UbuzimaCenter

Amakuru y'ubuzima, indwara n'imiti

Category: Uncategorized

  • Dore imitoma 40 watera umukobwa ukunda aka kanya akazagunda by’iteka

    Dore imitoma 40 watera umukobwa ukunda aka kanya akazagunda by’iteka

    Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo n’inkuru zitandukanye ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi turagufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu…

  • Dore ahantu 3 abakobwa batajya bibuka kurinda igihe bari kumwe n’umugabo bikarangira baryamanye batabiteganyije

    Dore ahantu 3 abakobwa batajya bibuka kurinda igihe bari kumwe n’umugabo bikarangira baryamanye batabiteganyije

    Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza gukora k’umukobwa uko yaba ameze kose.  Hari abakobwa batabikunda ugasanga barikomeza cyane ku bagabo, bigatuma abagabo nabo baharanira kumenya intege nke zabo kugira ngo babone aho bahera bagera ku byo babashakaho byo kuryamana nabo.  Nubwo ari byiza kumenya icyo…

  • Umukobwa nakubwira ibi ntuzabe umwana uzamenye ko yiteguye kuguha umutima we wose

    Umukobwa nakubwira ibi ntuzabe umwana uzamenye ko yiteguye kuguha umutima we wose

    Mu gihe umusore afitanye ubushuti n’umukobwa, bijya bigora umusore gufata iyambere ngo abwire umukobwa ko amukunda. Gusa hari Ibintu 5 umukobwa wagukunze akubwira. 1.Amateka y’umuryango we Abakobwa mu busanzwe ntibakunze kubwira abantu batazi ubuzima bw’imiryango bakomokamo, keretse uri umuntu wa hafi yabo cyangwa uwo bakunda. Iyo umukobwa atangiye kukubwira amateka y’umuryango we, ni ikimenyetso cy’uko…

  • Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akubeshya urukundo

    Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akubeshya urukundo

    Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi uko watahura umuntu ukubeshya ko agukunda kandi akuryarya. Muri iyi nkuru rero tugiye kuvuga ku…

  • Messi yasubije Mbappe uheruka kuvuga ko Euro irusha gukomera Igikombe cy’isi

    Messi yasubije Mbappe uheruka kuvuga ko Euro irusha gukomera Igikombe cy’isi

    Umunyabigwi Lionel Messi yanyomoje Kylian Mbappe bahoze bakinana,uheruka kuvuga ko igikombe cy’Uburayi,Euro gikomeye kurusha Igikombe cy’isi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Argentine yemeje ko iri rushanwa ry’iburayi ridakomeye cyane, kuko rititabirwa n’amakipe menshi yatwaye igikombe cy’isi yo muri amerika y’amajyepfo. Mbere ya Euro 2024 izabera mu Budage, Mbappe yavuze ko iri rushanwa ryo ku mugabane w’Uburayi…

  • 13 Data Management Officers job opportunity at Karongi District. Deadline 10 June 2024

    13 Data Management Officers job opportunity at Karongi District. Deadline 10 June 2024

    Job responsibilities – Develop a quality system of aggregated and disaggregated data consolidation in matters related to Socio-Economic Status of the Sector, ensure its regular updating; – Consolidate quantitative data on all activities performed by the Sector where applicable and ensure its dissemination; – Avail data to support planning and decision-making at the Sector level;…

  • Marketing Assistance at UFACO Garments Ltd | Kigali :Deadline: 25-05-2024

    Marketing Assistance at UFACO Garments Ltd | Kigali :Deadline: 25-05-2024

    JOB VACANCY BACKGROUND UFACO GARMENTS Ltd is a Private Limited Company registered in Rwanda under Company code 106720779 and incorporated under the laws of the Republic of Rwanda and having its Principal place of Business in Gasabo District, Ndera Sector, Masoro Cell at Free Economic Zone Industry. UFACO Garments Ltd one of the top Rwandan…

  • Driver at Raising The Village | Nyabihu :Deadline: 09-05-2024

    Driver at Raising The Village | Nyabihu :Deadline: 09-05-2024

    Job Title: Driver/Mechanic Department/Group: Operations Reporting To: Procurement and Logistics Officer Years of Experience 5+ years Location: Rwanda in Country/Nyabihu District Travel Required: 70% Job Description Overall Responsibilities The Driver/ with basic Mechanic hands on skills will be responsible for driving and maintaining Raising The Village vehicle within and outside the program areas as will…

