Imyidagaduro

Nyamasheke: Umugeni yasezeraniye mu bitaro nyuma yo gukora impanuka yanahitanye se

Umugeni wo mu karere ka Nyamasheke witwa Nyirandagijimana Winifride yasezeraniye mu bitaro, nyuma y’uko imodoka yari imutwaye ajya ku rusengero yakoze impanuka yaguyemo se umubyara. Byabereye mu kagari ka Rugali ho mu murenge wa Macuba, ku wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga. Impanuka yabaye ubwo ikamyo yo mu bwoko bwa Scania yavaga i Nyamasheke ijya […]

iribagiza-joy-photo-2022-08-03-12-22-987491659523114.jpg
Imyidagaduro

Abakinnyi 10 bo mu Rwanda bafite abagore b’ibizungerezi – AMAFOTO

Abakinnyi ba ruhago ni bamwe mu bantu b’ibyamamare bakundwa n’ingeri nyinshi, ahanini bitewe n’uko bagaragara kenshi kandi neza binajyanye n’uko imiterere y’imibiri yabo iba ishingiye kuri Siporo, bigatuma bishimirwa by’umwihariko n’abakobwa b’ibizungerezi. . Abakinnyi ba ruhago bafite abagore b’uburanga . Ni bamwe mu bafite abagore b’ibizubazuba Akazi gakunzwe, ubuzima bwa gisirimu ndetse n’imiterere y’abakinnyi ikurura […]

Imyidagaduro

Lionel Messi yakoze ibitangaza ku mukino wa mbere yakiniye muri USA

Umunya-Argentine Lionel Messi yafashije Inter Miami kwegukana intsinzi yo ku munota wa nyuma, mu mukino we wa mbere nk’umukinnyi w’iyi kipe yo muri shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Inter Miami yesuranaga na Cruz Azul, mu mukino wa League Cup warebwe n’ibyamamare nka LeBron James, Selena Williams na Kim Kardashian. Ni umukino wa mbere […]

33-270.jpg
Imyidagaduro

APR FC irimo abanyamahanga yakoreye imyitozo imbere y’abana ibyishimo birabarenga bacinya akadiho – AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya APR FC yakoreye imyitozo kuri Kigali Pelé Stadium, yitabirwa n’abafana benshi. Ni imyitozo yatangiye ku isaha ya saa kumi nimwe, abafana bemerewe kwinjira bakayireba ku buntu. Mbere y’uko iyi saha igera, abakunzi b’iyi kipe bari batangiye kwinjira ari benshi baje kwihera ijisho bwa mbere imyitozo y’ikipe yabo yagaruye abakinnyi […]

Imyidagaduro

Achraf Hakimi yishumbushije ikindi kizungerezi nyuma yo gukora gatanya yavugishije isi yose

Myugariro wa Paris Saint-Germain n’ikipe y’igihugu ya Morocco, Achraf Hakimi aravugwa mu rukundo n’inkumi nshya nyuma y’uko atandukanye n’umugore wa mbere,Hiba Abouk nta n’igiceri amuhaye. . Achraf Hakimi arikumwe na Belu Blanco mu biruhuko . Belu Blanco uri kuvugwa mu rukundo na Achraf Hakimi Abakinnyi b’umupira w’amaguru bakomeye ku Isi bamaze iminsi mu biruhuko nyuma […]

1689868496356-3632571689868971.jpg
Imyidagaduro

Manchester United: Harry Maguire yamaze kubona umusimbura ku bukapiteni

Ikipe ya Manchester United yatangaje kapiteni mushya ugomba kuyobora abakinnyi bagenzi be mu mwaka utaha w’imikino nyuma y’uko Harry Maguire akuweho. . Bruno Fernandes yagizwe Kapiteni mushya wa Mancheter United Mu minsi yashize ni bwo myugariro wa Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Harry Maguire abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko Erik Ten Hag […]

Imyidagaduro

Abatoza ba APR FC bahuye n’umuyobozi mukuru w’ikipe mbere yo gutangira akazi

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yakiriye abatoza bashya ba APR FC mu biro bye; bari baherekejwe na Chairman w’Ikipe, Lt Col Richard Karasira na Team Manager, Rtd Cpt Eric Ntazinda. . Abatoza ba APR FC bahuye na Lt. General Mubarakh Muganga Ku mugoroba wo ku wa Kane, Tariki ya 20 Nyakanga […]

c1-62.jpg
Imyidagaduro

Miss Muheto uherutse gushinjwa gusindira mu bukwe yagize icyo abivugaho

Nshuti Muheto Divine wabaye nyampinga w’u Rwanda muri 2022 , yahaye igisubizo abantu baheruka ku mushinja gusindira mu bukwe bw’inshuti ye magara bwabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Ubu bukwe bwavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’amasura y’ababwitabiriye, biganjemo abakobwa banyuze muri Miss Rwanda 2022. Bwari ubwa Sebihogo Kazeneza Merci wasabwe na Rukundo Nkota Elysée. Nyuma […]

