Category: Inkuru nyamukuru
-
Imyanya y’akazi 51 mu bigo bitandukanye guhera kuri A2 wasaba muri iki cyumweru tugiye gutangira
Administrative Officer job position at Visions Africa Ltd | Kigali :Deadline: 03-07-2024 Landscape Restoration Coordinator job position (Rusizi River Basin) – Fixed Term at One Acre Fund | Rusizi :Deadline: 30-06-2024 2 Job Positions of Migration Health Physician at International Organization for Migration (IOM) | Kigali :Deadline: 17-06-2024 20 Sales Personnel jop opportunity at HOMEGA…
-
Benshi bibeshya ko ari uwa amatungo gusa! Imimaro 25 y’umubirizi ku mubiri w’umuntu harimo no kuvura no kurinda indwara zikomeye
Umubirizi (Vernonia amygdalina) ni igiti gifite uruhare rukomeye mu buvuzi bw’indwara y’inzoka zo mu nda ku matungo. Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira…
-
Umugabo yamaze imyaka 11 nta mwana aza gufata umwanzuro wo kubyarirwa na murumuna we. Reba ikintu gitangaje yavumbuye nyuma
John(izina twamuhaye ku bw’umutekano we) yamaze imyaka 11 yose abana n’umugore we ariko bananirwa kubyara akana na kamwe. Bahindutse iciro ry’imigani, abaturanyi babo benshi batangira kubaseka no kubannyega. Ku bw’iyi mpamvu umugore yahoraga mu gahinda gakomeye yibaza icyo yagomeye Imana. John n’umugore we bari abakirisitu. John yari afite umuvandimwe we baturanye gusa we yari yarabyaye…
-
Niyonzima Olivier Sefu yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 14 Kamena, Niyonzima Olivier Seif yakoranye imyitozo na Rayon Sports yitegura APR FC ejo ku wa Gatandatu. Sefu azakina umukino wo kuri uyu wa gatandatu bazahura na APR FC mu birori bibanziriza gutaha Stade Amahoro yavuguruwe ikagirwa nshya. Sefu wakiniraga Kiyovu Sports agarutse muri Rayon Sports, nyuma…
-
Perezida wa Rayon Sports yahakanye amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bashya basinyishyije
Perezida Jean Fidèle Uwayezu yemeje ko iyi kipe koko yagiranye ibiganiro n’abakinnyi batandukanye barimo Muhadjili na Omborenga gusa kugeza uyu munsi yemeza ko ntawe bari basinyisha. IGIHE gitangaza ko Perezida Uwayezu yavuze ko bagifite iminsi yo kuvugana n’abakinnyi aho bazasubukura ibiganiro nyuma y’umukino bafitanye na APR FC kuri uyu wa gatandatu muri Stade Amahoro. Ikipe…
-
Umugabo yagiye gutwika urugo rw’uwari umukunzi ahura n’uruva gusenya
Umugabo yaburiwe irengero nyuma yo gutwika inzu y’uwahoze ari umukunzi we, we n’abana be bari bayirimo muri New Mexico muri Amerika. Uyu mugabo kandi yafashwe n’umuriro ku bw’impanuka ubwo yashakaga ko umutungo w’uyu wahoze ari umukunzi we uba umuyonga. Iyi videwo iherutse gusohoka vuba, gusa ibi byabaye ku ya 13 Gicurasi. Amashusho yafashwe n’umuturanyi w’uyu…
-
Ibyo wamenya kuri Amb. Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo. Mu mpinduka zakozwe harimo iya Ambasaderi Olivier Nduhungire,inararibonye mu Bubanyi n’amahanga wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane.Muri Kanama 2020 ni bwo Amb. Nduhungirehe yari yagizwe ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi. Nyuma yo guhabwa izi nshingano afitemo…
-
Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga. Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,Madamu Consolee Uwimana yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, asimbuye Dr Uwamariya Valentine…
-
Kuwa mbere taliki ya 17/06/2024 ni Konge cyangwa umunsi w’ikiruhuko
Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuwa mbere Taliki ya 17/06/2024 ari umunsi w’ikiruhuko kubera kwizihiza umunsi wa EIL AL ADHA uzaba wabaye kucyumweru Taliki ya 16/06/2024. Reba itangazo ryose.
