Umutoza wa APR FR yavuze uko abakinnyi b'abanyamahanga bahagaze
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Umutoza wa APR FC yavuze ku bakinnyi be b’abanyamahanga batavuzweho rumwe

Umutoza wa APR FC, Darko Novic yavuze ko abakinnyi b’abanyamahanga iyi kipe yaguze bari hasi mu buryo bw’imbaraga, ubu bamwe bamaze kugera ku rwego rwiza. APR FC muri uyu mwaka w’imikino yaguze abakinnyi bashya barindwi, gusa ntabwo umutoza arabakoresha ngo abahe umwanya uhagije.Darko Novic yavuze ko bagize ikibazo cy’uko abanyamahanga baje nyuma batatangiranye n’abandi, ndetse […]

Capitaine Ibrahim Traoré
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Capitaine Ibrahim Traoré yasimbutse Coup d’Etat ya 16 yari igiye kumukorerwa

Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, ku wa Kabiri w’iki cyumweru yatangaje ko inzego z’umutekano z’igihugu cye ziheruka kuburizamo umugambi wa coup d’état, zinata muri yombi abashakaga kumuhirika ku butegetsi. Traoré yabigarutseho ubwo yari mu muhango wa gisirikare wo kuzamura amabendera (flag-raising ceremony) wabereye ku ngoro ye. Uyu musirikare yemeje amakuru avuga ko […]

Abayobozi bo hejuru muri M23 bakatiwe urwo gupfa
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Abayobozi bo hejuru muri AFC/M23 bakatiwe igihano cy’urupfu

Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya na M23 mu kurwanya ubutegetsi buriho muri Congo yakatiwe igihano cy’urupfu. Urukiko rwa gisirikare muri Congo rwakatiye igihano cy’urupfu Corneille Nangaa, Bertarnd Bisimwa n’abandi baregwaga muri urwo rubanza. Baregwa ibyaha birimo iby’intambara, ubugambanyi no kujya mu mutwe urwanya Leta. Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko ruriya rubanza […]

Impanuka ikomeye
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Huye: Habaye impanuka ikomeye cyane y’amakamyo 2

Kuri uyu wa 3 tariki ya 7 Kanama 2024, mu karere ka Huye mu Murenge wa Maraba aho bita mu ikorosi ryo kwa Rugiga, habereye impanuka ikomeye aho imodoka yari itwaye inyanya yagonganye n’impodoka yari itwaye Lisansi.Iyi modoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inyanya yavaga i Rusumo yerekeza mu karere ka Rusizi naho […]

Padiri yatawe muri yombi azira kwiba akayabo
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Padiri yatawe muri yombi akurikiranweho kwiba asaga miliyari 1RWF

Tariki ya 07 Kanama 2024, Abakozi babiri ba kiliziya gatolika barimo na padiri, barashinjwa kwiba asaga miliyari 1.7 y’amashilingi ya Tanzania [angana na 832, 424, 985 Frw], n’andi agera ku 100,000 by’amadolari y’Amerika ndetse n’andi arenze 20,000 by’amayero. Umupadiri muri Kiliziya Gatolika muri Diyosezi ya Bunda, mu Ntara ya Mara, Padiri Karoli Mganga, n’uwahoze ari […]

Inkumi yashimagije Diamond Platinumz
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Inkumi y’ikimero yashimagije Diamond nyuma y’agahigo bageranyeho

Malaika Salatis uri mu bakobwa bamaze gukorana n’abahanzi bakomeye, wanagize uruhare mu gutuma Diamond Platnumz agira indirimbo bwa mbere yo ku giti cye yagejeje abayirebye Miliyoni 100 kuri YouTube, yarase amashimwe uyu muhanzi w’icyamamare mu Karere. Tariki ya 25 Gashyantare 2020 ni bwo Diamond Platnumz yashyize hanze indirimbo yise “Jeje” igaragaramo Malaika Salatis uba ukaraga […]

Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Rwanda: Hamaze gufungwa insengero ziyinga 6000 zitujuje ibisabwa

Hamaze kubarurwa insengero zirenga 5600 hirya no hino mu gihugu zimaze gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rutangije igenzura rigamije kureba uko insengero zihagaze. RGB yavuze ko insengero n’imisigiti bitubahirije ibiteganywa n’itegeko ndetse n’amabwiriza agenga imiryango ishingiye ku myemerere bihita bihagarikwa. Bimwe mu bishingirwaho muri iri genzura, harimo kureba ko urusengero […]

