Category: Utuntu n’utundi
-
Dr. Frank Habineza yikije ku bakozi bo mu rugo n’abafundi abasezeranya ikintu gikomeye nibamutora
Ku munsi wa kabiri yiyamamaza,Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Dr Frank Habineza,yijeje abakozi bo mu rugo,abo muri resitora ndetse n’abafundi ko nibaramuka bamutoye bazajya bahembwa umushahara mwiza ushimishije ngo kuko bavunika cyane bagahembwa intica n’ikize. Ubwo yari i Gihara mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, kuri iki Cyumweru, tariki ya…
-
Umukandida wa RPF Inkotanyi yiyamarije i Rubavu abibutsa ikintu gikomeye bakwiye kuzirikana
Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yiyamamarije mu Karere ka Rubavu, abwira Abanyamuryango ko FPR Inkotanyi yabagabiye, bityo na bo bakwiye kuyitura. Kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yibukije abanya Rubavu ko hari igihe inka zigeze gucika mu Rwanda ariko FPR INKOTANYI irazigarura ndetse igabira benshi muri gahunda ya Girinka. Yagize ati “FPR ni nka bya bindi…
-
Leta ya Bangladesh yatanze impuruza ikomeye kubera inzoka zimereye nabi abantu
Ibigo nderabuzima n’ibitaro byose byo muri Bangladesh byategetswe kwigwizaho imiti ivura ubumara, nyuma y’amakuru ko kurumwa n’inzoka birimo kwiyongera cyane muri iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Minisitiri w’ubuzima Dr Samanta Lal Sen yanashishikarije abaturage kujyana ku bitaro abarumwe n’inzoka vuba bishoboka. Ibitaro byo mu byaro bya Bangladesh byatangaje ukwiyongera kw’abantu barumwa n’inzoka, cyane cyane…
-
Rubavu: Umuntu umwe yapfiriye mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa Kagame
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko umuntu umwe yitabye Imana mu gihe abandi 37 bakomerekeye mu muvundo wavutse ku muryango wasohokeragamo abitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi i Rubavu kuri iki Cyumweru. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 23 Kamena 2024, ni bwo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomereje i Rubavu ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u…
-
Dore application 25 ukwiye gusiba muri telefoni yawe ugisoma iyi nkuru ndetse ugahindura ijambo banga ukoresha kuri Facebook
Impamvu ugomba gusiba izi Application zigera kuri 25 tugiye kukwereka, ni uko bishoboka ko waba warinjiriye muri konti yawe ya Facebook. Ese wari uzi ko gushyira application zose ubonye muri telephone yawe atari byiza?. Zimwe muri application dushyira muri telephone zacu zishobora kuduteza ibibazo birimo no kwinjirirwa muri konti zacu zitandukanye dukoresha kuri murandasi. Abahanga…
-
RDC: Umu wazamendo yarashe umusirikare FARDC muri Kalehe
Umu Wazalendo yishe umusirikare wa FARDC i Kalehe muri Minova, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ibi byabaye ku wa 18 Kamena 2024. Damien Mushumo, perezida wa Sosiyete sivili i Minova yabwiye ACTUALITE.CD dukesha iyi nkuru ati: “Habaye ubushyamirane hagati ya Wazalendo n’umusirikare wa FARDC wo muri kompanyi ya Hibou i Minova. Umuwazalendo yishe uyu musirikare…
-
Amazi si ya yandi ku Barundi bajyaga gushakira lisansi muri RDC
Ubuyobozi bwo ku mupaka wa Kavimvira uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi kuri uyu wa 19 Kamena 2024 bwafashe icyemezo cyo gukomanyiriza imodoka zifite ibirango byo mu Burundi zisanzwe zijya gushakayo peteroli na lisansi. Abatwara imodoka mu Burundi bamaze igihe kinini bambuka uyu mupaka, bajya gushakira peteroli na lisansi mu Ntara ya Kivu…
-
RDC Hamenyekanye impamvu minisitiri Stéphanie yaguye muri guverinoma ataramara n’ukwezi
Stéphanie Mbombo Muamba wari umaze icyumweru kimwe ari Minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye ry’Ubukungu bubungabunga kirere muri Guverinoma ya DRC, yeguye kuri uyu mwanya, nyuma y’uko yari yanagize urugendo hanze y’Igihugu, runavugwaho kuba nyirabayazana. Ubwegure bwa Stéphanie Mbombo, bwatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kamena 2024, ndetse Minisitiri w’Intebe wa Congo Kinshasa, Judith Suminwa akaba…
-
RDC iravugwaho kugura intwaro karahabutaka
Nyuma y’uko igisirikare cya Leta ya Congo FARDC gikomeje gukubitwa incuro n’umutwe w’abarwanyi ba M23 hamwe n’abo bafatanyije mu ntambara ibahuje ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Congo biravugwako leta ya Kinshasa yazanye imbunda karundura muguhangana n’ibitero byo mu kirere. Rwandatribune dukesha iyi nkuru nayo ivuga ko ikesha amasoko yayo ari muri Repubulika iharanira demokarasi ya…
-
Burundi: Perezida w’inteko ishingamategeko yasabye ko abiba lisansi bashyirirwaho igihano cy’urupfu
Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yemeza ko hari abantu bahisha lisansi nyinshi mu rugo aribyo bituma ibura bityo bagakwiye gukatirwa igihano cy’urupfu bakicwa. Uburundi bumaze igihe mu kibazo cyo kubura ibikomoka kuri Peteroli, ibinyabiziga by’abantu ku giti cyabo byaraparitse ,lisansi nkeya ibonetse isaranganywa mu modoka zitwara abantu mu buryo rusange ndetse…
-
Abapadiri 2 bafunzwe bazira kwirengagiza gutabara umunyeshuri agapfa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu bane barimo abayobozi ba Seminari Nto ya Zaza kubera urupfu rw’umunyeshuri witwa Shema Christian w’imyaka 15 witabye Imana nyuma yo gukubitwa na bagenzi be. Tariki ya 16 Kanama 2024 ni bwo RIB yafunze abanyeshuri barimo Tuyizere Egide w’imyaka 20 na Murenzi Armel w’imyaka 18, Padiri Nkomejegusaba Alexandre w’imyaka 38,…
-
Ingabo za FARDC zivuganye bamwe mu barwanyi ba Wazalendo basanzwe bazifasha kurwanya M23
Ku wa mbere Kamena 17, abarwanyi batandatu ba “Wazalendo” bishwe na FARDC i Mabalako muri teritwari ya Beni muri Kivu y’Amajyaruguru. Sosiyete sivile yo muri ako gace ivuga ko aba barwanyi ba Wazalendo bagabye igitero ku birindiro by’ingabo za leta,bapfamo abantu batandatu. Kuri uyu wa mbere nyuma ya saa sita i Mabalako habonetse agahenge nyuma…
-
Abaturage batunguwe n’ibyo Umugore waguye gitumo Umugabo we ari kwiha akabyizi kuri Nyirabukwe yahise abakorera akibafata
Umugabo w’imyaka 45 wo mu mudugudu Kigarama mu Kagari ka Kiruri mu Murenge wa Mukingo, Akarere ka Nyanza yaguwe gitumo n’umugore we ari gusambana na nyirabukwe w’imyaka 72. Iyi nkuru ikimara kuba kimomo inzego z’ibanze zahise zihagoboka zijyana uwo mugabo na nyirabukwe hirindwa ko bagirirwa nabi. Uyu mugore wafashwe na nyina asambana n’umugabo we yemereye…
-
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri. Amakuru y’ifatwa ry’uyu mugabo yatangiye gucicikana ubwo ahagana Saa kumi n’ebyiri abakirisitu bari bagiye mu…
-
Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka agasanga yimanitse mu mugozi yamaze gushiramo umwuka. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa…
-
Imyanya y’akazi 51 mu bigo bitandukanye guhera kuri A2 wasaba muri iki cyumweru tugiye gutangira
Administrative Officer job position at Visions Africa Ltd | Kigali :Deadline: 03-07-2024 Landscape Restoration Coordinator job position (Rusizi River Basin) – Fixed Term at One Acre Fund | Rusizi :Deadline: 30-06-2024 2 Job Positions of Migration Health Physician at International Organization for Migration (IOM) | Kigali :Deadline: 17-06-2024 20 Sales Personnel jop opportunity at HOMEGA…
-
Imyanya 5 y’akazi mu kigo cya REMA. Deadline: 21-06-2024
Kanda ku kazi ushaka urebe ibisabwa unatange ibyangombwa Environmental Project Pipeline Development Specialist job opportunity at Rwanda Environment Management Authority (REMA) Under Contract : Deadline: Jun 21, 2024 Financial Management Specialist job position at Rwanda Environment Management Authority (REMA):Under Contract : Deadline: Jun 21, 2024 Monitoring & Environment Specialist at Rwanda Environment Management Authority (REMA)…
-
Imyanya 10 y’akazi mu ishuri rya Ecole Francophone Antoine de Saint Exupery. Deadline: 30-06-2024
Kanda ku mwanya ushaka urebe ibisabwa ndetse n’uko wadepoza un(e) Surveillants(es) pour le Second Degré (Enseignement Secondaire) at Ecole Francophone Antoine de Saint Exupery | Kigali :Deadline: 30-06-2024 Un(e) Psychologue Scolaire at Ecole Francophone Antoine de Saint Exupery | Kigali :Deadline: 30-06-2024 Deux Enseignants(es) Remplaçants(es) pour le 1er Degré (Enseignement Primaire) at Ecole…
-
Uganda: Abanyarwanda, umugabo n’umugore we bishe umusaza bakoreraga kubera impamvu itangaje
Umugabo witwa Kwizera Désiré n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga akazi ko mu rugo i Kabale muri Uganda, batawe muri yombi na Polisi y’iki gihugu bakekwaho kwica uwari shebuja bakoresheje inyundo. Ibinyamakuru byo muri Uganda byavuze ko Kwizera na Uwingabire biyemereye ko ari bo bishe uwari umukoresha wabo Geofrey Twinomujuni Ntegyire ku wa Gatanu tariki 31…
-
Inama y’abaminisitiri yashyizeho abayobozi mu mujyi wa Kigali no mu bigo
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Kamena 2024, yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB), Thapelo Tsheole agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA). Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abamimisitiri, mu gihe u Rwanda rwitegura kwinjira…
-
Cyril Ramaphosa yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Africa y’Epfo
Inteko ishinga amategeko ya Afrika y’Epfo yongeye gutora Cyril Ramaphosa nk’umukuru w’igihugu nyuma y’aho habaye ubwumvikane hagati y’ishyaka riri ku butegetsi (ANC) n’amashyaka atavuga rumwe naryo. Iyo leta nshya y’ubumwe ihuza ANC ya Ramaphosa, Democradic Alliance (DA) iri hagati na hagati mu ruhande rw’abagendera ku mahame y’i buryo (center right/centre droite) hamwe n’ayandi mashyaka mato….
