Nutangira kubona ibi bintu mu rukundo rwawe uzamenye ko rurangiye

Nutangira kubona ibi bintu mu rukundo rwawe uzamenye ko rurangiye

Iyi nkuru uyisome niba wifuza gusobanukirwa iby’urukundo.

1. ugomba kwirinda umubano ushingiye ku mibona1no mpuzabitsi1na gusa, kuko ntabwo uwo mubano uramba , niba ibyo ukora byose ari ukuryamana aho kuba mwaganira ku bintu bizabagirira akamaro ku buzima bwanyu bwejo hazaza urwo rukundo ni uguta umwanya.

2. Irinde umubano uwo ari wo wose udafite icyerekezo cyangwa intego.

3. Irinde umubano uwo ariwo wose utakuzanira ibyiza mubuzima bwawe cyangwa ubwumukunzi wawe.

4. Hunga umubano uwo ariwo wose uguha umubabaro urenze umunezero mu buzima bwawe.

5. Irinde umubano aho ukunda umuntu ariko uwo muntu agutera kutishima inshuri nyinshi kuko wenda bishobora kuba rimwe cyangwa kabiri bitamuturusteho ariko nibiba akamenyero uzabivemo hakiri kare, cyangwa mushake umuti w’icyo kibazo hakiri kare mu gihe ubonako byakemurwa bigakunda.

6. Irinde urukundo urwo arirwo rwose aho usanga uhora urwana no gukunda umukunzi wawe uzabyirinde cyane.

7. Irinde umubano aho usanga ufunzwe cyangwa ubujijwe kwishimira uburenganzira bwawe bwibanze bwa muntu. Nta mubano ugomba kukubuza uburenganzira.

8. Icy’ingenzi kandi kurusha ibindi byose. Irinde umubano uwo ari wo wose uzagutandukanya n’imana

blank

badmin

Leave a Reply