UbuzimaCenter

Amakuru y'ubuzima, indwara n'imiti

Category: Indwara & Imiti

  • Benshi bibeshya ko ari uwa amatungo gusa! Imimaro 25 y’umubirizi ku mubiri w’umuntu harimo no kuvura no kurinda indwara zikomeye

    Benshi bibeshya ko ari uwa amatungo gusa! Imimaro 25 y’umubirizi ku mubiri w’umuntu harimo no kuvura no kurinda indwara zikomeye

    Umubirizi (Vernonia amygdalina) ni igiti gifite uruhare rukomeye mu buvuzi bw’indwara y’inzoka zo mu nda ku matungo. Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira…

  • Dore uko wakoresha Uruvange rw’ubuki n’indimu mu kuvura indwara z’uruhu

    Dore uko wakoresha Uruvange rw’ubuki n’indimu mu kuvura indwara z’uruhu

    NiHari ubwo umuntu yibasirwa n’indwara z’uruhu rwo mu maso zirimo ibiheri cyangwa ugasanga afite uruhu rukanyaraye, ruvuvuka cyangwa rufite amabara ugasanga isura ye itameze neza, ariko ubuki n’umutobe w’indimu bigira uruhare rukomeye mu gukesha uruhu, ibyo byose bigakira burundu kandi mu gihe gito. Iyo ufite uruhu rwumagaye cyangwa ruvuvuka ku buryo utisiga amavuta ngo agufate,…

  • Abagabo:Dore uburyo gakondo wakoresha wivura kurangiza vuba no gucika intege igihe utera akabariro mbere y’uko utekereza imiti ya kizungu

    Abagabo:Dore uburyo gakondo wakoresha wivura kurangiza vuba no gucika intege igihe utera akabariro mbere y’uko utekereza imiti ya kizungu

    Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya kwinikiza akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa. Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri amera nk’umwana ndetse yakitwa ko agiye kubaka urugo bikaba nka ya mvugo y’ab’ubu ngo ni ukubipa….

  • Dore ingaruka ziterwa no gukoresha imiti nka “KANTA” ikoreshwa mu guhindura umusatsi umukara

    Dore ingaruka ziterwa no gukoresha imiti nka “KANTA” ikoreshwa mu guhindura umusatsi umukara

    Abantu benshi hirya no hino bakunze gukoresha imwe mu miti ihindura umusatsi ukaba umukara cyane ibi bamwe bita kanta cyangwa black shampoo mu rurimi rwamahanga. Icyakora abantu benshi ntibajya bamenya neza ko gukoresha iyo miti bigira ingaruka mbi ku muburi w’umuntu n’ubwo hari n’inziza. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mu kubacukumburira amakuru ku kamaro…

  • Dore ibintu 7 byagufasha gutandukana no kurwara ibiheri mu maso

    Dore ibintu 7 byagufasha gutandukana no kurwara ibiheri mu maso

    Hari ubwo abantu bazana ibiheri mu maso rimwe narimwe bakibeshya ko hari icyabarumye cyangwa ko ari ugukura cyane cyane ku bakiri bato. Burya hari ubwo usanga ibyo biheri byatewe na zimwe mu mpamvu zabaturutseho! Muri iyi nyandiko tugiye kurebera hamwe ibintu ukwiye kwirinda kugira ngo uce ukubiri no kuzana ibiheri mu maso. DORE BIMWE MUBITUMA…

  • Wari uziko umuti wa Paracetamol ushobora ushobora kurangiza ubuzima bwawe utabizi? Sobanukirwa

    Wari uziko umuti wa Paracetamol ushobora ushobora kurangiza ubuzima bwawe utabizi? Sobanukirwa

    Nubwo imibare igiragaza ko umubare wabantu bagura imiti yaza paracetamol mu ma farumasi ‘pharmacy’ hirya no hino ari munini cyane, dore ko iyo miti yo idasaba kuba muganga yayikwandikiye uragenda ukayigurira burigihe uyishakiye bimwe biita mu ndimi z’amahanga ‘over the counter’. Ni nako ibibazo bikomoka ku ikoreshwa ry’iyi miti rigenda rifata indi ntera cyane umunsi…