-
Ibyo wamenya kuri Amb. Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo. Mu mpinduka zakozwe harimo iya Ambasaderi Olivier Nduhungire,inararibonye mu Bubanyi n’amahanga wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane.Muri Kanama 2020 ni bwo Amb. Nduhungirehe yari yagizwe ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi. Nyuma yo guhabwa izi nshingano afitemo…
-
Ubwongereza bwafunguye abimukira barenga 70 bari bafunzwe ngo boherezwe mu Rwanda
Abanyamategeko bunganira abasaba ubuhungiro bari bafunzwe mu Bwongereza kugira ngo boherezwe mu Rwanda, bavuga ko 79 ubu barekuwe by’agateganyo. Abasaba ubuhungiro benshi barafunzwe kuva mu mpera ya Mata (4) uyu mwaka, nyuma yuko Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak avuze ko indege zizabajyana mu Rwanda mu byumweru bya mbere bya Nyakanga (7) uyu mwaka. Kwemeza ko…
-
Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga. Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,Madamu Consolee Uwimana yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, asimbuye Dr Uwamariya Valentine…
-
Provision of Warehouse and Storage Services for World Food Programme (WFP) | Kigali : Deadline: 24-06-2024
CALL FOR EXPRESSION OF INTEREST 27 May 2024 Expression of interest Number: RWCO-LOG.S.001/2024 INTRODUCTION United Nations World Food Programme(UNWFP) with offices in Kigali, Rwanda is undertaking an exercise of updating its supplier’s roster and hereby invites expressions of interest from potential service providers. WFP will draw up a list of service providers who meet the criteria…
-
Urukiko rwahamije umuhungu wa Joe Biden ibyaha 3 biteganyirizwa igifungo cy’imyaka 25
Urukiko rwa rubanda muri Leta ya Delaware mu burasirazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rwahamije Hunter Biden umuhungu wa perezida w’Amerika Joe Biden ibyaha byo kugura no gutunga imbunda binyuranyije n’amategeko. Ni ubwa mbere mu mateka y’Amerika umwana wa perezida uriho aburanishijwe. Uru rukiko rwahamije Hunter Biden w’imyaka 54 y’amavuko ibyaha bitatu birimo kugura no…
-
Guverinoma nshya ya Kongo yatangaje uburyo bushya izakoresha ihagarika intambara irwana n’imitwe yitwaje intwaro
Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Mu muhango wo kwemeza guverinoma nshya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kabiri, Judith Suminwa yagaragaje gahunda y’imyaka itanu y’iyi…
-
Nyanza: Umusore yatunguranye asaba ubuyobozi kumwishyuriza amafaranga yambuwe ku kiraka cyo kwica umuntu
Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42 bikekwa ko “yahaye ikiraka” Athanase Ntawupfabimaze w’imyaka 26 afatanyije na Ndagijimana Vincent bahimba Mayambara w’imyaka…
-
Kigali: Umugore yafashe umugabo we amuca inyuma ahita akora ibyo batakekaga
Ahagana ku isaha ya saa Cyenda z’amanywa zo ku wa 1 Kamena 2024, ni bwo umugore witwa Murekatete Lydivine utuye mu Kagari ka Kimisagara mu Karere ka Kimisagara, yafashe umugabo we basezeranye ari gusambana n’undi mugore, akibabona ahita asubira hanze yiruka, arabafungirana. Uyu mugore uvuga ko yabyaranye n’uyu mugabo abana 6 (abakobwa 2 n’abahungu 4)…
-
RDC: Abantu benshi bishwe bunyamaswa muri Kivu y’amajyaruguru
Abantu benshi bishwe n’abarwanyi ba ADF, mu bice byo muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Abishwe ni abantu barenga icumi na batandatu, bakaba bishwe n’inyeshamba za ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda. Aya makuru avuga ko aba bantu bishwe ku itariki ya 04 Kamena 2024,…