Perezida Tshisekedi ararembye
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Ibivugwa: Perezida Tshisekedi arembejwe n’indwara y’umutima

Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Perezida Tshisekedi Tshilombo ari i Bruxelles mu Bubiligi, aho yagiye kwivuriza indwara y’umutima. Ni amakuru ibiro bya Tshisekedi byemeje mu itangazo byasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Nyakanga. Ni Tshisekedi wari utegerejwe mu mujyi wa Kisangani ho mu ntara ya Tshopo, […]

Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje MONUSCO
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yanyomoje ibyatangajwe na MONUSCO

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje ubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri RDC (MONUSCO) bwatangaje ko iki gihugu n’u Rwanda byasinyanye amasezerano yerekeye guhagarika imirwano. MONUSCO yabitangaje nyuma y’inama ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC ku wa Kabiri w’iki cyumweru bahuriyemo i Luanda, ku buhuza bwa Angola. Ni inama yari igamije […]

arton79647 6c4b9
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Ubushinwa bwahishuye icyo bwakuye ku kwezi

Abashakashatsi bo mu Bushinwa batangaje ko babonye ibimenyetso by’uko ku Kwezi hari amazi, bashingiye ku busesenguzi bw’utumanyu rw’urutare twakuweyo n’icyogajuru cyavuyeyo mu 2020. Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu by’Isanzure ba Leta zunze Ubumwe za Amerika mu mushinga wiswe Apollo mu myaka ya 1960 na 1970 bwagaragaje ko nta bimenyetso bihari byakwerekana ko ku Kwezi hari amazi. […]

jali
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Jali: Umugore yakubise umugabo we amumena umutwe nyuma y’uko avumbuye ibanga yari yaramuhishe

Mu mujyi wa Kigali akarere ka Gasabo umurenge wa Jali mu Kagari ka Nyakabungo, haravugwa inkuru y’umugore witwa Mukabalisa wigize ikinani akaba akubita abantu b’abagabo ndetse abenshi akabakomeretsa. Ku wa 27 Nyakanga 2024, biravugwa ko uyu mugore wikundira agatama, yakubise umugabo we akamumena umtwe akoresheje icupa ry’inzoga yo mu bwoko bwa Mützig yari akuye mu […]

vavadd
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Nyina wa Vava(Dorimbogo) yahishuye amagambo ababaje yamubwiye mbere yo gupfa

Umuririmbyi Nsengiyumva Valantine wamamaye nka Dorimbogo , yatabarutse mu masaha y’Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024.Ni inkuru yabaye inca mu gongo ku bantu bose , haba umuryango we ndetse n’abafana be na cyane ko yari umuhanzi ufite indirimbo zikunzwe n’abatari bake. Ubwo Umunyamakuru wa Impanuro TV yaganiraga n’umuryango wa Dorimbogo [Nyina […]

99b79a2cc46b88e04e2579dbcca43c
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Nabonye abakobwa barira kubera njye, hari abamvuze neza ariko ubu ni bo bandwanya – Meddy avuga ku gukizwa kwe

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert [Meddy] wiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yavuze ko ntacyo atabonye kugeza aho abamushyigikiraga ubu ari bo bamurwanya. Ibi byose yabigarutseho mu buhamya yatanze binyuze mu kiganiro yakoreye ’live’ kuri Instagram ye aho yagarutse ku rugendo rwe rwo gukizwa. Uyu muhanzi wari ukunzwe na benshi ubwo yafataga icyemezo cyo kureka […]

maxresdefault 1 2 1024x576 1 352ad
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Amakuru mashya ku rupfu rw’umuhanzi Dorimbogo rwababaje benshi

Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024, aguye mu bitaro bya Kibuye, azize uburwayi. Amakuru yatanzwe avuga ko Valentine yari amaze igihe afite uburwayi bwatumye ajya kurwarira ku Bitaro bya Kibogora biri mu Karere ka Nyamasheke, icyakora ngo amaze kuremba nibwo yasabwe […]

20240726 140232 7d102
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafatiye ibihano abantu 9 barimo umusirikare umwe wa RDF

