UbuzimaCenter

Amakuru y'ubuzima, indwara n'imiti

Category: Imyidagaduro

  • Zari yahishuye ko yiteguye gushaka undi mugabo akamugereka kuri Shakib – Impamvu

    Zari yahishuye ko yiteguye gushaka undi mugabo akamugereka kuri Shakib – Impamvu

    Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana nabo bijyanye n’uko aba abona bamwikururaho. Shakib amubwira ko bitabaho, Zari akavuga ko yumva umugabo…

  • N’Golo Kante yongeye gutungurana muri Euro2024

    N’Golo Kante yongeye gutungurana muri Euro2024

    Ikipe y’u Buholandi n’u Bufaransa banganyije 0-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D, zombi zigira amanota ane atuma zikomeza kuyobora iritsinda muri Euro 2024. Ikintu cyasigaye mu mitwe ya benshi nyuma y’uyu mukino, ni umukinnyi N’golo Kanté wongeye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umukino nyamara benshi baraketse ko yarangiye nyuma yo kwerekeza muri Saudi…

  • Bunyenyezi, Linda na Kwizera mu bizungerezi biri guca ibintu muri Uganda – AMAFOTO

    Bunyenyezi, Linda na Kwizera mu bizungerezi biri guca ibintu muri Uganda – AMAFOTO

    Iyi nkuru igamije kwerekana abakobwa bari mu bihe byiza ku mbuga nkoranyambaga za Uganda, ubwiza bwabo n’imiterere bikaba bikomeje gukurura abatagira ingano. Ni abakobwa biganjemo abafite amazina ajya kumera nk’amanyarwanda. Aba bose barakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga aho ababakurikirana biyongera ubutitsa, zikabafasha kwinjiza amafaranga binyuze mu kwitabazwa no kwamamaza. Martha Khlaire Uko ateye n’uburyo asekamo,…

  • Victoria Kimani ukubutse mu Rwanda ategerejwe mu gitaramo muri Uganda

    Victoria Kimani ukubutse mu Rwanda ategerejwe mu gitaramo muri Uganda

    Victoria Kimani wo muri Kenya ari mu bahanzikazi bagwije ibigwi aho yagiye akorana n’abahanzi bakomeye bo muri Afurika no hanze yayo. Kuri ubu agiye gutaramira muri Uganda mu birori byo gusubirana kwa Blu 3. Kimani yamamaye mu bikorwa birimo nka Coke Studio akaba mu bahanzikazi bihagazeho muri Africa, akaba yarakoze indirimbo nyinshi zafashije abatari bacye…

  • Zari yahishuye igituma atabana n’umugabo we mu nzu

    Zari yahishuye igituma atabana n’umugabo we mu nzu

    Umunyamideli Zari Hassan, uri mu bagore bakize muri Africa, yatunguye ahishura ko atabana mu nzu imwe n’umugabo we Shakib Lutaaya, avuga n’impamvu yabyo. Benshi mu bantu bashakanye usanga baba bahangayikishijwe nuko bataba ahantu hamwe, gusa ibi siko bimeze kuri Zari Hassani n’umugabo we Shakib Lutaaya kuko bo bahamya ko kuba batabana ari byo bituma urukundo…

  • Umukobwa yatunguye benshi avuga impamvu akwiye gukobwa inkwano ingana na milliyali abantu barumirwa

    Umukobwa yatunguye benshi avuga impamvu akwiye gukobwa inkwano ingana na milliyali abantu barumirwa

    Uyu mukobwa witwa Ssaru wa Manyaru wo mu gihugu cya Kenya w’imyaka 21 yavuze amafaranga umugabo wese wifuza kumugira umugore akwiye gutangamo inkwano maze abantu benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga batangira kumwikoma. Mu kiganiro uyu mukobwa yagiranye na plague tv, yavuze ko agomba gukobwa inkwano ingana na milliyali yose ndetse ko umugabo cyangwa Umusore…

  • Niyonzima Olivier Sefu yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports

    Niyonzima Olivier Sefu yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports

    Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 14 Kamena, Niyonzima Olivier Seif yakoranye imyitozo na Rayon Sports yitegura APR FC ejo ku wa Gatandatu. Sefu azakina umukino wo kuri uyu wa gatandatu bazahura na APR FC mu birori bibanziriza gutaha Stade Amahoro yavuguruwe ikagirwa nshya. Sefu wakiniraga Kiyovu Sports agarutse muri Rayon Sports, nyuma…

  • Perezida wa Rayon Sports yahakanye amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bashya basinyishyije

    Perezida wa Rayon Sports yahakanye amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bashya basinyishyije

    Perezida Jean Fidèle Uwayezu yemeje ko iyi kipe koko yagiranye ibiganiro n’abakinnyi batandukanye barimo Muhadjili na Omborenga gusa kugeza uyu munsi yemeza ko ntawe bari basinyisha. IGIHE gitangaza ko Perezida Uwayezu yavuze ko bagifite iminsi yo kuvugana n’abakinnyi aho bazasubukura ibiganiro nyuma y’umukino bafitanye na APR FC kuri uyu wa gatandatu muri Stade Amahoro. Ikipe…

  • Umutoza Ten Hag yasabye ibintu bitatu bitangaje mbere yo kongera amasezerano muri Man United

    Umutoza Ten Hag yasabye ibintu bitatu bitangaje mbere yo kongera amasezerano muri Man United

    Umutoza Erik Ten Hag arashaka kwihagararaho mbere y’uko asinya amasezerano mashya muri Man United yashatse kumwirukana hanyuma ikisubiraho. Manchester United yahisemo gukomezanya n’uyu muholandi,nyuma y’uko inaniwe kubona undi mukandida uyibereye. Amakuru yavugaga ko Ten Hag azirukanwa nubwo yatwaye FA Cup ndetse nawe yari abyiteguye cyane ko ubuyobozi bwavuganye n’abandi batoza badafite akazi nka Thomas Tuchel…

  • Ese amavubi arabikora noneho? Dore icyo asabwa ngo yerekeze mu gikombe cy’isi 2026

    Ese amavubi arabikora noneho? Dore icyo asabwa ngo yerekeze mu gikombe cy’isi 2026

    Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0 cya Jojea Kwizera, yongera kuyobora Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 n’amanota arindwi. Nyuma y’imikino ine, u Rwanda ruyoboye Itsinda C ririmo Nigeria, Afurika y’Epfo, Bénin, Zimbabwe na Lesotho. Amavubi afite amanota arindwi anganya n’amakipe ya Afurika y’Epfo na Bénin. Lesotho ifite amanota atanu, Nigeria ikagira amanota…

  • Umukinnyi wa Rayon Sports wari mu bahagaze neza yamaze kwerekeza mu yindi kipe

    Umukinnyi wa Rayon Sports wari mu bahagaze neza yamaze kwerekeza mu yindi kipe

    Ikipe ya APR FC yumvikanye na Tuyisenge Arsène wakiniraga Rayon Sports ko azayikinira mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere. Ibiganiro bya nyuma hagati y’impande zombi byabaye ejo tariki ya 11 kamena nyuma ya saa sita ku cyicaro cy’ikipe ya APR FC. Tuyisenge Arsene yagaragaye ku biro by’ikipe ya APR FC ku Kimihurura mu karere ka…

  • Uwashinjwaga kwiba telefoni ya The Ben yasomewe n’urukiko

    Uwashinjwaga kwiba telefoni ya The Ben yasomewe n’urukiko

    Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwaburanishaga mu mizi urubanza Ndagijimana yaregwagamo n’Ubushinjacyaha kwiba telefone ya The Ben, icyaha cyabereye…

  • Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO

    Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO

    Joseph Kairo Wambui [Khalif Kairo] uri mu baherwe bakiri bato n’abanyempano zidasanzwe muri Kenya, umaze iminsi avugwa mu nkuru n’inkumi y’umunyarwandakazi, yamaze gushinga imizi mu bucuruzi bw’ibinyabiziga. Mu minsi micye ishize ni bwo ku mbuga n’ibinyamakuru byatangiye kubomborana kubera ubwiza bwa Huguette Umuhoza umupilote w’umunyarwandakazi. Ibi ariko bikaba byaravuye ahanini ku kuba amaze iminsi agaragara…

