Author: badmin
-
RDC: Abantu benshi bishwe bunyamaswa muri Kivu y’amajyaruguru
Abantu benshi bishwe n’abarwanyi ba ADF, mu bice byo muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Abishwe ni abantu barenga icumi na batandatu, bakaba bishwe n’inyeshamba za ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda. Aya makuru avuga ko aba bantu bishwe ku itariki ya 04 Kamena 2024,…
-
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC yatangaje urutonde rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Abujuje ibisabwa ni Perezida Paul Kagame, Habineza Frank na Mpayimana Philippe mu gihe abari batanze kandidatire kuri uwo mwanya bari 9, muri bo 6 ntibujuje ibibemerera kwiyamamaza. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje kandidatire zemewe by’agateganyo mu matora ya Perezida…
-
Itangazo rya cyamunara iteganyijwe kuwa 28 Kamena 2024 i Masoro
Bubicishije kurubuga rwa RRA, ubuyobozi bwa za GASUTAMO bwamenyesheje abantu bose ko ku italiki ya 28 Kamena 2024 hazagurishwa muri cyamurana ibicuruzwa bitandukanye biri kumugereka w’iri tangazo. Cyamunara ikazabera aho ibi bicuruzwa biherereye ahakorera ishami ry’ikigo cy’imisoro n’amahoro rishinzwe kurwanya magendu mucyanya cy’inganda i Masoro saa tatu za mugitondo (09h00). Abifuza kugura bazatangira gusura ibicuruzwa…
-
29 Loan Officers job positions at ASA International (Rwanda) Plc: Deadline:14th June 2024 at 5:00 PM
Position: Loan Officers Working hours: Full Time Reporting to: Branch Manager About the ASA International (Rwanda) Plc: ASA International (Rwanda) Plc (subsequently referred to as “ASA Rwanda”) is a for-profit, deposit taking Microfinance Institution licensed by National Bank of Rwanda and incorporated under The Companies Act, No.103495622 in Rwanda in 2014 and started operations in 2016,…
-
Ibyo wamenya kuri Kairo, umuherwe umaze iminsi atigisa imihanda n’umupilote w’umunyarwandakazi – AMAFOTO
Joseph Kairo Wambui [Khalif Kairo] uri mu baherwe bakiri bato n’abanyempano zidasanzwe muri Kenya, umaze iminsi avugwa mu nkuru n’inkumi y’umunyarwandakazi, yamaze gushinga imizi mu bucuruzi bw’ibinyabiziga. Mu minsi micye ishize ni bwo ku mbuga n’ibinyamakuru byatangiye kubomborana kubera ubwiza bwa Huguette Umuhoza umupilote w’umunyarwandakazi. Ibi ariko bikaba byaravuye ahanini ku kuba amaze iminsi agaragara…
-
Igisobanuro cy’amazina n’imyitwarire y’abitwa: Faustin, Lydia, Jacques, Diane, Innocent, Angelique, Edmond, Grace, Charles, Rosine, Christian, Aimable, Irène, Donatien
Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye….
-
Abasore: Uyu mukobwa mukundana aragushuka niba umubonaho ibi bimenyetso
Burya buri wese hari ibyo agenderaho yemeza ko akunzwe cyangwa ko bakina umutima we nk’abakina agapira, gusa humuka amaso wumva ibi bimenyetso. Abasore benshi bavuga ko bibagora kumenya abakobwa babakunda by’ukuri bitewe n’ibyiyumviro n’amarangamutima baterwa n’urukundo, ibyo bikaba byatuma babaca mu rihumye bakababeshya urukundo bagenzwa n’ibindi.Dore ibyo bimenyetso byatuma umuvumbura ko akubeshya: 1. Kuguhisha gahunda…
-
Burya gukorakora no gusoma ibibero by’umugore bifitiye akamaro gakomeye umubiri w’umugabo – UBUSHAKASHATSI
Nyuma y’uko byakunze kugaragazwa ko abagabo bagira impinduka mu mubiri wabo binyuze mu kwitegereza, gukora kuri bimwe mu bice bigize umubiri w’abagore, havuzwe no ku bibero byabo. Abagore ni intege nke z’abagabo iyo bakuruwe n’imiterere yabo, gusa bikaba icyaha cyangwa ishyano igihe abagabo bakoze cyangwa bagerageje kwegera abagore mu buryo batemerewe cyangwa bagaragaza umuco w’ubuhehesi….
