UbuzimaCenter

Amakuru y'ubuzima, indwara n'imiti

Author: badmin

  • Ibimenyetso 10 byakwereka ko uwo ukunda atagukunda na gato ahubwo agukoresha

    Ibimenyetso 10 byakwereka ko uwo ukunda atagukunda na gato ahubwo agukoresha

      Ni kenshi usanga abantu mu rukundo bahura na byinshi rimwe na rimwe ugasanga uwo ukunda uziko nawe agukunda mbese mukundana, ariko ugasanga waribeshye ahubwo we mukundana gusa kugira ngo agukoreshe mu byo we ashaka. Hano hari ibimenyetso bizakwereka ko ari kugukoresha atagukunda: 1. Ahora akubwira ko nutamuha icyo ashaka hari undi uzakimuha. Akenshi umuntu…

  • Dr. Frank Habineza yikije ku bakozi bo mu rugo n’abafundi abasezeranya ikintu gikomeye nibamutora

    Dr. Frank Habineza yikije ku bakozi bo mu rugo n’abafundi abasezeranya ikintu gikomeye nibamutora

    Ku munsi wa kabiri yiyamamaza,Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Dr Frank Habineza,yijeje abakozi bo mu rugo,abo muri resitora ndetse n’abafundi ko nibaramuka bamutoye bazajya bahembwa umushahara mwiza ushimishije ngo kuko bavunika cyane bagahembwa intica n’ikize. Ubwo yari i Gihara mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, kuri iki Cyumweru, tariki ya…

  • Umukandida wa RPF Inkotanyi yiyamarije i Rubavu abibutsa ikintu gikomeye bakwiye kuzirikana

    Umukandida wa RPF Inkotanyi yiyamarije i Rubavu abibutsa ikintu gikomeye bakwiye kuzirikana

    Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yiyamamarije mu Karere ka Rubavu, abwira Abanyamuryango ko FPR Inkotanyi yabagabiye, bityo na bo bakwiye kuyitura. Kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yibukije abanya Rubavu ko hari igihe inka zigeze gucika mu Rwanda ariko FPR INKOTANYI irazigarura ndetse igabira benshi muri gahunda ya Girinka. Yagize ati “FPR ni nka bya bindi…

  • Leta ya Bangladesh yatanze impuruza ikomeye kubera inzoka zimereye nabi abantu

    Leta ya Bangladesh yatanze impuruza ikomeye kubera inzoka zimereye nabi abantu

    Ibigo nderabuzima n’ibitaro byose byo muri Bangladesh byategetswe kwigwizaho imiti ivura ubumara, nyuma y’amakuru ko kurumwa n’inzoka birimo kwiyongera cyane muri iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Minisitiri w’ubuzima Dr Samanta Lal Sen yanashishikarije abaturage kujyana ku bitaro abarumwe n’inzoka vuba bishoboka. Ibitaro byo mu byaro bya Bangladesh byatangaje ukwiyongera kw’abantu barumwa n’inzoka, cyane cyane…

  • Rubavu: Umuntu umwe yapfiriye mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa Kagame

    Rubavu: Umuntu umwe yapfiriye mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa Kagame

    Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko umuntu umwe yitabye Imana mu gihe abandi 37 bakomerekeye mu muvundo wavutse ku muryango wasohokeragamo abitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi i Rubavu kuri iki Cyumweru. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 23 Kamena 2024, ni bwo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomereje i Rubavu ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u…

  • Dore impamvu 5 z’ingenzi ukwiye kunywa amazi ukibyuka

    Dore impamvu 5 z’ingenzi ukwiye kunywa amazi ukibyuka

    Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo biba iyo uryamye! Kubera kumara amasaha menshi usinziriye, umubiri utangira kugenda ugira umwuma kubera ntacyo…

  • Sobanukirwa byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera Kanseri

    Sobanukirwa byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera Kanseri

    Hashize igihe hakwirakwira inkuru yuko gukoresha ikirungo cya maggi byaba biri mu bitera kanseri. Ndetse bamwe bagiye babivugaho kenshi dore ko ikijyanye na kanseri ubu gitinywa cyane, nyamara buri wese yabivugaga uko abyumva. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe amashirakinyoma ku bijyanye na maggi tumenye niba koko ari mbi tuyireke cyangwa se niba hari igipimo…

  • Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa

    Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa

    Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu. Nyamara dushingiye ku byavuzwe na PAMPLONA ROGER muri « Le guide des plantes médicinales, PG…