  • Dore ibintu byoroshye wakora ukaba wirinze indwara z’umutima na Stroke

    Dore ibintu byoroshye wakora ukaba wirinze indwara z’umutima na Stroke

    kwirinda stroke, umutima, umuvuduko ukabije wamaraso, ntibisaba ko utegereza kujya kwa muganga ngo bakwandikire imiti, ubushakashatsi bugaragaza ko kurya indyo zikurikira bigabanya ndetse cyane ibyago byinshi byo kuba wadwara izi ndwara. Irire ibiribwa biteguyemo ibikomoka ku ibi bikurikira. -ibihwagari -soya bean -ubunyobwa -ibinyampeke -sezame ndetse na… -imbuto za avoka Ca ukubiri na Margarine, inyama ziriho…

  • Ibipimo bishobora kwerekana ko ufite agakoko gatera SIDA kandi ntako ufite. Ese biba byagenze bite? Sobanukirwa

    Ibipimo bishobora kwerekana ko ufite agakoko gatera SIDA kandi ntako ufite. Ese biba byagenze bite? Sobanukirwa

    VIH cyangwa HIV n’ijambo rihinnye ryo mururimi rw’icyongereza (Human Immune Virus), iyi ni Virusi ihangara ubudahangarwa (T-Cells) bw’inyokomuntu ikabushegesha kugeza aho buba nntacyo bukibashije kuba bwakora mubijyanye no kukurinda izindi ndwara. Iyo udafashe imiti igabanya ubukana bw’iyi virusi ishobora gutuma ugera aho urwara SIDA, uru rukaba arirwo rwego rwanyuma rwo gushegeshwa kw’umubiri w’umuntu ufite iyi…

  • Niba ubona ibi bimenyetso ku birenge byawe bisobanuye ko ufite zimwe muri izi ndwara

    Niba ubona ibi bimenyetso ku birenge byawe bisobanuye ko ufite zimwe muri izi ndwara

    Hari uburwayi bufata ibirenge by’umuntu, ariko mu by’ukuri bikaba ibimenyetso by’izindi ndwara zo mu mubiri imbere. Muri iyi nkuru murabasha gusobanukirwa bimwe muri ibyo bimenyetso n’indwara zigendana na byo. Ni byiza kwitoza kuvumbura ibimenyetso bigaragarira ku birenge ariko bisobanura izindi ndwara zo mu mubiri ndetse rimwe na rimwe zinakomeye nka diyabete, umwingo, indwara z’umutima n’izindi….

  • Sobanukirwa indwara ya Stroke, ikiyitera, uko ivurwa n’uko wayirinda

    Sobanukirwa indwara ya Stroke, ikiyitera, uko ivurwa n’uko wayirinda

    Stroke ni indwara y’ubwonko itandura ishobora guterwa n’indwara z’umutima n’izindi mpamvu zitandukanye, ariko iyo umuntu afatiranye vuba na bwangu iravurwa igakira. Mu Kiganiro Imvaho Nshya yagiranye na Prof Mucumbitsi Joseph, umuganga uvura indwara y’umutima yasobanuye uko indwara ya stroke, uko indwara z’umutima zishobora gutera stroke n’uko yavurwa. Yagize ati: “Stroke igira ubwoko bubiri, hari igihe…

  • Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije

    Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije

    Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur Daniel Scimeca, Umuganga w’inzobere, baradusobanurira indwara ndetse n’ibibazo umubiri wawe wagira uramutse utanyoye amazi mu…

  • Indwara Y’igifu Irimo Amoko Abiri Ni Ayahe? Ni Gute Wayatandukanya?

    Indwara Y’igifu Irimo Amoko Abiri Ni Ayahe? Ni Gute Wayatandukanya?

