Abasore benshi bakunda gusaba abakobwa ko baryamana ariko ugasanga binubira ko abakobwa babima nyamara wareba neza ugasanga biterwa n’uburyo baba babasbyemo. Hari abasore bakora ikosa ryo gusaba umukobwa bakundana ko bakora imibonano ari uko batangiye gupanga ubukwe bibwira ko ari bwo bari bubahe byoroshye nyamara iyo usabye umukobwa mutangiye gupanga ubukwe ahita yumva ko ushaka […]