Uncategorized Urukundo

Dore ibintu bishimisha cyane abakobwa ku buryo ubimukoreye umwigarurira wese

Umukobwa uri mu rukundo afite umusore yihebeye ntabwo agoye iyo bigeze ku ngingo yo kwishima. Nk’uko benshi bakunze kubivuga bati ”Abakobwa bashimishwa n’utuntu duto” koko nibyo ntibaba babeshye kuko ibyishimo byabo bituruka ku bikorwa bito ndetse bitanagoye gukora. Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rwatangaje ko abasore bakunze kwigora bagakora ibintu bibavuna cyangwa bihenze baziko […]

Uncategorized Urukundo

Umugabo ari mu gahinda nyuma yo gusanga mu bana 3 umugore we yabyaye umwe gusa ari we we

Umugabo witwa Ijimakiwa Dayo ukomoka muri Nigeria, yarize ayo kwarika nyuma yo gukoresha ikizamini cya DNA n’abana be,agasanga umugore we yarabyaye abana 2 hanze akamubeshya ko ari abe. Nyuma y’imyaka 12 abana n’umugore we,Dayo yafashe umwanzuro wo kujya gukoresha ibizamini bya DNA ngo arebe ko abana batatu yareraga ari abe kuko yakekaga umugore we ko […]

Uncategorized Urukundo

Dore ibintu bitangaje utari uzi ku mukobwa ugira isoni

Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira. Kuba mu rukundo n’umukobwa ugira isoni rero bishobora kukubera byiza cyane igihe wabashije kwisanisha nawe kandi ukumva iyo myitwarire ye cyane ko iba itandukanye n’iy’abandi bakobwa basanzwe.Dore ibyo ukwiye kumenya ku mukobwa ugira isoni. […]

Utuntu n'utundi

Niger: Abasirikare bahiritse ubutegetsi biyongera ku baturanyi babo bo muri Mali na Bourkina Faso

Abasirikare bo muri Niger muri Afurika y’uburengerazuba batangaje kuri televiziyo y’igihugu ko bahiritse ubutegetsi. Bavuze ko basheshe itegekonshinga, bahagarika inzego zose ndetse bafunga imipaka y’igihugu. Perezida wa Niger Mohamed Bazoum ku wa gatatu yafunzwe n’abasirikare bo mu mutwe umurinda. Amerika yamusezeranyije “ubufasha budatezuka”, mu kiganiro yagiranye kuri telefone na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken. […]

Imyidagaduro

Ubukene bushobora gutuma Rayon Sports ikora impinduka ikomeye ku munsi w’Igikundiro(Rayon Day)

Bitewe n’ikibazo cy’amikoro adahagije mu kipe ya Rayon Sports, bishobora kuyikururira kuzakina na Police FC ku munsi w’Igikundiro uzwi nka “Rayon Day.” Kuko yo nta by’imirengera yasaba. Mbere y’uko umwaka w’imikino mu mupira w’amaguru mu Rwanda utangira, ikipe ya Rayon Sports irabanza ikerekana abakinnyi izakoresha muri uwo mwaka w’imikino. Iyi kipe ibikora ibicishije mu cyiswe […]

uko wakwivura ibiheri byo mu bwanwa
Indwara & Imiti

Dore uburyo bwiza bwo kwivura ibiheri byo mu bwanwa, mu nsya no mu ncakwaha ukoresheje imiti wikoreye

Imiburu cyangwa ibiheri biza nyuma yo kogoshwa ni ikibazo gihangayikisha abantu bose muri rusange, ikunze kuza nyuma y’iminsi micye umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe bwaba ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha. Gusa abo bikunze kuzahaza cyane ni abagabo mu bwanwa dore ko uruhu rwo ku itama rudakomeye nk’urwo ku mutwe. Ibiheri byo mu bwanwa hari n’igihe biba […]

Utuntu n'utundi

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku cyemezo cy’Ububirigi buherutse kwanga Amb. Karega

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yagize icyo atangaza nyuma y’uko Ubwami bw’u Bubiligi bwanze kwemeza Vincent Karega nka Ambasaderi u Rwanda rwari rwagennye kuruhagararira muri icyo gihugu. Yolande Makolo aganira na The New Times ko “Bibabaje kuba guverinoma y’u Bubiligi isa n’iyagendeye ku gitutu cya Guverinoma ya RDC ndetse n’izengezamatwara ry’imiryango n’impirimbanyi zihakana […]