    Indwara y’igifu ntagushidikanya abantu benshi bamaze kuyimenya kuko izahaza abantu benshi, gusa abantu benshi bahugira mu kubyita igifu gusa ariko nyamara iyo umuntu avuze ngo indwara yo mu gifu aba avuze gusa ubwoko bumwe ibyiza nuko wavuga uti indwara iterwa na aside yo mu gifu, aribyo bita Peptic ulcer disease(PUD) mururimi rw’icyongereza. Ni ibyagaciro kumenya…

  • Dore ibintu 9 byakwereka ko ufite ibyago byinshi byo kurwara umutima

    Dore ibintu 9 byakwereka ko ufite ibyago byinshi byo kurwara umutima

    Bimwe mubishyira umuntu mu byago byo kuba yarwara umutima, burya harimo ibyo wowe wakirinda ubwawe ariko kandi harimo nibyo udashobora kwirinda nyine ubwo abaganga bakora akazi kabo iyo biramutse bikugezeho, hari naho bishoboka bokaba ngombwa ko abaganga bahitamo kuguhindurira umutima bakaguha undi iyo habonetse uburyo. Dushingiye kubyashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’abanyamerika cyita ku ndwara z’umutima “AHA”…

  • Abagore: Dore ibimenyetso byakugaragariza ko urwaye Kanseri y’udusabo tw’intanga(Ovarian Cancer)

    Abagore: Dore ibimenyetso byakugaragariza ko urwaye Kanseri y’udusabo tw’intanga(Ovarian Cancer)

    Abahanga bakora ubushakashatsi bwimbitse ku ndwara ya kanseri, burya basanga kanseri ari ikintu kigari cyane kurusha uko abantu benshi babyumva ubu, ese wowe wumva kanseri iyo ariyo yose kugeza kuruhe rwego? Uyu munsi rero tugiye kubaganiriza kubimenyetso twakita ibimenyetso mpuruza bishobora kukurabura niba uri umugore cyangwa umukobwa ushobora kuba ufite kanseri y’udusabo twintanga. ibi bimenyetso…

  • Sobanukirwa byinshi ku masohoro y’abagabo n’ingaruka atera ku bagore bayanywa

    Sobanukirwa byinshi ku masohoro y’abagabo n’ingaruka atera ku bagore bayanywa

    Ibinyamakuru binyuranye bitangaza ko amasohoro y’umubago arimo intungamubiri ku buryo byemezwa ko kuyanywa nk’uko bamwe babikora byafasha abagore kurinda imibiri yabo, nyamara abashakashatsi bibutsa ko amasohoro yagenewe kohereza intangangabo mu mugore hagamijwe kororoka, bakanagaragaza ingaruka ziba ku bagore bayanywa. Ibi byagarutsweho kenshi ko amasohoro y’abagabo agira akamaro kenshi mu mubiri w’umugore ariko atanyujijwe mu kanwa,…

  • Abagabo: Dore ibimenyetso mpuruza. Ukibibona ugomba kwihutira kujya kwa muganga

    Abagabo: Dore ibimenyetso mpuruza. Ukibibona ugomba kwihutira kujya kwa muganga

    Muri kamere y’abagabo barangwa no kwihagararaho, gusa hari igihe biba ngombwa ko ukurikirana ikibazo mbere yuko amazi yarenga inkombe. mugabo wese usoma iyi nkuru ubonye kimwe mubimenyetso tugiye kukubwira, urasabwa kwihutira kureba muganga akagusuzuma ukamenya uko uhagaze hato abantu batazajya bakubona warapfuye kera. 1. KURIBWA MU MUGONGO Ubushakashati bwakorewe i Boston ho muri leta zunze…

  • Sobanukirwa Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

    Sobanukirwa Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

    Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima rya OMS rivuga ko umuntu umwe mu bantu batandatu ahitanywa na kanseri…

  • Sobanukirwa Kanseri(Canser) ya prostate, ibimenyetso byayo, uko wayivura n’uko wayirinda

    Sobanukirwa Kanseri(Canser) ya prostate, ibimenyetso byayo, uko wayivura n’uko wayirinda

