Ubushakashatsi buheruka gushyirwa ku mugaragaro na kaminuza ya Tel Aviv yo mu gihugu cya Isiraheli bwagaragaje ko gukora siporo zo kwiruka nizindi siporo zikorerwa hanze byambura isukari ibibyimba bya kanseri ,bityo ibyo bibyimba bigatangira kugabanuka no gupfa , ibyo bikabanya ibyago byo kwibasirwa na kanseri ku kigero cya 72%. Ubu bushakatsi buvuga ko ,siporo zo […]
Author: badmin
Abagore: Dore ibyago uzahura na byo niba utera akabariro nturangize
Gutera akabariro nturangize ku bagore bishobora gutera ibibazo n’ingaruka mbi ku mugore , cyane cyane bigaterwa no kuba icyo gikorwa cyakozwe ntikigere ku musozo . Kurangiza ku mugore bigereranywa no kugera ku ndunduro y’ibyishimo mu bijyanye no gutera akabariro , iyo bitagenze neza bigira ingaruka mbi ku mubiri we , haba mu mitekerereze no mu […]
Byinshi ku ndwara y’ishaza ifita ijisho ikanatera ubuhumyi iyo itavuwe
Ishaza ni indwara y’amaso y’amaso ifata gace k’imbere mu jisho kameze nk’akarahuri(lens ) kakira amashusho iyo tureba. Iyo umuntu afite uburwayi bw’amaso bw’ishaza ka gace karagenda kakazibiranywa n’ibimeze nk’igihu ari nabyo bituma umuntu atabasha kubona cyangwa agahuma burundu . Hari n’abavuga ko indwara y’ishaza , ari mu gihe imboni y’ijisho iba yarangiritse cyangwa idakora neza […]
Lionel Messi akomeje kwandika amateka muri Inter Miami yafashije kugera muri 1/4 cya League Cup
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, akomeje gukora akazi gakomeye aba umucunguzi afasha ikipe ye ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 7 Kamena 2023 saa Cyenda n’iminota 30, nibwo ikipe ya Inter Miami yamanutse mu kibuga ikina n’ikipe ya FC Dallas mu irushanwa […]
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal kuri Manchester City
Perezida Kagame usanzwe ufana ikipe ya Arsenal, yishimiye igikombe iyi kipe yegukanye cya Community Shield nyuma yo gutsinda Manchester City. Kuri iki cyumweru mu gihugu cy’u Bwongereza kuri Wembley Stadium habereye umukino wo guhatanira igikombe cya Community Shield 2023. Ni umukino uhuza ikipe iba yarabaye iya mbere muri Premier League ndetse n’iya 2 mu mwaka […]
Dore iminota igikorwa cyo gutera akabariro kigomba kumara n’uko wabigenza ngo utangiza mu isegonda rimwe
Abantu batandukanye bibaza ku gihe igikorwa cyo gutera akabariro kimara mu gihe cyagenze neza ,iyo urebye inyandiko ziri hirya no hino usanga nta gihe cya nyacyo bavuga cyangwa ugasanga baranyuranya ,bamwe bati iminota 8 , abandi bati iminota 15 ,abandi bati 30 ,ugasanga nta gihe wakwemeza neza gihamye . usanga kandi abantu batamenya neza igihe […]
Uburyo 8 wakwivuramo inkorora utagombeye imiti yo kwa muganga
Gukorora cyangwa kugira inkorora ,ahanini biterwa na infegisiyo cyangwa ama allergies y’ikintu runaka ,ariko burya hari ibintu wakora bikagufasha kwivura inkorora bidasabye ko ukoresha imiti yo kwa muganga ariko bigasaba ko ufatirana inkorora ikigufata . mu gihe ufite inkororora ,hari ibintu ukwiye kwitaho byagufasha guhangana nayo ,mu gihe ubigerageje byose nkuko twabiteguye muri iyi nkuru […]
Ntukwiye gutungurwa n’imihango. Dore ibyakwereka ko ugiye kuyijyamo
Burya umukobwa cyangwa umugore uri hafi kujya mu mihango ,hari ibimenyetso bishobora kumwereka ko icyo gihe cyegereje ,ibyo bigaterwa n’impinduka zigaragara mu mubiri ,ahanini ari nk’intambaza y’umubiri ko imihango yegereje. ugendeye kuri ibi bimenyetso byatuma umenya uko witwara kugira ngo utazatungurwa utiteguye ,impinduka mu misemburo mu gihe cy’imihango niyo ituma ugaragaza ibi bimenyetso mu gihe […]