  • Customer care Officer at Nyabihu District Under Statute : Deadline: Apr 15, 2024

    Customer care Officer at Nyabihu District Under Statute : Deadline: Apr 15, 2024

    Job responsibilities Assist with placement of orders, refunds, or exchanges. • Create and maintain reports about customer interactions. • Deal directly with customers either by telephone, electronically or face to face • Direct customers to online resources • Greet customers warmly and ascertain problem or reason for calling. • Handle and resolve customer complaints •…

  • 9 Job positions of Socio-Economic Development Officer at Kamonyi District Under Statute :Deadline: Apr 15, 2024

    9 Job positions of Socio-Economic Development Officer at Kamonyi District Under Statute :Deadline: Apr 15, 2024

    Job responsibilities -Collect and consolidate data on specific public (policy) issues pertaining to socio-economic development and record data about death and birth across the Cell; -Identify socio-economic development needs at the Cell level and accordingly advise on response measures; -Elaborate, under the supervision of the Executive Secretary of the Cell, programs of community works; -Supervise…

  • Perezida Kagame yagaragaje impamvu zerekana ko amagambo ya Tshisekedi yo gutera u Rwanda atari imikino

    Perezida Kagame yagaragaje impamvu zerekana ko amagambo ya Tshisekedi yo gutera u Rwanda atari imikino

    Perezida Paul Kagame yagaragaje impamvu zifatika zigaragaza ko ibyo Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko azatera u Rwanda atari imikino. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC News, Perezida Kagame yatangaje ko yabonye ko ibyo Tshisekedi yavuze bitakiri imikino, ubwo [Tshisekedi] yatangiraga kwakira bamwe mu bafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u…

  • Bari bitwaje matela bagiye gutangira akazi! Babatekeye umutwe babishyuza amafaranga ngo babahe akazi umunsi wo kugatangira baburirwa irengero

    Bari bitwaje matela bagiye gutangira akazi! Babatekeye umutwe babishyuza amafaranga ngo babahe akazi umunsi wo kugatangira baburirwa irengero

    Abantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwa Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi, bamwe baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe. Byatangiye Kompanyi yiyise Company Vision Care ikorera Kayonza ihamagara urubyiruko rwo hirya no hino mu gihugu. Abarimo urubyiruko bishyuraga nibura 21K ngo izabahe akazi ibanje…

  • Abasore: Umukobwa niyerura akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yamaze kukubenga mu ibanga

    Abakobwa burya ntibakunda kuvuga ibibarimo beruye ahanini kubere isoni, ubwoba cyangwa ikinyabupfura. Usanga bakoresha amayeri menshi kugira ngo batere indobo abasore gusa batabyeruye. Muri rusange abakobwa benshi iyo bagiye kubenga ntibahita babishyira ku mugaragaro ahubwo bacisha umusore hirya no hino bikarangira bamubenze. Dore bimwe abakobwa bavuga ndetse bakanakora iyo bashaka kubenga umusore bateruye: Ndatekereza ko…

  • Dore imitoma wabwira umukunzi wawe mbere yo kuryama

    Amagambo meza ni ingenzi cyane hagati y’abakundana kuko abaremamo icyizere ndetse agatuma bahorana ibyishimo. Muri iyi nkuru, twabahitiyemo imitoma myiza ushobora kubwira umukunzi wawe akanyamuneza kakamusaga agahita agurumana umuriro w’urukundo. Dore amagambo12 meza wabwira umukunzi wawe ikibatsi cy’urukundo kikabagurumanamo mwembi: 1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi….

