Category: Ubuzima
-
Dore impamvu 5 z’ingenzi ukwiye kunywa amazi ukibyuka
Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo biba iyo uryamye! Kubera kumara amasaha menshi usinziriye, umubiri utangira kugenda ugira umwuma kubera ntacyo…
-
Sobanukirwa byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera Kanseri
Hashize igihe hakwirakwira inkuru yuko gukoresha ikirungo cya maggi byaba biri mu bitera kanseri. Ndetse bamwe bagiye babivugaho kenshi dore ko ikijyanye na kanseri ubu gitinywa cyane, nyamara buri wese yabivugaga uko abyumva. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe amashirakinyoma ku bijyanye na maggi tumenye niba koko ari mbi tuyireke cyangwa se niba hari igipimo…
-
Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa
Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu. Nyamara dushingiye ku byavuzwe na PAMPLONA ROGER muri « Le guide des plantes médicinales, PG…
-
Wari uzi ko incuro ujya kunyara ku munsi zisobanuye byinshi ku buzima bwawe? Sobanukirwa
Ubusanzwe abantu ntibajya bita kuri iki kintu ngo barebe uko ubuzima bwabo bumeze. Kujya kunyara inshuro nyinshi nabyo ni ikibazo kimwe no kujyayo gacye. Ushobora kuba wibaza inshuro umuntu umeze neza akwiye kunyara ku munsi. Ubundi umuntu umeze neza agomba kujya kunyara inshuro hagati 4_7 byibura mu masaha 24 ubwo ni ku munsi. Ubundi inshuro…
-
Benshi bibeshya ko ari uwa amatungo gusa! Imimaro 25 y’umubirizi ku mubiri w’umuntu harimo no kuvura no kurinda indwara zikomeye
Umubirizi (Vernonia amygdalina) ni igiti gifite uruhare rukomeye mu buvuzi bw’indwara y’inzoka zo mu nda ku matungo. Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira…
-
Umugabo yamaze imyaka 11 nta mwana aza gufata umwanzuro wo kubyarirwa na murumuna we. Reba ikintu gitangaje yavumbuye nyuma
John(izina twamuhaye ku bw’umutekano we) yamaze imyaka 11 yose abana n’umugore we ariko bananirwa kubyara akana na kamwe. Bahindutse iciro ry’imigani, abaturanyi babo benshi batangira kubaseka no kubannyega. Ku bw’iyi mpamvu umugore yahoraga mu gahinda gakomeye yibaza icyo yagomeye Imana. John n’umugore we bari abakirisitu. John yari afite umuvandimwe we baturanye gusa we yari yarabyaye…
-
Burya gukorakora no gusoma ibibero by’umugore bifitiye akamaro gakomeye umubiri w’umugabo – UBUSHAKASHATSI
Nyuma y’uko byakunze kugaragazwa ko abagabo bagira impinduka mu mubiri wabo binyuze mu kwitegereza, gukora kuri bimwe mu bice bigize umubiri w’abagore, havuzwe no ku bibero byabo. Abagore ni intege nke z’abagabo iyo bakuruwe n’imiterere yabo, gusa bikaba icyaha cyangwa ishyano igihe abagabo bakoze cyangwa bagerageje kwegera abagore mu buryo batemerewe cyangwa bagaragaza umuco w’ubuhehesi….
