Umugore yajyaga kwiba ahetse igipupe akabeshya ko aje gukingiza
Utuntu n'utundi

Umubyeyi yajyaga buri gihe ku kigo nderabuzima ahetse igipupe akavuga ko agiye gukingiza. Ibyabaga bimujyanye byatunguye benshi

Ku mbuga noranyambaga zitandukanye hakomeje gucicikana inkuru y’umugore wari umaze igihe kinini ahetse igipupe abeshya ko aba yaje gukingiza umwana ku Kigo Nderabuzima cya Kabarore kandi yagaba yaje kwiba abaje kwivuriza aho mu bitaro. Iyi nkuru y’uyu mugore yatangiye kumvikana inkuru y’umugore mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2024. Umwe mu babyeyi […]