Abagore: Dore ibiribwa byoroheje bifasha mu kwirinda Canser y’ibere
Hari ibintu byinshi byongera ibyago byo kwibasirwa na kanseri y’ibere , harimo nk’uburyo umuntu abayeho , ndetse no kuba hari umuntu warwaye iyo kanseri mu muryango wawe , ibyo bigahuzwa n’uturemangingosano Ariko ibiribwa n’ibinyobwa turya nibyo tunywa bigira uruhare runini mu kugabanya ibyago byo kwibasirwa na kanseri cyangwa bikaba byakongera ibyago byo kwibasirwa nayo . […]
Akamaro gatangaje ka Watermelon harimo kurinda uburemba no kurangiza imburagihe ku bagabo no kongera amavangingo ku bagore
Urubuto rwa Watermelon ni rumwe mu mbuto zikungahaye ku ntungamubiri nyinhi kandi rukaba rufite akamaro karimo kuvura uburemba ku bagabo no kongera amavangingo ku bagore , si ibyo gusa kuko rwongera amazi mu mubiri , ruganatanga intungamubiri nkenerwa mu mikorere y’umubiri . Ikinyamakuru cya healthline.com kivuga ko watermelon ari urubuto rutabamo ibunure ( fats ) […]
Dore ibimenyetso 15 byagucira amarenga ko ufite Kanseri udakwiye kwirengagiza
Hari ibimenyetso bisuzugurwa na benshi , bishobora kugaragaza ko ushobora kuba ufite indwara ya kanseri , nyamara ubyitayeho byatuma wivuza ,ukanayisuzumisha bityo amahirwe yo kuba wakira akaba menshi . Indwara ya kanseri ni imwe mu ndara zihitana abantu benshi gusa kuyivuza kare bitanga amahirwe menshi yo kuba wayikira ,ariko ikibabaje nuko abantu benshi bafata umwanzuro […]
Abagore / Abakobwa: Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba urara wambaye ikariso
Abakobwa benshi bakunda kurara bambaye amakariso, kandi abahanga bavugako iyo umukobwa cyangwa umugore abikoze buri munsi atari ukuvuga ngo hari impamvu nk’umuntu ari mu mihango, ashobora kugira ingaruka mbi. Inkuru ya media254.com ivuga ko abaganga bavuga ko igits1ina gore gikenera guhumeka kugira ngo kitagira uburwayi cyangwa umuhumuro mubi. Akaba ariyo mpamvu abaganga bagira inama abagore […]
Dore amakosa ushobora gukora mu rukundo akazakugiraho ingaruka ubuzima bwawe bwose
Gukunda ni byiza kandi biranaryoha iyo ukunze ugukunda. Gusa rimwe na rimwe si ko bigenda kuko ushobora gukunda umuntu cyane ukamwimariramo nyamara we atagukunda. Ni yo mpamvu ugomba kwirinda gukora aya makosa kuko ashobora gutuma wicuza ubuzima bwawe bwose. 1. Gufuha cyane : Byabaye akarande mu Bantu ndetse benshi babigize imvugo ngo umuntu afuhira uwo […]
Abakobwa: Dore ibintu abakobwa bakora batazi ko birakaza cyane abasore bakundana
Nubwo abantu batandukanye kubera imiterere cyangwa ubuzima bwabo, ni bimwe mu bibatera kurakara ku buryo butandukanye ndetse no kurakazwa n’impamvu zitandukanye ariko abahanga mu myitwarire y’urukundo bemeza ko abahungu bari mu rukundo hari ibyo bahuriraho bibarakaza iyo bikozwe n’abakobwa bakundana. Impuguke mu gihugu cy’u Bufaransa, umuganga witwa Leleu, avuga ko nyuma yo gukora ubushakashatsi yasanze […]
Dore ibimenyetso by’ingenzi bizakwereka ko uwo ukunda atakigukunda na mba
Hari abantu benshi baba mu rukundo ariko mu by’ukuri wareba ugasanga igihe cyari kigeze ko batandukana, buri umwe agakomeza ubuzima bwe. Urubuga Elcrema rwakusanyije ibimenyetso bigaragaza ko igihe kigeze ugafata umwanzuro wo gutandukana n’umukunzi wawe. 1. Nta cyizere ukigirira umukunzi wawe Niba nta cyizere ukigira umukunzi wawe igihe kirageze ko mutandukana kuko icyizere ari ikintu […]
Dore ibyagufasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe burundu ukiturira mu munyenga