    Kanseri ya porositate benshi bakunze kwita Kanseri y’amabya ni imwe muri kanseri zikomeye zihitana abagabo nyuma ya kanseri y’uruhu , ifata abagabo b’imyaka yose ariko igakunda kugaragara ku bagabo bakuze barengeje imyaka 65. Abagabo benshi bafite iyi kanseri yo bativuje hakiri kare , bahitanywa niyi kanseri , umugabo urengeje imyaka 45 aba agomba kwipimisha iyi…

  • Waba uzana amarira mu gihe uri guseka? Sobanukirwa impamvu zibitera harimo n’iz’uburwayi

    Waba uzana amarira mu gihe uri guseka? Sobanukirwa impamvu zibitera harimo n’iz’uburwayi

    Benshi ntibasobanukirwa impamvu barira igihe baseka nyamara biterwa n’impamvu nyinshi mu mubiri. Kurira igihe useka biterwa n’ikintu kitwa “Refrect Tearing”. Ni amarira yisuka igihe habayeho ibikorwa birimo kwayura, kuruka, gukorora cyane, guseka n’ibindi. Healthpointer itangaza ibintu bitatu bitera kwisuka kw’amarira igihe umuntu aseka. Impamvu ya mbere: 1. Imiyoboro y’amarira “ Tears Duct” cyangwa imiyoboro y’amarira….

  • Dore igitera kubira ibyuya nijoro n’icyo wakora igihe bikubayeho

    Dore igitera kubira ibyuya nijoro n’icyo wakora igihe bikubayeho

    Kubira ibyuya byinshi nijoro, cyangwa gututubikana birenze urugero mu gihe umuntu asinziriye, ngo bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye harimo zimwe ziba ari iz’igihe gito kandi zitanakomeye, mu gihe izindi zo zisaba kujya kwa muganga. Ku rubuga www.passeportsante, bavuga ko umuntu amenya ko agira ikibazo cyo gututubikana cyangwa kubira ibyuya byinshi bikabije nijoro, iyo biba ku buryo…

  • Dore ibintu 7 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda

    Dore ibintu 7 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda

    Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora nabi. Ibintu…

  • Wari uzi ko kubira ibyuya byinshi ari indwara? Sobanukirwa

    Wari uzi ko kubira ibyuya byinshi ari indwara? Sobanukirwa

    Kubira ibyuya byinshi biri mu bintu biba ku bantu benshi batandukanye ariko ugasanga bamwe barabifata nk’ibisanzwe hakaba n’abo bibangamira mu buryo bumwe cyangwa ubundi bitewe n’uko babira ibyuya byinshi ugasanga imyenda yabo iratose bya hato na hato bikaba ngombwa ko bayihindura mu buryo batateganije. Kubira ibyuya rero nubwo ntawe bibabaza ngo abe yakumva ababara ahantu…

  • Bivuze iki iyo imitsi yawe itangiye kumera gutya?

    Bivuze iki iyo imitsi yawe itangiye kumera gutya?

    Kimwe mu bintu bitera ubwoba abantu ni ukubona iminsi cyane iyo ku maboko itangiye gusa naho ibyimba ariko ifite ibara rijya gusa umukara. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe avuga kucyo bishatse kuvuga Niba bikugaragayeho. Inzobere zivuga ko ibi bintu bikunda kugaragara cyane ku bantu ariko ntibamenye neza icyo bivuga. Cyane abagabo…

  • Niwibonaho ibi bimenyetso uzamenye ko ushobora kuba waranduye agakoko gatera SIDA

    Niwibonaho ibi bimenyetso uzamenye ko ushobora kuba waranduye agakoko gatera SIDA

    Muri ubu buzima, abantu bagirwa inama yo kwirinda no guhora bisuzumisha.Leta y’u Rwanda isaba abantu kwigengesra cyane mu buzima bwabo kugira ngo hato batazarwara nibabimenye, niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bimenyetso bike ushobora kwibonaho ukaba waranduye SIDA bigasaba ko ugana muganga. Ni ikinkuru dukesha ibinyamakuru bikomeye byibanda ku nkuru z’ubuzima ku buryo…