  • Abasore: Dore icyo wakora mu gihe wandikira umukobwa umukobwa ukunda ntagusubize

    Ese ibi byigeze bikubaho? Niba uri hano ndizera ntashidikanya ko byakubayeho nibura rimwe mu buzima. Ni ibintu buri mugabo wese ahura na byo kuba yaba arimo gutereta umukobwa basanzwe bandikirana ariko rimwe yamwandikira ntamusubize. Ibi mu by’ukuri ni ibisanzwe kandi bishobora guterwa n’impamvu nyinshi gusa guceceka igihe kirekire bishobora gutera umugabo guhangayika no kwibaza icyo…

  • Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko uri umukobwa w’inzozi z’umusore mukundana

    Kubona uwo muzakomezanya ubuzima kandi akaba ari uwa nyawe biragora. Kureka uwo muntu w’ingenzi akagenda na byo birababaza cyane. Ntabwo hari hakwiriye kubaho iryo kosa mu buzima, n’ubwo abenshi bisanga barakoze ayo makosa igihe cyararenze. Umusore uzagukorera ibi bintu uzamenye ko ari we mwaremewe kubana. Ubusanzwe usanga umuntu w’ingenzi kuri wowe yitwara nk’udashaka gukora ikosa…

  • Dore ibintu 5 wakorera umukobwa ukunda akajya ahora agukumbuye byo gupfa kabone n’ubwo mwaba mwirirwanye

    Iyo umukobwa ukunda akweretse ko agukumbura byo gupfa bitera ibinezaneza n’ibyiyumviro birenze n’ubwo hari abasore babibona nabi bagatangira gufata umukobwa nk’igicucu cyangwa umusazi. . Ibintu wakorera umukobwa mukundana agahora agukumbuye . Ibintu 5 byagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akajya ahorana urukumbuzi rwawe . Ibyo ukwiye kwitaho kugirango umukunzi wawe ajye ahora agukumbuye Gusa umukobwa nakwereka ko…

  • Abasore: Dore ibintu 15 ugomba kumenya no kwitaho igihe ugiye gutereta umukobwa muhuye bwa mbere

    Urukundo ni kimwe mu bintu byiza biryohera benshi ku isi gusa kurwinjiramo biragorana kubona aho uhera kuko ni kimwe no gutangira ikindi kintu cyose utamenyereye. Umusore ugiye gutereta bwa mbere aba afite urwikekwe kuko aba atizeye neza niba uwo agiye gusaba urukundo ari bwakire ubwo busabe. Urubuga elcrema rugaragaza inama zimwe na zimwe z’uburyo umusore…

  • Abakobwa: Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umusore yagukunze cyane

    Bamwe bakunze kwibasira abagabo bavuga ko nta rukundo bagira bitewe n’uburyo bagaragara nk’abakomeye badasamara, gusa menya ko umusore ufite ibi bintu yakunze bidasubirwaho. Igitsinagabo kirakunda ndetse cyane kandi bagira ibyiyumviro nk’abagore n’abakobwa. Dore ibintu bizakwereka umusore wakunze urukundo rwa nyarwo nk’uko bitangazwa na Elcrema. 1. Yumva umukunzi Umusore ugukunda azakumva n’umutima wawe wose n’iyo byaba…

  • Umwana w’umuhungu yagiye mu mwanya wa Se wapfuye akorera ibintu bitangaje nyina kuri St Valantin

    Umwana w’umuhungu yagiye mu mwanya wa Se wapfuye akorera ibintu bitangaje nyina kuri St Valantin

    Umuhungu yagiye mu mwanya wa se yapfuye , agaragariza nyina ko bitari byoroshye ariko ko atagomba gutuma nyina aba wenyine ku munsi w’abakundana.Uyu mwana yafashe umwanya yandika urwandiko rurerure rumwerekako amukunda kandi ko adakwiriye kwigunga. Uyu mugore yareze umwana wenyine ubwo umugabo we yari amaze gupfa mu mwaka washize wa 2023 nk’uko ibinyamakuru bitadukanye byabyanditse…

  • Dore impano 12 zidasaba amafaranga waha umukunzi wawe ku munsi wa Saint Valentin

    Mu gihe habura amasaha make ngo umunsi mukuru w’abakundana uzwi nka ‘Saint Valentin’ ube, ubu hari abashyushye mu mutwe batekereza ku byo bakorera cyangwa baha abakunzi babo ngo babanezeze. Hari ibintu 12 wamutunguza bikamunyura kandi utakoresheje amafaranga. Umunsi w’abakundana (Saint Valentin) ntuvuga gutanga impano zihenze gusa, ahubwo ni n’umwanya wo gukora utuntu twereka uwo ukunda…