-
Imyanya y’akazi isaga 200 wadepozaho guhera uyu munsi: A2, A1, A0,… mu turere, mu bigo bya Leta n’ibyigenga
Kanda ku mwanya ushaka urebe ibisabwa n’uko wabitanga igihe kitararenga. Pharmacist job opportunity at Ubuzima Bwiza Foundation (UBF) | Kigali :Deadline: 10-06-2024 Accounts & Administration Officer job opportunity at Aiveen Rwanda Ltd. | Kigali:Deadline: 10-06-2024 Senior Research Associate job opportunity at IPA Rwanda | Kigali: Deadline: 14-06-2024 Credit Analyst job opportunity at COPEDU PLC |…
-
Operations Administrator job position at GardaWorld | Kigali :Deadline: 14-06-2024 (Updated)
JOB OPPORTUNITY. Position: Operations Administrator. Reports to: Country Head of Security Operations (HSO), with a dotted line to Africa Ops Admin. Direct Reports: N/A Location: Primarily Kigali, Rwanda – with field Travels when necessary Externally: Main cooperation with the Head of Security Operations, Service Line Heads, Staffing Officers, Timesheet/Rostering Clerks, Finance, HR, Africa Operations Support Manager, Africa…
-
Forest Specialist job position at Enabel | Ngoma :Deadline: 12-06-2024
JOB VACANCY ANNOUNCEMENT FOREST SPECIALIST (f/m) This selection will serve to constitute a pool/reserve. Enabel is the Belgian development agency. It implements Belgium’s governmental cooperation. The agency also works for other national and international donors. With its partners in Belgium and abroad, Enabel offers solutions to address pressing global challenges – Climate Change, Urbanisation, Human…
-
Administrative Officer job position at Visions Africa Ltd | Kigali :Deadline: 03-07-2024
Job Description for Administrative Officer Position: About Us: Here at Visions Africa, we are serving clients locally & internationally who seek high quality accounting & tax advisory solutions. We aim to provide our clients with the solutions that they need and with the confidence that we are on top of our knowledge in accounting, tax…
-
Cashier A2/A1 job position at Gakenke District Under Statute :Deadline: Jun 11, 2024
Job responsibilities • Submit daily handover the final sum of cash collected to the principal cashier for deposit to bank account of health facility. registration payments • Collect all revenue collected on daily basis from health facility clients/patient • Deposit all revenues collected to Chief cashier/ accountant • Deposit all revenues collected to the bank…
-
Tax Accountant(Contractual) job opportunity at Institute Of Legal Practice And Development ( ILPD) Under Contract :Deadline:: Jun 10, 2024
Job responsibilities Prepare tax payments Estimate and track tax returns/Refunds Complete quarterly and annual tax reports Organize and update the company’s tax database or tax account Recommend tax strategies that align with business/ institute goals Prepare necessary paperwork for tax payments and returns Ensure the proper use of EBM Declaration of taxes and statutory deductions…
-
Landscape Restoration Coordinator job position (Rusizi River Basin) – Fixed Term at One Acre Fund | Rusizi :Deadline: 30-06-2024
About One Acre Fund Founded in 2006, One Acre Fund supplies 1 million smallholder farmers with the agricultural services they need to make their farms vastly more productive. Our 8,000+ team is drawn from diverse backgrounds and professions. With operations across six core countries in Africa, we make farmers more prosperous by providing quality farm…
-
2 Job Positions of Migration Health Physician at International Organization for Migration (IOM) | Kigali :Deadline: 17-06-2024
VACANCY NOTICE Open to Internal and External Candidates Position Title Migration Health Physician (2 positions) Organization Unit Duty Station Kigali, Rwanda Classification National Officer Staff, Grade NOB (UN salary Scale for NO staff) Type of Appointment One-year Fixed term, with possibility of extension Estimated Start Date As soon as possible Closing Date 17/06/2024 Reference Code…
-
Customer Care Officer job position at Vision Fund Rwanda | Kigali : Deadline: 13-06-2024
3rd June 2024 Job Opportunity Customer Care Officer ‘’Make a difference to thousands in the land of a thousand hills’’ VisionFund Rwanda (VFR), is Rwanda’s largest microfinance Institution. VFR is committed to the development of Rwanda through providing affordable financial services (savings and loans) to the less privileged throughout its 4 zones in Rwanda. VFR is…
-
20 Sales Personnel jop opportunity at HOMEGA CO LTD | Rusororo : Deadline: 30-06-2024
Recruitment Notice: Sales Personnel Our company specializes in the production of a wide array of injection-molded products including plastic daily goods, basins, buckets, trash bins, egg trays, plastic chairs, and plastic tables. Currently, we are expanding our team and are eager to welcome a talented and enthusiastic individual to join us as a Sales Personnel….