  • Abasore: Dore amagambo y’ubwenge 6 wakoresha ureshya umukobwa wakunze

    Abasore: Dore amagambo y’ubwenge 6 wakoresha ureshya umukobwa wakunze

    Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo tugiye…

  • Umusirikare ukomeye yishe bunyamaswa umupadiri nyuma yo kumufata asambana n’umugore we

    Umusirikare ukomeye yishe bunyamaswa umupadiri nyuma yo kumufata asambana n’umugore we

    Umupadiri w’Umwangilikani yiciwe bunyamaswa mu mujyi wo muri Kapsabet, witwa Nandi, yishwe na ofisiye mu Ngabo za Kenya ( KDF ) wamusanze mu buriri hamwe n’umugore we. Rev James Kemei, 43, yari yasuye uyu mugore, usengera mu rusengero rwa St Barnabas i Kapsabet, ari nijoro atazi ko umugabo yamuteze umutego. Muri iryo joro, uyu musirikare…

  • Abasore: Dore impamvu 6 zishobora gutuma umukobwa mwahoze mukundana akugarukira

    Abasore: Dore impamvu 6 zishobora gutuma umukobwa mwahoze mukundana akugarukira

    Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho. cyera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cyangwa iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza icyatumye bashwana kandi mbere barakundanaga, akibaza impamvu yatumye barekana ndetse bakemera guhagarika urukundo n’uwo bakundanaga kandi atarabyifuzaga. Impamvu 6 zituma abo mwahoze mukundana bakomeza kugaruka: Abarenga kimwe…

  • Wari uzi ko incuro ujya kunyara ku munsi zisobanuye byinshi ku buzima bwawe? Sobanukirwa

    Wari uzi ko incuro ujya kunyara ku munsi zisobanuye byinshi ku buzima bwawe? Sobanukirwa

    Ubusanzwe abantu ntibajya bita kuri iki kintu ngo barebe uko ubuzima bwabo bumeze. Kujya kunyara inshuro nyinshi nabyo ni ikibazo kimwe no kujyayo gacye. Ushobora kuba wibaza inshuro umuntu umeze neza akwiye kunyara ku munsi. Ubundi umuntu umeze neza agomba kujya kunyara inshuro hagati 4_7 byibura mu masaha 24 ubwo ni ku munsi. Ubundi inshuro…

  • Dore application 25 ukwiye gusiba muri telefoni yawe ugisoma iyi nkuru ndetse ugahindura ijambo banga ukoresha kuri Facebook

    Dore application 25 ukwiye gusiba muri telefoni yawe ugisoma iyi nkuru ndetse ugahindura ijambo banga ukoresha kuri Facebook

    Impamvu ugomba gusiba izi Application zigera kuri 25 tugiye kukwereka, ni uko bishoboka ko waba warinjiriye muri konti yawe ya Facebook. Ese wari uzi ko gushyira application zose ubonye muri telephone yawe atari byiza?. Zimwe muri application dushyira muri telephone zacu zishobora kuduteza ibibazo birimo no kwinjirirwa muri konti zacu zitandukanye dukoresha kuri murandasi. Abahanga…

  • Umusore yaryamanye na murumuna wa fiyanse we bose batabizi aho bamenyeye ukuri reba ikintu gitangaje umukobwa yamusabye

    Umusore yaryamanye na murumuna wa fiyanse we bose batabizi aho bamenyeye ukuri reba ikintu gitangaje umukobwa yamusabye

    Umusore uri mu kigero cyo kwitwa ingaramakirambi yagishije inama nyuma yo kuryamana n’umukobwa bahujwe n’urubuga rwa tinder ruhuza abashaka abakunzi, ashengurwa no gusanga avukana n’umukobwa bagiye kurushinga. Ni ishyano ryamugwiriye kuko yari yarahaye isezerano uwo mukunzi we ko atazigera amuca inyuma ndetse ko nta wundi mugore azamurutisha mu buzima bwe kugeza avuye ku Isi. Wa…

  • Dore amagambo 5 utagomba kuvuga igihe uri kumwe n’umukunzi wawe kuko yagusenyera

    Dore amagambo 5 utagomba kuvuga igihe uri kumwe n’umukunzi wawe kuko yagusenyera

    Ni byiza ko mu rukundo habaho kwisanzura buri wese akuvuga icyo atekereza ni uko yumva ibintu ariko hari amagambo aba adakwiye gukoreshwa mu gihe uri kumwe n’umukunzi wawe kuko ashobora gutuma hari ukomereka hagati muri mwe kandi nyamara atari cyo wari ugambiriye. Amwe mu magambo udakwiriye kuvuga mu gihe uri kumwe n’umukunzi wawe Iri ni…