Umuntu uwo ariwe wese ufite umuntu akunda cyane kandi akaba yifuza katamutakaza. Ahorana ikibazo cyo kumenya ikintu nyakuri umukunzi we yishimira ku buryo yajya akimukorera kenshi gashoboka ngo urukundo rwabo rukure. Menya uburyo wakoresha ugatonesha umukunzi wawe binyuze mu ngingo 5 ‘The 5 love languages’. Kuri iyi Isi nta muntu utifuza gukundwa cyangwa ngo akunde […]
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki yambaweho
Impeta abenshi bazi ni iy’ugushyingirwa n’iya fiyansaye ariko mu bisanzwe abantu bambara impeta ku ntoki zose bitewe n’ubutumwa bashaka gutanga. Dore ibisobanuro by’impeta hagendewe ku rutoki uyambayeho. Igikumwe /La pouce Nk’uko uru rutoki ari runini kandi rukaba rukora buri gihe cyose izindi zikora, iyo ushyizeho impeta biba bisonura ko wigenga, utavugirwamo, kandi ko unikunda. Urukurikira […]
Abasore: Umukobwa urangwa n’iyi mico ntiyakuvuramo umugore mwiza
Abasore benshi bavuga ko batinda gushaka bitewe n’imico mibi babona ku rubyiruko rw’abakobwa bo muri iyi minsi n’ubwo nabo batari shyashya, ariko iyi mico nuyibona ku mukobwa uzatekereze kabiri mbere yo gushyingiranwa. Uko iminsi yicuma Isi ikinjira mu iterambere ridasanzwe, ni nako ibyaha byiyongera ndetse n’abantu bagatinyuka ibibi byinshi byaba byigishwa ku mbuga nkoranyambaga, cyangwa […]
Imyanya y’akazi mu karere ka Nyabihu. Deadline 7/8/2023
Infrastructure Maintenance Officer A1/A0 Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH :Deadline: Aug 7, 2023 Cashier A2 Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023 Procurement Officer Under Statute at MUHANGA DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 8, 2023 Quality Improvement Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023 ICT […]
Infrastructure Maintenance Officer A1/A0 Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH :Deadline: Aug 7, 2023
Job Description • Creates feasibility study by analyzing engineering design, conducting environmental impact studies, and assembling data • Designs construction projects by studying project concept, architectural drawings, and models • Determines project costs by calculating labor, material, and related costs • Prepares engineering design by collecting and studying reports, maps, drawings, blueprints, aerial photographs, and […]
Cashier A2 Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023
Job Description 1.Managing all the cash transactions in their place of work 2. Maintaining daily account of the daily transactions 3. Checking the daily cash balance 4. Interacting with the customers that come to the counter 5.Guiding and solving queries of customers 6. Checking for the price on the price list correctly 7. Providing training […]
Procurement Officer Under Statute at MUHANGA DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 8, 2023
Job Description To participate in Developing bid document Participate in the tender Committee meeting for tender process (Bids opening and tender Evaluation up to final contract) Preparing monthly/Annually Execution Procurement report and submit to Concerned institutions such as RPPA, District Taking tender minutes and report to the President of Tender committee and […]
Quality Improvement Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023
Job Description • Ensure coordination and monitoring of the Quality Improvement Plans, QI trainings and the effective implementation With QI committee, develop District Hospital action plan for quality improvement • Coaching of the Quality Management representatives and focal person in the different service areas • With QI committee, develop the capacity on quality improvement of […]
