Author: badmin
-
Abasore: Ntuzakore ikosa ryo kwandikira umukobwa mukundana rimwe muri aya magambo ukoresheje ubutumwa bugufi(sms)
Ni ngombwa ko abakobwa bamenya amagambo bakoresha bandikira ubutumwa bugufi abakunzi babo ndetse bakanamenya nayo bagomba kwirinda kugira ngo batangiza urukundo rwabo. Ni ingenzi ku mukobwa kumenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri telefone no ku mbuga nkoranyambaga kuko hari icyo ushobora kubwira umukunzi wawe kikamurakazandetse ukaba washyira…
-
Niyonzima Olivier Sefu yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 14 Kamena, Niyonzima Olivier Seif yakoranye imyitozo na Rayon Sports yitegura APR FC ejo ku wa Gatandatu. Sefu azakina umukino wo kuri uyu wa gatandatu bazahura na APR FC mu birori bibanziriza gutaha Stade Amahoro yavuguruwe ikagirwa nshya. Sefu wakiniraga Kiyovu Sports agarutse muri Rayon Sports, nyuma…
-
Perezida wa Rayon Sports yahakanye amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bashya basinyishyije
Perezida Jean Fidèle Uwayezu yemeje ko iyi kipe koko yagiranye ibiganiro n’abakinnyi batandukanye barimo Muhadjili na Omborenga gusa kugeza uyu munsi yemeza ko ntawe bari basinyisha. IGIHE gitangaza ko Perezida Uwayezu yavuze ko bagifite iminsi yo kuvugana n’abakinnyi aho bazasubukura ibiganiro nyuma y’umukino bafitanye na APR FC kuri uyu wa gatandatu muri Stade Amahoro. Ikipe…
-
Umugabo yagiye gutwika urugo rw’uwari umukunzi ahura n’uruva gusenya
Umugabo yaburiwe irengero nyuma yo gutwika inzu y’uwahoze ari umukunzi we, we n’abana be bari bayirimo muri New Mexico muri Amerika. Uyu mugabo kandi yafashwe n’umuriro ku bw’impanuka ubwo yashakaga ko umutungo w’uyu wahoze ari umukunzi we uba umuyonga. Iyi videwo iherutse gusohoka vuba, gusa ibi byabaye ku ya 13 Gicurasi. Amashusho yafashwe n’umuturanyi w’uyu…
-
Inama y’abaminisitiri yashyizeho abayobozi mu mujyi wa Kigali no mu bigo
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Kamena 2024, yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB), Thapelo Tsheole agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA). Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abamimisitiri, mu gihe u Rwanda rwitegura kwinjira…
-
Cyril Ramaphosa yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Africa y’Epfo
Inteko ishinga amategeko ya Afrika y’Epfo yongeye gutora Cyril Ramaphosa nk’umukuru w’igihugu nyuma y’aho habaye ubwumvikane hagati y’ishyaka riri ku butegetsi (ANC) n’amashyaka atavuga rumwe naryo. Iyo leta nshya y’ubumwe ihuza ANC ya Ramaphosa, Democradic Alliance (DA) iri hagati na hagati mu ruhande rw’abagendera ku mahame y’i buryo (center right/centre droite) hamwe n’ayandi mashyaka mato….
-
Messi yasubije Mbappe uheruka kuvuga ko Euro irusha gukomera Igikombe cy’isi
Umunyabigwi Lionel Messi yanyomoje Kylian Mbappe bahoze bakinana,uheruka kuvuga ko igikombe cy’Uburayi,Euro gikomeye kurusha Igikombe cy’isi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Argentine yemeje ko iri rushanwa ry’iburayi ridakomeye cyane, kuko rititabirwa n’amakipe menshi yatwaye igikombe cy’isi yo muri amerika y’amajyepfo. Mbere ya Euro 2024 izabera mu Budage, Mbappe yavuze ko iri rushanwa ryo ku mugabane w’Uburayi…
-
Ibyo wamenya kuri Amb. Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo. Mu mpinduka zakozwe harimo iya Ambasaderi Olivier Nduhungire,inararibonye mu Bubanyi n’amahanga wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane.Muri Kanama 2020 ni bwo Amb. Nduhungirehe yari yagizwe ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi. Nyuma yo guhabwa izi nshingano afitemo…
-
Umutoza Ten Hag yasabye ibintu bitatu bitangaje mbere yo kongera amasezerano muri Man United
Umutoza Erik Ten Hag arashaka kwihagararaho mbere y’uko asinya amasezerano mashya muri Man United yashatse kumwirukana hanyuma ikisubiraho. Manchester United yahisemo gukomezanya n’uyu muholandi,nyuma y’uko inaniwe kubona undi mukandida uyibereye. Amakuru yavugaga ko Ten Hag azirukanwa nubwo yatwaye FA Cup ndetse nawe yari abyiteguye cyane ko ubuyobozi bwavuganye n’abandi batoza badafite akazi nka Thomas Tuchel…
-
Ubwongereza bwafunguye abimukira barenga 70 bari bafunzwe ngo boherezwe mu Rwanda
Abanyamategeko bunganira abasaba ubuhungiro bari bafunzwe mu Bwongereza kugira ngo boherezwe mu Rwanda, bavuga ko 79 ubu barekuwe by’agateganyo. Abasaba ubuhungiro benshi barafunzwe kuva mu mpera ya Mata (4) uyu mwaka, nyuma yuko Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak avuze ko indege zizabajyana mu Rwanda mu byumweru bya mbere bya Nyakanga (7) uyu mwaka. Kwemeza ko…
-
Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga. Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,Madamu Consolee Uwimana yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, asimbuye Dr Uwamariya Valentine…