  • Barafuha cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Keila ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Barafuha cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Keila ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Izina Keila rikomoka mu rurimi rw’Igiheburayo rikaba ryarakunze no gukoreshwa cyane muri Bibiliya rigereranywa n’inyubako nini. Hari n’abavuga ko iri zina rikomoka mu rurimi rwo muri Hawaii ariko akenshi rikoreshwa mu bihugu bivuga Ururimi rw’Icyongereza. Iri zina rikunze guhabwa abana b’abakobwa ryamamaye cyane mu 2001 aho ryari irya 989 mu yari akunzwe cyane kurusha ayandi…

  • Zari yahishuye ko yiteguye gushaka undi mugabo akamugereka kuri Shakib – Impamvu

    Zari yahishuye ko yiteguye gushaka undi mugabo akamugereka kuri Shakib – Impamvu

    Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana nabo bijyanye n’uko aba abona bamwikururaho. Shakib amubwira ko bitabaho, Zari akavuga ko yumva umugabo…

  • N’Golo Kante yongeye gutungurana muri Euro2024

    N’Golo Kante yongeye gutungurana muri Euro2024

    Ikipe y’u Buholandi n’u Bufaransa banganyije 0-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D, zombi zigira amanota ane atuma zikomeza kuyobora iritsinda muri Euro 2024. Ikintu cyasigaye mu mitwe ya benshi nyuma y’uyu mukino, ni umukinnyi N’golo Kanté wongeye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umukino nyamara benshi baraketse ko yarangiye nyuma yo kwerekeza muri Saudi…

  • Dore imitoma 40 watera umukobwa ukunda aka kanya akazagunda by’iteka

    Dore imitoma 40 watera umukobwa ukunda aka kanya akazagunda by’iteka

    Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo n’inkuru zitandukanye ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi turagufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu…

  • Dore ahantu 3 abakobwa batajya bibuka kurinda igihe bari kumwe n’umugabo bikarangira baryamanye batabiteganyije

    Dore ahantu 3 abakobwa batajya bibuka kurinda igihe bari kumwe n’umugabo bikarangira baryamanye batabiteganyije

    Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza gukora k’umukobwa uko yaba ameze kose.  Hari abakobwa batabikunda ugasanga barikomeza cyane ku bagabo, bigatuma abagabo nabo baharanira kumenya intege nke zabo kugira ngo babone aho bahera bagera ku byo babashakaho byo kuryamana nabo.  Nubwo ari byiza kumenya icyo…

  • Umukobwa nakubwira ibi ntuzabe umwana uzamenye ko yiteguye kuguha umutima we wose

    Umukobwa nakubwira ibi ntuzabe umwana uzamenye ko yiteguye kuguha umutima we wose

    Mu gihe umusore afitanye ubushuti n’umukobwa, bijya bigora umusore gufata iyambere ngo abwire umukobwa ko amukunda. Gusa hari Ibintu 5 umukobwa wagukunze akubwira. 1.Amateka y’umuryango we Abakobwa mu busanzwe ntibakunze kubwira abantu batazi ubuzima bw’imiryango bakomokamo, keretse uri umuntu wa hafi yabo cyangwa uwo bakunda. Iyo umukobwa atangiye kukubwira amateka y’umuryango we, ni ikimenyetso cy’uko…

  • Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akubeshya urukundo

    Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akubeshya urukundo

    Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi uko watahura umuntu ukubeshya ko agukunda kandi akuryarya. Muri iyi nkuru rero tugiye kuvuga ku…

  • Bunyenyezi, Linda na Kwizera mu bizungerezi biri guca ibintu muri Uganda – AMAFOTO

    Bunyenyezi, Linda na Kwizera mu bizungerezi biri guca ibintu muri Uganda – AMAFOTO

    Iyi nkuru igamije kwerekana abakobwa bari mu bihe byiza ku mbuga nkoranyambaga za Uganda, ubwiza bwabo n’imiterere bikaba bikomeje gukurura abatagira ingano. Ni abakobwa biganjemo abafite amazina ajya kumera nk’amanyarwanda. Aba bose barakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga aho ababakurikirana biyongera ubutitsa, zikabafasha kwinjiza amafaranga binyuze mu kwitabazwa no kwamamaza. Martha Khlaire Uko ateye n’uburyo asekamo,…

