Perezida Kagame yagarutseho ku mateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM aho yavuze ko icyabagoye ari ukongera gukusanya ingabo Gen Rwigema amaze gupfa hanyuma avuga ko hari n’ibirimo ibikoresho n’ibindi. Perezida Kagame yavuze ko yagombaga kugaruka ku rugamba rwo kubohora u Rwanda na mbere y’urupfu rwa Rwigema gusa […]