Dore bimwe mu bintu abakobwa bakunze kugira urwitwazo mu gihe basuye abasore ariko badashaka ko baryamana. 1. Imirimo myinshi Umukobwa udashaka gusura umuhungu kubera kwanga ko baryamana aba afite impamvu nyinshi zituma atava murugo iwabo, ariko birangira umusore amwemeje ko agomba kumusura iyo rero aje, biba ari ukuhikoza avugako afite ibintu byinshi byo gukora mu […]
Author: badmin
Mabuja twasambanaga mu gitondo Databuja akijya mu kazi akanyishyura. Umusore yatunguranye
Nyandwi Joseph ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Kiyumba. Ni umwana wa 7 mu muryango w’abana 7 ariko utaragize amahirwe yo kumenya se kuko nyina umubyara yari yaramubyaranye n’undi mugabo utari uw’isezerano, ibi byaje no kumuviramo kuva mu ishuri akiri muto aza kwisanga ari gukora akazi ko mu […]
Dore imitoma 10 wabwira umukunzi wawe mbere y’uko aryama akanezerwa cyane
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza. Aya magambo meza 10 y’urukundo nuyabwira umukunzi wawe agiye kuryama cyangwa muryamye mwembi azasinzira neza . […]
Abasore: Dore ibintu abakobwa bahora bifuza mu buzima bw’urukundo bwabo. Ubikoze ntawagusimbura
Urukundo rumeze nkururabyo bisaba ko umuntu arwuhira umunsi ku wundi kandi ibyo umuntu arukoramo nibyo biruha kuramba, ku bakobwa hari ibyo bahuriyeho usanga buri wese aba yifuza ku mukunzi we mbere ndetse na nyuma y’uko babana bakabaho ubuzima bwishimye. 1. Kumuganiriza mu mvugo nziza Igitsina gore cyangwa se abagore muri rusange ni abantu bakunda kwitabwaho […]
Abakobwa: Dore ibyagufasha guhitamo neza hagati y’abasore 2 bagukunda
Bijya bibaho ko umukobwa yisanga mu gihirahiro yarabuze amahitamo bitewe no kuba afite abasore babiri bamukunda kandi nawe akaba yumva abakunze. Gusa kuko biba atari byiza ko ukomeza kubabeshya bose, uba usabwa gukora amahitamo ugafata umwe. Tugiye kurebera hamwe bimwe mu byagufasha guhitamo uzakurinda kwicuza nkuko urubuga Elcrema rwandika ku mibanire n’urukundo cyabitangaje: 1. Gisha […]
Abasore: Dore impamvu utari uzi zishobora gutuma umukobwa agutera indobo nyamara yari kugukunda
Mu buzima bwacu bwa buri munsi nta gishimisha nko gukunda ugakundwa kuko uba wumva uri mu munezero no mu munyenga. Nyamara nubwo bimeze bityo hari gihe bibaho ko uwo wari wizeyeho urukundo arukwima cyangwa se akakwihinduka ku munota wa nyuma. Guterwa indobo (nkuko ari ryo zina byabatijwe) birababaza kandi bigashengura umutima bikarushaho kuba bibi cyane […]
Dore ibintu bishobora kwangiza urukundo kabone n’ubwo rwaba rukomeye rugasenyuka burundu
Zimwe mu mpamvu abantu badashobora gukeka zoroheje zishobora gutuma urukundo rwari rukomeye rwangirika aho gukomeza gushinga imizi. 1. Kudohoka ku kwiyitaho Igihe cyose uri mu rukundo uba ugomba gushyira imbaraga mu kwiyitaho. Niba umuntu agukunze abona umeze neza, ugira isuku, wambara neza, uba ugomba gukomerezaho aho kudohoka ngo wicupize. Uba ugomba kwereka umukunzi wawe ko […]
Dore ibimenyetso byakwereka ko urukundo rwanyu nta hazaza rufite
Bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko urukundo urimo rutazamara kabiri bikanagufasha kumenya umwanzuro wa nyawe ukwiye gufata. 1. Ntiwizera umukunzi wawe/Ntumwiyumvamo Icyizere no kwiyumvanamo hagati y’abakundana n’ibintu by’ingenzi cyane mu rukundo. Kuba rero utazi neza niba umukunzi wawe agukunda by’ukuri, kuba utazi neza uko agufata, kuba ushidikanya niba ari wowe wenyine akunda, n’ibindi bisa nabyo bishobora […]
Abasore: Dore uko wamenya umukobwa ugukunda by’ukuri ukaba wanamurongora
Kuri iki gihe biragoye kumenya umukobwa ugukunda by’ukuri cyangwa se ufite ikindi agushakaho gusa iyo washishoje biroroshye cyane kumenya umukobwa ugukunda by’ukuri ugendeye ku bimenyetso bikurikira. 1. Agukunda uko uri Ahanini umukobwa utagukunda urukundo nyarukundo,aba afite ikintu runaka agakurikiyeho. Haba umutungo,amafaranga menshi uhembwa cyangwa winjiza,imibereho myiza ufite,umuryango wifashije cyangwa ukize,…Umukobwa ugukunda by’ukuri agukundira uko uri. […]
Impamvu zituma kenshi umusore atarongora umukobwa bakundanye igihe kirekire
Abantu benshi bakunze kwibaza impamvu abantu bakundanye igihe kirekire batabana bakayoberwa ikibitera gusa hari impamvu zishobora gutuma umusore mwakundana igihe kirekire atififuza kukugira umugore kandi wabonaga agukunda by’ukuri. 1.Urugo ntirwubakirwa kubwiza by’inyuma Hari inyigo yakoze igaragaza ko iyo umuhungu n’umukobwa bakundanye, umukobwa ari mwiza (akurura buri wese) mu rukundo rwabo baba bishimye. Gusa John T. […]