-
Abakobwa: Ntuzemere ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we . Ibice byuzuye uburyohe ntagereranywa ku mubiri w’umugore Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku…
-
Guverinoma nshya ya Kongo yatangaje uburyo bushya izakoresha ihagarika intambara irwana n’imitwe yitwaje intwaro
Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Mu muhango wo kwemeza guverinoma nshya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kabiri, Judith Suminwa yagaragaje gahunda y’imyaka itanu y’iyi…
-
Ese amavubi arabikora noneho? Dore icyo asabwa ngo yerekeze mu gikombe cy’isi 2026
Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0 cya Jojea Kwizera, yongera kuyobora Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 n’amanota arindwi. Nyuma y’imikino ine, u Rwanda ruyoboye Itsinda C ririmo Nigeria, Afurika y’Epfo, Bénin, Zimbabwe na Lesotho. Amavubi afite amanota arindwi anganya n’amakipe ya Afurika y’Epfo na Bénin. Lesotho ifite amanota atanu, Nigeria ikagira amanota…
-
Abasore: Dore ibintu 8 byagufasha kwigarurira burundu umutima w’umukobwa ukunda
Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku munsi Ibi bivuze ko niba utangiye gutereta, waganiriza umukobwa umunsi wa mbere bikakugendekera neza naho…
-
Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO
Joseph Kairo Wambui [Khalif Kairo] uri mu baherwe bakiri bato n’abanyempano zidasanzwe muri Kenya, umaze iminsi avugwa mu nkuru n’inkumi y’umunyarwandakazi, yamaze gushinga imizi mu bucuruzi bw’ibinyabiziga. Mu minsi micye ishize ni bwo ku mbuga n’ibinyamakuru byatangiye kubomborana kubera ubwiza bwa Huguette Umuhoza umupilote w’umunyarwandakazi. Ibi ariko bikaba byaravuye ahanini ku kuba amaze iminsi agaragara…
-
Abasore: Uyu mukobwa mukundana aragushuka niba umubonaho ibi bimenyetso
Burya buri wese hari ibyo agenderaho yemeza ko akunzwe cyangwa ko bakina umutima we nk’abakina agapira, gusa humuka amaso wumva ibi bimenyetso. Abasore benshi bavuga ko bibagora kumenya abakobwa babakunda by’ukuri bitewe n’ibyiyumviro n’amarangamutima baterwa n’urukundo, ibyo bikaba byatuma babaca mu rihumye bakababeshya urukundo bagenzwa n’ibindi.Dore ibyo bimenyetso byatuma umuvumbura ko akubeshya: 1. Kuguhisha gahunda…
-
Imyanya y’akazi isaga 200 wadepozaho guhera uyu munsi: A2, A1, A0,… mu turere, mu bigo bya Leta n’ibyigenga
Kanda ku mwanya ushaka urebe ibisabwa n’uko wabitanga igihe kitararenga. Pharmacist job opportunity at Ubuzima Bwiza Foundation (UBF) | Kigali :Deadline: 10-06-2024 Accounts & Administration Officer job opportunity at Aiveen Rwanda Ltd. | Kigali:Deadline: 10-06-2024 Senior Research Associate job opportunity at IPA Rwanda | Kigali: Deadline: 14-06-2024 Credit Analyst job opportunity at COPEDU PLC |…
-
Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bruce Melody na The Ben yaba yabonewe umuti
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben, yatanze igisubizo cyumvikanisha ko ntacyo yarenza ku byavuzwe na mugenzi we Bruce Melodie uherutse gutangaza ko yahagaritse intambara y’amagambo yamushoyemo, yari imaze igihe ahanini biturutse ku ndirimbo ebyiri bari gukorana zitashobotse. Mu kiganiro aherutse kugirira ku rubuga rwa X [Yahoze ari Twitter], Bruce Melodie, yatangaje ko atazongera gucyocyorana…