  • Ese koko mu masohoro habamo vitamin B12? Ese iyi vitamini yaba itera abakobwa n’abagore gusa neza koko? Sobanukirwa

    Ese koko mu masohoro habamo vitamin B12? Ese iyi vitamini yaba itera abakobwa n’abagore gusa neza koko? Sobanukirwa

    Abantu benshi cyane cyane abana b’ingimbi n’abangavu uzasanga baba bafite amakuru ariyo cyangwa se atari yo ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. Amwe mu makuru ashyushye baba bafite nuko baba bavuga ko mu masohoro yabamo Vitamin B12. Ese koko ayo makuru afite ishingiro ? Mbere yo gusubiza iki kibazo abenshi bahora bibaza, reka tubanze dusobanure amasohoro icyo…

  • Dore zimwe mu mpamvu zishobora gutera umugabo ubugumba cyangwa kutabyara

    Akenshi iyo abantu batabyaye usanga ikibazo gihita gishakirwa ku mugore, dore ko abagabo benshi bazi ko kuba basohora bisobanuye ko bashobora no kubyara nyamara baba bibeshya kuko n’umugabo wifungishije burundu arasohora ariko ntatera inda. Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko 40% byo kutabyara hagati y’abashakanye bituruka ku bagabo naho 60% bigaturuka ku bagore. Impamvu zitera abagabo kutabyara…

  • Niba wibonaho ibi bimenyetso ihutire kwisuzumisha indwara z’umutima amazi atararenga inkombe

    Niba wibonaho ibi bimenyetso ihutire kwisuzumisha indwara z’umutima amazi atararenga inkombe

    Indwara z’umutima ziratandukanye, ndetse zose ntizivurwa kimwe ariko nyinshi zihuza ibiziranga ndetse n’ibimenyetso. Ni ngombwa kwihutira kwisuzumisha kwa muganga igihe ubonye bimwe mu bimenyetso, kuko bizagufasha kuvurwa vuba ndetse no kwitabwaho hakiri kare. Kumenya ibi bimenyetso bizagufasha gutahura indwara z’umutima hakiri kare. Bityo umutima wawe wongere gukora akazi kawo neza. Ibimenyetso by’indwara z’umutima Iyo amaraso…

  • Nubona ibi bimenyetso uzihutire kwisuzumisha agakoko gatera SIDA

    Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa. Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose byakwanga ukibuka gukoresha agakingirizo mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina n’abantu batandukanye. Kumenya uko uhagaze bigufasha kubaho…

  • Tangawizi ivanze n’ubuki ndetse n’indimu ni umuti n’urukingo rukomeye

    Tangawizi ivanze n’ubuki ndetse n’indimu ni umuti n’urukingo rukomeye

    Icyayi cya tangawizi n’indimu kizwiho kongerera umubiri ingufu, kongera ubudahangarwa bw’umubiri ndetse no gufasha mu mikorere inyuranye y’umubiri. Uruvange rwabyo rero twakita icyayi cya tangawizi n’indimu rukomatanya ibyiza bya buri kimwe nuko urwo ruvange rukaba ingenzi ku buzima bwacu bwa buri munsi. Ni gute icyayi cya tangawizi n’indimu gikorwa? Nyuma yo gucanira amazi akabira, ukataguriramo…

  • Imimaro 10 itangaje y’igikakarubamba ku mubiri w’umuntu

    Ibintu 10 by ’ingirakamaro igikakarubamba gifasha umubiri wacu. Igikakarubamba ni ikimera cyiza cyane kandi gifitiye akamaro kanini umubiri wacu. Kirimo ibinyabutabire byinshi byemejwe n’ubushakashatsi bunyuranye ko ari imiti. Igikakarubamba cyavumbuwe bwa mbere muri Sudani mu myaka isaga 6000 ishize. Ni igihingwa gikurira mu butaka bushyuha kandi bwumutse, cyane cyane muri Afurika no mu Buhinde. Igikakarubamba…