Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora nabi. Ibintu […]
Tag: Indwara
Wari uzi ko kubira ibyuya byinshi ari indwara? Sobanukirwa
Kubira ibyuya byinshi biri mu bintu biba ku bantu benshi batandukanye ariko ugasanga bamwe barabifata nk’ibisanzwe hakaba n’abo bibangamira mu buryo bumwe cyangwa ubundi bitewe n’uko babira ibyuya byinshi ugasanga imyenda yabo iratose bya hato na hato bikaba ngombwa ko bayihindura mu buryo batateganije. Kubira ibyuya rero nubwo ntawe bibabaza ngo abe yakumva ababara ahantu […]
Dore indwara 25 zivurwa n’UMURAVUMBA, uko utegurwa uri buri ndwara n’ibyo kwitondera
Umuravumba ni umuti gakondo ukomoka ku bimera utangaje , umuravumba ufite ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye ,zaba indwara ziterwa n’amavirusi , indwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa bagiteri , iziterwa n’udukoko tw’imiyege ndetse nizindi nyinshi cyane . Kuva kera umuravumba wakoreshwaga n’abanyarwanda mu kwivura indwara zitandukanye ,zaba indwara zo mu nda ndetse n’indwara zo […]