Uncategorized Urukundo

Imitoma wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwiyumvamo

Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe. Imitoma ihebuje wabwira umukunzi wawe Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero inshuti yawe yatangiye kwiheba biturutse ku miterere y’umubiri wayo uzamenye uko ubyitwaramo. Aya magambo ashobora kugufasha gutuma umukunzi […]

x-46.jpg
Imyidagaduro

Lionel Messi akomeje guca ibintu muri Inter Miami irimo kukubata amakipe itababarira – AMAFOTO

Umunyabigwi muri Ruhago y’Isi ,Lionel Messi yongeye gufasha ikipe ye ya Inter Miami yo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika kugera ku itsinzi , binezeza ibyamamare bitandukanye byari byitabiriye uyu mukino. Mu ijoro ryakeye rishyire kuri uyu wa Gatatu,saa saba n’iminota 30 kuri DRV PNK Stadium ikipe ya Inter Miami yakiraga Atlanta mu mikino ya […]

Uncategorized Urukundo

Igitera abantu kumatana igiye batera akabariro n’icyo wakora igihe bikubayeho

Si ubwa mbere wumvise inkuru y’abantu bamatanye igihe bari mu gikorwa cy’imibonano dore ko byigeze kubaho mu mujyi wa Kigali aho havuzwe inkuru y’umugabo wigeze guhura n’impanuka yo kumatana n’umugore bateraga akabariro i Gikondo. Iyi nkuru yahuruje abantu batabarika baje kureba ayo mahano, bituma ndetse polisi ihaguruka ijya kurinda umutekano w’abavugwaga ko bamatanye n’uwabari bahuruye […]

Uncategorized Urukundo

Umugabo yashizemo umwuka nyuma yo kunywa imiti yongera akanyabugabo mu gutera akabariro

Polisi ya Uganda ivuga ko umugabo wafashe imiti itera akanyabugabo mu gihe cyo gutera akabariro yaje gupfira iruhande rw’umukunzi we. Byabereye mu gace ka Bukedi South mu karere ka Busia aho umugabo w’imyaka 30 wamenyekanye ku mazina ya Ouma Justus, wari umumotari yapfiriye mu nzu zicumbikira abagenzi zizwi nka ‘lodge’. Uyu mugabo ni uw’ahitwa Buwaya, […]

Imyidagaduro

Kiyovu Sports yakoreye gapapu Rayon Sports iyitwara umukinnyi ukomeye yashakaga

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze kugura rutahizamu w’Umurundi, Richard Kirongozi Bazombwa wakiniraga ikipe ya Bumamuru FC yo mu Burundi. Kirongozi w’imyaka 23 y’amavuko asanzwe akinira Intamba Mu Rugamba z’u Burundi, gusa afite inkomoko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musore utaha izamu aciye ku ruhande rw’ibumoso, mu mwaka ushize w’imikino yatowe mu […]

2-434.jpg
Imyidagaduro

Kiyovu Sports yerekanye ibihanyaswa 7 imaze kugura, Umunyemari Juvenal yongera kwikomanga ku gituza – AMAFOTO

Nyuma y’uko Kiyovu Sports ikoze impinduka zikomeye igasezerera abari abakinnyi n’abayobozi bayo yerekanye abakinnyi barindwi bashya, izakoresha mu mwaka w’imikino utaha. Umuhango wo kwerekana aba bakinnyi wabereye ku Biro by’iyi kipe mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kabiri, tariki 25 Kamena 2023. Aba bakinnyi berekanwe na Perezida wa Kiyovu Sports […]

Utuntu n'utundi

Umwana yakubiswe n’umwarimu wamufashe akopera bimuviramo urupfu

Umunyeshuri wo mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye muri Kenya biravugwa ko yishwe n’inkoni z’umwarimu we nyuma yo kumufatana ikayi ari gukopera ikizamini cya physics. Polisi yo mu gace kitwa Tinderet mu ntara ya Nandi muri Kenya iri gukora iperereza ku rupfu rw’umunyeshuri witwa Kelvin Kiptanui wigaga kuri Chemase Secondary School. Amakuru atangwa n’aba baporisi […]

Utuntu n'utundi

China: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yirukanwe shishi itabona

Mu Bushinwa, Ministri w’Ububanyi n’amahanga Qin Gang yakuwe ku mirimo ye asimbuzwa Wang Yi yari yarasimbuye kuri uwo mwanya. Nta cyatangajwe cyerekeye impamvu y’izo mpinduka. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na ministeri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri mu masaha yaho, ntiryavuze impamvu Qin yakuwe ku mirimo ye. Gusa izi mpinduka zije nyuma […]

