Perezida Kagame yavuze kuri Arsenal
Imyidagaduro

Perezida Kagame yavuze ku mukino Arsenal yanganyijemo na Manchester City

Mu kiganiro ari kugirana na Radio 10 ndetse na Royal FM, Perezida Paul Kagame yavuze ko yarebye umukino wahuje Manchester City na Arsenal afana, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa. Perezida Kagame yavuze ko nk’umufana wa Arsenal yifuzaga ko itsinda igakomeza umurongo wo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka ariko bitakunze bityo ari ukureba […]