ICT Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023
Job Description – Installing and configuring computer hardware operating systems and applications; – Monitoring and maintaining computer systems and networks; – Talking staff/clients through a series of actions either face to face or over the telephone to help set up systems or resolve issues; – Troubleshooting system and network problems and diagnosing and solving hardware/software […]
IT/MIS Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT : Deadline: Aug 3, 2023
Job Description – Maintain and update the MIS of the District; – Maintain and update, in collaboration with the Land Survey/GIS Officer, the link between the MIS and GIS systems; – Carry out data analysis in GIS and survey of properties; – Support the construction review team in MIS analysis; – Provide data, in collaboration […]
Public Relations and Communication Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT HEALTH : Deadline: Aug 7, 2023
Job Description • Organize good communication between hospital and other external institutions/companies. • Develops and puts in place communication campaigns and institution strategies. • Represents the institution in discussions with public departments, special interest groups, and other organizations. • Responds to media and public enquiries. • Arranges interviews with media outlets. • Organize and mobilize […]
Construction Permitting Officer Under Statute at NYABIHU DISTRICT :Deadline: Aug 3, 2023
Job Description – Take active part in the planning and or review of the District Specific Master Plan and co-supervise and inspect its implementation; – Prepare, in collaboration with any other involved staff, construction permits to be issued by the District; – Supervise contractors’ engineering work to ensure value for money and compliance with the […]
Accountant Under Statute at NYABIHU DISTRICT : Deadline: Aug 3, 2023
Job Description – Keep and update the books of accounts of the Sector; – Impute budgetary expenditures and file all supporting documents related to these operations; – Verify whether disbursements initiated take into account priorities of the Sector and respect financial procedures; – Carry out periodic bank accounts reconciliation; – Carry out the management and […]
Ingaruka mbi ziterwa no kurya umunyu mwinshi harimo n’urupfu nibimenyetso byakwereka ko umunyu umaze kuba mwinshi mu mubiri
Nubwo bwose umubiri wa muntu ukenera umunyu ngo ubashe gukora neza ,ariko kuwurya ari mwinshi cyane bitera ibygao bikomeye birimo no kuba wapfa ,bikakongerera ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara zikomeye nka Hypertension ,indwara z;umutima ,kwingirika kw’impyiko n’umwijima n’ibindi .. Umubiri w’umuntu mukuru ukenera umunyu ungana n’akayiko gato kakandi k’icyayi ku munsi ,ubwo ukaba ungana na […]
Uko wakoresha urunyanya mu kurinda uruhu rwawe kwangirika no guhura n’ibibazo bitandukanye
Ushobora gukoresha inyanya mu kuvura uruhu ndetse no mu kururinda indwara zitandukanye zifata uruhu ,mu nyanya dusanga ibyitwa lycopene bfite ubushobozi bwo kuvura uruhu no mu gutuma uturemangingo tw’uruhu tugira ubuzima . Gukoresha urunyanya nka face mask nabyo bituma uruhu rwo mu maso rworoha ,rukamera neza , intungamubiri ndetse na aside dusanga mu runyanya ni […]