Robertihno arifuza rutahizamu w'umugande
Imyidagaduro

Umukinnyi umutoza Robertinho yifuza ngo atsinde APR FC yamenyekanye

Umutoza wa Rayon Sports, Robertihno akigera muri iyi kipe ya Rayon Sports yatangaje ko iyi kipe idafite abakinnyi cyane cyane ba rutahizamu bashobora kugeza ikipe kure cyangwa ngo babashe guhangana na Apr Fc. Uyu mutoza yavuze ko iyi kipe igomba kwigomwa ikagura abakinnyi bakomeye ndetse ko niyo baba bahenze ntakibazo ariko ikipe ikabona abakinnyi buzuza […]

Umutoza Robertinho yemeje ko Rayon Sports afite itatwara igikombe
Imyidagaduro

Umutoza Robertinho yahiye ubwoba kubera abakinnyi yasanze muri Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo [Robertinho], yatangaje ko ahangayikishijwe n’ikipe ubu afite, avuga ko afite impungenge zuko itatwara Shampiona cyangwa ngo itsinde Apr Fc. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino wa Gicuti Rayon Sports yakinnyemo na Muhazi United bikarangira Rayon Itsinze Muhazi igitego kimwe ku busa (1-0). Uyu mutoza yavuze ko hari imyanya […]

1326ef5c3cc61f5c1a3abb4d0a4ea9
Imyidagaduro

Rayon Sports itegereje umukinnyi wari usanzwe akina i Burayi

Rayon Sports itegereje rutahizamu w’umunya-Senegal wakiniraga FK Příbram yo muri Czech Republic, Fall Ngagne. Uyu rutahizamu w’imyaka 24 yari asoje amasezerano ye muri FK Příbram yo mu cyiciro cya kabiri muri Czech Republic akaba ategerejwe mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabiri. Fall Ngane akaba yarakiniye amakipe atandukanye nka […]

rayon sports vs bugesera
Imyidagaduro

Umunyezamu wa Bugesera yaraye arira burinda bucya. Ibyavuzwe nyuma y’umukino wa Rayon Sports na Bugesera

Ikipe ya Bugesera FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera Rayon Sports iyitsinze ibitego 2-0 mu mikino yombi. Nyuma y’uyu mukino, umuzamu wa Bugesera yavuze ko ngo yaraye arira kubera ibihuha byamuvuzweho ko ngo hari amafaranga yaba yafashe ngo yitsindishe. Gahigi President wa Bugesera yemereye buri mukinnyi ibihumbi 150Rwf kubera guzezerera […]

Kayiranga Jean Baptiste
Ubuzima

Byagizwemo uruhare n’uwayoboraga Rayon Sports! Uko Kayiranga Jean Baptiste yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Kayiranga Jean Baptiste wakiniye Rayon Sports akanayitoza, yatangaje uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bigizwemo uruhare n’uwayoboraga iyi kipe muri icyo gihe. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri nyuma y’uko Umuryango wa Rayon Sports ugizwe n’Abayobozi, abakinnyi, abatoza n’abafana bakoze urugendo rwo Kwibuka, ndetse bakunamira inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, baruhukiye […]

Umutoza wa Etincelles yavuze impamvu bagomb gutsina Rayon Sports
Imyidagaduro

Umutoza wa Etincelles FC yishongoye kuri Rayon Sports bazacakirana kuri uyu wa Kane

Umutoza w’ikipe ya Etincelles FC, Bizumuremyi Radjab avuga ko umukino wa Rayon Sports uzabahuza kuri uyu wa kane, awiteguye kuruta ibindi byose bibaho ndetse akemeza ko Rayon Sports ntacyo iharanira cyatuma batayitsinda. Ati: “Rayon Sports ntacyo iharanira, twe dufite icyo duharanira kirenze igikombe, ubwo urumva ko tugiye kuwitegura kurenzi ibindi bintu byose.Ubu buri mukino nzajya […]

Perezida wa rayon sports yasubije umuyobozi wa APR fc uherutse kumwishongoraho
Imyidagaduro

Perezida wa Rayon Sports yasubije umuyobozi wa APR FC uherutse kumwishongoraho

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bubaka iyi kipe bareba urwego Nyafurika, batarajwe ishinga n’ubukeba bwo mu Rwanda nkuko hari abakeka ko iba ihanganye na APR FC. Yatangaje ibi nyuma y’iminsi ine, Chairman wa APR FC, Col Karasira avuze ko iyi Kipe y’Ingabo z’Igihugu idakwiye kugereranywa na Rayon Sports kuko ntaho zihuriye […]