-
Umugabo yavugije induru kubera ibyo yari amaze kubona ari gukora urukundo n’umukunzi we mu ijoro rya mbere ry’ubukwe bwabo
Umugabo yateye induru agisha inama ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gukora rwo mu mashuka n’umugore we yaramubwiye ko ari isugi maze akaza gutungurwa nuko atavuye amaraso, nyamara ngo barahuriye mu rusengero, akaba ari kwibaza niba umugore we yaramubeshye. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu mugabo yagize ati: “Mu ijoro ry’ubukwe, umugore wanjye ntiyavuye amaraso,…
-
Ubusobanuro bw’amazina y’abana agezweho atangizwa na “G”
Abamaze gukura bavuga ko izina umubyeyi aha umwana rishobora kumukurikirana mu mibereho ye kugeza avuye mu buzima bw’Isi, nyamara ni ngombwa kumenya amazina ajyanye n’igihe wita umwana. Kera hari imyumvire ivuga ko izina ari irikujije, bityo ntibite ku busobanuro bw’izina rihabwa umwana, ariko abana bamara gukura bagaterwa ipfunwe n’uko biswe, abandi bikabagora guhindura ayo bashaka…
-
RDC: MSF yagaragaje ko Abatuye mu duce M23 igenzura bafite ibibazo bikomeye ibintu idahuriraho na M23
Umuryango utegamiye kuri leta w’abaganga batagira umupaka Medecin Sans Frontiere (MSF) Iratangaza ko Abaturage bari mu bice M23 igenzura nta buryo bwo kubona Serivisi z’ibanze bafite. Uyu muryango utegamiye kuri leta watangaje ibi kuri uyu wa kabiri, tariki ya 28 Gicurasi, aho uvuga ko abaturage batuye mu turere dukoreramo M23 batagerwaho na serivisi z’ibanze kandi…
-
Niba ukunda kubyuka kenshi nijoro nta kabuza urwaye indwara ya Nocturia. Sobanukirwa byinshi kuri yo
Kuba umuntu yabyuka buri ijoro hagati akajya kunyara , bibangamira ubuzima bwe by’umwihariko umudendezo we wo kuba yasinzira neza , agashira umunaniro aba yirirwanye mu kazi ke ka buri munsi. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe byinshi kundwara ituma habaho icyo kibaho yitwa ‘Nocturia’. ICYO WAMENYA KURI IYI NDWARA. Abahanga bavuga ko iyi ndwara idafata…
-
Dore ibintu 3 bibi cyane abantu bakunze gukora mu gitondo bikaba byanabahitana
Abahanga mu buvuzi bavuze ko hari uburyo bwinshi cyane ikiremwa muntu gishobora kwikururira indwara, zitavuye mu byo cyariye cyangwa mu muhuro hagati kigira. Hari indwara ziterwa no kutita kuri bimwe na bimwe, bikaba byanatuma uhasiga ubuzima. Muri iyi nkuru turarebera hamwe icyo umuntu yakora agaca ukubiri n’izo ndwara. 1. Ntukwiriye kuva mu buriri wiruka cyangwa…
-
Yarambwiye ngo mpume, mpumutse nsanga tumaze gukora imibonano – Mu gahinda kenshi Cyuzuzo yahishuye uko byagenze ngo Paster Theogene amutere inda
Umugore witwa Cyuzuzo Marie Louise utuye i Kabuga mu Mujyi wa Kigali, aravuga ko umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR, Nibishaka Théogène, yagiye kumusengera kubera ikibazo yari afite muri iyo minsi, akamusaba ko baryamana kugira ngo akire, bikarangira amuteye inda ariko nyuma akayihakana. Uyu mugore w’imyaka 30 aganira na Urugendo Online Tv dukesha iyi nkuru yavuze…
-
Abagabo:Dore uburyo gakondo wakoresha wivura kurangiza vuba no gucika intege igihe utera akabariro mbere y’uko utekereza imiti ya kizungu
Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya kwinikiza akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa. Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri amera nk’umwana ndetse yakitwa ko agiye kubaka urugo bikaba nka ya mvugo y’ab’ubu ngo ni ukubipa….
-
Dore uburyo 5 gakondo wakoresha wikiza ibinyenyanza(ibicece) cyangwa Ibinure mu nda
Kugira ibicece cyangwa ibizwe nk’ibinyenyanza ku nda birabangama cyane. Mu busanzwe hifashishwa imyitozo ngororamubiri ndetse n’imirire kugirango ubifite abibagabanye cyangwa abikire burundu. Gusa hari n’ubundi buryo gakondo wakoresha bikakwihutira kubimaraho. Kugabanya ibinure mu nda bizanagufasha kugira ubuzima bwiza kuko ibi binture bitera indwara nka diyabete, indwaraza z’umutima, ndetse na za Kanseri zimwe na zimwe. 1….
