Perezida Tshisekedi yagaragaje ko ababazwa no kuba amahanga adafatira ibihano u Rwanda mu gihe arushinja gufasha M23 mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC ndetse yemeza ko ashengurwa no kubona Perezida Kagame yubahwa n’amahanga. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru birimo Le Monde, aho yibanze ku gusabira ibihano u Rwanda kuko ngo rufasha M23. […]
Tag: U Rwanda
Umuyobozi wa MONUSCO yatangaje ko M23 irimo gufata ubutaka bunini mu buryo butigeze bubaho mbere
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) avuga ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ugenzura ku kigero kitari cyarigeze kibaho mbere”. Bintou Keita yavuze ko kuva mu Kuboza (12) umwaka ushize “imirwano yakajije umurego” mu burasirazuba bw’igihugu hagati y’ingabo za leta ya […]
Tshisekedi yongeye gushimangira umugambi we wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi yise umutegetsi w’u Rwanda ‘Kidobya n’ Umunyabyaha wishyize hejuru’ amutega iminsi agaragaza ko yifuza ko ubutegetsi bw’u Rwanda bwavaho ngo kuko ari bwo abatuye mu bihugu byombi bazagira amahoro. Uyu mukuru wa DRC yabigarutseho mu ijambo ryagarukaga ku byaranze uruzinduko perezida wa Sudani y’Amajyepfo, Salva […]