-
Dispatch Clerk job position at RwandAir Catering Ltd | Kigali :Deadline: 24-06-2024
10th June, 2024 JOB ADVERT RwandAir Catering Ltd is a fast-growing In-flight Catering Company in Rwanda that started its operations from August 2014 and is providing catering services to scheduled airlines, private jet and charters. RwandAir Catering Ltd aims to be one of the biggest aviation catering companies in Africa in few years to come. As part…
-
Academy Trainer job position at Sustainable Growers Rwanda | Kigali : Deadline: 11-07-2024
JOB DESCRIPTION Sustainable Coffee Rwanda is a locally registered enterprise specializing in wholesales coffee products for Rwanda’s tourism and hospitality industry. We offer businesses and government entities specialized services to deliver exceptional specialty coffee experiences. Q COFFEE Ltd operates retail cafés in Gishushu & Kiyovu, Kigali, Rwanda. We proudly offer coffee products, coffee tours, and…
-
Executive Secretary job position at Tekaccess Ltd | Kigali :Deadline: 12-07-2024
TekAccess Ltd is a trading company with its headquarters in Rwanda and branches in (Kenya, DRC and Uganda). We deal with logistics, trade of cement raw materials and general supply of different items. TekAccess prides itself of premium quality products and bespoken customer care. Executive secretary RESPONSIBILITIES Prepare and organize materials for meetings, including agendas,…
-
Administration officer job position at Tekaccess Ltd | Kigali : Deadline: 12-07-2024
TekAccess Ltd is a trading company with its headquarters in Rwanda and branches in (Kenya, DRC and Uganda). We deal with logistics, trade of cement raw materials and general supply of different items. TekAccess prides itself of premium quality products and bespoken customer care. Administration officer EXPERIENCE AND SKILLS 2- 3 years of experience with…
-
Provision of Warehouse and Storage Services for World Food Programme (WFP) | Kigali : Deadline: 24-06-2024
CALL FOR EXPRESSION OF INTEREST 27 May 2024 Expression of interest Number: RWCO-LOG.S.001/2024 INTRODUCTION United Nations World Food Programme(UNWFP) with offices in Kigali, Rwanda is undertaking an exercise of updating its supplier’s roster and hereby invites expressions of interest from potential service providers. WFP will draw up a list of service providers who meet the criteria…
-
Finance Assistant job position at World Food Programme (WFP) | Kigali : Deadline: 24-06-2024
Career Opportunities: Finance Assistant, G5 (833336) WFP celebrates and embraces diversity. It is committed to the principle of equal employment opportunity for all its employees and encourages qualified candidates to apply irrespective of race, colour, national origin, ethnic or social background, genetic information, gender, gender identity and/or expression, sexual orientation, religion or belief, HIV status…
-
Business Support Assistant job position at World Food Programme (WFP) | Kigali:Deadline: 16-06-2024
Career Opportunities: Business Support Assistant (CFM Hotline Operator), SC4 (833167) WFP celebrates and embraces diversity. It is committed to the principle of equal employment opportunity for all its employees and encourages qualified candidates to apply irrespective of race, colour, national origin, ethnic or social background, genetic information, gender, gender identity and/or expression, sexual orientation, religion…
-
Cargo Handling and Warehouse – Related Services job position at World Food Programme (WFP) | Kigali: Deadline: 24-06-2024
CALL FOR EXPRESSION OF INTEREST 27 May 2024 Expression of interest Number: RWCO-LOG.S.001/2024 INTRODUCTION United Nations World Food Programme(UNWFP) with offices in Kigali, Rwanda is undertaking an exercise of updating its supplier’s roster and hereby invites expressions of interest from potential service providers. WFP will draw up a list of service providers who meet the criteria…
-
Provision of Fumigation and Pest Control Services job position at World Food Programme (WFP) | Kigali :Deadline: 24-06-2024
CALL FOR EXPRESSION OF INTEREST 27 May 2024 Expression of interest Number: RWCO-LOG.S.001/2024 INTRODUCTION United Nations World Food Programme(UNWFP) with offices in Kigali, Rwanda is undertaking an exercise of updating its supplier’s roster and hereby invites expressions of interest from potential service providers. WFP will draw up a list of service providers who meet the criteria…
-
Kuwa mbere taliki ya 17/06/2024 ni Konge cyangwa umunsi w’ikiruhuko
Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuwa mbere Taliki ya 17/06/2024 ari umunsi w’ikiruhuko kubera kwizihiza umunsi wa EIL AL ADHA uzaba wabaye kucyumweru Taliki ya 16/06/2024. Reba itangazo ryose.
