Ubuyobozi bw’Umuryango wa SADC bwatangaje ko ingabo zawo ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba muri Mozambique mu Ntara ya Cabo Delgado, zizava muri iki Gihugu bitarenze Nyakanga mu 2024, kubera ikibazo cy’ubushobozi buke mu by’amafaranga. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Veronica Macamo,yabitangarije itangazamakuru nyuma y’ibiganiro Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi yagiranye na mugenzi we wa […]