-
Gahunda y`ikizamini cy`akazi muburyo bw`ikiganiro (Interview) kumyanya itandukanye mukarere ka Musanze: 06/2024
Bubicishije kurubuga rw`akarere,ubuyobozi bw`Akarere ka Musanze bwamenyesheje abatsinze ikizamini cyanditze kumyanya itandukanye muri ako karere ko ikizmi ni kuburyo bw`ikiganiro giteganijwe kuwa 11/06/2024 kuri Musanze Employement Service Center saa 09H00. Soma itangazo rikurikira
-
Akamaro gatangaje ka siporo ya KEGEL ifasha abagabo gutinda mu kabariro
Kegel ni sport twakita siporo yo kunyunya. Aha uyikora aba anyunyira imikaya y’igice giherereye hagati y’amatako n’urukenyerero, ni ukuvuga ahaherereye imyanya ndangagitsina. Habaho siporo zitandukanye kandi buri siporo ikaba ibereyeho gutuma umubiri ukora neza ndetse nyirawo akagira ubuzima bwiza. Nubwo abazi iyi siporo bazi ko ari siporo y’abagore gusa ariko n’abagabo ibagirira akamaro nkuko tubibona…
-
Ibintu 5 umugore abura ku mugabo we bigatuma amuca inyuma
Umugore aho ava akagera mu rugo rwe acyenera ibi bintu 5 by’ingenzi ku mugabo we, igihe atabibona bishobora kugira ingaruka zitari nziza cyane nko guca inyuma uwo bashakanye atari uko amwanze ahubwo agiye gushakira ahandi ibyo yaburiye mu rugo rwe. Kuba umugore aca inyuma umugabo we akenshi bituruka ku myitwarire y’umugabo we no kuba hari…
-
Dore ibintu 5 bituma abantu bakundana imyaka myinshi ariko ntibabane
Menya zimwe mu mpamvu abantu bakundanye igihe kirekire birangira batabanye n’ababana bakaba ari bake ugereranyije n’umubare munini w’abakundana igihe ariko bikarangira batandukanye. Ni kenshi hagaragara ‘Couple’ zakundanye igihe kirekire kuburyo abantu bose baba biteze ko bazarushinga cyangwa se banibaza impamvu batarushinga kandi barambanye, gusa bakazatungurwa no kubona bahise batandukana. Ibi rero bifite impamvu nyinshi zibitera…
-
Dore amabanga udakwiye kuvuga igihe ukinjira mu rukundo rushya n’ubwo benshi bibeshya ko kuyamena bizatuma bakundwa kurushaho
Bamwe bahita barusenya abandi bakavuga ibyo batakagombye kuvuga mu rukundo rushya binjiyemo, nyamara bakirengagiza ko hari ibyo bakwiye kureka kuvuga. Urukundo rushya abenshi ntibaba bagasobanukirwa byinshi ku bakunzi bashya, amagambo yabo akabateranya rugikubita. Dore ibintu bikwiye kuguhindukira ibanga mu matwi y’umukunzi mushya. 1. Kuvuga ibyiza by’uwo mwatandukanye Bamwe bajya mu nkundo bavuye mu zindi zababaje…
-
Hafunzwe abafana basaga 50 ku mukino wa nyuma wa EUFA Champions League wahuje Real Madrid na Borussia Dortmund
Abafana barenga 50 baraye bafungiwe ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wahuzaga Real Madrid na Borussia Dortmund bazize guteza akavuyo bashaka kwinjira muri sitade ku ngufu. Ni mu mukino wabaye ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu Saa saa tatu z’ijoro ubera kuri Wembley Stadium yo mu gihugu cy’u Bwongereza ukaba warangiye Real Madrid…
-
Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bruce Melody na The Ben yaba yabonewe umuti
