UbuzimaCenter

Amakuru y'ubuzima, indwara n'imiti

Category: Igisobanuro cy’izina

  • Barafuha cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Keila ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Barafuha cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Keila ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Izina Keila rikomoka mu rurimi rw’Igiheburayo rikaba ryarakunze no gukoreshwa cyane muri Bibiliya rigereranywa n’inyubako nini. Hari n’abavuga ko iri zina rikomoka mu rurimi rwo muri Hawaii ariko akenshi rikoreshwa mu bihugu bivuga Ururimi rw’Icyongereza. Iri zina rikunze guhabwa abana b’abakobwa ryamamaye cyane mu 2001 aho ryari irya 989 mu yari akunzwe cyane kurusha ayandi…

  • Igisobanuro cy’amazina n’imyitwarire y’abitwa: Faustin, Lydia, Jacques, Diane, Innocent, Angelique, Edmond, Grace, Charles, Rosine, Christian, Aimable, Irène, Donatien

    Igisobanuro cy’amazina n’imyitwarire y’abitwa: Faustin, Lydia, Jacques, Diane, Innocent, Angelique, Edmond, Grace, Charles, Rosine, Christian, Aimable, Irène, Donatien

    Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye….

  • Igisobanuro n’inkomoko by’izina Mike ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Igisobanuro n’inkomoko by’izina Mike ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Buri mubyeyi wese yita izina umwana we afite ibintu runaka amwifuriza kugeraho mu buzima. Nyuma yo kubona ko hari ababyeyi bita abana babo amazina batazi icyo asobanuye, InyaRwanda yatekereje kubagezaho ubusobanuro cy’amazina atandukanye. Mike ni izina rihabwa abana b’abahungu rifite inkomoko mu giheburayo ku izina Mīkhāʼēl, rikaba risobanura ikibazo kibaza ngo “ Ni nde umeze…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sonia n’uko abaryitwa bitwara

    Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sonia n’uko abaryitwa bitwara

    Akenshi usanga abantu bitwa amazina y’amanyamahanga bakunze kuba batazi aho akomoka cyangwa icyo asobanura. Ni muri urwo rwego InyaRwanda ibafasha gusobanukirwa amwe muri yo ndetse n’imiterere ikunze kuranga abantu bayitwa. Sonia, ni izina rikomoka mu rurimi rw’Ikigereki rikaba ‘ubuhanga.’ Iri zina  rikunze kumvikana mu bihugu byo Burengerazuba bwa Aziya mu bihugu nk’u Burusiya, u Buhinde…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina ISRAEL n’uko abaryitwa bitwara

    Inkomoko n’igisobanuro cy’izina ISRAEL n’uko abaryitwa bitwara

    Abantu benshi cyane bibeshya ku gisobanuro cy’izina runaka ry’umuntu bitewe ahanini n’uko bamubonye cyangwa imico runaka bamubonanye nubwo bikunze kudahura. Israel, rishobora kwitwa n’umuhungu ndetse n’umukobwa, rikaba rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo. Iri zina, rikomoka ku ijambo ry’igiheburayo, Yisrael risobanura ngo ‘Imana irihangana/ Imana itsinda.’ Mu gihe waba ushaka kubaha kwizera kwawe, aho wavukiye cyangwa…

  • Igisobanuro cy’amazina Zainab, Adeline, Noëlla, Nikita, Olga, Léonce, Jules, Olivier, Sabine na Cassandra

    Igisobanuro cy’amazina Zainab, Adeline, Noëlla, Nikita, Olga, Léonce, Jules, Olivier, Sabine na Cassandra

    Bamwe mu bakunzi bacu badusabye kubashakira ibisobanuro by’amazina: Zainab, Adeline, Noëlla, Nikita, Olga, Léonce, Jules, Olivier, Sabine na Cassandra. UbuzimaCenter ikaba igiye kuyabagezaho. . Igisobanuro cy’izina Zainab . Igisobanuro cy’izina Adeline . Igisobanuro cy’izina Noëlla Zainab ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Icyarabu rikaba risobanura “Umuhoza kandi mwiza”. Ba Zainab bakunda kurangwa no gukorana imbaraga,…

  • Igisobanuro cy’izina Eliezer n’uko ba Eliezer bitwara

    Umwe mu bakunzi bacu yaratwandikiye adusaba ko twamushakira igisobanuro cy’izina Eliezer. Ni yo mpamvu uyu munsi tugiye kubabwira byinshi kuri iri zina tuanakwibutsa ko nawe ushobora kutwandikira ubinyujije mu mwanya wagenewe ibitekerezo uri munsi y’iyi nkuru ukaba watubwira izina wifuza kumenya bisumbuyeho. Eliezer ni izina ryitwa abana b’abahungu rikaba rizwi cyane muri bibiriya. Ubusanzwe Eliezer…

  • Igisobanuro cy’izina Florence n’uko ba Florence bitwara

    Florence ni izina rifite inkomoko mu rurimi rw’ikilatini, rikunze kwitwa abantu bo mu bihugu by’i Burayi, bisobanura “kurabya kw’indabo” (blossoming). . Izina Florence risobanura iki? . Ba Florence barangwa n’iki? . Inkomoko y’izina Florence Imiterere ya ba Florence Florence ni umuntu woroshya ubuzima ndetse kubana nawe biroroshye gusa ntakunda kugaragaza amarangamutima ye inyuma, akunda mahoro…

  • Igisobanuro cy’amwe mu mazina y’Abanyarwanda n’icyagenderwaho bayita

    Aha ni ho wasangaga babita ba Ntwari, Mutunzi, Mukire, Cyogere n’andi nk’ayo wasangaga bita umwana izina ry’intwari runaka yabayeho kugira ngo na we azabe yo. Ni ho wasangaga amazina nka Ndoli, Rwabugili, Mpilimbanyi, Kamananga n’ayandi. Muri make, amazina bitaga umwana, yabaga ari ayo kumwifuriza imigisha y’uburyo bwose, kimwe n’uko umubyeyi yitanga umwana bitewe n’uburyo abayeho….

  • Igisobanuro cy’izinda Gianna ryitwa umwana w’umukobwa

    Ese waba uzi ubusobanuro bw’izina Gianna? Menya amavu n’amavuko y’iri zina rigezweho rihabwa abakobwa. . Inkomoko y’izina Gianna riharawe cyane muri iki gihe . Uko ba Gianna bitwara mu buzima busanzwe . Izina Gianna risobanura iki? Gianna ni izina riri mu rurimi rw’igitariyani (Italian) rikaba risobanura “Imana igira impuhwe’’. Iri zina ryatangiwe gukoreshwa mu mwaka…