Utuntu n'utundi

Algerie: Inkongi y’umuriro yatawe n’ubushyuhe bwinshi ikomeje guhitana benshi

Muri Alijeriya abahitanywe n’inkongi y’umuriro yibasiye ibice binyuranye byo muri icyo gihugu bamaze kugera kuri 34, harimo abasirikare 10 nkuko bitangazwa na ministeri y’umutekano mu gihugu. Abazimya umuriro bagera mu 8,000 ni bo bahanganye n’inkongi y’umuriro mu bice 7 bitandukanye by’igihugu nkuko bitanganzwa na ministeri y’umutekano muri Alijeriya. Abantu bagera ku 1,500 ni bo bamaze […]

Uncategorized Urukundo

Dore ibimenyetso byakwereka ko uwo mukundana mwabaye mahwi(Mukwiranye)

1. Reba niba mwizerana. Ntibihagije kuba wizera uwo ukunda ahubwo bisaba ko ureba niba nawe akwizera kuko ni inkingi ikomeye urukundo rwubakiraho. Urugero rw’icyizere mugirirana mu rukundo rwanyu ni rwo rubereka uko urwo rukundo murimo ruzarangira. Iyo hatabayeho kwizerana mu rukundo byanze bikunze muratandukana. 2. Muraganira mugahana amakuru. Kuganira bifite akamaro kanini mu rukundo kuko […]

Utuntu n'utundi

Ruhango: Urupfu rw’umubyeyi washizemo umwuka avuga ngo “mwa bagabo mwe mwandetse” rukomeje kuba amayobera

Abaturage bo mu Mududugu wa Kageyo, Akagari ka Ntenyo mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, ntibavuga rumwe ku rupfu rw’umugore witwa Uwizeyimana Gaudance wapfitriye mu Marembo y’inzu yari atuyemo. Uyu mubyeyi yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2023. Abaturage bavuga ko yishwe n’abadayimoni kuko yasohotse mu nzu yari atuyemo avuga […]

Utuntu n'utundi

Umugabo yaguze indaya ngo bajye kwishimishanya ibyo yamukoreye ni agahomamunwa

Umugabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri Kenya nyuma y’aho araranye n’umukobwa w’ikizungerezi.amwiba amafaranga yose yari afite kuri Banki. Uyu mugabo avuga ko umukobwa w’ahitwa Kisii muri Kenya witwae Ann Kwamboka,yamuguze ngo bararane hanyuma uyu mukobwa amwiba amafaranga yari afite. Uyu mugabo avuga ko yamuzanye mu rugo rwe ngo bishimishe atazi ko ari umujura ruharwa. […]

Utuntu n'utundi

Mushiki w’umugabo wishe ababyeyi ba Uwacu Julienne muri Jenoside yatawe muri yombi

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore witwa Nzitukuze Pascasie akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gukingira ikibaba musaza we, ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko mu kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne. Uwo mugabo yitwa Nsabimana Ildephonse uzwi ku izina rya Ntabarimfasha, amaze iminsi imbere y’ubutabera akurikiranyweho kuba yaragize uruhare mu kwica […]

Ubuzima

Dore ibimenyetso warebesha amaso ukamenya ko umukobwa afite amazi menshi

Ubushakashatsi bugaragaza ko mu gutera akabariro, umugore ufite amazi menshi ari ingenzi cyane, kuko utayafite yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mu buryo bworoshye. . Umukobwa ufite amazi menshi . Umukobwa uryoshya mu busaswa Mu mibonano, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande […]

Indwara & Imiti

Ukibona ibi bimenyetso uzihutire kwisuzumisha indwara z’umutima kuko ushobora kuguhitana utabizi

Indwara z’umutima ziratandukanye, ndetse zose ntizivurwa kimwe ariko nyinshi zihuza ibiziranga ndetse n’ibimenyetso. Ni ngombwa kwihutira kwisuzumisha kwa muganga igihe ubonye bimwe mu bimenyetso, kuko bizagufasha kuvurwa vuba ndetse no kwitabwaho hakiri kare. Kumenya ibi bimenyetso bizagufasha gutahura indwara z’umutima hakiri kare. Bityo umutima wawe wongere gukora akazi kawo neza. Ibimenyetso by’indwara z’umutima Iyo amaraso […]

