bananas 1024x750
ImirireUbuzima

Dore impamvu ukwiye kujya urya umuneke nibura umwe buri munsi

Umuneke urakundwa cyane ariko nawo ni ingenzi.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya impamvu ukwiriye kwibanda kuri wo ukayirya buri munsi. Mu buzima bwa buri munsi bwa muntu, habamo gukunda ibisa neza, ibiryohereye cyangwa ibihuje n’ibyiyumviro bye.Imineke iza ku mwanya wa mbere mu mbuto zikunda n’abantu mu ngeri zose , haba abana, abakuze n’urubyiruko.None se ni kuki […]

Imirire

Imimaro 10 yo kurya urusenda ku mubiri w’umuntu harimo kurinda indwara z’umutima na Cancer

Kurya urusenda bifite akamaro ku mubiri wa muntu ,burya urusenda si ikirungo gusa ahubwo runakungahaye ku ntungamubiri nkenerwa ku mubiri wa muntu zirimo n’amavitamini . Urusenda rugira akantu gakerera cyangwa gasharirira umuntu ururya ,rwajya no mu maso hakakuryaryata n’amarira akisuka , urusenda rushibora gukorwamo agafu ,kaminjirwa mu biryo ,ushobora kurwotsa cyangwa rugategurwa nkuko urusenda rw’akabanga […]

Imirire

Abagore: Dore ibiribwa byoroheje bifasha mu kwirinda Canser y’ibere

Hari ibintu byinshi byongera ibyago byo kwibasirwa na kanseri y’ibere , harimo nk’uburyo umuntu abayeho , ndetse no kuba hari umuntu warwaye iyo kanseri mu muryango wawe , ibyo bigahuzwa n’uturemangingosano Ariko ibiribwa n’ibinyobwa turya nibyo tunywa bigira uruhare runini mu kugabanya ibyago byo kwibasirwa na kanseri cyangwa bikaba byakongera ibyago byo kwibasirwa nayo . […]

Imirire

Akamaro gatangaje ka Watermelon harimo kurinda uburemba no kurangiza imburagihe ku bagabo no kongera amavangingo ku bagore

Urubuto rwa Watermelon ni rumwe mu mbuto zikungahaye ku ntungamubiri nyinhi kandi rukaba rufite akamaro karimo kuvura uburemba ku bagabo no kongera amavangingo ku bagore , si ibyo gusa kuko rwongera amazi mu mubiri , ruganatanga intungamubiri nkenerwa mu mikorere y’umubiri . Ikinyamakuru cya healthline.com kivuga ko watermelon ari urubuto rutabamo ibunure ( fats ) […]

Imirire

Ingaruka mbi ziterwa no kurya umunyu mwinshi harimo n’urupfu nibimenyetso byakwereka ko umunyu umaze kuba mwinshi mu mubiri

Nubwo bwose umubiri wa muntu ukenera umunyu ngo ubashe gukora neza ,ariko kuwurya ari mwinshi cyane bitera ibygao bikomeye birimo no kuba wapfa ,bikakongerera ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara zikomeye nka Hypertension ,indwara z;umutima ,kwingirika kw’impyiko n’umwijima n’ibindi .. Umubiri w’umuntu mukuru ukenera umunyu ungana n’akayiko gato kakandi k’icyayi ku munsi ,ubwo ukaba ungana na […]

Imirire

Ibiribwa bifasha mu kongera imbaraga mu gutera akabariro

(Hari umukunzi wacu wifuje kumenya ibiribwa umuntu yafata bikongera ubushake n’imbaraga byo gukora imibonano cyangwa gutera akabariro) Igisubizo: Impuguke mu by’ubuzima zihamya ko kongera amasohoro no kugira amasohoro afite ubuzima byongera amahirwe yo kubyara, usibye kuba byongera umunezero hagati y’umugabo ugeze igihe cyo kurangiza mu mibonano mpuzabitsina (agasohora) n’uwo bari kuyikorana. Amasohoro menshi agaragaza ko […]

Imirire

Dore uko wagabanya umubyibuho ukabije ukoresheje Tungurusumu

Tungurusumu ishobora gukoreshwa mu kugabanya umubyibuho ukabije cyangwa ibiro by’umurengera , ku muntu wifuza kugabanya ibiro yifashishije ibintu kamere , tungurusumu ni amahitamo meza . Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Times of India kivuga ko tangawizi igira uruhare runini mu kugabanya ibiro by’umurengera ndetse no mu kurinda ko umubiri wapfukiranwa n’ibinure. Nanone Tungurusumu ishobora gukoreshwa n’umuntu […]