gutaka no kurira igihe cy'akabariro
UbuzimaUrukundo

Abagabo: Burya abagore bose barira cyangwa bataka igihe cy’akabariro siko bose baba bishimye. Dore ibyo udakwiye kwibeshyaho

Ku isi yose abagore bazwiho kurira mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina gusa ubushakashatsi bwagaragaje ko baba batarira ahubwo baba bagaragaza ibyishimo.Abagore ntabwo barira ahubwo barishima.Ibi bivugwa kubera ko hari ababigira imikino bakabikora nko kwibonekeza. Bamwe mu bagore bagize icyo bavuga kuri iyi ngingo bagaragaza neza ko urusaku rutuje bateza ruba ruturutse kubyiyumviro bafite ndetse bakaruteza nabo […]