akamaro ko kurya inyama z'amafi
Ubuzima

Dore ibintu bidasanzwe biba ku muntu urya amafi kenshi

Hari ibiganiro mpaka bikunze kubaho hagati y’abantu n’abandi , bigendanye n’uko hari amafunguro amwe n’amwe yongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko rero kurya amafi cyane bigirira abagabo akamaro bitewe na vitamin ziyasangwamo aribyo tugiye kurebera hamwe. Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe za […]