-
Bakomeje gutigisa imbuga nkoranyamba: Umuhanuzi Ganza wahoze arinda The Ben na Pasiteri Niragire wicuruzaga basezeranye – AMAFOTO
Pastor Niragire Germain wahoze akora umwuga udakiranutse w’ubusambanyi ariko akaza kwakira agakiza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umuhanuzi Tuyishime Ganza, ibintu byatigishije imbuga nkoranyambaga. Guhera ku mugoroba wa tariki ya 30 Gicurasi 2024 imbuga nkoranyambaga zatangiye kubomborana bitewe n’inkuru y’abari mu ivugabutumwa babiri bafite inkuru idasanzwe bihuje. Abo ni Tuyishime Ganza wakoze ubukwe na Pastor Germaine. Tuyishime…
-
Miss Jolly yasubije ku bimaze iminsi bivugwa ko mbuga nkoranyambaga ko nta musore wo mu Rwanda uri ku rwego rwe- AMAFOTO
Miss Mutesi Jolly yateye urwenya asa n’urimo gusubiza abantu bakoreshaga amafotoye bagaragaza ko mu Rwanda ari nta musore uri ku rwego rwe. Ubusanzwe Miss Mutesi Jolly yabaye Nyampinga w’u Rwanda wa Gatanu (5) mu mateka yarwo. Ni umukobwa ukiri muto kuko yavutse mu 1996 , tariki 15 Ugushyingo. Yize amashuri abanza n’ay’inshuke mu gihugu cy’abaturanyi…
-
M23 ivuga ko yishe abasirikare benshi ba SADC inafata mpiri abandi 7
Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zakubitiwe ahareba Nzega mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kane kuko zakubiswe ahababaza n’inyeshamba z’umutwe wa M23 urwanya leta ya Congo. Ni imirwano yabereye ku misozi yunamiye Centre ya Sake, aho iyi ntambara yari Ihanganishije uruhande rwa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi…
-
Abasore: Dore ibimenyetso bitandatu byakwereka ko umukobwa yamaze kukwimariramo bidasubirwaho
Bamwe bavuga ko ugukunda bya nyabyo akwandikira akaguhamagara kenshi ndetse agatanga imbaraga ze zose kugira ngo akugume iruhande, nyamara ibyo ntibihagije ngo byubake urukundo n’umubano udasaza. Impuguke mu bumenyamuntu basobanukiwe n’imitekerereze y’ikiremwamuntu batangaje ibimenyetso bikomeye bigaragaza ko umukobwa agukunda urukundo rutari urw’agahararo. Dore ibyo bimenyetso: 1. Impuhwe Impuhwe zawe burya zigana kuwo ukunda kuko wifuza…
-
M23 yemeje ko yakubise incuro ingabo za SADC inazambura imodoka z’intambara
Umutwe wa ARC/M23 watangaje ko wafashe imodoka eshatu z’ihuriro ry’ingabo zirimo iziri mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, SAMIDRC. Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2024 yatangaje ko ibi bitero byiciwemo abasivili 10, abandi benshi barakomereka, abandi bahunga ingo zabo, inzu…
-
Abandi bakinnyi babiri basezerewe mu mwiherero w’Amavubi basimbuzwa abavuye hanze
Umunyezamu Muhawenayo Gad wa Musanze FC na Dushimimana Olivier ukina asatira izamu anyuze ku mpande, bombi basezerewe mu mwiherero w’Amavubi. Aba bakinnyi basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batanu baherukaga ari bo Iradukunda Siméon, Nsengiyumva Samuel, Niyongira Patience, Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène. Ikipe y’Igihugu yatangiye umwiherero ikoresha abakinnyi biganjemo abakina imbere mu gihugu,…
-
Madederi wo muri Papa Sava yahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma y’uko umusore amusabye kumusura iwe ngo amuhe akazi