Imyidagaduro

Miss Tanzania azahembwe imodoka ifite agaciro k’asaga miliyoni 140RWF

Umukobwa uzahiga abandi akegukana ikamba rya Miss Tanzania azahembwa imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz ifite agaciro ka Miliyoni 143Frw, anahabwe Miliyoni 47 Frw yo kwifashisha mu bikorwa bye bya buri munsi n’ubuzima bwe- Mbese, azatahana ibihembo bifite agaciro ka Miliyoni 190 Frw. Ibinyamakuru byo muri Tanzania birimo Daily News byifashishije amafoto agaragaza amashilingi […]

Imyidagaduro

Sadate umu-Rayon ukomeye aravugwa muri AS Kigali

Uwahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate na Nzabonimpa Jean Damascène uzwi nka Desailly, bashobora gufata inkoni yo kuyobora AS Kigali idafite umuyobozi. . Sadate yaba agiye kuyobora As Kigali Nta gihe kinini gishize, Shema Ngoga Fabrice wahoze ayobora AS Kigali, arekuye izo nshingano kubera impamvu ze bwite nk’uko yabitangaje biciye mu ibaruwa yandikiye […]

Imyidagaduro

KNC yongeye gusaba ikintu gikomeye ikipe ye ya Gasogi nyuma yo kudahirwa na Shampiyona y’umwaka ushize

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yongeye gusaba igikombe abakinnyi be ku yindi nshuro ya kenshi. . KNC yasabye Gasogi United gutwara igikombe Buri uko umwaka w’imikino ugiye gutangira, amakipe akina shampiyona y’icyiciro cya Mbere atangirana intego zitandukanye, cyane ko n’ibyo aba yashoye ku isoko biba bitandukanye. Iyo bigeze kuri Gasogi United […]

Imyidagaduro

Ikiri ku mutima wa Aline Gahongayire nyuma yo kuganira na Angeline Ndayishimiye umugore wa Perezida w’Uburundi

Aline Gahongayire ari mu byishimo bikomeye nyuma yo guhura na Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi umaze iminsi i Kigali aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Aline Gahongayire yasangije abamukurikira amafoto ari kumwe na Angeline Ndayishimiye. Mu magambo yakurikije aya mafoto, Aline Gahongayire yagize ati […]

Imyidagaduro

Byinshi kuri Florence Sifa Kalume umukinnyi ukomeye wa Basketball witabye Imana aguye muri Amerika

Abakunzi ba Basketball mu Burundi no mu Rwanda babajwe bikomeye no kumva urupfu rwa Florence Sifa Kalume batazira Dada, Umukobwa wari ufite ubuhanga butangaje mu mukino wa Basketball na football icyarimwe. Dada’ yari afite imyaka 32 na 1,70m z’uburebure, yavukiye i Bujumbura, mu myaka ishize yatangaje ko yatangiye gukina Basketball mu 2004 abyinjijwemo n’incuti ye. […]

Imyidagaduro

Yagiye kwibagisha ngo agire ubwiza bukurura abagabo ibyamubayeho ni agahomamunwa

Umugore ukomoka muri Nigeria w’imyaka 28 uzwi ku izina rya Amelia Pound yapfuye mu buryo bubabaje ubwo yari arimo kwibagisha kugira ngo abe mwiza. Uyu mugore wari wiyemeje kureba uko yagira ikibuno kinini n’ibindi bic by’umubiri bikurura abagabo,yapfiriye mu Buhindi ubwo yari ku iseta abagwa. Nk’uko amakuru yagiye hanze abitangaza, uyu mugore w’imyaka 28 ni […]

Imyidagaduro

Hamissa Mobetto agiye kurongorwa n’umugabo wamuhaye imodoka ihenze cyane

Umunyamideli akaba n’umushabitsi wo muri Tanzaniya, Hamisa Mobetto, yatangaje ko agifite ikizere cyo gushyingirwa, nubwo atarasabwa ngo anakobwe ariko icyizere cyo kiracyahari kuko akiri muto.Mobetto, ufite abana babiri harimo n’uwo yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz, yavuze ko yemera ko igihe cy’Imana ari cyo kizabigena bityo akaba agitegereje. Ati: “Nta mugore udashaka kurongora, nanjye rero ndategereje”. Mu […]

Imyidagaduro

Bakame warindiraga ikipe y’igihugu Amavubi yasezeye ku mupira

Uwari umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Ndayishimiye Jen Luc uzwi nka Bakame, yatangarije abakunzi be ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru nyuma yo guca mu makipe arimo APR FC na Rayon Sports. . Bakame yamaze gusezera kuri ruhago . Impamvu yatumye Bakame asezera kuri Ruhago Si abakinnyi benshi b’Abanyarwanda bahitamo gusezera kuri ruhago ku mugaragaro, ariko […]