Inshuro nyinshi umugore ashobora kuba ataka: “Aaah”, “Ooh” ariko ibyo si byo bivuga ko umushimisha birenze mu buriri. Gusa niba uri hano ni uko usanzwe ubizi. 1. Nta kintu ajya abivugaho: Hari abagore bagira amasoni yo kugaragaza ibyiyumvo byabo mu gihe cy’akabariro gusa iyo umukoze aho ashaka umubiri wonyine urivugira. Si ngombwa ko ataka cyane, […]
Tag: akabariro
Dore ibintu bidasanzwe biba ku muntu urya amafi kenshi
Hari ibiganiro mpaka bikunze kubaho hagati y’abantu n’abandi , bigendanye n’uko hari amafunguro amwe n’amwe yongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko rero kurya amafi cyane bigirira abagabo akamaro bitewe na vitamin ziyasangwamo aribyo tugiye kurebera hamwe. Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe za […]
Sobanukirwa byinshi ku masohoro y’abagabo n’ingaruka atera ku bagore bayanywa
Ibinyamakuru binyuranye bitangaza ko amasohoro y’umubago arimo intungamubiri ku buryo byemezwa ko kuyanywa nk’uko bamwe babikora byafasha abagore kurinda imibiri yabo, nyamara abashakashatsi bibutsa ko amasohoro yagenewe kohereza intangangabo mu mugore hagamijwe kororoka, bakanagaragaza ingaruka ziba ku bagore bayanywa. Ibi byagarutsweho kenshi ko amasohoro y’abagabo agira akamaro kenshi mu mubiri w’umugore ariko atanyujijwe mu kanwa, […]
Dore impamvu ugomba guhekenya ubunyobwa mbere yo gutera akabariro, ingano wafata n’uko butegurwa
Uretse kuba ubunyobwa bukize ku ntungamubiri zikenewe ku gitsina gabo n’igitsina gore, amajwi menshi yitsa ku muco wo guhekenya ubunyobwa mbere yo gutera akabariro ku bashakanye nubwo bamwe badasobanukiwe ukuri kwabyo. Ingo nyinshi cyane cyane izimaze iminsi mike zishinzwe zikunze kuba zifite ubunyobwa bwahariwe umugabo, akaburya mbere yo kwegera umugore we yitegura kumunezeza mu buriri. […]
Dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora igihe witegura gutera akabariro
Gutera akabariro bifitiye akamaro gakomeye umubiri nko gutuma umutima ukora neza, kugabanya umunaniro ukabije, kugabanya umuhangayiko, kugabanya uburibwe mu mubiri. . Ibintu bibi ugomba kwirinda gukora mbere y’imibonano mpuzabits1na . Ntuzakore ibi bintu mbere yo gutera akabariro Nyamara hari ibikorwa bigaragara nk’ibisanzwe bishobora gutera ingaruka mbi zikomeye mu gihe bikozwe mbere cyangwa nyuma y’iki gikorwa. […]
Abagabo: Dore uko umugabo yakoresha igitunguru gitukura mu gihe cyo gutera akabariro ugatungura umugore wawe kubera uko witwaye
Nk’uko ikinyamakuru Healthline kibitangaza, igitunguru gitukura gikungahaye ku binyabutabire byongera ubushake bwo gutera akabariro, ibifasha mu ’ikorwa ry’umusemburo wa kigabo(testosterone) ndetse n’imikorere myiza y’imyanya y’ibanga y’umugabo. Abagabo bagirwa inama yo kongera iki gitunguru ku mafunguro yabo. Dore bimwe mu byo igitunguru gishobora gukora: Gutembera neza kw’amaraso: Igitunguru gitukura gikungahahe ku kinyabutabire kitwa Allicin. Iki kinyabutabire […]