Hari ubwo abantu bazana ibiheri mu maso rimwe narimwe bakibeshya ko hari icyabarumye cyangwa ko ari ugukura cyane cyane ku bakiri bato. Burya hari ubwo usanga ibyo biheri byatewe na zimwe mu mpamvu zabaturutseho! Muri iyi nyandiko tugiye kurebera hamwe ibintu ukwiye kwirinda kugira ngo uce ukubiri no kuzana ibiheri mu maso. DORE BIMWE MUBITUMA […]