Aya magambo n’uyakoresha uzabasha kwigarurira umutima w’uwahoze ari umukunzi wawe mu gihe gito kuko azamutera kwibaza no gutekereza byinshi ku rukundo rwanyu mwahoze mu kundana mu gihe mwari mukiri kumwe. Ni gute byangendekeye koko Nkakureka ukajya kure yanjye Kandi nari ngufite mu biganza byanjye. Ndifuza ko wangarukira Ariko ndabona igihe kinsiga Kuko namaze kugusezerera Urukundo […]