  • RDC: Umu wazamendo yarashe umusirikare FARDC muri Kalehe

    RDC: Umu wazamendo yarashe umusirikare FARDC muri Kalehe

    Umu Wazalendo yishe umusirikare wa FARDC i Kalehe muri Minova, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ibi byabaye ku wa 18 Kamena 2024. Damien Mushumo, perezida wa Sosiyete sivili i Minova yabwiye ACTUALITE.CD dukesha iyi nkuru ati: “Habaye ubushyamirane hagati ya Wazalendo n’umusirikare wa FARDC wo muri kompanyi ya Hibou i Minova. Umuwazalendo yishe uyu musirikare…

  • Amazi si ya yandi ku Barundi bajyaga gushakira lisansi muri RDC

    Amazi si ya yandi ku Barundi bajyaga gushakira lisansi muri RDC

    Ubuyobozi bwo ku mupaka wa Kavimvira uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi kuri uyu wa 19 Kamena 2024 bwafashe icyemezo cyo gukomanyiriza imodoka zifite ibirango byo mu Burundi zisanzwe zijya gushakayo peteroli na lisansi. Abatwara imodoka mu Burundi bamaze igihe kinini bambuka uyu mupaka, bajya gushakira peteroli na lisansi mu Ntara ya Kivu…

  • Victoria Kimani ukubutse mu Rwanda ategerejwe mu gitaramo muri Uganda

    Victoria Kimani ukubutse mu Rwanda ategerejwe mu gitaramo muri Uganda

    Victoria Kimani wo muri Kenya ari mu bahanzikazi bagwije ibigwi aho yagiye akorana n’abahanzi bakomeye bo muri Afurika no hanze yayo. Kuri ubu agiye gutaramira muri Uganda mu birori byo gusubirana kwa Blu 3. Kimani yamamaye mu bikorwa birimo nka Coke Studio akaba mu bahanzikazi bihagazeho muri Africa, akaba yarakoze indirimbo nyinshi zafashije abatari bacye…

  • Zari yahishuye igituma atabana n’umugabo we mu nzu

    Zari yahishuye igituma atabana n’umugabo we mu nzu

    Umunyamideli Zari Hassan, uri mu bagore bakize muri Africa, yatunguye ahishura ko atabana mu nzu imwe n’umugabo we Shakib Lutaaya, avuga n’impamvu yabyo. Benshi mu bantu bashakanye usanga baba bahangayikishijwe nuko bataba ahantu hamwe, gusa ibi siko bimeze kuri Zari Hassani n’umugabo we Shakib Lutaaya kuko bo bahamya ko kuba batabana ari byo bituma urukundo…

  • RDC Hamenyekanye impamvu minisitiri Stéphanie yaguye muri guverinoma ataramara n’ukwezi

    RDC Hamenyekanye impamvu minisitiri Stéphanie yaguye muri guverinoma ataramara n’ukwezi

    Stéphanie Mbombo Muamba wari umaze icyumweru kimwe ari Minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye ry’Ubukungu bubungabunga kirere muri Guverinoma ya DRC, yeguye kuri uyu mwanya, nyuma y’uko yari yanagize urugendo hanze y’Igihugu, runavugwaho kuba nyirabayazana. Ubwegure bwa Stéphanie Mbombo, bwatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kamena 2024, ndetse Minisitiri w’Intebe wa Congo Kinshasa, Judith Suminwa akaba…

  • RDC iravugwaho kugura intwaro karahabutaka

    RDC iravugwaho kugura intwaro karahabutaka

    Nyuma y’uko igisirikare cya Leta ya Congo FARDC gikomeje gukubitwa incuro n’umutwe w’abarwanyi ba M23 hamwe n’abo bafatanyije mu ntambara ibahuje ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Congo biravugwako leta ya Kinshasa yazanye imbunda karundura muguhangana n’ibitero byo mu kirere. Rwandatribune dukesha iyi nkuru nayo ivuga ko ikesha amasoko yayo ari muri Repubulika iharanira demokarasi ya…

  • Burundi: Perezida w’inteko ishingamategeko yasabye ko abiba lisansi bashyirirwaho igihano cy’urupfu

    Burundi: Perezida w’inteko ishingamategeko yasabye ko abiba lisansi bashyirirwaho igihano cy’urupfu

    Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yemeza ko hari abantu bahisha lisansi nyinshi mu rugo aribyo bituma ibura bityo bagakwiye gukatirwa igihano cy’urupfu bakicwa. Uburundi bumaze igihe mu kibazo cyo kubura ibikomoka kuri Peteroli, ibinyabiziga by’abantu ku giti cyabo byaraparitse ,lisansi nkeya ibonetse isaranganywa mu modoka zitwara abantu mu buryo rusange ndetse…