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben, yatanze igisubizo cyumvikanisha ko ntacyo yarenza ku byavuzwe na mugenzi we Bruce Melodie uherutse gutangaza ko yahagaritse intambara y’amagambo yamushoyemo, yari imaze igihe ahanini biturutse ku ndirimbo ebyiri bari gukorana zitashobotse. Mu kiganiro aherutse kugirira ku rubuga rwa X [Yahoze ari Twitter], Bruce Melodie, yatangaje ko atazongera gucyocyorana…
-
Imfura ya Apotre Serukiza, Grace Serukiza agiye kurushinga n’umusore bamaranye imyaka 6
Ndahiriwe Grace Serukiza umwe mu baririmbyi bakomeye ba Alarm Ministries, akaba umwana wo mu batambyi dore ko se ari Apotre Serukiza Sosthene, agiye kurushinga n’umusore bamaze imyaka 6 bakundana. Grace Serukiza ni umwana w’imfura wa Apotre Serukiza Sosthene Umushumba Mukuru w’itorero ‘Eglise Messianique pour la guerison des ames au Rwanda’ rikorera mu Bugesera. Avukana n’abana…
-
Umugabo yavugije induru kubera ibyo yari amaze kubona ari gukora urukundo n’umukunzi we mu ijoro rya mbere ry’ubukwe bwabo
Umugabo yateye induru agisha inama ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gukora rwo mu mashuka n’umugore we yaramubwiye ko ari isugi maze akaza gutungurwa nuko atavuye amaraso, nyamara ngo barahuriye mu rusengero, akaba ari kwibaza niba umugore we yaramubeshye. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu mugabo yagize ati: “Mu ijoro ry’ubukwe, umugore wanjye ntiyavuye amaraso,…
-
Imyanya y’akazi 101 mu karere ka Karongi: A2,A1,A0. Deadline: 5,7,10 June 2024
6 Job Positions of Socio-Economic Development Officer at Karongi District Under Statute : Deadline: Jun 5, 2024 Procurement Officer at Karongi District Under Statute : Deadline: Jun 5, 2024 Road Development and Maintenance Engineer at Karongi District Under Statute : Deadline: Jun 5, 2024 Archivist at Karongi District Under Statute : Deadline: Jun 5, 2024…
-
Umupilote w’Umunyarwandakazi akomeje kuvugisha abatari bake muri Kenya kubera uburanga bwe [AMAFOTO]
Umunyarwandakazi Huguette Umuhoza, usanzwe ari umupilote, yavugishije Abanya-Kenya amagambo menshi kubera ikimero cye kidasanzwe. Bijya gutangira,umushoramari wo muri Kenya witwa Khalif Kairo yafashe ifoto bari kumwe,hanyuma benshi amatsiko atuma abagabo bo muri iki gihugu bashakisha andi mafoto ya Huguette. Uyu mugabo yanditse ati “Nashyitse amahoro, izina rye ni Iggy. Umupilote w’indashyikirwa ukomoka mu Rwanda.’’ Abanya-Kenya…
-
Bakomeje gutigisa imbuga nkoranyamba: Umuhanuzi Ganza wahoze arinda The Ben na Pasiteri Niragire wicuruzaga basezeranye – AMAFOTO
Pastor Niragire Germain wahoze akora umwuga udakiranutse w’ubusambanyi ariko akaza kwakira agakiza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umuhanuzi Tuyishime Ganza, ibintu byatigishije imbuga nkoranyambaga. Guhera ku mugoroba wa tariki ya 30 Gicurasi 2024 imbuga nkoranyambaga zatangiye kubomborana bitewe n’inkuru y’abari mu ivugabutumwa babiri bafite inkuru idasanzwe bihuje. Abo ni Tuyishime Ganza wakoze ubukwe na Pastor Germaine. Tuyishime…