Mu ntangiriro z’ukwezi gushize Corneille Nangaa ukuriye ihuriro AFC rifite umutwe wa M23 yagaragaye ku mashusho avuga ko “ingabo zanjye zafashe Shasha, kandi zizengurutse Sake”, kuva icyo gihe M23 ntirabasha gufata centre ya Sake. Kuva icyo gihe iyi ‘centre’ yakomeje kuba isibaniro ry’impande zirimo kurwana mu burasirazuba bwa DR Congo hakoreshwa cyane cyane kurasisha ibitwaro […]