-
Abadepite basabye leta gukemura ikibazo cyo gushyingura ku giciro gihenze banatanga imwe mu mirongo yakurikizwa
Abadepite basabye inzego bireba gukemura ikibazo cy’amarimbi ahenda abaturage akangiza ibidukikije n’ubutaka. Ubwo Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage yatangaga raporo ku isesengura yakoze ku bibazo bigaragara mu micungire y’amarimbi, bamwe mu badepite bavuze ko hakwiye gutekerezwa uburyo rusange burambye bwo koroshya ikibazo cyo gushyinguramo butanyuranya n’umuco Nyarwanda ariko bujyanye n’igenamigambi ry’igihugu. Bavuga ko abaturage benshi baremererwa n’ikiguzi…
-
Byinshi ku ndwara ya Kirimi n’ikirato zikunze kuzahaza abana
Indwara y’Ikirimi n’ikirato, niba uri umubyeyi urahita unyumva neza icyo nshatse kuvuga kuko izi ndwara zibasira abana benshi bakiri bato. Ni kenshi uzumva bamwe mu babyeyi muziranye bakubwira ngo abana babo barwaye ikirimi kandi ngo agiye kujya kugicisha. Benshi mu bana bakuze bacishijwe ikirimi, usubije amaso inyuma ushobora kuba wibika umunsi nyirizina cyangwa utabyibuka. Niyo…
-
Dore impamvu ukwiye kujya ugenda nibura iminota 30 n’amaguru buri munsi
Ubusanzwe kwinyeganyeza ni ubuzima, ariko kugenda n’amaguru byo ni agahebuzo ku muntu ubikora abikunze. Urugero gufata iminota 30 ku munsi ukagenda n’amaguru, bituma bimwe mu bice by’umubiri bikora neza. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, rigaragaza ko kugenda n’amaguru amasaha abiri cyangwa atatu mu cyumweru bifasha umubiri gukora neza, ndetse bikanawurinda zimwe mu ndwara…
-
Dr Nsabi na Bijiyobija bakinana bakoze impanuka
Umunyarwenya Nsabimana Eric [Dr Nsabina] na mugenzi we Imanizabayo Prosper [Bijiyobija] baraye mu bitaro bya Nemba mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Mata 2024, nyuma yo gukora impanuka. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Musanze-Kigali, aho bageze ahitwa Kivuruga mu Karere ka Gakenke, imodoka yabo barimo iragwa bahita babihutana mu bitaro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa…
-
Umunyana Annalisa uzwi nka Mama Sava yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo guhanurirwa ko azarongorwa na Gratien bakinana uzwi ku izina rya Papa Sava
Umunyana Annalisa uzwi nka Mama Sava, yarahiriye kutongera gusubira mu rusengero nyuma y’uko agiye gusenga bakamuhanurira ko agiye kurongorwa na Papa Sava usanzwe ari sebuja muri filime zitandukanye. Nyuma y’iminsi hakwirakwira inkuru zivuga ubuhanuzi bw’ubukwe bwa Papa Sava na Mama Sava, impande zombi zikomeje gutesha agaciro umukozi w’Imana wabagajejeho ubwo butumwa avuga ko bwaturutse ku…
-
Hagaragajwe indwara izahitana abantu benshi muri 2030 nihatagira igikorwa – UBUSHAKASHATSI
Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organisation), igaragaza ko abantu bagera kuri milliyoni 280 ku Isi barwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse hatagize igikorwa mu 2030 izaba iri imbere mu zizahitana benshi ku Isi. Ni mu gihe abarenga 800,000 buri mwaka bapfa bazize kwiyahura kubera agahinda gakabije baba bari mu kigero cy’imyaka iri hagati…
-
Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umwijima wawe uri mu kaga gakomeye kandi ko ukwiye kugira icyo ukora mu maguru mashya
