwa mu biryo ,ushobora kurwotsa cyangwa rugategurwa nkuko urusenda rw’akabanga […]