Hari abasore benshi bajya batakaza amafaranaga atagira ingano bitewe n’abakobwa baba barabiyoberanyijeho bakababeshya ko babakunda nyamara bababeshya bashaka kurya amafaranga yabo, bakigira abakunzi babo bakabasiga mu kangaratete nyuma y’uko bayabamazeho bagasigara bibaza icyabibateye kikabayobera. Abasore benshi hari igihe bagwa mu mugetego nkuwo bikaba baza bikomeye , hari nabo bigiraho ingaruka z’igihe kirekire , abajyanama mubijyanye […]
Tag: Umukobwa ukunda
Abasore: Dore amakosa utagomba kugwamo kugirango ushimishe umukobwa ukunda
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe kubera […]