  • Hafunzwe abafana basaga 50 ku mukino wa nyuma wa EUFA Champions League wahuje Real Madrid na Borussia Dortmund

    Hafunzwe abafana basaga 50 ku mukino wa nyuma wa EUFA Champions League wahuje Real Madrid na Borussia Dortmund

    Abafana barenga 50 baraye bafungiwe ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wahuzaga Real Madrid na Borussia Dortmund bazize guteza akavuyo bashaka kwinjira muri sitade ku ngufu. Ni mu mukino wabaye ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu Saa saa tatu z’ijoro ubera kuri Wembley Stadium yo mu gihugu cy’u Bwongereza ukaba warangiye Real Madrid…

  • Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bruce Melody na The Ben yaba yabonewe umuti

    Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bruce Melody na The Ben yaba yabonewe umuti

    Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben, yatanze igisubizo cyumvikanisha ko ntacyo yarenza ku byavuzwe na mugenzi we Bruce Melodie uherutse gutangaza ko yahagaritse intambara y’amagambo yamushoyemo, yari imaze igihe ahanini biturutse ku ndirimbo ebyiri bari gukorana zitashobotse. Mu kiganiro aherutse kugirira ku rubuga rwa X [Yahoze ari Twitter], Bruce Melodie, yatangaje ko atazongera gucyocyorana…

  • Umupilote w’Umunyarwandakazi akomeje kuvugisha abatari bake muri Kenya kubera uburanga bwe [AMAFOTO]

    Umupilote w’Umunyarwandakazi akomeje kuvugisha abatari bake muri Kenya kubera uburanga bwe [AMAFOTO]

    Umunyarwandakazi Huguette Umuhoza, usanzwe ari umupilote, yavugishije Abanya-Kenya amagambo menshi kubera ikimero cye kidasanzwe. Bijya gutangira,umushoramari wo muri Kenya witwa Khalif Kairo yafashe ifoto bari kumwe,hanyuma benshi amatsiko atuma abagabo bo muri iki gihugu bashakisha andi mafoto ya Huguette. Uyu mugabo yanditse ati “Nashyitse amahoro, izina rye ni Iggy. Umupilote w’indashyikirwa ukomoka mu Rwanda.’’ Abanya-Kenya…

  • Bakomeje gutigisa imbuga nkoranyamba: Umuhanuzi Ganza wahoze arinda The Ben na Pasiteri Niragire wicuruzaga basezeranye – AMAFOTO

    Bakomeje gutigisa imbuga nkoranyamba: Umuhanuzi Ganza wahoze arinda The Ben na Pasiteri Niragire wicuruzaga basezeranye – AMAFOTO

    Pastor Niragire Germain wahoze akora umwuga udakiranutse w’ubusambanyi ariko akaza kwakira agakiza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umuhanuzi Tuyishime Ganza, ibintu byatigishije imbuga nkoranyambaga. Guhera ku mugoroba wa tariki ya 30 Gicurasi 2024 imbuga nkoranyambaga zatangiye kubomborana bitewe n’inkuru y’abari mu ivugabutumwa babiri bafite inkuru idasanzwe bihuje. Abo ni Tuyishime Ganza wakoze ubukwe na Pastor Germaine. Tuyishime…

  • Miss Jolly yasubije ku bimaze iminsi bivugwa ko mbuga nkoranyambaga ko nta musore wo mu Rwanda uri ku rwego rwe- AMAFOTO

    Miss Jolly yasubije ku bimaze iminsi bivugwa ko mbuga nkoranyambaga ko nta musore wo mu Rwanda uri ku rwego rwe- AMAFOTO

    Miss Mutesi Jolly yateye urwenya asa n’urimo gusubiza abantu bakoreshaga amafotoye bagaragaza ko mu Rwanda ari nta musore uri ku rwego rwe. Ubusanzwe Miss Mutesi Jolly yabaye Nyampinga w’u Rwanda wa Gatanu (5) mu mateka yarwo. Ni umukobwa ukiri muto kuko yavutse mu 1996 , tariki 15 Ugushyingo. Yize amashuri abanza n’ay’inshuke mu gihugu cy’abaturanyi…