Umwijima ni inyama yo mu nda ifite akamaro gakomeye cyane ko kuyungurura amaraso ugakuramo imyanda igasohoka bityo umubiri ukamererwa neza ndetse umuntu ntarware indwara zitandukanye.Iyo rero umwijima wuzuyemo imyanda myinshi, hari ibimeneyetso ushobora kubona. Dore ibimenyetso 5 byerekana ko umwijima wawe wuzuyemo imyanda: 1. Ubwivumbagatanye mu mubiri (Allergies) Iyo umwijima ukora neza,ukora abasirikari barinda umubiri…
-
Dore impamvu hari bamwe mu bagabo bapfa bari gutera akabariro
Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo cy’imibona1no mpuzabitsi1na we n’ uwo bashakanye cyangwa se uwo babyumvikanyeho. Umuryango twabakusanyirije zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugabo apfa mu gihe ari mu gikorwa cy’imibona1no mpuzabitsi1na 1. Indwara z’umutima Abagabo bafite indwara z’umutima, baba bafite ibyago byinshi byo kugira ibibazo…
-
Dore ibinyobwa 3 ugomba kwirinda kugirango udasaza imburagihe
Duhora dushaka ikintu twakora kugira ngo tugire ubuzima bwiza, kandi tunarambe. Muri ubwo buryi hari ibinyobwa bitatu abahanga bagaragaje ko bibangamira uruhu rw’umuntu, bigatuma asaza vuba ndetse n’icyizere cyo kubaho kikagenda nka nyomberi. Bimwe muri ibi binyobwa ni ibi bikurikira: 1. Ibisindisha birimo alcohol (soma ’alukolo’) bishyirwa imbere mu byongera ibyago byinshi byo gusaza hakiri…
-
Dore ingaruka ziterwa no gukoresha imiti nka “KANTA” ikoreshwa mu guhindura umusatsi umukara
Abantu benshi hirya no hino bakunze gukoresha imwe mu miti ihindura umusatsi ukaba umukara cyane ibi bamwe bita kanta cyangwa black shampoo mu rurimi rwamahanga. Icyakora abantu benshi ntibajya bamenya neza ko gukoresha iyo miti bigira ingaruka mbi ku muburi w’umuntu n’ubwo hari n’inziza. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mu kubacukumburira amakuru ku kamaro…
-
RDC: Moussa Mondo wahoze ari Minisitiri akurikiranweho kwica umugore we
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 14 Mata 2024, ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures ku butegetsi bwa Joseph Kabila, Moussa Mondo, ukurikiranweho kwica umugore we ukomoka muri Madagascar. Nk’uko amakuru menshi abishimangira, uyu muyobozi ukiri muto mu ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) yakubise…
-
Uwahoze mu ngabo z’u Rwanda akaba n’umukozi wa ISCO yirashe avuye muri Mission
Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda, witwa Mugiraneza Wellars alias CACANA, wari utuye mu kagari ka Gasoro mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bikekwa ko yirashe bitewe nuko umukozi we yamurongoreye umugore. Amakuru y’urupfu rwa Mugiraneza yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere. Ubusanzwe yakoreraga kompanyi icunga umutekana yitwa…
-
Umugore wasabirizaga abeshya ko atabona yanamugaye amaguru yafatiwe mu cyuho-Videwo
Umugore w’umunyamayeri wicaraga ku mihanda icamo abantu benshi mu gace k’ubucuruzi ka Mombasa,muri Kenya kugira ngo asabe abahisi n’abagenzi,yafatiwe mu cyuho bimenyekana ko nta bumuga afite. Uyu mugore yabyukaga afata akagare k’abamugaye ndetse akanigira utabona kugira ngo abantu bamugirire impuhwe bamuhe amafaranga, Mu cyumweru gishize yicaye mu kagare k’abamugaye nk’ibisanzwe hanyuma afata igikombe cya pulasitike…