Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero. Ku wa Mbere tariki ya 15 Mata ni bwo Tshisekedi yagaragaye muri kiliziya ya Notre Dame de Fatima i Kinshasa, ahaberaga misa yo gusabira Musenyeri Gérald Mulumba umaze imyaka ine apfuye. Uyu Mulumba asanzwe […]
Tag: Tshisekedi
Perezida Kagame yagaragaje impamvu zerekana ko amagambo ya Tshisekedi yo gutera u Rwanda atari imikino
Perezida Paul Kagame yagaragaje impamvu zifatika zigaragaza ko ibyo Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko azatera u Rwanda atari imikino. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC News, Perezida Kagame yatangaje ko yabonye ko ibyo Tshisekedi yavuze bitakiri imikino, ubwo [Tshisekedi] yatangiraga kwakira bamwe mu bafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u […]
Jean-Jacques Mamba yahishuye impamvu M23 itarafata Goma ndetse n’intego z’ahazaza
Jean-Jacques Mamba, wohoze ari umuvugizi w’ishyaka rya MLC ndetse n’umudepite uherutse kujya kwifatanya na Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa, mu kiganiro na mediacongo.net i Buruseli, yavuze ko yavuye muri iri shyaka kubera ko yumvaga atakiryiyumvamo kandi atagishoboye kubihisha, atanagifite ubushskae bwo gukurikira politiki itajyanye n’icyerekezo cye. Yavuze ko igihe Tshisekedi afatira ubutegetsi abinyujije mu […]
Tshisekedi ngo ababazwa cyane no kuba Perezida Kagame yubahwa n’amahanga
Perezida Tshisekedi yagaragaje ko ababazwa no kuba amahanga adafatira ibihano u Rwanda mu gihe arushinja gufasha M23 mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC ndetse yemeza ko ashengurwa no kubona Perezida Kagame yubahwa n’amahanga. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru birimo Le Monde, aho yibanze ku gusabira ibihano u Rwanda kuko ngo rufasha M23. […]
Tshisekedi yongeye gushimangira umugambi we wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi yise umutegetsi w’u Rwanda ‘Kidobya n’ Umunyabyaha wishyize hejuru’ amutega iminsi agaragaza ko yifuza ko ubutegetsi bw’u Rwanda bwavaho ngo kuko ari bwo abatuye mu bihugu byombi bazagira amahoro. Uyu mukuru wa DRC yabigarutseho mu ijambo ryagarukaga ku byaranze uruzinduko perezida wa Sudani y’Amajyepfo, Salva […]