  • Abandi bakinnyi babiri basezerewe mu mwiherero w’Amavubi basimbuzwa abavuye hanze

    Abandi bakinnyi babiri basezerewe mu mwiherero w’Amavubi basimbuzwa abavuye hanze

    Umunyezamu Muhawenayo Gad wa Musanze FC na Dushimimana Olivier ukina asatira izamu anyuze ku mpande, bombi basezerewe mu mwiherero w’Amavubi. Aba bakinnyi basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batanu baherukaga ari bo Iradukunda Siméon, Nsengiyumva Samuel, Niyongira Patience, Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène. Ikipe y’Igihugu yatangiye umwiherero ikoresha abakinnyi biganjemo abakina imbere mu gihugu,…

  • Ndimbati avuze akari imurori kubera ibyo Fridaus yatangaje. Ngo hari n’andi mabanga azamena Fridaus nakomeza kumusembura

    Ndimbati avuze akari imurori kubera ibyo Fridaus yatangaje. Ngo hari n’andi mabanga azamena Fridaus nakomeza kumusembura

    Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yasubije Kabahizi Fridaus babyaranye abana babiri b’impanga, uherutse kuvuga ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana kugira ngo amuhe amafaranga yo kumufasha kurera abana ni nyuma y’uko yakomeje kuvuga ko abantu batagira urukundo ari bo bashatse ko afungwa kugira ngo atongera gusabana n’abana be. Mu minsi yashize ni…

  • Madederi wo muri Papa Sava yahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma y’uko umusore amusabye kumusura iwe ngo amuhe akazi

    Madederi wo muri Papa Sava yahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma y’uko umusore amusabye kumusura iwe ngo amuhe akazi

    Dusenge Clenia uzwi nka Madedeli muri filime y’uruhererekane ya Papa Sava, yavuze ko hari umusore wigeze kumusaba ko yamusanga mu rugo gutora inyandiko ya filime (script), agira amakenga amusaba ko bahurira ahandi mu kwirinda ibyari gukurikiraho. Madedeli ni umwe mu bantu mbarwa bitabiriye igikorwa cyo gushima Imana cyateguwe na Clapton Kibonge warungurutse ku marembo y’urupfu…

  • Amakipe azakina umukino wa nyuma wa BAL4 yamaze kumenyekana

    Amakipe azakina umukino wa nyuma wa BAL4 yamaze kumenyekana

    Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yatsinze Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo amanota 96-86, isanga Al Ahly yo muri Libya ku mukino wa nyuma wa BAL 2024 uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 1 Kamena 2024, saa Kumi muri BK Arena. Umukino w’umwanya wa gatatu uzakinwa ku wa Gatanu, tariki 31 Gicurasi…

  • Birababaje: Nyuma yo gukina muri filimi apfa yahise apfa bya nyabyo

    Birababaje: Nyuma yo gukina muri filimi apfa yahise apfa bya nyabyo

    Umukinnyi wa filime yashyizwe mu isanduku akina filime yamusabaga kwitwara nk’uwapfuye, ariko birangira ubuzima bwe bubigendeyemo ntiyashobora gukanguka agenderako. Inkuru mbi yumvikanye mu itsinda ry’abakina filime ubwo baburaga umwe mu bakinnyi babo bakamwishyingurira babonaga ari imikino. Ubwo batangiraga gukina, yambitswe ikanzu y’umweru bambika abantu bitabye Imana, maze bamuryamisha mu isanduku bahagarara ku ruhande n’impapuro zanditseho…

  • Umugeni yataye umugabo w mu birori by’ubukwe ajya kwikorera ikizamini

    Umugeni yataye umugabo w mu birori by’ubukwe ajya kwikorera ikizamini

    Umugore wari mu birori bye byo gushyingirwa n’umugabo we bagiye kubana akaramata, yerekeje ku kigo yigagaho ajya gukora ikizamini gisoza amashuri ye mu ikanzu y’ubukwe agaragiwe n’abamwambariye. Inkuru itangaje ivuga ko umugore udasanzwe yavuye mu bukwe bwe akerekeza ahaherereye ishuri yigagamo, ajya gukora ikizamini gisoza amasomo yize, benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore…