-
Abakobwa: Ntuzemere ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we . Ibice byuzuye uburyohe ntagereranywa ku mubiri w’umugore Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku…
-
Urukiko rwahamije umuhungu wa Joe Biden ibyaha 3 biteganyirizwa igifungo cy’imyaka 25
Urukiko rwa rubanda muri Leta ya Delaware mu burasirazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rwahamije Hunter Biden umuhungu wa perezida w’Amerika Joe Biden ibyaha byo kugura no gutunga imbunda binyuranyije n’amategeko. Ni ubwa mbere mu mateka y’Amerika umwana wa perezida uriho aburanishijwe. Uru rukiko rwahamije Hunter Biden w’imyaka 54 y’amavuko ibyaha bitatu birimo kugura no…
-
Guverinoma nshya ya Kongo yatangaje uburyo bushya izakoresha ihagarika intambara irwana n’imitwe yitwaje intwaro
Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Mu muhango wo kwemeza guverinoma nshya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kabiri, Judith Suminwa yagaragaje gahunda y’imyaka itanu y’iyi…
-
Ese amavubi arabikora noneho? Dore icyo asabwa ngo yerekeze mu gikombe cy’isi 2026
Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0 cya Jojea Kwizera, yongera kuyobora Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 n’amanota arindwi. Nyuma y’imikino ine, u Rwanda ruyoboye Itsinda C ririmo Nigeria, Afurika y’Epfo, Bénin, Zimbabwe na Lesotho. Amavubi afite amanota arindwi anganya n’amakipe ya Afurika y’Epfo na Bénin. Lesotho ifite amanota atanu, Nigeria ikagira amanota…
-
Nyanza: Umusore yatunguranye asaba ubuyobozi kumwishyuriza amafaranga yambuwe ku kiraka cyo kwica umuntu
Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42 bikekwa ko “yahaye ikiraka” Athanase Ntawupfabimaze w’imyaka 26 afatanyije na Ndagijimana Vincent bahimba Mayambara w’imyaka…
-
Umukinnyi wa Rayon Sports wari mu bahagaze neza yamaze kwerekeza mu yindi kipe
Ikipe ya APR FC yumvikanye na Tuyisenge Arsène wakiniraga Rayon Sports ko azayikinira mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere. Ibiganiro bya nyuma hagati y’impande zombi byabaye ejo tariki ya 11 kamena nyuma ya saa sita ku cyicaro cy’ikipe ya APR FC. Tuyisenge Arsene yagaragaye ku biro by’ikipe ya APR FC ku Kimihurura mu karere ka…
-
Uwashinjwaga kwiba telefoni ya The Ben yasomewe n’urukiko
Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwaburanishaga mu mizi urubanza Ndagijimana yaregwagamo n’Ubushinjacyaha kwiba telefone ya The Ben, icyaha cyabereye…
-
Abasore: Dore ibintu 8 byagufasha kwigarurira burundu umutima w’umukobwa ukunda
Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku munsi Ibi bivuze ko niba utangiye gutereta, waganiriza umukobwa umunsi wa mbere bikakugendekera neza naho…
-
Kigali: Umugore yafashe umugabo we amuca inyuma ahita akora ibyo batakekaga
Ahagana ku isaha ya saa Cyenda z’amanywa zo ku wa 1 Kamena 2024, ni bwo umugore witwa Murekatete Lydivine utuye mu Kagari ka Kimisagara mu Karere ka Kimisagara, yafashe umugabo we basezeranye ari gusambana n’undi mugore, akibabona ahita asubira hanze yiruka, arabafungirana. Uyu mugore uvuga ko yabyaranye n’uyu mugabo abana 6 (abakobwa 2 n’abahungu 4)…