umusore yakuretse bucece
Urukundo

Abakobwa: Ntukwiye gukomeza guta umwanya wawe. Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umusore mukundana yakuretse bucece

Nyir’amaso yerekwa bike ibindi akibonera. Hari itandukaniro mu myitwarire y’umusore/umugabo igihe agukunda n’igihe yateshutse inzira y’urukundo mugendanamo. Iyo umugabo atagikunda umugore cyangwa umukobwa bahoze bakundana, arabigaragaza ndetse hari byinshi bihinduka kuri we. Abyerekana akoresheje ibice by’umubiri we, imyitwarire ndetse n’uburyo afata umwari bakundana cyangwa umugore we ku bashakanye. Muri iyi nkuru dukesha urubuga rwa interineti […]

umukobwa mukundana
Urukundo

Dore ibimenyetso 4 byakwereka ko umukobwa mukundana atakwitayeho ndetse atagukunda na gato

Hari abasore benshi bajya batakaza amafaranaga atagira ingano bitewe n’abakobwa baba barabiyoberanyijeho bakababeshya ko babakunda nyamara bababeshya bashaka kurya amafaranga yabo, bakigira abakunzi babo bakabasiga mu kangaratete nyuma y’uko bayabamazeho bagasigara bibaza icyabibateye kikabayobera. Abasore benshi hari igihe bagwa mu mugetego nkuwo bikaba baza bikomeye , hari nabo bigiraho ingaruka z’igihe kirekire , abajyanama mubijyanye […]

Imitoma wakoherereza umukunzi
Urukundo

Ijoro ryanjye ni wowe uryiharira – Imitoma wandikira umukunzi wawe akagukunda by’iteka

Amagambo meza cyangwa imitoma ni mugenzi w’Imana. Amagambo meza ushobora kubwira uwo wihebeye ashobora kumubera ikiraro kimugeza ku mutima wawe. Iyi nkuru yagenewe abakobwa bifuza kugumana abo bakunda. . Amagambo meza y’urukundo wabwira umukunzi wawe . Imitoma wakoresha mu gitondo ushimisha umukunzi wawe . Bwira umukunzi wawe aya magambo wirebere ngo urukundo ruragurumana Ntabwo ukwiriye […]

Ikizakubwira ko wahuye n'umusore w'ukuri kandi uzavamo umugabo nyamugabo
UbuzimaUrukundo

Abakobwa: Dore ikizakubwira ko ukundana n’umusore utari igihuha kandi uzavamo umugabo w’agatangaza

Mu bintu byagoye benshi ku Isi harimo guhitamo umukunzi wo kubana nawe ubuziraherezo. Yaba abakomeye bafite n’ubutunzi, abanyemabaraga mu myuga runaka ndetse n’abandi bahambaye mu kugira ubushobozi runaka, bahura n’iki kibazo cyo kumenya uwo bahitamo. Abantu benshi bahura n’ikibazo kibaza bati ‘ni gute namenya umuntu wa nyawe nkamuhitamo nk’umugore cyangwa umugabo tuzabana, tugatandukanya n’urupfu?’. Nubwo […]

Imitoma yatuma umugabo wawe agukunda
Urukundo

Abagore: Imitoma 10 watera umugabo wawe bigatuma agukundwakaza

Biragora cyane kugira urugo rwuje urukundo n’urugwiro. Ndetse iyo ubigezeho, ushobora guta umutwe utekereje ko uwo wihebeye ukwitaho kandi wishimira mushobora kuzaba mutakiri kumwe mu minsi iri imbere. . Ibi bintu uko ubibwira umugabo wawe ni ko arushaho kugukunda . Ibintu 10 wabwira umugabo wawe akagukunda kurushaho Rimwe na rimwe tunanirwa kwitwara mu buryo butuma […]

kukwiyumvamo
UbuzimaUrukundo

Dore ibintu byatuma umukunzi wawe akomeza kurushaho kukwiyumvamo

Kuba umuntu agukunda ni kimwe no kuba yarushaho kukwiyumvamo ni ikindi. Usanga abantu iyo bamaze kujya mu rukundo cyangwa gushakana badakomeza kwita ku byatuma urukundo rwabo rurushaho kuryoha. Hari bimwe mu bintu ushobora gukorera umukunzi wawe akarushaho kukwiyumvamo uko iminsi ishira bikaba byatuma murushaho kuryoherwa n’urukundo rwanyu. – Gusohokana kenshi gashoboka Iyo usohokanye n’umukunzi wawe […]

Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yagukunze
UbuzimaUrukundo

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yagukunze akabura uko abikubwira

Ntibikunze kubaho kuba waganira n’umukobwa akakwereka ko yakwihebeye ahubwo asa nk’ubyirengagiza akajya abikwereka mu marenga no mu bikorwa bimwe na bimwe akora agakora uko ashoboye wowe ukabona ko ari ibintu bisanzwe ariko waba uzi gusesengura ugahita umenya aho bigana. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda bimwe byanatuma arara adasinziriye kubera wowe 1.Avugana n’abandi ugasanga wowe […]

urukundo rukonje
Urukundo

Dore ibintu 5 wakora mu gihe ushaka kongera kwigarurira umutima w’umukunzi wawe mwashwanye

Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe. Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo mwakundanaga cyangwa mukundana mu gihe zimwe mu mpamvu ziteje ugukonja kwarwo cyangwa guhagarara zitaguturutseho, Biragoye kubyakira […]

impmvu ishobora gutuma uwo mwahoze mukundana akugarukira
Inkuru nyamukuruUrukundo

Dore zimwe mu mpamvu zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana akugarukira. Iya 1 n’iya 4 ni izo kwitondera cyane

Ni ibintu bisa naho bimaze kumenyerwa ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1. Irari Iyi niyo mpamvu ya mbere ituma uwo mwakundanaga cyangwa abo mwakundanaga […]