  • Ani Elijah wifuzwa cyane n’umutoza w’Amavubi yasubiye mu mwiherero

    Ani Elijah wifuzwa cyane n’umutoza w’Amavubi yasubiye mu mwiherero

    Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yasubiye mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yitegura guhura na Bénin ndetse Lesotho mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Imikino yombi iteganyijwe mu ntangiriro za Kamena aho Bénin izakirira u Rwanda muri Côte d’Ivoire naho umukino wa Lesotho ukabera muri Afurika y’Epfo. Nubwo atari yatangajwe ku…

  • Diamond Platinumz yerekanya umukobwa wamutwaye umutima kugeza amwanditseho indirimbo – Amafoto

    Diamond Platinumz yerekanya umukobwa wamutwaye umutima kugeza amwanditseho indirimbo – Amafoto

    Ubwo yari mu gitaramo Diamond Platnumz yerekanye umukobwa bigeze gukundana aramuhobera cyane avuga ko indirimbo Kamwambie ari we yayikoreye ndetse ko yari Beyonce kuri we. Nyiri ‘Wasafi Classic Baby’ [WCB] Diamond Platnumz, yatunguye abafana be ubwo yari mu gitaramo cya Serengeti cyabereye mu Mujyi wa Dar es Saalam , ku wa 27 Mata 2024 agahamagara…

  • Umunyezamu wa Bugesera yaraye arira burinda bucya. Ibyavuzwe nyuma y’umukino wa Rayon Sports na Bugesera

    Umunyezamu wa Bugesera yaraye arira burinda bucya. Ibyavuzwe nyuma y’umukino wa Rayon Sports na Bugesera

    Ikipe ya Bugesera FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera Rayon Sports iyitsinze ibitego 2-0 mu mikino yombi. Nyuma y’uyu mukino, umuzamu wa Bugesera yavuze ko ngo yaraye arira kubera ibihuha byamuvuzweho ko ngo hari amafaranga yaba yafashe ngo yitsindishe. Gahigi President wa Bugesera yemereye buri mukinnyi ibihumbi 150Rwf kubera guzezerera…

  • Breaking News! Rayon Sports yageze ku mukino wanyuma w’igikombe cy’amahoro

    Breaking News! Rayon Sports yageze ku mukino wanyuma w’igikombe cy’amahoro

    Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro mu Bagore isezereye AS Kigali aho yayitsinze ibitego 2-0, igiteranyo kikaba 2-1 mu mikino ibiri. Igice cya Mbere cy’umukino wo kwishyura wa 1/2 mu Gikombe cy’Amahoro mu Bagore cyarangiye Rayon Sports yatsinze AS Kigali igitego 1-0. Mu Nzove, itangazamakuru ryabujijwe gufata amafoto n’amashusho by’umukino.

  • Bugesera FC isereye Rayon Sports mu gikombe cy’Amahoro igera ku mukino wa nyuma

    Bugesera FC isereye Rayon Sports mu gikombe cy’Amahoro igera ku mukino wa nyuma

    Ikipe ya Bugesera FC yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabereye mu Bugesera,iyisezerera ku kinyuranyo cy’ibitego 2-0 mu mikino yombi. Uyu ubaye umwaka w’ipfunwe kuri Rayon Sports yasezerewe muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa gisanga ikindi gitego cyatsinzwe mu mukino ubanza. Nkuko yabigenje muri 2013,Bugesera FC yatsinze…

  • Shaddyboo yavuze ko atajya ajya imbizi n’abakene anahishura impamvu

    Shaddyboo yavuze ko atajya ajya imbizi n’abakene anahishura impamvu

    Mu kiganiro yagiranye n’abakunzi be kuri X “Space”, yatangaje ko abantu badafite amafaranga bagira umushiha ku rwego rwo hejuru Shaddyboo wavugaga yisekera, yagaragaje ko mu buzima habaho abantu beza n’ababi ariko ko ngo abantu bakennye bagira umujinya n’umushiha bya hato na hato. Ati: ”Abantu benshi badafite ubushobozi bwo kubaho bwa buri munsi, bagira umushiha cyane,…