Umutoza wa APR FC, Darko Novic yavuze ko abakinnyi b’abanyamahanga iyi kipe yaguze bari hasi mu buryo bw’imbaraga, ubu bamwe bamaze kugera ku rwego rwiza. APR FC muri uyu mwaka w’imikino yaguze abakinnyi bashya barindwi, gusa ntabwo umutoza arabakoresha ngo abahe umwanya uhagije.Darko Novic yavuze ko bagize ikibazo cy’uko abanyamahanga baje nyuma batatangiranye n’abandi, ndetse […]
Imyidagaduro
Umukinnyi umutoza Robertinho yifuza ngo atsinde APR FC yamenyekanye
Umutoza wa Rayon Sports, Robertihno akigera muri iyi kipe ya Rayon Sports yatangaje ko iyi kipe idafite abakinnyi cyane cyane ba rutahizamu bashobora kugeza ikipe kure cyangwa ngo babashe guhangana na Apr Fc. Uyu mutoza yavuze ko iyi kipe igomba kwigomwa ikagura abakinnyi bakomeye ndetse ko niyo baba bahenze ntakibazo ariko ikipe ikabona abakinnyi buzuza […]
Jacky wiyiziho kunezeza umugabo bahuye yameneye ibanga abagabo bifuza kumushaka
Umunyarwandakazi Uwase Jacky wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga zidandukanye nka Jacky, yongeye kurikoroza nyuma y’igihe kinini bivugwa ko yabaye umurokore (yitonze) nk’uko yabivugaga, aho yatangaje ko akunda kwambara ubusa ndetse ngo n’umugabo uzaza kumushaka abimenye ko ari ibintu akunda kandi ko atabimukuraho. Uyu mukobwa ukunda gutigisa imyidagaduro ya hano mu Rwanda, yabitangarije mu kiganiro kirambuye […]
Alyn Sano yavuze ku mashusho amaze iminsi acicikana yatamye ashinjwa gukora ibimenyetso by’ubusambanyi mu ruhame
Alyn Sano uherutse kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, yigaramye amashusho yari amaze iminsi asakazwa ku mbuga nkoranyambaga ubwo yamamazaga indirimbo ye nshya ‘Head’ mu buryo benshi batatinye guhamya ko yakoraga ibimenyetso by’ubusambanyi. Mbere gato ko indirimbo ye ‘Head’ ijya hanze, habanje gusohoka amashusho y’uyu mukobwa asanga umusore mu cyumba akamupfukama hagati y’amaguru. Ni amashusho Alyn Sano […]
Inkumi y’ikimero yashimagije Diamond nyuma y’agahigo bageranyeho
Malaika Salatis uri mu bakobwa bamaze gukorana n’abahanzi bakomeye, wanagize uruhare mu gutuma Diamond Platnumz agira indirimbo bwa mbere yo ku giti cye yagejeje abayirebye Miliyoni 100 kuri YouTube, yarase amashimwe uyu muhanzi w’icyamamare mu Karere. Tariki ya 25 Gashyantare 2020 ni bwo Diamond Platnumz yashyize hanze indirimbo yise “Jeje” igaragaramo Malaika Salatis uba ukaraga […]
Umutoza Robertinho yahiye ubwoba kubera abakinnyi yasanze muri Rayon Sports
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo [Robertinho], yatangaje ko ahangayikishijwe n’ikipe ubu afite, avuga ko afite impungenge zuko itatwara Shampiona cyangwa ngo itsinde Apr Fc. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino wa Gicuti Rayon Sports yakinnyemo na Muhazi United bikarangira Rayon Itsinze Muhazi igitego kimwe ku busa (1-0). Uyu mutoza yavuze ko hari imyanya […]
Nyina wa Vava(Dorimbogo) yahishuye amagambo ababaje yamubwiye mbere yo gupfa
Umuririmbyi Nsengiyumva Valantine wamamaye nka Dorimbogo , yatabarutse mu masaha y’Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024.Ni inkuru yabaye inca mu gongo ku bantu bose , haba umuryango we ndetse n’abafana be na cyane ko yari umuhanzi ufite indirimbo zikunzwe n’abatari bake. Ubwo Umunyamakuru wa Impanuro TV yaganiraga n’umuryango wa Dorimbogo [Nyina […]
Yari yarahanuriwe ko azakenyuka. Ibitazibagirana kuri Dorimbogo uheruka kwitaba Imana