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo abayobozi mu ihuriro AFC ribarizwamo M23 ndetse no mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Abahanwe barimo na Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda. EU mu itangazo yasohoye yemeje ko mu bo yafatiye ibihano harimo Bénjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshingwabikorwa wa […]

vih 2 8f4aa
Indwara & ImitiInkuru nyamukuruUbuzima

Inkuru nziza: Abantu 7 bakize SIDA burundu

Indwara ya Virusi itera SIDA ni imwe mu zihangayikishije isi aho yibasiye abarenga miliyoni 40. Uko ubuvuzi bugenda butera imbere ndetse n’ubushakashatsi bukiyongera, hagenda havumburwa uburyo SIDA yacika burundu. Abantu 7 bamaze kuyikira kugeza ubu nk’uko OMS yabyemeje. Kuva mu mwaka wa 1983 havumburwa icyorezo cya virusi itera SIDA, hagiye hakorwa ubushakashatsi butandukanye kuri iyo […]

arton79300 8336b
Indwara & ImitiInkuru nyamukuru

Dore ibimenyetso 6 udakwiye kwirengagiza mu buzima bwawe nubona kimwe muri byo uzihutire kujya kwa muganga

Ibimenyetso bimwe na bimwe, nko kuribwa cg ububabare butandukanye buba budasobanuye ikintu kinini mu mubiri ariko hari n’ibindi bimenyetso byerekana ko umubiri uri mu kaga. Hari indwara zizahaza umubiri zikaba zanakurura urupfu, niyo mpamvu igihe cyose ubonye ibimenyetso bidasanzwe ugomba kwihutira kugana kwa muganga utazuyaje. Nuramuka ubonye kimwe muri ibi bimenyetso uzihutire kugana kwa muganga […]

istockphoto 1406552160 612x612 134721722087484
Indwara & ImitiInkuru nyamukuru

Byinshi kundwara y’ubushita bw’inkende yageze mu Rwanda, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara z’Ibyorezo muri RBC, Dr. Edson Rwagasore, yatangaje ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo. Yabwiye […]

0709 kamala harris reuters tt 01 4381791722000414
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Harris Kamala wiyamamariza kuyobora Amerika yakoze amateka atarakorwa n’undi ku rubuga rwa Zoom

Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris uri kwiyamamariza kuba Perezida wa 47 wa Amerika, yaciye agahigo ku rubuga rwa Zoom aho inama yakoreyeho yitabiriwe abantu barenga 164,000 akaba ari bo bantu benshi bitabiriye inama imwe kuri uru rubuga rwa Zoom. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, abashyigikiye umukandida Kamala Harris baciye agahigo kuri Zoom […]

arton79457 235b0
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Perezida Museveni yaburiye urubyiruko rwa Uganda rushaka kwigana abanya-Kenya ko ruri gukina n’umuriro

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yaburiye urubyiruko rwo mu gihugu cye ruteganya gukorera imyigaragambyo mu mujyi wa Kampala, aruteguza ingamba zikakaye. Museveni yatanze uwo muburo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye. Yagize ati: “Abantu bamwe barimo abo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi bafatanyije n’abanyamahanga, barateganya guteza imvururu biciye […]

screenshot 20230923 0923202
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Perezida Ndayishimiye yifatiye ku gahanga Abarundi birirwa bapfusha ubusa interineti bandikirana za Cherie na Chouchou

Perezida w’u Burundi Varisito Ndayishimiye yikomye abaturage be bandikirana ubutumwa bugufi bwa “Cherie na Chouchou” kuri telefone zigezweho (Smart Phones) avuga ko ku bwe zikwiriye kumeneka kuko iyo internet iba ipfa ubusa. Ibi umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabigarutseho ubwo yasuraga abaturage maze akabatera igiparu cy’uko amaze gukataza mu bumenyi acyesha internet n’ubwo igenda nk’akanyamasyo mu […]

queen
Inkuru nyamukuruUbuzima

Nahuye n’umusore mu nzira aramperekeza tugeze mu rugo amfata ku ngufu, marume abimenye nawe amfata ku ku ngufu – Ibyo Queen yanyuzemo kuva afite imyaka 13 birababaje

Queen avuga ko ubwo yari afite imyaka 13 yahuye n’umusore ubwo yavaga ku ishuri amuha amafaranga 1000 ubundi amusaba ko yajya kumwereka aho aba. Ubwo bageraga mu rugo yamunywesheje ku nzoga yari afite birangira amusambanyije. Queen avuga ko ubwo yari umwana muto Se yaje kwitaba Imana bituma ubuzima bwabo butangira kugorana biza gutuma nyina afata […]

c7d7c4ac2a10eac9816b23501a3375
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Rayon Sports y’amasura mashya yananiwe kwikura imbere ya Gorilla FC