Dusenge Clenia uzwi nka Madedeli muri filime y’uruhererekane ya Papa Sava, yavuze ko hari umusore wigeze kumusaba ko yamusanga mu rugo gutora inyandiko ya filime (script), agira amakenga amusaba ko bahurira ahandi mu kwirinda ibyari gukurikiraho. Madedeli ni umwe mu bantu mbarwa bitabiriye igikorwa cyo gushima Imana cyateguwe na Clapton Kibonge warungurutse ku marembo y’urupfu…
-
Mwarimu Hakizimana ushaka kuba Perezida w’u Rwanda agaha akazi Perezida Kagame yasakiranye n’umupolisi
Hakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu, wamenyekanye nyuma yo gutangaza ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda, aravuga ko Umupolisi yamusanze aho yarimo akoresha amafoto magufi, akamubwira nabi ndetse ashaka kumwambika amapingu. Uyu mwarimu yashakaga gutanga ibyangombwa bimwemerera kuziyamamaza mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 15 Nyakanga, 2024. Aganira na UMUSEKE yavuze ko…
-
Fridaus yatangaje ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana ndetse amukangisha ikintu cyamuteye ubwoba
Kabahizi Fridaus wamamaye nka Fridaus ubwo yavugaga ko yabyaranye na Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati akaza no gufungwa azira icyaha cyo kumufata kungufu no kumuha ibisindisha kugira ngo amusambanye, aravuga ko impamvu Ndimbati yamwimye amafaranga yo kurera abana ari ukubera ko aherutse kumusaba ko baryamana, undi akamwima ngo kuko ubusanzwe ntabwo amukunda. Fridaus yabitangarije…
-
Amakipe azakina umukino wa nyuma wa BAL4 yamaze kumenyekana
Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yatsinze Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo amanota 96-86, isanga Al Ahly yo muri Libya ku mukino wa nyuma wa BAL 2024 uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 1 Kamena 2024, saa Kumi muri BK Arena. Umukino w’umwanya wa gatatu uzakinwa ku wa Gatanu, tariki 31 Gicurasi…
-
Muhanga: Abarimu 2 bakurikiranweho gusambanya umwana bigishaga utarageza imyaka y’ubukure bazamuye umujinya wa benshi ku mbuga nkoranyamba
Abarimu babiri batawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwe mu banyeshuri bigisha w’imyaka 16 y’amavuko, wiga mu cyiciro rusange (Tronc Commun). Amakuru avuga ko aba barimu basanzwe bigisha mu Ishuri ryisumbuye rya Nyakabanda riherereye mu Murenge wa Kibangu mu Karere ka Muhanga. Bivugwa ko bijya gutangira umwe muri aba barimu bigisha…
-
Imyanya y’akazi 37 itandukanye my karere ka Ngoma: Executive Secretary, Data Management Officer,Local Revenue Collection… . Deadline 30/05/2024
3 Job positions of Executive Secretary at Ngoma District Under Statute :Deadline: May 30, 2024 4 Job Positions of Data Management Officer at Ngoma District Under Statute : Deadline: May 30, 2024 14 Job positions of Health & Sanitation Officer at Ngoma District Under Statute : Deadline: May 30, 2024 14 Job positions of Local…
-
Burundi: Gen. Bunyoni agiye gusubira mu rukiko
Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere na Minisitiri w’Intebe, azaburanira mu rukiko rw’ikirenga mu cyumweru gitaha, tariki ya 27 Gicurasi 2024. Bunyoni yakatiwe igifungo cya burundu mu Ugushyingo 2023, nyuma yo guhamywa ibyaha birimo gushaka kwica Perezida Evariste Ndayishimiye, umugambi wo gukuraho ubutegetsi n’icyo guhungabanya ubukungu bw’igihugu….