Utuntu n'utundi

Sudani: Abantu 9 baguye mu mpanuka y’indege

Igisirikare cya Sudani cyatangaje ko indege ya gisivili yahitanye abantu icyenda harimo abasirikare bane, nyuma y’uko ikoze impanuka biturutse ku kibazo cya tekiniki. Itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Sudani, rivuga ko “indege ya gisivili yo mu bwoko bwa Antonov yakoreye impanuka ahitwa i Port Sudan Airport, bitewe n’ikibazo cya tekiniki, igahitana abantu 9 harimo n’abasirikare 4. […]

Uncategorized Urukundo

Bavumbuye ko bafitanye isano bamaze kubyarana

Umugore aherutse uko yavumbuye ko umugabo we bashakanye bafitanye isano nyamara yaramaze kumutera inda bitegura kubyara. Madamu Marcella Hill yatangarije kuri TikTok ko we n’umugabo we bamenye ko bafitanye isano bari gushaka izina ry’umwana wabo biteguraga. Ati “Twari twicaye mu ruganiriro turi gushaka izina ry’umwana twiteguraga kwibaruka,twiyemeza gushakira ku bantu bo mu miryango yacu. Uyu […]

nyrass.jpg
Utuntu n'utundi

Senateri Nyirasafari Espérance yasabye imbabazi Perezida Kagame nyuma yo gukora Amahano

Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirasafari Espérance, yitandukanyije n’imyumvire n’imigirire nk’iyerekeye “Iyimikwa ry’Umutware w’Abakono’’, anasaba imbabazi Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda, ku bwo kwitabira uwo muhango ndetse n’abandi bayobozi bawitabiriye bakomeje gusaba imbabazi. Tariki 9 Nyakanga 2023 ni bwo mu Murenge wa Kinigi ho mu Karere ka Musanze habaye umuhango wo kwimika Umutware w’Abakono. Witabiriwe […]

Utuntu n'utundi

Kayonza: Abagabo 3 barakekwaho kwica mugenzi wabo barimo basangira

Abaturage batatu bo mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwica umusore w’imyaka 28 barimo basangira inzoga mu gasantere batuyemo akaza kugaragara yapfuye. Aba baturage batawe muri yombi kuri uyu wa Mbere nyuma y’aho mu Mudugudu wa Juru mu Kagari ka Juru mu Murenge wa Gahini hagaragaye umurambo […]

Utuntu n'utundi

Ku ncuro ya mbere Ukraine yabashije gutera ibisasu i Moscou mu Burusiya ikoresheje Drone

U Burusiya bwashinje Ukraine kuba inyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote cyagabwe mu murwa mukuru Moscow, zirahanurwa ariko zangiza inzu ebyiri zidatuwemo. Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko drones ebyiri zarashwe, ariko ntawe zahitanye. Ibiro ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, byatangaje ko drone imwe yaguye hafi ya minisiteri y’ingabo. Nta kintu ubuyobozi bwa Ukwaine buratangaza ku byavuzwe, […]

Imyidagaduro

Umutoza w’Amavubi yaciye amarenga yo kugenda igihe kitageze

Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer utoza ikipe y’Igihugu amavubi yaciye amarenga yo gusezera iyi kipe amasezerano ye atarangiye. Uyu Munya-Espagne w’imyaka 47 , bivugwa ko yanditse ibaruwa asaba gusesa amasezerano ye mu ikipe y’igihugu nk’umutoza mukuru ku ya 22 Nyakanga 2023. Carlos Alós Ferrer yabyemereye ikinyamakuru cya Isimbi ducyesha iyi nkuru agira ati ” turimo kuganira […]

Utuntu n'utundi

Ububirigi bwanze Amb. Karega wari washyizweho n’u Rwanda kuruhagararira muri iki gihugu

Amb.Vincent Karega,wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDC mbere y’uko yirukanwa kubera umubano mubi wavutse hagati y’ibihugu byombi yagiwe niUbwami bw’u Bubiligi bwanze kwemeza Vincent Karega nka Ambasaderi u Rwanda rwari rwagennye kuruhagararira muri icyo gihugu. Mu kwezi kwa Werurwe 2023, nibwo Karega yari yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bubiligi, asimbuye muri izo nshingano Dieudonné […]

Imyidagaduro

CECAFA Kagame Cup 2023 ntikibaye

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA) yatangaje ko irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2023 ritakibaye kubera ko nta gihe gihagije cyo kuritegura. Kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi Mukuru wa CECAFA, Auka Gecheo, yavuze ko iri rushanwa rihuza amakipe meza mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba no Hagati ryasubitswe kubera andi marushanwa menshi ya […]