Rayon Sports yiganjemo abakinnyi bashya yanganyije na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Nyakanga 2024, hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2024/25. Ni umukino wa mbere Rayon Sports yakinnye nyuma yo gukura abakinnyi bashya no gutangira imyitozo, ukaba uwa kabiri muri ibi […]

02911ff4269698021debf9973cc5aa
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

CECAFA Kagame Cup 2024: N’ubwo APR FC yatsindwa ku mukino wa nyuma ishobora guhabwa igikombe

APR FC ni yo yatsindwa ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup ishobora kwegukana iki gikombe kuko ikipe bazahura ya Red Arrows yaje ari umutumirwa. APR FC yamaze kugera ku ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup isezereye Al Hilal yo muri Sudani kuri penaliti 5-4. Iyi kipe muri iri rushanwa rimaze iminsi […]

umuryango
Inkuru nyamukuruUbuzima

Ese koko hari ubwoko bw’amaraso(amaraso adahura) butemerera abantu kubana? Sobanukirwa

Nubwo mu nkuru zatambutse twari twarabivuzeho ariko reka twongere tuvuge by’umwihariko kuri iyi ngingo. Wabisoma hano Twibutse ko amoko cyangwa amatsinda y’amaraso ari mu byiciro byinshi ariko iby’ingenzi ni 2; hari itsinda rizwi nka ABO ari ryo ribamo amoko ya A, B, AB na O, hakaba n’itsinda rya Rhesus ariryo ribamo Rhesus positif na Rhesus negative. Itsinda rya ABO Aya […]

fecondation definition msnffhon0epd5wy0bma0zvd0tfj6su3q1khut 4532911558466221
Inkuru nyamukuruUbuzima

Dore uburyo bworoshye wakoresha ukabyara umuhungu cyangwa umukobwa bitewe n’uko ubyifuza

Ntukwiye guhangayika kuko utabyaye umukobwa cyangwa se umuhungu kandi umwifuza kuko hari uburyo bworoshye wakoresha bigatuma ubyara umuhungu cyangwa umukobwa bitewe n’uko ubyifuza. Ibintu mushobora gukora kugira ngo mubyare umwana w’igitsina mwifuza Nk’ uko bitangazwa na Magicmaman.com, bavuga ko abahanga mu by’ubuzima , icyo bagenderaho bagena igitsina umuntu azabyara ngo ni uko intanga y’umugabo izavamo […]

ubukene
Inkuru nyamukuruUtuntu n'utundi

Dore ibintu 4 abantu batitaho nyamara ari byo bibateza ubukene

Akenshi usanga abantu benshi cyane cyane urubyiruko bibaza bati “Ese nzagafata ryari?” nk’uko mu mvugo y’iki gihe bivugwa, bivuze ko umuntu akora cyane ariko ntagere ku iterambere, cyangwa akabona atagera ku byo yifuza. Hari n’igihe umuntu aba akora cyane bishoboka ariko bikarangira atakwigondera ikintu nkenerwa mu buzima. Iyo bimeze gutyo hari abavuga ko barozwe cyangwa […]

driving job image 600x300
AkaziInkuru nyamukuru

Imyanya y’ubushoferi mu bigo bitandukanye wadepozaho

Imyanya y`ubushofeli (Driver) mu mujyi wa Kigali :Deadline:Jul 10, 2024 Driver/Messenger at Grand Duchy Of Luxembourg | Kigali : Deadline: 09-07-2024 Company Driver at Gabiro Agribusiness Hub (GAH) Ltd | Nyagatare : Deadline: 15-07-2024 Driver at Nyamasheke District Under Statute: Deadline: Jul 10, 2024 Driver at Cordaid | Kigali :Deadline: 12-07-2024

106169719 gettyimages 866635964 2
Indwara & ImitiInkuru nyamukuru

Dore umwanzi ukomeye w’intanga ngabo buri mugabo wese akwiye kwirinda

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. Niba uri umugabo ukwiye […]

pilote
ImyidagaduroInkuru nyamukuru

Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO

Joseph Kairo Wambui [Khalif Kairo] uri mu baherwe bakiri bato n’abanyempano zidasanzwe muri Kenya, umaze iminsi avugwa mu nkuru n’inkumi y’umunyarwandakazi, yamaze gushinga imizi mu bucuruzi bw’ibinyabiziga. Mu minsi micye ishize ni bwo ku mbuga n’ibinyamakuru byatangiye kubomborana kubera ubwiza bwa Huguette Umuhoza umupilote w’umunyarwandakazi. Ibi ariko bikaba byaravuye ahanini ku kuba amaze iminsi agaragara […]