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye inkuru y’incamugongo yavugaga ko Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka ‘Vava’ cyangwa se ‘Dorimbogo’ yitabye Imana azize uburwayi. Ni inkuru yatunguye benshi bamwe babanza kwanga kubyemera bavuga ko ‘byaba ari ugutwika’ nk’uko bamwe bajya bahimba inkuru kuri izi mbuga, ariko abandi bavuga ko […]
Indirimbo Dore Imbogo ya nyakwigendera Vava wari uzwi nka Dorimbogo, igiye kuzuza abayirebye million 1
Kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru ko Vava wamenyekanye nka Dorimbogo yitabye Imana azize uburwayi, aho yaguye mu Bitaro bya Kibuye mu karere ka Karongi, ndetse akaba yashyinguwe kuri uyu wa 29 Nyakanga 2024. Uyu Mudamu wakunzwe na benshi, yatabarutse asize abana babiri b’abahungu aho umwe afite imyaka 11 undi akaba afite […]
Umukino wa Super Cup uzahuza Police FC na APR FC ntukibereye kuri Sitade Amahoro
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze kumenyesha Police FC na APR FC ko umukino wa Super Cup uzabera kuri Kigali Pelé Stadium. Igikombe kiruta ibindi mu gihugu (Super Cup) gihuza ikipe yatwaye shampiyona (uyu mwaka ni APR FC) n’ikipe yatwaye igikombe cy’Amahoro (uyu mwaka ni Police FC). Byari byitezwe ko uyu mukino ugomba kubera […]
Rayon Sports itegereje umukinnyi wari usanzwe akina i Burayi
Rayon Sports itegereje rutahizamu w’umunya-Senegal wakiniraga FK Příbram yo muri Czech Republic, Fall Ngagne. Uyu rutahizamu w’imyaka 24 yari asoje amasezerano ye muri FK Příbram yo mu cyiciro cya kabiri muri Czech Republic akaba ategerejwe mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabiri. Fall Ngane akaba yarakiniye amakipe atandukanye nka […]
Nyiransengiyumva Valentine wamamaye nka Dorimbogo yashyinguwe
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Vava Dorimbogo mu muziki yashyinguwe. Uyu mukobwa yitabye ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024 azize uburwayi aguye mu bitaro bya Kibuye. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024 ni bwo yasezeweho bwa nyuma ndetse aranashyingurwa iwabo muri Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo akagari ka Kibogora mu mudugudu wa […]
Muhire Kevin yavuze kuri Robertinho bandikanye amateka muri Rayon Sports
Muhire Kevin yavuze ko Robertinho ari umutoza mwiza uzi kubana n’abakinnyi uzafasha iyi kipe. Ni nyuma y’uko ejo hashize ari bwo yongereye amasezerano y’umwaka umwe akinira Rayon Sports akaba ari nabwo n’umutoza Robertinho na we yasinye amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza wa Gikundiro. Yagarutse muri iyi kipe asangamo Muhire Kevin bandikanye amateka bagera muri 1/4 cya […]
Nabonye abakobwa barira kubera njye, hari abamvuze neza ariko ubu ni bo bandwanya – Meddy avuga ku gukizwa kwe
Umuhanzi Ngabo Médard Jobert [Meddy] wiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yavuze ko ntacyo atabonye kugeza aho abamushyigikiraga ubu ari bo bamurwanya. Ibi byose yabigarutseho mu buhamya yatanze binyuze mu kiganiro yakoreye ’live’ kuri Instagram ye aho yagarutse ku rugendo rwe rwo gukizwa. Uyu muhanzi wari ukunzwe na benshi ubwo yafataga icyemezo cyo kureka […]
Nyuma yo gusanga igikombe cya shampiyona iheruka ari icyo yayihesheje, Robertinho yatangaje amagambo akomeye
Nyuma yo gusinya amasezerano muri Gikundiro umutoza mushya wa Rayon Sports, Robertinho yagiye kureba mu kabati asangamo igikombe cya shampiyona Rayon Sports iheruka gutwara ni icyo yayihesheje, bituma ahiga imihigo ikakaye. Yagize ati “Kugera ku biro bya Rayon Sports nkahasanga igikombe nayihesheje 2019 bintera ishema. Intego ni ugusubira mo ayo mateka no muri uyu mwaka. […]