  • Mureke abagabo banyu basambane uko babishaka – Umugore yatunguye benshi

    Kimwe mu bintu bituma ingo zubu zidakomera ngo bubake, ni ugucana inyuma hagati yabo ariko kenshi usanga abagabo aribo bashinjwa guca inyuma abagore babo kurusha uko abagore babo babikora. Uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya yifatiye imbugankoranyamaga maze agira inama abagore bubatse ndetse nabo Bose bateganya kubaka uko zubakwa ndetse nuko bakwiye kwitwara mu…

  • Abasore: Dore ibintu byagufasha kwambura abandi basore umukobwa ukamugira uwawe wenyine

    Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe ku buryo ntakindi yazasubira gushaka ahandi mu bandi bahanganye. 1. Iyiteho wowe ubwawe Umukobwa azagukunda kubera ko azabona wiyitaho ku buryo budasanzwe. Naba…

  • Abubatse: Dore iminota utagomba kurenza igihe utera akabariro niba uyirenza uri mu kaga gakomeye

    Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekanye igihe nyacyo abatera akabariro bishimira kumara muri iki gikorwa, hagaragazwa n’igipimo cy’abagera ku byishimo bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 4.400 bo mu Bwongereza n’urubuga lovehoney bwahishuye byinshi bikunda gushyira bamwe mu rujijo ku bijyanye n’igikorwa cyo gutera akabariro. Muri aba bantu bakoreweho ubushakashatsi abenshi bemeje…

  • Dore uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu cyumweru kimwe gusa

    Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu bijyanye…

  • Abagore: Ibintu ukora bigatuma umugabo wawe ahora agutekereza

    Mu gihe washakanye n’umugabo ariko ukaba wifuza ko aguhoza ku mutima no mu ntekerezo ze, hari ibintu uba ugomba kugira nyambere. Ese ni iki wakora , umugabo akajya ahora agutekereza , aho gutekereza abandi ? 1. Kumuhamagara no ku mwandikira. Niba yagiye mu kazi , muhozeho ubutumwa bugufi cyangwa umuhamagare bya hato na hato umubaza…

  • Ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yibagirwa abandi basore akagukunda wenyine

    Ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yibagirwa abandi basore akagukunda wenyine

    Umuntu wese aba yifuza gukundwa no kutabangikanwa n’abandi ariko si ko kenshi bigerwaho. Nyamara hari uburyo umuntu aba ashobora gukoresha akabigeraho bitamugoye ndetse uwo bakundana akisanga yarahuzwe abandi bose. Dore ibintu 6 wakorera umukobwa ukunda bigatuma akwiyegurira wese: 1.Kumubwira ko muzarushinga Umukobwa aho ava akagera arota umunsi w’ubukwe bwe:Uko azaba yambaye ,imodoka nziza azagendamo n’umugabo…

  • Byutsa umukunzi wawe ukoreshe umwe muri iyi mitoma wirebere ikiri bube uyu munsi

    Muri iyi si y’ikoranabuhanga n’iterambere ryihuta abakundana basa n’abahorana kuko baba bavugana umunota ku wundi, byaba binyuze kuri telefoni bisanzwe cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma umuntu abasha kumenya amakuru y’umukunzi we isaha ku yindi. Abenshi bandikirana mu gitondo bakibyuka kugira ngo bamenye uko abakunzi babo baramutse. . Imitoma watera umukobwa mu gitondo akiriwa agutekereza…

  • Umuhanzi Nemeye Platini yashyize umucyo ku itandukana rye n’umugore we

    Nyuma y’igihe umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P mu itsinda ryamamaye rya Dream Boys bivugwa ko yatandukanye n’umugore we Ingabire Olivia , nyuma y’uko ngo basanze umwana atari uwe, yaje kubivugaho. Uyu muhanzi yavuze ko abo babivuze atazi aho babikuye ndetse ko atumva ukuntu abantu bamenya iby’umuryango we atabibabwiye. Platini P Avuga…

  • Abasore: Dore intambwe 8 zagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa uwo ari we wese

    Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku munsi Ibi bivuze ko niba utangiye gutereta, waganiriza umukobwa umunsi wa mbere bikakugendekera neza naho…