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga muri Rayon Sports Muhire Kevin yamaze kumvikana niyi kipe maze asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Muhire Kevin usanzwe ari kapiteni wa Rayon Sports, yari ategereje ko abafana b’iyi kipe buzuza Miliyoni 40 nkuko yari yarabyumvikanye n’Ubuyobozi maze nawe agashyira umukono kumasezerano y’imyaka ibiri ari umukinnyi wa Rayon Sports. Binyuze ku muvugizi […]
Amakuru mashya ku rupfu rw’umuhanzi Dorimbogo rwababaje benshi
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024, aguye mu bitaro bya Kibuye, azize uburwayi. Amakuru yatanzwe avuga ko Valentine yari amaze igihe afite uburwayi bwatumye ajya kurwarira ku Bitaro bya Kibogora biri mu Karere ka Nyamasheke, icyakora ngo amaze kuremba nibwo yasabwe […]
Rayon Sports Day ntikibereye kuri sitade Amahoro
Umunsi wahariwe ikipe ya Rayon Sports uzwi nk’umunsi w’Igikundiro ntabwo ukibereye muri Stade Amahoro nk’uko byari byatangajwe. “Rayon Sports Day“ cyangwa “Umunsi w‘Igikundiro“, ni umunsi ngarukamwaka utegurwa n’ikipe ya Rayon Sports, ukaba uba mbere yuko umwaka w’imikino utangira. Ukorerwaho ibikorwa bitandukanye birimo kwerekana abakinnyi bashya, imyambaro izakoresha, abafatanyabikorwa, igakina umukino wa Gicuti ndetse n’ibindi. Mu […]
Rayon Sports yamaze kumvikana n’umutoza mushya
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana na Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bakunze kwita Robertinho kuyibera umutoza mukuru mu gihe cy’umwaka umwe. Amakuru InyaRwanda yamenye avuga ko Rayon Sports yamaze kumvikana na Robertinho kuyibera umutoza mukuru mu gihe cy’umwaka w’imikino wa 2024-25. Uyu mutoza wavutse mu 1960, yari amaze iminsi ari mu biganiro n’ikipe ya […]
CECAFA Kagame Cup 2024: APR FC igikombe cyayiciye mu myanya y’intoki
Ikipe ya APR FC yananiwe kwandika amateka afitwe na Rayon Sports itsindwa na Red Arrows yo muri Zambia kuri penaliti ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup ya 2024 yaberaga i Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzania. Ni umukino wakinwe kuri iki Cyumweru Saa Munani kuri KMC Stadium. Ikipe ya APR FC yari […]
Rayon Sports y’amasura mashya yananiwe kwikura imbere ya Gorilla FC
Rayon Sports yiganjemo abakinnyi bashya yanganyije na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Nyakanga 2024, hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2024/25. Ni umukino wa mbere Rayon Sports yakinnye nyuma yo gukura abakinnyi bashya no gutangira imyitozo, ukaba uwa kabiri muri ibi […]
Byabanje kugorana: ibitaravuzwe ku igenda rya Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman wakiniraga APR FC
Bidasubirwaho umunya-Sudani, Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman yamaze gusinyira Al Hilal Benghazi yo muri Libya agurishijweyo na APR FC, ibintu byabanje kugorana. Shiboub yari asigaje amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu, aho yari yayigezemo mu ntangiriro z’umwaka w’imikino wa 2023-24 asinya imyaka ibiri. Amakuru avuva ko yari yahawe ibihumbi 70 by’amadorali n’umushahara w’amadorali […]
CECAFA Kagame Cup 2024: N’ubwo APR FC yatsindwa ku mukino wa nyuma ishobora guhabwa igikombe
APR FC ni yo yatsindwa ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup ishobora kwegukana iki gikombe kuko ikipe bazahura ya Red Arrows yaje ari umutumirwa. APR FC yamaze kugera ku ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup isezereye Al Hilal yo muri Sudani kuri penaliti 5-4. Iyi kipe muri iri rushanwa rimaze iminsi […]
Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO
Joseph Kairo Wambui [Khalif Kairo] uri mu baherwe bakiri bato n’abanyempano zidasanzwe muri Kenya, umaze iminsi avugwa mu nkuru n’inkumi y’umunyarwandakazi, yamaze gushinga imizi mu bucuruzi bw’ibinyabiziga. Mu minsi micye ishize ni bwo ku mbuga n’ibinyamakuru byatangiye kubomborana kubera ubwiza bwa Huguette Umuhoza umupilote w’umunyarwandakazi. Ibi ariko bikaba byaravuye ahanini ku kuba amaze iminsi agaragara […]
Hafunzwe abafana basaga 50 ku mukino wa nyuma wa EUFA Champions League wahuje Real Madrid na Borussia Dortmund
Abafana barenga 50 baraye bafungiwe ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wahuzaga Real Madrid na Borussia Dortmund bazize guteza akavuyo bashaka kwinjira muri sitade ku ngufu. Ni mu mukino wabaye ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu Saa saa tatu z’ijoro ubera kuri Wembley Stadium yo mu gihugu cy’u Bwongereza ukaba warangiye Real Madrid […]
Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bruce Melody na The Ben yaba yabonewe umuti
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben, yatanze igisubizo cyumvikanisha ko ntacyo yarenza ku byavuzwe na mugenzi we Bruce Melodie uherutse gutangaza ko yahagaritse intambara y’amagambo yamushoyemo, yari imaze igihe ahanini biturutse ku ndirimbo ebyiri bari gukorana zitashobotse. Mu kiganiro aherutse kugirira ku rubuga rwa X [Yahoze ari Twitter], Bruce Melodie, yatangaje ko atazongera gucyocyorana […]
Umupilote w’Umunyarwandakazi akomeje kuvugisha abatari bake muri Kenya kubera uburanga bwe [AMAFOTO]
Umunyarwandakazi Huguette Umuhoza, usanzwe ari umupilote, yavugishije Abanya-Kenya amagambo menshi kubera ikimero cye kidasanzwe. Bijya gutangira,umushoramari wo muri Kenya witwa Khalif Kairo yafashe ifoto bari kumwe,hanyuma benshi amatsiko atuma abagabo bo muri iki gihugu bashakisha andi mafoto ya Huguette. Uyu mugabo yanditse ati “Nashyitse amahoro, izina rye ni Iggy. Umupilote w’indashyikirwa ukomoka mu Rwanda.’’ Abanya-Kenya […]
Bakomeje gutigisa imbuga nkoranyamba: Umuhanuzi Ganza wahoze arinda The Ben na Pasiteri Niragire wicuruzaga basezeranye – AMAFOTO
Pastor Niragire Germain wahoze akora umwuga udakiranutse w’ubusambanyi ariko akaza kwakira agakiza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umuhanuzi Tuyishime Ganza, ibintu byatigishije imbuga nkoranyambaga. Guhera ku mugoroba wa tariki ya 30 Gicurasi 2024 imbuga nkoranyambaga zatangiye kubomborana bitewe n’inkuru y’abari mu ivugabutumwa babiri bafite inkuru idasanzwe bihuje. Abo ni Tuyishime Ganza wakoze ubukwe na Pastor Germaine. Tuyishime […]
Miss Jolly yasubije ku bimaze iminsi bivugwa ko mbuga nkoranyambaga ko nta musore wo mu Rwanda uri ku rwego rwe- AMAFOTO
Miss Mutesi Jolly yateye urwenya asa n’urimo gusubiza abantu bakoreshaga amafotoye bagaragaza ko mu Rwanda ari nta musore uri ku rwego rwe. Ubusanzwe Miss Mutesi Jolly yabaye Nyampinga w’u Rwanda wa Gatanu (5) mu mateka yarwo. Ni umukobwa ukiri muto kuko yavutse mu 1996 , tariki 15 Ugushyingo. Yize amashuri abanza n’ay’inshuke mu gihugu cy’abaturanyi […]
Abandi bakinnyi babiri basezerewe mu mwiherero w’Amavubi basimbuzwa abavuye hanze
Umunyezamu Muhawenayo Gad wa Musanze FC na Dushimimana Olivier ukina asatira izamu anyuze ku mpande, bombi basezerewe mu mwiherero w’Amavubi. Aba bakinnyi basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batanu baherukaga ari bo Iradukunda Siméon, Nsengiyumva Samuel, Niyongira Patience, Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène. Ikipe y’Igihugu yatangiye umwiherero ikoresha abakinnyi biganjemo abakina imbere mu gihugu, […]